Ari Guhinduka ibuye Umwana W'imyaka 11 | Twagize Ubwoba Twese Tumubonye | ABABYEYI BE BARATABAZA
Vložit
- čas přidán 13. 03. 2021
- Wamwana wahindutse ibuye tumugezeho, Mukiganiro kirambuye Afrimax TV yagiranye nababyeyi be, Batubwiye uko ubu burwayi bwatangiye ndetse nuburyo yaje guhinduka ibuye.
Uretse kuba ubu burwayi bubabaza uyu mwana, bunamutera ipfunwe mu bandi nk’iyo ari ku ishuri kuko ajya ahabwa akato na bagenzi be bityo bikaba bishobora gutuma areka ishuri burundu.
niba haricyo wamufasha wahamagara 0785358690
#Kumufasha_0785358690
Hamagara 0785358690 niba hari ubufasha wamuha.
ese baba bafite WhatsApp ngumuntu ababaze uko yabaha ubufasha budaturutse mu Rwanda?
This is skin cancer. Please please child needs medical antagonistic, way is I see it's cancer doctors can help
Butaro ntibamufasha koko? Yaba ari cancer kuruhu. Bamugyane Butaro.
Daaa!!!!
Uyumwana arakwiye gufashwa akavugwa
Ababibona nkanje mumpe like 👍
Nukuri pe ngewe nzajya Kumusura iwabo mukwa12
Ntihabose, birakwiye kdi biratunganye. 😭
Wowe urishakira Like kk peee
nibyo like
Yewe mubiri we genda urananiwe ,nukuri Yesu nagire aze iyi si irashaje.
Tugabanye kwirata kuko umubiri nubusa
Muvandimwe umubiri twiratana uraduhemukir
Umubiri nibyondo pe twitonde
@@ndijohn3992 nukuri pe
Yoo namarozi sibyakizungu bamushyire salongo
Yesu mwami wasiweee uratubabaza nushaka urangire ntakiza kikirihooo Mana weee tabara iyisiii
Mana ishobora byose girira imbabazi uyu muziranenge 🙏😭😭😭😭😭
Mana Twiringiye impuhwe Ugira kuko tuziko Urukundo udukunda Rurenze ibyifuzo bya Cu nkuko Wokoze kuri Baritimayo mumaso agahumuka turakwinginze ukore kuri uno muziranenge Akire Abengerane pe Amen 🙏❤️🙏
Mana tabara uyumuzira nenjye wawe😭🙏🙏
Yooooo kakana mukagezeho disi 🤔 Imana imutabare nukuri arababaje.
Yesu kristo uyumubiri twambaye gurimo byichi mana tabara umwana nawe azaguhamirize eneza wamugiriye
Birababaje pe
Reka turebe uko yavurwa
Jesus Christ of haven 😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Imana imukize kko birakaze
Isi y'ygarijwe nibyorezo bikaze
Mana we,birababaje,babyeyi buyu mwana nimukomere Kandi ubuzima bw' umwana wanyu bushora guhinduka agakira,abafite umutima wo gufasha tugire icyo dukora buri wese uko ubushozi bwe bungana uyu mwana yongere avuzwe
Yoooooo biranejeje mbonye Padri wanjye Deni Dagusuhuje Padi From Nigéria ,uyumwana ateye agahinda
Imana yo mw'ijuru izagire icyo ikora kuri uyumwana
Imana irashoboye kandi azakiratu
Yooo,,haribintumbona,,,bikambabaza,,,ariko,wawa,,,karihangana,,kakanjakwishure,,imanimurengere
OMG biteye agahinda rwose pe
Yesu w tabara uyumwana😭😭
Nukuri mwihangane Imana haricyo yakora
Ariko valatin wagiye ubaza ababyeyi babo imiti bagiye bakoresha yo kuringaniza urubyaro CG uburyo bitabwagaho batwite nimiti bakoreshaga ,inkingo se baha abana bakivuka.uzasanga babihurijeho nibyo bigaruka abana baramaze kuvuka .
Minisante yakagobye kwita kubuzima bwabana bo bababyeyi Bo mucyaro.
Nibishinge babatera kuko ibibazo byibasiye abana burugero rumwe mu rda hose EX. Harumwana wumukobwa uherutse gupfa kubera ikibyimba cyaje mumaso none nabonue umwana wumuhungu ugifite bimezekimwe % exactly .
