Maman Charlene chérie Gerageza ubandanye guca bugufi kare wahora uduhezagira mw,izina rya Yesu Crhisto wi Nazareth ko imisi uko ihita ariko ugenda uduhindurira?nako kantu uvugako ata mibari ugikora uragaheba uko nukwisumbukuruza hari ababikoze muri bibiliya Imana ntiyabishimiye nshuti siko!!!pour le reste merci de nous montrer comment faire le macédoine
Ibi ni ibihamya ko nta kure cyane Imana itakura umuntu Ibi byubaka wa muntu wumvaga ko Imana yamwibagiwe iyo abonye aho Imana yakuye mm Charlène. Hanyuma niba yavanze imbuto zitavangwa byaba byiza umuhaye commentaire imwigisha izivangwa izarizo. Gusa Macédoine jye nziko iba ari uruvange rw'imbuto.
Ubundi nk'uwagiye mw'ishuli ryo mu gikoni wari kuba wahinduye za gants nka 4,lero ja mu butumwa bwa bibiriya ahasigaye uje mw'ishuli rya cuisine na na hygiene ya cuisine
@@manishimwerose198 umusirimu wa hé? Hari aba professionnel nazi n'a hygiène ya cuisine lero uwuzogwara kubéra KO KO hari abigize aba professionnel azobibawe,pasitori Abe pasitori cuisier abe cuisinier , umwe wese kuri maîtrise yiwe
Cunga neza urebe niba nta shyari ufite muvandi. None se ko uhise uvuma Uzi gute niba ntabo aha cyangwa se yanabanje guha? Guca urubanza ku bintu utazi umenye ko ijambo ry'iyo Mana uvuga nawe rizabikubaza
Uretse no mu Rwanda mugira abakozi ntibyakababujije KO mubikorwa kuko natwe turi iburayi turaraha tugakora nakazi KO murugo kdi no guteka tugateka biterwa hubwo n'a organisation tu muntu.si mbona ntawurusha abagore BO mu Rwanda kuba mu ma salon nama fête bamwe n'a bamwe. Salade de fruits kuyikora ntibitwara umwanya.
Uri umukozi w'Imana ariko ntabwo ikunda abantu babeshya reka gukuramo abantu ikizere bakugirira ubaha ibintu bidahuje numutwe cg TITLE , wabeshye abantu hano ntabana nabonyemo ningombwa guha agaciro abagukurikira ukabaha iby'ukuri gusa courage ubutaha uzabihindure !!! Mwakanda kugafoto kanjye mukandemera mukanzamura we
Yanditse tiltle yo vyab vyiza kurushaho
Yego tuzamuvahope
Hhhhhh irondo ryivanze n ibisambo😂😂😂
Umva mbonye comnt ntarareba ikiganiro mpise mbireka kucyireba
WAhora ko nirutse ngaheba ,😂😂😂😂😂😂
Maman Charle tukuziho KUBAHA Imana , ubwire umuntu wandika title ku biganiro byawe ntakajye abeshya abantu ntabwo ibi bikwiye channel y'umuntu wubaha Imana nkawe pe. Hakwiye kuba itandukaniro hagati ya channel z'abantu bubaha Imana na za channel birirwa bavuga ubusa.
@@arleneisingizwe1503 uvuzukuri nanjye nayifunguye nziko njyiye kwirebera utwana twe
Iyo hajemo amafranga benshi kubaha Imana babifasha hasi da.cya cyanditswe kivuga ko kujya mwijuru kumutunzi buruhije ntabwo kibeshya.gutera imbere mu byumubiri ugakomeza kubaha Imana bishobora bacye gusa byaba byiza abikosoye
Umvugiye ibintu
Uziko tuzajya twanga kureba channel ze kubera kubeshya
Biteye ubwoba pe
Niba atarabana kamave buriya ikiza cya comment niki
Roho nziza itura mumubiri muzima, abari kuvuga ngo ntacyigisha Ijambo ry’Imana ntakibwiriza gisumba kugira amagara mazima, njye nkwigiraho byinshi komerezaho mubyeyi 👍
Singo rata
Mama Charlene ndagukunda cyaneee , Busingye mary from Uganda ndagukuricyirana❤❤
Uziko imbuto zihumuye.Imana iduhaze mubyo yaremye.twese tugomba kubiryaho.abatarabibona IMANA IBAHUMURIZE.... YUMMY 😋❤
NAnge ndabyumvise bihumura😄
Amen
Data akiriho, yigeze kumbwira ati mwana wanjye, nubona amahirwe, nukuvuga ibyo nzaba ntunze! Ati ayo MAHIRWE uzayafashishe abantu BATATU, usabe buri muntu umwe, nawe azafashe abantu BATATU, bityo ayo mahirwe azagera kuri benshi, Maze ISI yawe izarushaho kuba nziza mwana wanjye!! Ndakabasangije Bavandimwe 🙏🙏🙏 Kandi narabikoze bimpa ibyishimo! Iyo mbona ukuntu nacumbikiye IMFUBYI, zikaba zararangije kwiga! Ndetse bamwe ndanabashyingira, bintera kunezerwa!
