ABIVUZE ARIRA CYANE😭MUHUNGE UMUJINYA W'IMANA😭NTAMUGABANE W'ABANYAMOKO MU IJURU😭MBEGA UBUZIMA💔
Vložit
- čas přidán 18. 04. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Zábava
MANA unyuzuze Mpwemu yera kuko uru rugendo ntakindi cotuma turushobora atari ukurongorwa Na Mpwemu w'Imana
Imana iguhe umugisha mubyeyi.Naho ubundi amoko yo arahari 99% nubwo hariho kurenzaho ngo ndi umunyarwanda. Mana weeeeee tabara u Rwanda 😭😭😭😭 arahari ndetse birenze uko yari yanditse no mu marangamuntu!
Ironda koko,ironda karere!
Ariko nziko lmana izaturengera tukabirenga. Mana dukize ayo matind y'amoko.
kandi buri muntu mu itorero abe uwejejwe muriryo, nshuti reka kwiganyira urahabwa imbaraga nshya, nkunda Imana cyane n'abantu b'Imana ariko nagize inshuti isengera muri Adper ariko ikorana n'imyuka y'abarangi nyuma Imana irabimpishurira,Pamfire uzamvugishe nguhe ubuhamya tugeze mu bihe bya Nyuma ntabwo idini ariryo gakiza k'umuntu, tube maso
Imana ishimwe kubwawe tugutezamatwi ariko birakomeye kuko birikuva kubotwita abanyabwenge
*Amen Amen!!!*
*Glory to God.🙌 🙌*
*#Faïna**, Imana Yaragutoranyije kugira ngo uyikorere.❤*
*GUMAMO NEZA❤*
*Dutegereje igice cya 2, cya 3,....*
Amoko rwose aratumaze ariko hari n’abandi Umwuka Wera yadushoboje gukora uwo nugera w’amoko n’uturere ( aho abantu baturuka ) !
Ubarikiwe mutumishi wa mungu.Ndafashijwe.Nubwo amadini ari ngo kubohora abakirisitu ngo bambare uko babonye,bahindure imibiri yabo uko bashaka:Ngaho inzara,imisatsi..Ariko mbabwize ukuri Imana ikomeye kubayo kdi yabashyizeho ikimenyetso.Mwiyoba bene data!Mugume uko mwahamagawe!
Mbega weee YESU KRISTO ni MWIZA ibihe byose
IMANA iguhe umugisha, kdi imbaraga n'amavuta bikubeho cyane. Amoki arahari ndetse cyane.
Urakoze kudusengera, ndizeye ko Imana iri bunkize
Ikora ibyo ishaka nibwo bu Mana vwayo
Diploma ya A2 yari ikomeye cyane kandi wayibonaga wavunitse cyane kandi wabaga ufite ubumenyi pe bwo gukora akazi gatandukanye !
Uyu mubyeyi ameze nanjye neza neza😂😂 ntarakira Yesu nkumwami numukiza
Murakoze Imana ibahe umugisha kdi ibakomeze
Yesu Aguhumugiaha
Biragoye ariko Imana nyiringabo nishoboze abantu bayo
Amoko araharipe n'inzigo benshi bafite.
Iyo nzigo yaturutse kuki,ese yakurwaho n,iki
IMANA ihamagara ukwishaka
Imana nidukoreshe icyo yaduhamagariy
Ndi umugaturika ariko icyo nababwira nuko Imana ari iy'umuntu ku giti cye, mujye mwirinda guca imanza
Sha twese twabaye bo ariko catholique byasaba umuntu imbaraga zidasanzwe ngo akizwe.kuko abasoma I jambo ry Imana nibakeee
Ntanuwaguciriye urubanza mwenedata ariko mupfukamira ibishushanyo
Umutima wumuntu urusha ibintu byose gushukana
Icyingenzi nugukurukira ukuri kwijambo ryimana naho kuba imbata yidini ntabwo byazakugeza mu ijuru catholic nanjye nayivukiyemo ariko namenye gusenga ngeze mu barokore nibwo bwambere natunze bibiliya kdi narimaze iminsi myinshi mu kiriziya
Amen
Imana ishimwe
Amen amen
Icyo wampamagariye
🙏
Yooo.Imana ikunda abantu bayo
Nicyo kinkundisha lmana
Ndashima uwiteka Wampaye agakiza
N'umufasha wa mwarimu se?
Amen
Amen