Igiterane igice 1//Pasiteri noneho arabivuze kurikira ikiganiro cyose urumirwa

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 21. 08. 2024
  • Igiterane cyahuje Abaislam n'Abakirisitu baganiraga kuri Yesu gusa icyaje gutangaza ni uko Pasiteri yabonye muri Bibilia ibyo ataraziko birimo akaba yarahise afata icyemezo cyo kugaruka bwa Kabiri kugirango abisobanukirwe neza. Kurikira ikiganiro igice cyambere maze ukore SUBSCRIBE kugirango uzabasha gukurikira ibindi bizakurikiraho.

Komentáře • 42

  • @SaidiAbou
    @SaidiAbou Před 3 měsíci

    Asww segiun ndumva ndakwemera cane hamwe nabomufashanya icogikorwa imana izibibahembere inshallah amiin

  • @user-il5ol2xx8u
    @user-il5ol2xx8u Před 25 dny

    Ababurana ari2 umwe abayigiza nkana, yesu kristo yita ku itorero ayo madini mwese muburana muhumure ibyahishuwe birigusohora vuba muzahurira hamwe nkuko mubyifuza

  • @HarunaNambajimana
    @HarunaNambajimana Před 2 měsíci

    ALLAH akomeze abongerere Kandi n'iwacu ibungwe mukarere kaburera

  • @user-il5ol2xx8u
    @user-il5ol2xx8u Před 25 dny

    Bamenye ubutatu butagatifu,imana ,umwana ,umwuka wera

  • @HarunaNambajimana
    @HarunaNambajimana Před 2 měsíci

    Muzahagere inshallah

  • @IranziHard
    @IranziHard Před 2 měsíci

    Ndahay isalam ndabakundacan lman izabampember

  • @Leo-xc1nh
    @Leo-xc1nh Před 3 měsíci

    Allah Akbar

  • @josianemukakamali9436
    @josianemukakamali9436 Před 4 lety +5

    Assalam Alaykum wallah matululah wabarakatuh
    Allah azabahe ijuru rya flidausi
    Kandi muzaduhe uburyo twabagezaho inkunga

    • @Dawarwanda
      @Dawarwanda  Před 4 lety +1

      Walaikum salam warahamatullah wabarakatuh uburyo bwo gutera inkunga nukwifashisha MoMo mushobora kuyinyuza kuri 0788682703 Rubangisa Antoine murakoze Allah akomeze kubagirira impuhwe Allahumma Ameen

  • @trhabibu6739
    @trhabibu6739 Před 3 lety

    Allah abahe amahoro nimigisha pee murabambere cyane mukomeze muduhe ubutumwa bwiza inshallah

    • @jacquelinenyandwi8215
      @jacquelinenyandwi8215 Před 2 lety

      Ariko harico mwihenzeko Yesu nubwo mugusenga yunamye ntabwo yabikoze nkuko mwebwe mubikora

  • @kwizerahashim6667
    @kwizerahashim6667 Před 3 lety +1

    Hadji turakwemera

  • @duniaainthome
    @duniaainthome Před 4 lety +2

    Allahu Akbar

  • @abdallahonesimebamporubusa1540

    Takbir

  • @djumapilihabibu1227
    @djumapilihabibu1227 Před 4 lety +1

    Allah akibr

  • @bertrandbeni4119
    @bertrandbeni4119 Před 2 lety +1

    Mujye mushaka abantu bafite mwuka wera babasobanurire otherwise muzasanga bibiriya yivuguruza bibacange

  • @fitness8330
    @fitness8330 Před 2 lety

    Jesus( asw),was created by God without father, same apply to Adam was created without both parents, and Eva was created on the rib of man , Allah can make his decision become miracle

  • @mwizerwaphilbert9837
    @mwizerwaphilbert9837 Před 2 lety +1

    Yesu ni Imana kandi akaba n,umwana w,Imana?Jambo uwo yahozeho ,jambo jambo yari Imana kandi yabanaga n,Imana ibiri mu isi nta nakimwe kitaremwe nawe ~Imana ebyili zarabanaga?ubwabyo birumvikana ko harimo ibangikanyamana,Allah ambabarire iminsi namaze muri ubu buyobe,bavandimwe bakristo mushyiremo inyurabwenge kbs,

    • @bertrandbeni4119
      @bertrandbeni4119 Před 2 lety

      Yesu yaravuze ngo “namwe muzamenya ukuri kandi uko kuri kuzababatura “yohana 8:32 . Rero ukuri kujya mubikorwa ibyo bintu byose birasaba kuzura umwuka wera ubuzima bugahinduka idini rikatuvamo kuko ntacyo azadufasha ku iherezo ry’ibihe

    • @limerecordsmedia4310
      @limerecordsmedia4310 Před 3 měsíci

      Ntabwo wari wari beshe nshuti kuko Impamvu ibyo uvuze bishoboka nuko Imana ishobora byose Kandi wibuke ko ntakiyinanira. Iyahaye byose kubaho ikazura abapfuye igakiza ibimuga nizindi ndwara igaha Ibrahim cg Abraham igitambo ntabwo ibyo byoguhinduka umuntu byari kuyinanira kuko n'Imana Yagatangaza ndetse Ifite n'Imbaraga

  • @fitness8330
    @fitness8330 Před 2 lety +1

    Islam is true religion

    • @moneyheist_-
      @moneyheist_- Před rokem

      Can you prove it ?
      Muhammad was a pedophile
      Sunan an-Nasa'i 3255
      In-book reference : Book 26, Hadith 60
      It was narrated from 'Aishah that the Messenger of Allah married her when she was six years old, and consummated the marriage with her when she was nine.