Byiza cyane warakoze
Imana ijye igukubira
Amen
Imana iguhezagire warakoze cane😢😢
@@Darlene-ro9sc Urakoze Mukundwa
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka ❤❤❤
Imana impe ubushobozi nanje ndipfuza ivyamwa murugo rwanje kandi vyaburimunsi
Amen
Turagukunda ❣️❣️
Imana ninzizapee nakure itakurumuntu natwe tuyinambeho
Nukuri ibyuvuze nibyo kdi jyewe biranyigishije pe kdi murakoze cyane
Ibereho Mubyeyi 🎉
Imbuto ni nziza igihe cyose ubishoboye, gusa ninjoro ntugakoreshe pomme sibyiza, iba nziza mugitondo cyane cg kumanywa basi. Komereza aho ❤
Oopoh mbwira kuki pomme atarinziza mwIjoro uzoko iyo ndayiriye ngiye kuryama inda iba ninj ukagirango nariye vyinshi nukuri mbwira
Nanj ndayiriy nijoro ndavyimba inda ubu naratihoreye
Maman Charlene chérie Gerageza ubandanye guca bugufi kare wahora uduhezagira mw,izina rya Yesu Crhisto wi Nazareth ko imisi uko ihita ariko ugenda uduhindurira?nako kantu uvugako ata mibari ugikora uragaheba uko nukwisumbukuruza hari ababikoze muri bibiliya Imana ntiyabishimiye nshuti siko!!!pour le reste merci de nous montrer comment faire le macédoine
😂😂😂nne abantu mwabaye bate kweri aho ntaguhezagiy dusenga dukora dukora dusenga ivyo ariko akora kumwana wubwenge yovyigirah kandi vyomutunga
Muragirango ajye ajya gufasha abizane kuri camera? Imana ikomeze iguhe ibitunga umuryango wawe mubyeyi.
👌❤
Ark ntiwirate waba wabiramukanyese ukananirwakubigura ngubirye mama Charlene garukirizaho nawe ubuhamya bwawe warabutangaje byihoreresha nawe koko mama Charle Imana ugufashe byihoreremama nigihe cya wenyine ntanukikwatse Ark urabwiriza urasenga itonde😢😢😢😢😢
Ukize impumu sha😂
😂😂😂rekinzigo
Ese harya uyu akora kazi ki kamuha ubu bwiyemezi bwose? Cg agakora ninjoro ku manywa akaza kwerekana amahaho 😀😀😀nihitiraga💃🏽
#Mama_CHARLENE, Courage Courage!❤
GUMAMO NEZA.❤❤
Kuraje komerezaho mubyeyi utéré imbere
Titre zagatwiko uratubeshye Imana ikweze ,abo bana uvuga bari????
Mummy wacu uziko utajya usengera ibiryo?
ujye wihangana basi ubisengere.