@@magigikundiro3113 haruwo nabonye muri comments avuga ko Ari gahunda ya leta. Najye nibaza kuri bababyeyi babagabo bakingiye kutazongera kubyara ni dange
@dine Claudine. Ibyo uvuze nibyo, iyi ni ndwara iri hereditaire yitwa "Fibrodysplasie" cyangwa "la maladie de l'homme de pierre" Bituruka kuri umwe mu babyeyi ariko n'abantu bakye cyane bayigira kandi nta muti wayo uraboneka
Yoooo Mana tabara uyu muryango
Umwanzi mubi ni umubiri Koko !!!!!😭😭😭
Ese Ababyeyi bikigihe baracyashaka ibijaburiro byabana bakivuka????Uyumwana nubwo anga uku hari imiti yamuvura kuko iyindwrara irimbere mumubiri.Afrimax uzampamagare ningewe uheruka gufasha wamubyeyi,ufite umwana wahiye murakoze
Komerezaho muvandimwe Imana iguhe Umugisha
Ahubwo wowe bahamagare hari ubwo batabona comment yawe Thnks
Holy Crap, our world is full of mysterious
Imana imutabare kuko arababaje kbs
Humura mubyeyi. Tuza, mwiburu hari imana. Ariko kandi ukwiye ubufasha.none se hari uko bakwizeza ko bamuvura ?
This is reprose ibibembe Yesu Christo wenyine niwe uzamukiza
Imana izamukize pe
Yaa Subhanallah ALLAH Aguhe ubuzima
May God be with her ,,
Nugusenga nokwizera imana idufashe
Love you from Brasil 😥😥😥
Manaweeeee ark wasiwe urumugome kweli uwiteka ushoboye byose azamukize
Ubuzima ni ubusa . Ntitukabwiratane . Kandi tujye twicishabugufi .twubaha abafite ubumuga bose .
Ariko Mr.Valatin? Kuki ibyo ayo marwara adasanzwe akenshi ari mubyaro cyane? Aho ababyeyi ntibabigiramo uruhare? 1. Abagore ntibitabira kwa muganga batwite ngo bakingirwe banakurikize inama z'abaganga! 2. Kudaha agaciro uburwayi bagatwara abana kwa muganga byarenze ivuriro. NB: Abashinzwe ubuzima munzego z'ibanze bakurikirane abantu batange raporo bigishe n'abantu kugana abaganga. Bo bareba abatwite na malariya gusa.
Ntekereza ko Ari kibazo cy'ubukene ababyeyi bavuza kubushobozi bwabo byageraho ubushobozi bugashira bakarekera bakakira ibizakurikira
Nanjye iki kintu nkibazaho ibibazo nkibi biboneka mu byaro cyane ikigaragara nuko ntabushobozi baba bafite
Imana ikomeze umuryago we
Yesu kristo amutabare
Mana we,birababaje,babyeyi buyu mwana nimukomere Kandi ubuzima bw' umwana wanyu bushora guhinduka agakira,abafite umutima wo gufasha tugire icyo dukora buri wese uko ubushozi bwe bungana uyu mwana yongere avuzwe,Kandi Afrimax akazi mukora Imana izabibukire
Azaze tumusengere mwizina rya yesu azacyira gusa baramuroze kugirango ababyeyi biwe bababare mwihangane 🤝
Mana ndagushima kuburyo wandemyemwo Mana Tabara ubwoko bwawe
Maxaa ugah dheeshaan caruurtah daawah xun u durtaan migooh anigah dikgoor marawih 💔
Allah Akbar 😭
Uwiteka we tabara uyu muziranenge ndagutabaje
ndimo nibaza niba baba barigeze Kubona umuti uri gufasha ubwo burwayi
Mane weee nukuri ubufasha bwacu burakenewe peee
Amaraso ya Yesu akize Divine
gufiuf👏👏
Yesu kristo winazaleti😭
Mana tabara umwana wawe umwiyereke mukomere mushikame
Mana waremye ijuru n'isi😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Imana imutabare
inkuru mbonye hashize umwaka irambabaje,
Imana iramuzi ntiyi hebe
Umubiri nubusa ndumiwe
Padiri Dennis yambereye umushumba
Mwiza muri paruwasi ya Kibingo, nyamasheke, diyoseze ya Nyundo
Abamwibuka mumfashe tumusuhuze
Mana wumve nguseng kwa bababyeyi utabare umwana ushoboye byose
Ino ndwara ndabona arwaye I'm we mundwara zidakunze kubaho kubantu batuye kuli tropical( rare maladie de la peau tropical
Yitwa:Ichthyosis vulgaris:
Azajye kwa Muganga barebe ko bamutumiliza amavuta abivura
Igih ciw cogukir ntikirager.nihager iman izomuh imbarag yizere gus
Yoo birababaje nukuri
Sorry 😢😭😭
Ariko ibi bintu koko bibera muri iyi si , ko mbona biteye ubwoba !