  • @user-yc4ui2kn8c
    @user-yc4ui2kn8c Před rokem

    Iyo bashaka gukanda araza agatandira avuga mucyarabu ukagirango ari bugikomeze!

  • @birandikwatv4608
    @birandikwatv4608 Před 2 lety

    Hhhhhhh

  • @kevenklutha8032
    @kevenklutha8032 Před 3 lety +1

    Ark pastor we niba yesu ari lmana kandi hakaba hariho lmana imwe ubwo yesu yaremwe nande???

  • @user-il5ol2xx8u
    @user-il5ol2xx8u Před 25 dny

    Islam ibyumwuka babisobanuza mumarangamutima yumubiri ntamwuka wera bagura ubasobanurira ndabasabira mwukawera abihishurire

  • @limerecordsmedia4310
    @limerecordsmedia4310 Před 3 měsíci

    Ese kuki abavugabutumwa ba Islam batasomye Yohana igice cyambere ngo bageze ku murungo wa 15 Cyane Cyane uhereye ku murongo wa 4 ukageza ku 15 ngo bahadusobanurire nkuko yari yasobanuye imirongo 3 yambere yico gice. Yakabaye ariho yasobanuye Cyane kuko yemeye ko Jambo ariwe Mana Kandi ko yahoranye nayo ariko yagarukiye aho gusa mugihe uhereye kumurongo wa 4 hakomezaga hasobanura ko Jambo yaje kuba ubugingo ntabwo bukaba bwari umucyo wo kumurikira Abantu Kandi ko uwo Mucyo wigize umuntu bikaba byarabaye mugihe Yohana yabihamyaga avuga ko nyuma ye hagomba kuzaza umusubye ho Kandi ko uwo waje ya hinduye abimwizeye abana b'Imana ariko iyo Nkuru uyisomye neza ugasesengura uwo ntawundi wavugarwa utari YESU. Usomye umurongo wa 14 havuga ko Jambo wari wavuzwe kumurongo wa 1 ko yabaye Umuntu akabana natwe.
    Sinzi rero impamvu mutasobanuye iyo mirongo yose Kuva 1 ukagera ku 15?
    Ariko uyisomye neza Ntakabuza irahamya ko Jambo yabaye umuntu mugihe cya Yohana Kandi icyo Gihe ntawundi waje mu isi utari Yesu Kandi nkuko yabidusomeye muri Yesaya hagombaga kuzabaho Umwana akitwa Emanuel bivuga ngo Imana murikumwe Kandi ntawundi wari waritswe Emanuel mbere ya Yesu nimba ahari nawe mwazamutubwira?
    Hanyuma Yesu yaravuze ngo Ntawuzagera kwa Data ntamujyanye bivuze ko uwo Yesu azemerera kujya kwa Data ariwe Mana uwo ntiwe Data nawe azemera ntawo uwo Yesu azahakanira Ntakabuza Imana nayo ntizamwemere bivuze ko Imana yashize ubushobozi mubingaza bya Yesu bwo kuzajyana Abantu mw'Ijuru kuko ari nawe uzaca impanza mugihe cyimeruka ikindi Kandi yaravuze ngo ninjye nzira nukuri nubugingo bivuze ko kujya mw'Ijuru bizamucyaho kuko ariwe nzira hanyuma ko we ubwe amagambo ye nimico ye aribyo kuri Kandi ko UBUZIMA aribwo Bugingo Niwe ubutanga bivuze ko ari we uha Abantu kubaho cg gupfa.
    Sinzi rero impamvu ibyo byose mutabisobanuye? Ndetse nokuba Bibiliya yava mu Cyarabu ikajya muzindi ndimi ntacyaha kibirimo kuko aribyo byakorohereza Abantu gusobanukirwa Ijambo ry'Imana ikibi nuko yahindurwa hagamijwe kwigisha ibihabanye nijambo ry'Imana iryo yivugiye.
    Kuba Paul yaranditse ariya mabaruwa yagira ngo Abantu duhugurane ndetse duterane umwete kuko yavugaga kubuzima bwabantu nahantu hatandukanye bityo bikereka ababisoma ko ibyo banyuramo ataribo babinyuramo cg ko haribyo bagomba gukosora kuko birumvikana gusobanukirwa kwa bantu ntabwo kuba kungana.
    Kuba tudasenga twubamye ntaho dusanga ko gusenga uko ari itegeko kuko Yesu bamubajije uko tugomba gusenga nawe abasubije arabawira ati mujye muvuga isengesho rya DATA WATWESE(Dawe uri mu Ijuru) dusanga nubundi muri Bibiliya ariko ntiyigeza ategeka ko bajya basenga bubamye kuko gusenga uko byari umuco wabayahudi Kandi mwibuke ko imico yabantu itandukanye ndetse ko atari ntayo izasobanura gukizwa kwamuntu.
    Ikindi kuba Luka yari umukozi wa Paulo ntabwo byamwambura Agaciro Imana yamuhaga ndetse Imana ikoresha uwo ishaka mugihe ishaka Kandi ntirobanura kubutoni ndetse mwibuke ko na Yesu yavukiye mumuvure mukiraro cy'Inka ariko niwe MWANA W'IMANA ndetse muzirikane ko kugira Agaciro Ku Mana bitagennywa nubutunzi awubwo bigennywa noguca bugufi ku mutima w'umuntu.
    Nibishobokera aba bavugabutumwa bo muri Islam cg ntundi wese uzasoma iyi comment yanjye azadusobanurire cg atange impamvu zihakana ibyo byose mbabwiye haruguru.
    Hanyuma UWITEKA akomeze aduhe gusobanukirwa kuko kwiherezo hazabaho amadini abiri gusa iryabana b'Imana ndetse niryo kuzarimbuka rero adufashe gusobanukirwa kugira ngo Ubwo azagaruka gutwara abe tuzabe twarahisemo neza
    Amahoro y'Imana abane namwe mwese! Amen