😂😂😂nanje birantangaje ntanukuvuga ngomwizin rya Yesu ariko wosang yasenze ataratangur kubi prepare
Mumureke yirire yagize inzara kenshi uyu twari duturanye yadodaga imyenda atera ibiraka ahiga ijana rero mureke yirire ahage
Eeeee sukose mumureke Imana yaramwishuy inzara ntazongera kuyigira ukundi Imana ishimwe igaburira uwashonje🙌🙌
Ndafashijwe nukuri pe
Very good❤
Asanteni mama ariko uzababarire umugabo wawe musubirane natwe Yesu atubabarira buri munsi
Ariko ibyo ntaho bihuriye. Kubabarira umuntu ntibivuze gusubirana. Ubuse nkubaze umuntu akurogeye umwana agapfa ukamuhamba cg akarwa akagusaba imbazi. Imbabazi urazitanga ariko ntiwohereza nabandi ngo basure umurozi ngonuko yagusabye imbabazi. Erega ntawanga ibyiza arabibura. Ntawanze kubaka. Mama charlene niwe uzi ibyo yahuye nabyo murugo rwe. Mwimuhatira gusubirana mugihe umutima we utarabyakira. Erega ntabwo abantu bose bagenewe kugira abagore nabagabo. Ntabwo twese tuzaba aba doctors, abarimu, cg ikindi. Ntabwo umugore wese ariko yaremewe kuba umubyeyi.
Ngewe ndakwemere imbuto nizumunu wese arwaye cg ari muzima kko ngewe nzirya ndetse abana bange bazirya buri week,uratwigisha mama urimwiza ndagukunda
Uzonatwereke wateguriye abakene n'a bo bumvirize kuri Macédoine,fromage n'a saucisses kuko umukozi w'Imana asangira uburyohe càne cane n'abatishoboye umusi umwe ugacamwo
Iryo yerekwa ufite ni ryiza nawe uzarikore kuko ni iryawe!
😂😂😂😂@@dusengesafina9113
😂😂nahone ntimwobura ivyomuvuga mwokoresha ryajambo riri muri matayo 6 abantu turagoye ifata
Maman Charlene wazantumiye nkaza tugasangira nkumva apana kujya nkomeza mbirebesha amaso?
Sha chr wazadukoreye na rwa rusenda
Urimwiza cyane
Muvyeyi sinkwanka ndagukunda ariko nagomba nguhanure urebeneza ukuri kose siko bagushira hanze ikindi hari umugani baca uvugango umuntu ararya utwiwe atunyegeje zari impanuro
Nukuri pe naheruka ntamurokore urira kugasozi yewe umuco wabarokore unayoyoma kbsa kdi ntanogusengera indya ukosore yewe
Mubyeyi ndakwinginze mbabarira nzagusure njyewe nabana banjye
Uzajye ushyira speed mu gihe haribyo uri gukora si ngombwa ngo uhate inanasi cg c ngo ukamure Orange nikindi cyose tubireba byose...ibyiza wakwerekanaho gato ibindi bikihuta
@@alicem.3156 leka baze batwereka vyose,kuko habamwo amakosa menshi kugira umusi tuzosabe l'ETA KO uwudafise ubumenyi mu kintu ntazosubire kwerekana ,kuko cuisine n'a hygiène birajana, ''akaroreto'' inanasi ugira umucafu myinshi Ku bishishwa. Planche wahatiye KO inanasi , n'a gants wakoresheshe,!!!!?.
Umu professionnel ategerezwa kugira planches zitandukanye akoresha bijanye ''ico ari bukate kubera kwirinda za bactéries zitandukanye.
Turagukunda mubyeyi
Uba uhaze!mberese ntiwajyaga uca kumasoko ziriho😂ariko ubwo mwagiye mureka amagambo nkayo
😅😅😅ntawanga ibyiza arabibura.Ubu narumiwe cykz
Ibi babyita gukira ubuheri nako Inkirabuheri,Ubu ejo ubibonye uhise unigira impuguke mumirire!?izo mbuto Nka Cent uvanze uzi neza ko zijyana,Wigira uwo wigisha nibiboneka bazabirya uko Babashije kdi bizagira umumaro🫣🫣🫣
Ibi ni ibihamya ko nta kure cyane Imana itakura umuntu
Ibi byubaka wa muntu wumvaga ko Imana yamwibagiwe iyo abonye aho Imana yakuye mm Charlène.
Hanyuma niba yavanze imbuto zitavangwa byaba byiza umuhaye commentaire imwigisha izivangwa izarizo.
Gusa Macédoine jye nziko iba ari uruvange rw'imbuto.
