Hey Lea, Ni byiza ko mwazajya muhuza nutrition and physical exercises byombi iyo byuzuzanyije birinda ingaruka nyinshi mbi zaturuka ku mirire navuga mibi (abarya nabi si abadafite ubushobozi cg abitwa abakene ahubwo usanga abifite aribo barya nabi cyane bibwira ko bariye neza). Thank you for having created this important channel.
Thank you Mama Leah,njye ndatwite inda nto nywa 1.5l mfite 55kg.Ubwo ntahagije? Ikindi nibaza nuguhora tunywa aya mazi yateye ya za Jibu. Ese yo ntiyatwangiza? Thanks uri ingezi rwose mubuzima bwacu.
Imana iguhe umugisha ku inama zawe nziza, ziranfasha cyane. Wazadusonanuriye kuri iriya sukari bita les faux sucres ou les édulcorants(edulcorant) please, ese ni nziza ? mukwirinda isukali umuntu yayifata?ni ikihe gipimo cyo kunywa iyo sukali ku munsi umuntu atarenza?murakoze
Uri mwiza imana iguhe umugisha utagabanije amahoro na mahirwe nibyo mbifurije
Uyu ni wa mu Maman mwiza asa na mata!
THANKS. GOD BLESS YOU!
Urakoze cyane ku nama nziza @Nutritionist Leah!🙏
Urakoze cyane Leah
Thank you 🥰
thx dear Leah
good nutritionist Leah
Hey Lea,
Ni byiza ko mwazajya muhuza nutrition and physical exercises byombi iyo byuzuzanyije birinda ingaruka nyinshi mbi zaturuka ku mirire navuga mibi (abarya nabi si abadafite ubushobozi cg abitwa abakene ahubwo usanga abifite aribo barya nabi cyane bibwira ko bariye neza).
Thank you for having created this important channel.
Thanks so much
Muhabwe umugisha mubyeyii
Thank you
Urakoze kumpanuro ninyigisho nziza uturonsa komeza
Urakoze cyane
Nsanze narimfite ibyago pe
Sinajyaga nyanwe
Murakoze kunamazanyu
Urakoze muganga mwiza
Murakoze cyane, najyaga nywa ahuye n’ibiro byanjye ariko nkayanywa mukavuyo
Murakoze cyane
Leah❤️❤️
Pole sana ndumva warwaye ka gripe
by the way turetse inama zawe nziza cyaneee!!!!,urimwiza pe may God bless you and i hope you have a good heart as your body..........
Cyane pe, ni mwiza imbere ninyuma rwose, ndumuhamya wabyo
Iyo umuvyeyi afite Inda anwa amazi akwiye avyara umwana afise uruhu rwiza ruremvye
Hello kumuntu wabazwe agasabo kindurwe bakagakuramo wamugira iyihe nama wenda nkimirire ashobora kwibandaho cyane kuko njyewe narakarwaye kendaga kunyica pe bagakuramo ndakira murakoze kunama🙏🏾
@Aline ntacyo bitwara kugakuramo. Nawe wakurikiza inama nk'izabandi mu kugira ubuzima bwiza
Jye nakunze ukuntu uri mwiza koko ehhhhhh izi nama rwose turazikurikirana cn
Ni byiza gufatanya kunywa amazi n'ibyo kurya
Thank you Mama Leah,njye ndatwite inda nto nywa 1.5l mfite 55kg.Ubwo ntahagije? Ikindi nibaza nuguhora tunywa aya mazi yateye ya za Jibu. Ese yo ntiyatwangiza? Thanks uri ingezi rwose mubuzima bwacu.
Murakoze namwe. Uramutse ufata ibindi binyobwa yaba ahagije ntakibazo. Ibigendanye n'ubwoko bw'amazi bwo ntamakuru menshi mbiziho arko ubwo yemewe mu gihugu twakwizerako ntakibazo afite.
Urakoze muvandimwe Leah, amazi ndayanywa ariko mporana umutwe.Ese ubwo nakora iki?
Mwakwegera muganga mukareba ko ntakindi kibazo kirimo kko n'abarwara amaso bashobora guhorana umutwe n'ibindi nkibyo.
Imana iguhe umugisha ku inama zawe nziza, ziranfasha cyane.
Wazadusonanuriye kuri iriya sukari bita les faux sucres ou les édulcorants(edulcorant) please, ese ni nziza ? mukwirinda isukali umuntu yayifata?ni ikihe gipimo cyo kunywa iyo sukali ku munsi umuntu atarenza?murakoze
Yego tuzabibategurira
Imana iguhe umugisha utanga inama nziza
Utanga inama nziza cyn ark mfite ikibazo ihihe cyose ngiye kurya nifuza namazi ese ? Nibibi cyw ntacyo bitwaye ? Mumvashe musobanurire
Muzarebe ko impamvu idaterwa nuko uba utigeze unywa amazi mbere yuko igihe cyo kurya kigera? Uzagerageze kujya uyanywa mbere hagati mu munsi uzajya ujya kurya wumva ntanyota ufite.
Nones Lea mfite ikibazo narabyara nari mfite 55kg none ubu narabyaye mfite 75 ni gte nagabanya ibiro Kandi ndotsa wapfashije koko
Twagufasha rwose ntakibazo dukorera kimironko hafi na simba supermarket bahita Nutri-Mediplus mwazaza tukabafasha by'umwihariko cg mukaduhamagara kuri 0788940474
Thank you lea nshaka kubaza kumuntu ufite ama infection muri myomes ariko adakabije umuntu yabikumira ate? Akoresheke ibimera cg ibyo turya atari imiti yo kwa muganga?
Myome ubwayo nuburwayi.nibibyimba bifata Nyababyeyi cy ov.......
Ibyiza nukwivuza kwa muganga.
Je nasavye muzambarire igituma uvyara abazwe agira munda hanini nicabiheza mwaba mukoze
Kubyara ubazwe akenshi sibyo bitera kugira munda hanini ahubwo bishobora kugendana nuko umuntu yiyongereye ibiro byinshi atwite cg nyuma yo kubyara kuko hari ababyara babazwe kandi ntibagire munda hanini kuko uko umuntu akira ninako uterus igenda isubira mu mwanya wayo. Ikindi hari abamara igihe kirekire cyane badakora imyitozo ngororamubiri bigatera kuzamuka kwibiro cyane cyane ku gice cyo kunda.
Ibyo wakora
1. Kugerageza kugabanya ibiro niba ari byinshi
2. Gutangira gukora agasport gake gake
mwaramutse igitondo kiza ndashaka kubyibuha ariko mfit nikibazo cyumwijima ubwo mwabwra ibitawagiza
@Eric ibyiza mwatugana aho dukorera kimironko cg mukatwandikira 0788940474 tukabakorera ibonezamirire rigendeye ku bibazo mufite
Ese washobora kudusobanurira igaruka za PCO ese umutu urwaye PCO yashobora kubyara muzaba mukoze
Tuzabibateguriraho ikiganiro
Pcos
Urakoze cyane
Murakoze cyane
Murakoze cyn
Urakoze cyane