URUGO RWANJYE RWARI NK'IKUZIMU😭NIFUZE URUPFU NDARUBURA😭UYU SI UMUGABO NI INYAMASWA TWASHAKANYE💔
Vložit
- čas přidán 16. 04. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Zábava
Tnx for 2nd part❤❤❤
Uzatuzanire nigice gisoza ubuhamya Bea Consolée wabyaye igiseke
Ingo ziragwira Yesu we uratabara ukarinda pepe wamubyeyi we ufite icyo wabwira abandi uri ubuhamya bwigendera hashimwe Yesu wahabaye😢😢😢😢😢😢
Pamfire nkunda ko ugira imyumvire myiza urakijijwe imana ikomeze iguhe ubwenge ujye uhugura abagore baba christu
Harya Yobu we ntiyageragejwe Imana yabyemeye? Uyu mubyeyi nawe Imana irashaka kugaragaza ko ku isi hakiri abana bayo Bazi kwihangana,mwikomeza kumwumvisha ko Atari Imana yavuze kuko ntiyari yatubwira iherezo zabyo
Mana yanjye!!!!niba uwo mugabo atazakizwa ngo agende avuga ko Imana ikura ikuzimu igatanga kubaho byaba ari igihombo gikomeye pe!
Uwiteka ashyize iherezo ku mubabaro wawe...ahimbazwe ko atazababaza umuntu iteka...hari ishimwe akuremeye.
Ark kd nanone ubwo Ni ubujiji, kuki baguhaye ubutabera ukabwanga😢 ibintu byidini rero byishe abarokore benshi😅
Ahaaa! ni urugamba imana ijye itubera Aho tutareba pamphile ndagukunda cyane ukora ibyu mumaro mu gihe cyawe ❤❤❤❤❤❤
UYU MUBYEYI NIYIHANGANE CYANE,KWIHANGANA KWE KUZAMUHESHA IKAMBA KANDI UYU MUGABO WE N'INSHOREKE YE BAFITE FACTURE NINI BAZISHYUZWA
Njye ndumva ari umwuka uyobya waje kuri aba bahanuzi bahanuriye Enatha
*#Pamphile**, kubera ukuntu uyu Mubyeyi yihanganye kandi Imana Ikamubuza gukora **#gatanya** ndumva Imana Izamugarukaho agasubirana n’umugabo we neza kandi agasubizwa amasambu ye yose.*
*Ndizera ko Imana Ifite uko Izabigenza bityo uyu Mubyeyi agahabwa agaciro.❤*
Iby'Imana nta mikino wabona binarangiriye aha😓😓😓😓😓😓😓
Egoko Mana yanjye ingo ziragwira pe. Kuva natangira ubu buhamya nta Mana y’urukundo ndumvamo pe. Imana ijye idutabara pe 🙏🏾
Nanje Pamphile ndakumva neza kukibazo ubajije uyu muvyeyi.nivyukuri abahanuzi benshi barakoreshwa na satani,kandi usanga abantu tuvyitiranya kandi abahanuzi bakorera satani nibo benshi gusumba abahanuzi bakorera Imana yo mwijuru nibo bake.
Ntanumuntu wabona ubugingo mumubabaro umeze gutyo
Uwo mugore yahuye n'umugabo w'umupagani wo murusengero,Imana Ikomeze Imurengere
Nanjye ndashinganishije iyo ndimo mwizina rya Yesu niyanjye nawundi uzayigura mwizina rya Yesu
Pamphile pamphile,Imana yo mwijuru iguhe umugisha nukuri rwose umubwiye amagambo yubwenge
Vyukuri gukorera Imana ni urugamba nintambara ucamwo
Nurugo habamwo intamba igikuru Nukwihangana ugashika kwiherezo
Umubajije ibyo nashatse kumubaza
Uwo Mubyeyi Imana imuhe umugisha pe yarihanganye
Mana yange. Uyumugabo suwo kumana pe rwose niko nange mbyunva
Ihorere Ndumva Imana izaguhemba ugihumeka pe
Paphile ibyuvuga nukuri ijana kwijana thank you 🙏
Narintegeje igice cya 2. Ariko I’m a little disappointed. Narinzi ko wenda umugabo yakijijwe cg ko byarangiye. Mubyukuri inyungu y’Imana irihe muri byose. Ese muri iyi myaka yose Imana irihe. Mubyeyi we banza usenge kuko iki sigihe cyubuhamya kuko byatuma abantu bava ku Imana ngo ntikora. May God strengthen you. Amasengesho atagira ibisubizo nihatari. Icyakora twirinde abahanuzi, bose ntibaturuka ku Imana. Imana iduhe ubwenge.