Ngukunda cyaneeeee
Uhubwo rata mama Charlene mbwira izo ga ninkaziriya zumweru abaganga bakoresha?
Bonjour . Ndavye iyo vidéo numva nshaka itunda caaane ntakuntu wozindungikira😂😂😂
Ngukuda cyane wamubyeyi
Ntabwo twanga imbuto ni ukuzibura mubyeyi😢😢😢😢
Urakoze kibaju
Ubundi nk'uwagiye mw'ishuli ryo mu gikoni wari kuba wahinduye za gants nka 4,lero ja mu butumwa bwa bibiriya ahasigaye uje mw'ishuli rya cuisine na na hygiene ya cuisine
Iryo ni itiku n'ishyari. Si uko bahanura umuntu!
Uzigutegurira abanapee❤
Urakoze cane mada
Mubyeyi mwiza ndagukunda rwose kdi uri Role model
Waduhaye natwe mama
Courage rata m.charlene ❤❤❤❤
Urakoze.
Kwihana no kubabarirwa ibyaha nibyo bikwiriye kubwirwa abatuye isi
Ariko izi note zi va hehe
Ni byiza kugira chopping board zitandukanye kugira ngo iyo ukatiraho inyama ntugaruke ngo uyikatireho imbuto….Yego iba yogeje ariko….
Wouu twabibonye, izombuto uziteguye. Ariko titre yikigisho cyomugikoni ntaho gihuriye nuko ngo urimo.kutwerzka abana. Mbese ijambo maseduane risobaura iki?
Cynthia TV show turabakunda cyane
❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Umumama wumusirimu tuguhorane ❤️❤️❤️
@@manishimwerose198 umusirimu wa hé? Hari aba professionnel nazi n'a hygiène ya cuisine lero uwuzogwara kubéra KO KO hari abigize aba professionnel azobibawe,pasitori Abe pasitori cuisier abe cuisinier , umwe wese kuri maîtrise yiwe
Mama Charlene jyureka kwirata nuko umaze kubibona Ninde uyobewe se akamaro kimbuto
None avuge Wowe se ?
Ariko ntabwo arukwirata
Yavuzeko mugihe Imana yabiguhaye ko uba ugomba kutiyima🤷🤷
Njyewe ngukunda rwinshi utuma ngirira Imana ikizere.,by da way ukora nutuntu twuubwenge,kandi dusirimutse.
Uzahore wibuka gusenga,ugire ufungure,turagukunda
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤from🇧🇮🇧🇮
Yesu naza ntazakubaza ibyo wariye n'abana bawe ahubwo mubushobozi bwawe wibuke nabandi bakiri kucyavu cyinzara nubukene nkahamwe waruri,abantu mwishwe ninzara byabigishije iki buriya? Gewe nziko buri somo rivamo ubumenyi no kutibagirwa.ibuka cyagihe usubize amaso inyuma ubonye warase ko ugiye kugemurira abababaye puuuu
Cunga neza urebe niba nta shyari ufite muvandi. None se ko uhise uvuma Uzi gute niba ntabo aha cyangwa se yanabanje guha? Guca urubanza ku bintu utazi umenye ko ijambo ry'iyo Mana uvuga nawe rizabikubaza
No kurera abana bawe ukabitaho ni umuhamagaro kuko abenshi ntibabareze stop rero
N ubu n ubutumwa, kuko tuzi aho lmana imukuye, niba umuzi akenye, bikwiye ko umumenya atunze, aguwe neza, nabwo n ubuhamya, ikomereze maaaa, abashonje n abashira ntazarinda kuguhamagara
@@mariegracemusabehabiyaremy1019 abantu bashonje bose ntibahazwa na mm Charlène kdi ntiyabura kwita Ku bana be ngo nuko hari abashonji
Urahaze sha
Umwirasi aha. Wahoraga uvuga ubutumwa bwiza none wiriirwa werekana ibyo urya. Uha abakene zingahe se ? Wowe wararangiye pe.
