Kumyaka 14 Gusa ni Mama Wabana Batatu : INKURU YUBUZIMA YARIJIJE BENSHI

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 27. 08. 2022
  • Biragoye kubona igisobanuro nyakuri cy’icyo ubuzima aricyo, usanga buri muntu kugiti cye ubuzima bumugora mu buryo bwe, ndetse abenshi muri twe dufite inkuru zibabaje zibyagiye bitubaho. Aba bana bato cyane nabo Bari kunyura mu bihe bibi kandi bigoye cyane.
    Mama wabo yarapfuye maze papa wabo arabata yishakira undi mugore nyuma y’amezi atatu gusa mama wabo apfuye, uyu afite imyaka cumi nine niwe wita kubavandimwe be bato dore ko ariwe mukuru muri bo , ibyababayeho byose ni agahomamunwa, iyi ni inkuru y’ibyababayeho.
    #AfrimaxCongo #AfrimaxRwanda #AfrimaxKinyarwanda

Komentáře •