Wow🥰 FIFI wanduje SIDA Abazungu Benshi ari Indaya mu Buhinde AKOZE UBUKWE BW'AMATEKA❤️ MBEGA IMANA😍
Vložit
- čas přidán 23. 12. 2023
- #SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Amém 🙏😢 nukuri nongere kugirira lmana icyizere irahambaye kandi irakora
Nongeye kungirira Imana icyizere cyose! Imana isezeranya warangiza ugasohoza❤❤❤❤❤❤❤
Ndumva nongeye gukunda Imana
Ibaze iyi titre ngo yanduje benshi !!!!iyi titre uyanditse hano i burayi , bahita bafata uyu mugore bakamucira urubanza ndetse akanafungwa.
Muvyukuri yesu ahembaneza!!❤❤❤ Urugo ruhire kubageni
mwarakoze nukuri kubashyigikira !!!uyumuryango narawukunze cyaneee!!!!Imana nukuri izababe hafi bugufi yanyu kubabona gutya biranejeje cyanee!nikigaragazako Imana igira neza pe!!
Ntakure Imana itogukura ntanaho itogushikana uwiteka ashyirwe hejuru
Ubukwe bwiza rwose, Imana yarahabaye. Urugo ruhire.
Twongere icyizere imana irigusohoza amaserAno imana ishimwe
Ama titles ya Zaburi nshya ateye isoni kandi ari channel gikirisu.
Kurondera ama views azobakura ku murongo
Uwiteka ❤arakomeye..!!Iyo abihamagaye,bilitaba🎉😢
Yesu Kristo ni Vyose ntawamwizigiye (ntawamwiringiye) azomaramara kiretse umuvako ata nyanduruko (mpamvu)
Imirimo yimana iratangajye . To God be the glory
Imana ijyitanga andi mahirwe nukuri
Uwiringiyuwiteka aramumbusha love ❤️ ❤ mama I mana iguhumugisha
Mbeg byiza weeee IMANA ninziza cane
Amen 🙏🙏🙏, Nyagasani akomeze aguhe imigisha yo mu gakiza🎉🎉🎉
Amen 🙏
Imana ishimwe ndishimye twaraturanye I nyarutarama imana numukozi wumihanga nubuhamya be narabukurikiranye ahhhhhhhhh
Nonjyeye gukunda Imana cyane
Urugo ruhire Imana izabahe kurambana ibahe urukundo rububaha
ihemba neza ntiyambura❤
Ariko warasaze nonese penina mumuzanyegute ahhhhh muzumi mwagiye mureka abantu bimana
wari wambaye neza rwose IMANA IBASHYIGIKIRE
Imana ishimwe ko yamukijije
Nuwafashe camera yayifashe nabi .naho Imana yo niyo kwizerwa
Nezerejwe namasengesho babasengeye Imani ibubakiere bakunzi urugo rwiza
Imana no ihabwe icyubahiro
Title sineza cyane pe
Imana ishimwe cyane nukuri yoyabikoze
Imana ishimwe nukuri
Congratulations guys ❤❤🎉
The devil is on shame right now
God bless you 🙏🙏
Thank you God bless you
Mana urashoboye🙌🙌🙏🙏
Iyondirimbo plaisir ndayishak
Mana uzabubakire urugo rwiza.
Iyi couple ndayikunda❤❤❤
Amena. Amavutimbaraga
Umugore ntabwo bamupfuka mumaso!!!😂
Babwire ntavyo bazi numiwe nanjye
Ariko rero,
Ataribyo nababwa biragoye kuko nibake bakora ubukwe, batarasambana ese gupfukura umugore buvuga iki mu kinyarwanda ciza? Erega imicyo yaratakaye kuko nambere bakoresha iyo bagiye gutwikurura, ariko se ubu baracabikora? Nawe mwamureka ndabona ibintu byaravanganye.
Ariko mwibwirako bagupfuka bagupfukura haricyo byongera cyangwa bikagabanya mubwami bw Imana?? Umukobwa n iki ?? Ni ukuba akiri isugi gusa. None afite inda y ukwezi cyangwa yarayikuyemo cyangwa yarasambanye ntimubapfuka mumaso?? Ibyo byose mubuga nubushwambagara mwiremeye gusa....ijuru rizagibwamo n umuntu wese wihannye ibyaha gusa.Abacamanza gusa.
Yitwa umugor iyo araganye numugabo bavyaranye muze mumenya kubitandukanya
Byiza cyane disi ntuzasubire inyuma
Iyi title ni mbi rwose.gusa congs bana bacu.
Gusa Imana izabubakirepe
Penina arahanuye birakomeye 😂😂😂😂
Imana ishimwe cyaneee
Mana urahambaye nukuri Ibubakire mwa mfura mwe
GOD is good all the time 🙌🙌🙌🙌🙌
Mbega imana❤❤❤❤
Waaaaaaa amen ❤
Iyo titres mwayanditse nabi Kand arumunezero lmana yatwihereye
Mbega title mbi niyoguharabikana gusa
Nimbi cyane title rwose
@@inezacreativityjew numiweee.harimwo n ugusebanya kbisa.iyo title ntivyaringombwa pe
IMana ntigira inzika 🙌
Kwitwikira sikibazo umuntu utarigeze yambara agatimba cy ngo bamutwikurure aritwikira
Ntiwumva Rata ahubwose gutwikira cyangwa gutwikirura singirango nimihango yidini Nagombaga kwitwikira di narabibabwiyeko ntanakabizu ko kwitama hahhhhh numvaga mwatekereza kubintu byubaka tu
Urakoze Jane kubakur murujijo kuko mbon haribeshe byatey ikibazo pe iman ninyempuhw pe
Mujyire urugo rwiza
Isezerano ryimana ntabwo rihinduka nukuri
None se plaisir yarakize cg aracyayirwaye akaba ariyo mpamvu ashima Imana cyane
Yarayikize.