Njye nakwemera bakantenga
Ndaziko uri mukuru mugakiza nukuri uyu mubyeyi nashake uburyo IMANA yasoma bible kdi izamwi menyesha kdi asobanukirwe .kuko ntiko umshikirano nabadayimoni
Kuba Imana iguhaye ibyo n'aba pagani barabitunze byinshi
Nta kwera kw'Imana mbonye mwiyi histoire nange pe!every good and perfect gift comes from God,this doesn't look or sound good or perfect at all
Yoooo mubyeyi nukuri wararushye pe mbega ingo
Mubyukuri wamugani ndemeranya nawe ntabwo imana yagushingira umugabo wokukubabaza ahubwo rimwe narimwe satani yigira marayika wumucyo kandi aruwumwijima so ndunva umubwira ukuri
Nanjye ukwere kw'Imana sindakubona nacanganyikiwe dutegereze turebe
Kuko agahinda kanyishe nigute koko wahabwa urugo rubi gutya ntacyaha wakoze
@labella abigishwa babajije Yesu bati ese kuki uriya yavutse Ari impumyi
niwe wakoze icyaha cg ni ababyeyi be? Jye numva ataravuganye na satani nkuko mubivuga
Ndizerako Imana izamugirira neza
Mbaye uwambere ❤
Kugirango imana imupime ukwihangana kwe
Ikibazo ni uko ijuru rya gutenga
Mana Yera udutabare cane.!!!ntivyoroshe pe !!!.
Ubwo buhamya burakomeye. Ariko rero jw nagize confusion kukivazo Pamphile yamubajije. None Imana ntishobora Kuba yabimucishijemo kugira abere akarorero abandi?
Ibyikora nibwo bu Mana bwayo ntimenyerwa pamphile Imana ngo nta bibi igira?
Abavuga ko atabibi igira ntaho bataniye nababahanuzi ba Yobu.uwo muvyeyi narindire yihangany agume kumurimo iyavuganye nawe izomutwenza.
😢😢😢😢😢
Ariko satani ni mubi koko.Yesu wee mbega ubuhamya .Imana izi kurinda wowe ukiriho mama nijuru iyagutabaye izariguha.🤔
Uyumumama yarize pe
Ikigice narijyitegerejepe
*Dore **#ivunja** mu kirenge😅😅😅😂😂😂😂*
Umva ko nzi kuvuga da
Abana bawe se ubwo koko bo ntibazicwa nagahinda?
Burya murameny ko ukwimana ikora ataformule tworonk ndetse no mur bible twofatirako hatagira umunt afata umurongo umwe cank ebyiri yo muri bible akatekerez ko hose yayigenderako ahubwo muka wera gusa
Ariko umuntu bamukubita yumva ntiyiruke???
Pafi.ntabwo rirarenga lmirimo y,lmana izakorwa.knd twizerako igihe uyumubyeyi akiriho lmana yahindura amateka uyumugabo ikamuha agakiza mama sara agasazaneza.knd bitabaye ibyo wibukeko hari ingororano zabihanganye
Ntabwo uyu mubyeyi yayobye kuko amakuba nibyago byumukiranutsi ari byinshi ariko uwiteka amukiza muri byose
Nanjye ukwere kw'Imana sindakubona nacanganyikiwe dutegereze turebe
Kuko agahinda kanyishe nigute koko wahabwa urugo rubi gutya ntacyaha wakoze
Ahubwo abakoze ibyaha ntabwo bageragezwa kuko baba bafitanye is isano na satani nonese yobu yari yarakoze iki?
Muribibihe abantu tuzi ko Imana iha ibibi abanyavyaha.shaduraka na meshak na bedinego batawe mwitanure kubera ivyaha?cank Imana yari yabibagiy yabanyenabo mumuriro nkuko nuwo muvyeyi kuba akihari ari Imana yahabaye.igihe nicagera azohembwa nakomere kumurimo.