Arakabya ubuse ibi byamarira iki ushonje.nukwirirwa yerekana frigo
Njye uzanyihereho rwose ku byiza Imana yakwihereye Mubye ndabizi ko ababaye ubazirikana
Mbere yo kuguha uzamwandikire urebe ko agusubiz 😂😂
@@Rwanda-ps4mlkabaye!!!uravuze ngo umurengwe wica nk'inzara😂😂😂
Ararya nk’inyagasozi yagafashe😀😀😀
Ntakindi carikibzanye atarukwirabira abana none nsanze arububeshi Imana iragwajije
Ubaye nkanjye 😂😂
Natwe naduhe twumve uko yesu agira neza
Arikose utangiye kuzirya ubu dore urikuziryana inza none uje gusomera abantu
burya na banyamasengesho murabeshya umutwe wiyinkuru uti mwerekanye abana none nabuze aho mwaberekanye cg abana byarangiye bahindutse imbuto?
Hhhhh😂 ntabwo arukubeshya babyita gutwika
Gushaka amafr biravuna waaa😅
😂
@@GL.202
Ngo ntago Ari ukubeshya?gute se Atari ukubeshya?ahubwo yihane kubeshya kuko abanyabinyoma umugabane wabo arawuzi yasome bible
@@NteziryayoPriscaNta binyoma niko nabonye babikora ngo dufungure turebe 🙄🙄🙄ahubwo Mama Charlene aracyafitemo ak'ubukristo! Usanga abandi bandika ngo: NDABIVUGA NIBASHAKA BAMFUNGE 😁😁😁
Mba mbona harimo nubwibone.ubonye ibiryo ejo urikwigisha abantu uko barya?ibyo turabizi
Niminsi mibi wamubyeyi ntawufite amafaranga NGO ayoberwe uko ayarya
Ahubwo se hari ufite amafranga ngo ayoberwe ibyo ayakoresha??? Mujye mwituriza, Uwiteka niwe uzi urugero rw'ibyo atubashisha.
Ko arinyinshi cyane se ubwo ntizibazamurira isukari
Ni igihe cyawe nyine🧐iyakwibutse nabandi izabibuka jya ugabanya kwishongora
Salade de fruits 🍇🍏🍉🍋🍌🍍🥭🍓🫐
👌
Turagukunda. Hari Utuntu 2 jya ukomeza wigishe abantu gusengera ibyo kurya ikindi ntukandike tilte z'ikiganiro zitari ukuri ( bwa mbere M. Charlene atweretse abana be). Oya nib ufite Manager wa Channel ubimubuze wowe ntukiwye gushakira views mu binyoma.
Twakubonye mubyeyi
ariko abantu bamutuka na banyeshyari gusa kutwigisha bitwaye iki se ?
Inkirabuheri we
Mwagiyemwandika title ijyange nibyo mwakoze mukareka kubeshya abakunzibanyu. Uzatuma bagucikaho kbx ubutaha uzabikosore
ese mama charle iyusubije amaso inyuma hahandi waruri wariyimaga? twiha ukodushoboye ,
Ariko mama Charlene numuhanga ntavuga amateshwa,aba yabisobanuye ko atagaya abatabifite ahubwo aba abwira ababifite batabukoresha uko bikwiye
Ariko avugako mugihe ubifite uba ugomba kubirya muge mutega amatwi pe!kdi harababifite biyima
Iyi title ntago iguhesha icyubahiro
Nibakureke ukore kandi ibyuvuga bitugirira akamaro. Tujye dushyigikirana, nanjye ahubwo niba mubishyigikiye munkorere Subscribe twiyigire byinshi byatugirira akamaro mu buzima bwacu. murakoze
Next time uzabashyiriremo yoghurt
mama charlene ngaho nawe utangiye kuzana imico yo kubeshya ya bi ki gihe
Mbega abana beza
😂😂😂😂 woe urababonye c
Ese umukozi ntarya kumbuto wee kuki utegura ibyawe nabana gusa kandi ngo urumukozi wimana?
Yavuzako ntamukozi agira
@@umutesiyvette6830 ooh okay sorry for that
Abana se barihe
Nubuteka mutwe ngo mukunde murebe ikiganiro😂😂
Esubu umuntu abiseye byavamo jus imeze ite??
Byavamo smoothie
Ibyo bishishwa byi nanasi ntukabijugunye ubikoramo jus yinanasi: ubikata duto cyane ugashyiramo nka litiro yamazi, ibiyiko 10 byisukari ugacanira bikabira. Byamara guhora ukayungurura ugashyira muri frigo.
