Urugo rwiza ntabwo ari impanuka(accident)/Inkingi 10 zubakirwaho urugo runezerewe |Pastor Desire H.
Vložit
- čas přidán 22. 10. 2022
- #WhatsApp_0788422984
Nshuti mukunzi w'AGAKIZA TV ikaze muri iki kiganiro. Tukwifurije guhembuka byuzuye.
Ganira natwe kuri WhatsApp yacu +250 788 422 984
Turagukunda kandi turahari kubwawe!
Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza kuri uru rubuga. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
BANK ACCOUNT : 1302 040 455 61 (COGEBANQUE)
MTN Mobile Money : +250 788 422 984
Airtel Money : +250 728 422 984
Umunezero wacu wibanze ni ukubona umuntu mushya yakiriye Yesu Kristo, Uwacitse intege agasubizwamo imbaraga, uwihebye akongera kumva Imana bundi bushya.
Habwa umugisha, Turagukunda! - Zábava
Ndagukunda .. nyagasani Akomeze akuturindire n'ukuri 🙏
Pstr nukuri Imana ijye iguha umugisha mwinshi cyane nukuri ubu utwigisha inyisho nziza!
Ndagukunda muvyeyi mwiza Imana igukomeze cane
Imana ikomeze ikwagure muri byose our Pastor
Urumuhanga cyane wuzuye ubwenge nubumenye mwuka wera wimana agohoreho Kandi hahirwa abumvira ijambo ryuhoraho
Pastor Desire, Imana iguhe umugisha,ugira ibiganiro byiza byubakira kuri Kristo Yesu!
Amen , Imana ikomeze ikongere ijambo ry'ubwenge no guhishuririrwa
Mwiwe neza imana iguhe umugisha
Guhugura urubyiruko wibuke
Urwa
Murakoze cyne ,Ndagukunda kunyigisho muduha bizatuma tuvamo Abagabo bazima.
Amen Amen! Murakoze cyane muduhesheje umugisha. Imana ibongerere.
Pastor uri umukozi w'Imana
Imana ijye ikomeza iguhe ihishurwa kuko uradufasha cyane mubyo uvuga bigaragarako umwuka wera abaguhishuriye
Urugo nishuri iyo urwubatse utazi Imana neza birakugora
Yesu aguhe umugishaaaaa
Imana Imbabarire Ibyinshi numvise mbikora, kandi Imana Iguhe umugisha 🙏🙏
Imana Iguhe umugisha kubwo impuguro zawe nziza,Ndagukunda pe
Imigisha myinshi cyane my pastor be blessed all the time
Urakoze duhugure Urubyiruko
turakomerewe imana ishimwe
Mushumba mwiza, inyigisho zawe nzirashika ku mutima. Umukama abandanye agukomeza.
Wakoze cyane kumpanuro wanduhaye muntu wimana
Inyigisho nziza cyanee
Inyigisho zanyu ziranyubakira umunsi kumunsi .Imana ibahe umugisha
Murakoze Can mukozi w'IMANA umwami akomeze kukongerereza umugisha hm muduhe version kubagabo natwe!
Yesu aguhe umugisha mushumba
Ufite inyigisho nziza rwose pastor turagukunda❤
❤️❤️❤️.Mukomeze guhezagirwa cane.
Uhezagirwe cne Mukozi w'Imana
Murakoze kuduha inama mukubaka ingo
Yesu agukomeze mwivugabutumwa pastor
Imana Ibahe Umugisha ndafashijwe
Amen murakoze yesu nabahezagire
Ooh God bless you so much pastor I really appreciate you
Imaniguhumugisha
Mwami Yesu Unshoboze ndashaka kwongera kwiyemeza🙏🙏
IMANA iguhe kuramba mukozi w, IMANA
Niwowe muvuga burumwa nemera kandi nkunda. Inyigisho zawe zingaruramo icyizere cy ‘ubuzima. Ndiho agukomeze ugume udusangiza ibyiza bye.
Turabakunda lmana ibahe umugisha
Hezagirwa pasteur désire ndabakunda
Be blessed, I love you
Girumugisha past
Asante san mon pster
Ubarikiwe sana namungu pastor
Hezagirwa rwose mubyeyi
Ibyu vuga biranyubaka. Nutagwa isari lmana iza guhemba
Good keeps you paster
Amena mumezemute
Amen
Umwami abahangaze vrt Kandi azashishikarakubahezagiracabe
Urakoze cyane Nsenga nonese kuvuzengo abantu bareba ibyo abandi bantu ba postinze ngosibyiza none ko utubwiriza tututabireba tuzamenya ibyo utwigisha dute?? Tsubiza kandi iyo benshi bumvise amigisho yo ubigisha bafashwa??
Uvuze neza cane ntibiteguy kwitangira abana babeho neza naho wob ubabay
Inyigisho zawe ziratwubaka
Twazize kutamenya ark guhera ubwo twumva ibi uvuga tuzahinduka
Pasteur urumuhanga
Imana ibahe umugisha muraduhugura bambe.
Urumugisha kwishengero
Naho bariya bamisionneri batwigishije ibyo baribafite ibyo badafite ntabyobaduhaye.
Chalom. Hagire umpa link ya conférence des hommes nayo yakurikiye iyi. Murakoze
💝💝💝💝
❤❤❤
😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊
❤
Imana ikomeze kukwagura muvyeyi.ndipfuza numéro zanyu nukuri nkayaga namwe kuko ndafise ivyo nshaka kukuyagisha nokuguhanuza murakoze
Rwose abantu bahorana valises zazinze mumutima....buri musi baragenda
Uwampa tukabonana
uri umuhanga pe
Ndumufanawa nyu
Urugo rugizwe nababiri. Kunva ko hama hari umuntu yama mumubabaro yihanganira uwobubakanye nikuki uwo mubana we atakwihangana akagira uko ashobora kwose ntaguhemukire cangwa ngo akubabaze. Ahubwo hakwigisha ngo umuntu umwe yame ariwe yihanganire uwundi vyiza wakwigisha kumenya kwirinda gukora ico cose kibabaza mugenzi wawe. Urwo nirwo bita urukundo. Imbere yugukora canke kuvuga ukabanza kwiyunvira niba kitababaza mugenzi wawe.
Urakoze cyane Pasteur Desire kumpuguro udahwema gutanga Imana ikomeze kukugwiriza impano no kukongerera ubumenyi hamwe no kuguhishurira umucyo
Uyu mugabo ndamukunze amazing ye ni ayahe?
Balaka tele pastb