BABU JI. Umuntu yampishe mu gipangu Amezi 3 I Masaka. Ngo nari Imari ishyushye
Vložit
- čas přidán 16. 04. 2024
- The Africana Post is a newspaper that writes about the health and well-being of people living in Easter Africa. Contacts : +250783099999 0r +255658193472 (Mwanza-Tanzania)
The Africana Post ni Ikinyamakuru Cyandika Ibijyanye n'Ubuzima n'Imibereho myiza y'Abaye muri Afurika y'Uburasira zuba.
Sha uwomuntu yamutwaye kumuhisha yaramuhombeje pe
Kbsa uwo mujama nanjye nibazaga aho yagiye birancanga. Ahubwo nijyeze no gutekereza bitari bakera rwose kuba nakwandikira Yohana umubatiza ngo azongere akorane ikaganiro na Babuji, gusa nyine ntago twari tuzi ibyo byose byagiye biba. Gusa mwakoze kumugarura rwose ntazongere kubacika. ❤
AFRICANA TV, Subscribed because your videos are so much fun!
Sabsabed
Sabsabed
Salam woe babou j
Yohwa ndagusabye ujye ukora ikiganiro kenshi kbs
Babou ji❤
Baramuhemukiye abo bamukingiranye munzu bakagombye gukurikiranwa mumategeko.gusa Imana ntagihe idasubiriza wasanga igihe ariki.ntarasaza n'imibereho mibi
Arko bralirwa yakamuhaye akazi kbsa
Ndabakundacyane
Salama wowe
Ibaze kweli Abantu bi dunia
Umubatiza...
Ariko mudusobanurire kuko muvuga amezi 3 Kandi amaze imyaka 10 rwose nimudusobanurire turabishaka
Yigeze kuboneka igihe yashakishwaga yarabonetse arongera arabura
Ndi mubantu bambere bifuza izo nomero twafashirizaho babuji
Wanyandikira kuri watsup +250783099999 ( Yohani Umubatiza) tukavugans
Mutubwire birambuye Aho amaze imyaka 10 aba
Abasaza turabemera mumubehafi ..babuji...
Hhhh
Ese uyu mujama afite URUGO/umugore n’abana ?
Nonese ko muri kuvuga ameze 3 indi myaka yabagahe?
Ariko nkundaiyo “suna” ye 😅
BABOU J SIMPAGA KUKUMVA KWERI
turakwemera brow
Maskini babuji uraho mana yajye mwaramujimije nawe kuriyimihanda abageze kure
Mumugumane kabisa
UYU MUJAMA TURAMWISHIMIYE CYANE KABISA YARI YARABUZE
Mumuremerere
IBAZE NAWE 😂😂😂