Ibyo sibya maman Charlene rwose ,nibyabakiri munzira Njya bukire uyu yagezeyo😂😂
@@user-ve8yj8rc3j😅😅😅😅
@@user-ve8yj8rc3j ntibivuzeko umukire agomba kwonona kandi intungamubiri niho zisigara: mubishishwa.
Icara wige.
@@umulicealice4471 hhhhh iyo yitwa jus yibishishwa byinanasi ntiyitwa jus yinanasi,sinzi nimba ibishishwa aribyo nanasi rero
@@user-ve8yj8rc3j icara wige.
Ibimera byose vitamine nyinshi ziba mu bishishwa...
Bambwire bajye bagaburira abana imbuto ;imbuto ni sawa.Uhoraho akomeze akugwirize ubutunzi wirire wibyibuhire ;ubundi iyo Uhoraho aguhaye ubutunzi ugomba guhindura nuko wabagaho ukiri umukene irire wibyibuhire Uhoraho yarakoze nashimwe.❤❤❤❤❤
Imana yakuguriye neza n'kumukozi w'Imana azohore atwereka Macédoine yayitwaye mu bitaro kubatishoboye kuko bica bijana n'ubutumwa bw'Imana tumuziho
Ark nkumuntu uhangara agatukana ngo aryakinyagasozi nukontabyo Ufite iryo nishyari
YAWE UGUTANGIRA NKUTARIGEZE UBIBONA KOKO 😂😂😂😂😂UBU WARAHIRIWE NONEHO. GUSA IGIHE UTEGURA IBIRYO NTUKAMBARE UDUPFUKANYOKI🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭IBYO WABYIGIYE HEHE KOKO !!!!????? MBEGA UBUSWA🙉🙉🙉🙉🙉🙉
Gusa ibi bintu mama charlene ahugurira abantu kubikora,suko benshi,babiyobewe ahubwo babiburira umwanya nuko we aba wenda arimurugo ubuse umuntu ubyuka ajya kukazi akagaruka ninjoro yabikora gute? Ninkuko abantu batirera abana kd batabyanze
Abonyine babyuka bajya kukazi bakagaruka nimugoroba
Ariko nuyu nawe aba arimukazi🤣
Uretse no mu Rwanda mugira abakozi ntibyakababujije KO mubikorwa kuko natwe turi iburayi turaraha tugakora nakazi KO murugo kdi no guteka tugateka biterwa hubwo n'a organisation tu muntu.si mbona ntawurusha abagore BO mu Rwanda kuba mu ma salon nama fête bamwe n'a bamwe.
Salade de fruits kuyikora ntibitwara umwanya.
@@keza7926uvuze Neza rwose biterwa na organisation yawe abantu ntibakabeshyere uburayi
@@keza7926Nimwibereho Mama! Nyagasani akomeze abashyigikire! Natwe mudusabire bizatugereho ibyo byiza mu izina rya Yesu. Gusa no kubona ibyo biryo nabyo turashima Imana!
@@dorotheuwamaria5107 burya ibiryo byose waba ugiye kurya kubitegura neza ntako bisa . ushobora kwirirwa ibishyimbl byawe bitewe nuko biteguye bikakurutira inyama muvandi.
Ariko we abana koko ntimwababonye kwifofo ra?
Twebwe iyotuyita pastèque
Hhha ni muri français
😂❤
Yewe ubutaha uzakoreshe grants z'umweru, iz'ubururu ni izo kwa muganga.
Uzagure n'a presse-fruits rero...
Ubwo ubawabuze uko uza kubirata ukitwazango urigisha ubwose ninde wabona ibiryo akananirwa kubirya ubwose wowe ko ubibonye vuba ninde wabikwgishije keretse iyo uba wasuye umukene ukazimushyira nibwo warikuba ukoze agashya naho ibyo ni ubwiyemezi
Umuntu aryukoyaramutse
Imbuto nimboga Muganga abitegeka abarwayi kugira zongere umurwayi akire vuba,kubera ko aho arwaye haba hashonje hataka
Uradufasha ariko Nzongera kukureba aruko nabyaye utazatuma indayanjye ivamo