Iyivuze biraba
Burya Niyo kuri nyeneyo
IMANA KBSA IRIHAGIJE ITEYUBWOBA YEWE NTACYAYINANIYE NONGEYE KUYIZERA PE
Amen❤🎉
Nimureke imana yitwe imana
Ihemba neza
Ibindi byose nibyiza pe arko kuba atwikiriye mumaso kdi atari isugi ndababaye 😢😢
Ngohere abambara agatimba namasugi? Mbega imvumvirewe imana yo yabikoze niyo imubona nkisugi ubona iyo uvuga uti sumukobwa naho amasugi yo uribeshya kbs
Yarabyaye ntibyemewe byo kbsa
Hhh ibyo ni ukwibeshya ntasugi muzongera kubona . Abana birirwa kuri sosh media bivugirako bafite imyaka 12ans ,bakoze clab (sunika irajyenda )none umubyeyi yibereye muri retour d 'age nawe ngooo !!?
Isugi zambara agatimba ni 0’0 %
Abari muri christo yesu baba babaye ibyaremwe bishya
Amen
Ariko mana yanje ako gahungu kangana nabo yabyaye kweli
Umugabo w'undi wimwita agahungu
Rwanda
Umugabo wabona yarabishakaga ko yipfuka mumaso
Non warakize Sida cank ugiye kuyanduza nuyonawe .uyomugabo ararinda ndamukuriy inkofero😂😂😂
Nitwa Tumuhire Nadine njye mfite imano ubuhamya 1:20
Title yawe nimbipe
Mbega title iharabika ngo yanduje abazungu!!!!
Niko yabyivugiye kandi Imana yaramukijije
ni mwiza gusa.
❤
Amen burundu
Sida yarakuze yarabivuze mu buhamya
None sida yarayikize?
Kamumaso kdi arumugore?
Titre ntabwo ivuga neza Imana pe❌sorry for my comment ❗️
Genda ADEPR WARAHINDUTSE SOO SAD
Ushatse kuvuga ko uwabaye indaya adakizwa se? Mwagiye mureka ubuhezanguni koko ko atari mwe mutanga agakiza
@@battlesword3435 cyoo ubwo bihuriye he na comment yanjye ibyo uvuze
@@irakozejosiane3145 Naringizengo nibyo ushatse kuvuga umbabarire kuko nanga abantu bakomeretsa abandi
Ntabwo asengera muri Adpr ariko ubanza ari inkuru nziza
So sad kbs
❤❤❤❤🙏🙏🙏🙏💃💃
Reba ukuntu bitigisa nkabarimo dayimoni
Please mushyireho number ya fifi kukiganiro turayisha rwose cg muyiduhe 🙏🙏
Iyi titre irasebetse nukuri muyihindure😢
Mubyukuri iriya titre nimvugombi
Cyane pe
MUKUNDA UBUKWE REBA UKUNTU MWASAZE ABAGATURIKA BASETSE BUMIWE
Mana yange konkukunda nzabigenze gute mbasi uzamama gare ndabwira umugeni. 1:17:59 1:17:59 1:17:59
Iyo sida se yanduzaga absntu yarakize Cyangwa ni bwa bwescro bwu ubuhamya or akomeje kuyikongeza abantu
Urumviriza ubuhamya bwe uzotahura
Nonese yarakize??
Utu twana se ni utwe disi tugiye kumutanga ?
Umuntu wabyaye ntapfuka amaso
Kwitwikira bivuga isugi cg umukobwa utararyamana numugabo
Ese Bose nararwaye?
26:10
Uwumugore niwe mana ikunda ubwambere kurinosi
Nkibona penina mpise🏃🏃🏃🏃🏃
Aha nange ndikanze pe penina koko
@@user-ie5bz6hm3v wahora niki nge ariya magambo ye yanteye ubwoba cne
Ese penina yakoze iki ko mperuka ari umukozi wi Imana
🎉nibyiza lmana irantaga je peee
Mbega titre 😢😢😢😢😢😢😂😂😂😂
Nange nanga ukuntu bandika rwose.ko yakijijwe agahinduka icyaremwe gishya uburaya buza bute mubukwe bwumuntu koko??
Nimbi pe
Numiwe
@@uwamariyabeatrice3063ibyacyera biba bishyize
Uyu mundamu nampe number ye
Meaning y'ivara no iyihe?
Umuco waracitse
None iriya voira ko ipfuka umuntu ukiri umukobwa buriya kabisa umuntu wumugore apfukwa mumutwe
Imana yarabivuze mumureke yishime
Buri wese akora uko abishaka si ubwambere c akambaye?
Apu penina uraje urusenye
Nange Niko mbibona
Inyuma.imbazi.ntarubanza.baroke.sabagome.kukotwese.turabanyavyaha.arikoimana.ninyembazi.nunvatabindimwoshinja
Imanaibubakire.urorwanyu.ibindintimuvyiteho
Bad title.correct next time.
Nonese bantu bo muri kigihe uwo nu mukobwa ni sugi ko mwamupfutse mufite urubanza ku mana nawe adasigaye .mwashyigikiye ikinyoma.
Cyore uyu ntabwo ari Penina bavuze ko yaguye ? Mwami Yesu we
❤❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉
Ntuzojyere guhanura udateze