  • @sindijack6522
    @sindijack6522 Před 3 lety

    Ja kuri youtube wandike seminere hagati yabagorozi nabislamu ingungu muratangara

  • @jacquelinenyandwi8215
    @jacquelinenyandwi8215 Před 2 lety

    Jew mbon impaka mwazivamwo umwe wese akagumya ico yakiriye uwomuhamad wanyu busabira amahoro nimigisha Ubu ntamahoro afite? Cnk ntayo yapfanye?

    • @fitness8330
      @fitness8330 Před 2 lety

      Gusabira amahoro ni ubusabe ,nonese ko pastor avuga duhe imana icyubahiro,Kandi azi Neza ko Imana yubahwa burigihe ko abisubiramo kenshi

    • @fitness8330
      @fitness8330 Před 2 lety

      Ese ko bavuga ko yesu Ari umukritso ,Nazaza azasengera murihehe terero ,ndikubaza abakritso, kuko madini yabakritso yabaye menshi Kandi basenga ibitandukanye

    • @kimenyimuhamud1103
      @kimenyimuhamud1103 Před 4 měsíci

      woe c kobakubwirango gira amahoro woe c namahoro ufite

    • @limerecordsmedia4310
      @limerecordsmedia4310 Před 3 měsíci

      ​@@fitness8330 Ntubwo hariho amadini yabakiristu menshi muriyo harimo rimwe gusa ryukuri iryo ntarindi Ntiryamamaze Inkuru nziza yubundi buzima butari ubu aribwo gucungurwa ndetse rikaba rigendera kumategeko yahawe Mose Amategeko icumi yabumbiwe muri abiri bikozwe na Yesu kuko yo atari Amategeko yimihango awubwo Ari imico igomba kuranga cg kugenza Abana b'Imana

  • @bertrandbeni4119
    @bertrandbeni4119 Před 2 lety

    Umwuka wera niwe usobanura ijambo ariko coran yo ni nk’inyandiko iyo ari yo yose no logic behind Muslim mugomba kwakira mwuka wera kandi umwuka wera niba kutawugira ni ubukene bukomeye

    • @insekonzizatv1819
      @insekonzizatv1819 Před 2 lety

      Ufite umwuka wera abamezate?

    • @bertrandbeni4119
      @bertrandbeni4119 Před 2 lety

      @@insekonzizatv1819 iyo umwuka w’imana utari mu muntu ntago aba yarabonye Imana kuko Imana ni umwuka ikindi uwo mwuka urera niyo yitwa mwuka wera cg holyspirit . Rero iyo ufite umwuka wera ukugenda mo, ntago usobanura bibiriya mubigaragara iri muburyo bw’umwuka ikindi

    • @bertrandbeni4119
      @bertrandbeni4119 Před 2 lety

      @@insekonzizatv1819 ikindi ukimubona byitwa kuvuka bwa kabiri kuko ibyo uvuga birahinduka ibyo utekereza ibyo ukora byose ugatangira kumva uraza kumva umeze neza ari uko ubyo wakoze uwo munsi bitababaje Imana . Ikindi ntibazakubeshye ngo reka iki! Ahubwo umwuka azakikwikuriraho kuko wakiriye Umwami Yesu n’imukiza ukamushyiramo ibyiringiro byose ikindi uwo mwuka akaba ari uwa Yesu Christ