Mana dusenga , tabara rwose peee.🥲🥲🥲
May our almighty GOD heal you little girl .
💊💊💊💊💊💉💉💉💉💉
God is Mighty , just trust him .
Guseng a. Birkwiy bamutwar kwasarong mubugesera batwake amafarng murkoz
Ni akimana nukuri muriyisi dufashanye murububuzima
Pore sana uwiteka amutabare
Mana tabara nimumuzane hano muri kenya Nairobi azavurwa akire
Аллах1 поможет ему🤲😭
yooh birababaj
mpise ngira ubwoba
Biteyagahinda pe
Yewe wamubiriwe yewe wamubiriwe
Ukuntu tukwiratana ibihembo uduhemba nukuduhemukira koko ?
Mana tabara
Ariko yakagombye kubaho ibiganiro bikangurira abantu ko bagomba gusobanukirwa n'abafite ubumuga ko nta wabyihamagariye ababyeyi babisobanukiwe bajya basobanurira n'abana babo
Oo my god😥😥😥😥
Mana yanjye😟
Mana wee😭😭😭 birababaje pee
Ibibinuko bindenze😅😱😱
Nepos yagiyehe?
This is ichthyosis and it's genetic!! Nibyiza kumushakira moisturizer mukamusiga kuburyo bihora bitose byamufashaaa
Mbandoga rwasabahiza wamaye inka ! Ibinibiki banyarwanda ???
Yezu (s) waremye isi n'ibisabo , tabara uyumwana plz!
Matabara uyumwena😭😭😭
Ariko Disi iyo ndebye uburwayi nkubu ntekereza Abavuzi bagihanga twagiraga,Ngewe uyumwana Nuko ababyeyi bikigihe utababwira umuti wagihanga ngobashishikzwe nakwita kubijaburiro byahozeho. Ubu harabanjya bambwira ngo ntanimiti ikiboneka!iyindwara iri mumubiri bisaba kunywa imiti yigishaka apana kumusiga kuruhu.
Wamurangiye se muvandi
@@nyiranzayisengachantal1616 urakoze cyane.Ariko Haruwo Narangiye Imiti Ambwirako Atayibona ngo ntamirima ikirara batayihinze. Ubundi twebwe Tugeze muriza 62 urumva ko Ibyubu byarahindutse.!!!Ubuse uwakubaza umushishiro n,umutarishonga ndetse n,umumenamabuye urabizi???umwenya umwishwa umufumbageshi, kazingashya. Ibyo murabizi???Ashoboye kubona ibyobyose nkubwiye,akabyitaho ukobwije n,uko,bukeye Amezi Atandatu yaba Amaze kubona impinduka!!Atibagiwe ubuhandanzovu byose akabisabika igitondo sasita zijoro atabisiba byamuvurira umwana
Uwiteka amurengere
Mama ndabizi ko ushobora byose genderera uyumwana
Ya Allah tabara umuntu wawe😭😭
Babyeyi uwiteka yumve gusaba kwanyu 😭
Mbanje.kubasuhuza.uwomwana.mugerageze.muba.nyamasegesho.kandi.mwihagane.uwiteka.atubereye.maso.azakira
Biteyagahinda
Waan kabaxay beecaas
Traduzi em português.
Jesus Christ imana imukize p
Yoooooo manawe tabara
Ayigamana ukowakomeje umugaragu wawe yobu giricyo ukorera uyumwana nziko ushobora byose ntacyikunanira igaragaze kuko nturya ruswa nicyimenyane nturi nkatwa ndakwingize
Yewe ga ubwose sibintu bya kinuarwanda?cg nuruhu
Yebaba
uwo mwana nukumutwra kwa samuel kakande i kampala
Mana nziza tabara uyumuziranenge,iyisi iratubabaza😢😢
Tabara yesu wee
ALLAH AKBAR
Akwiye ibikoresho bye byihariye ,nkiriya bassin ntibabe bayikoresha bose.
No ku ishuri ajye yicazwa ukwe kandi nta rwango rurimo. Isolement ni intwaro ikomeye
Ino ndwara ntabwo yandura ,ituruka kubabyeyi be ,nka nyamweru cg amabara kuruhu.
Uturemangingo twirema nabi
Mana tabara uyumwana
Uyu mwana bazamujyane kwamuganga wuruhu avujwe yakira
Akorera mu bitaro bya Kanombe,