UBUHANUZI BWA 2021 // Imana yamutumye kubwira abantu ibya COVID-19 byose // Ni ugusenga cyane pe!
Vložit
- čas přidán 30. 06. 2021
- DASH DASH TV yakiriye umuhanuzi waturutse i Gicumbi abaririza aho yatangira ubutumwa bw'impuruza Imana yamuhaye ngo abwire abantu, tega amatwi utubwire icyo ubitekerezaho.
Subscribe to my CZcams Channel:
/ @dashdashtv
IG: / dashim250
Facebook: / dushimimana.dashim.9
Whatsapp: +250784069299
Ibyo byo biraje navuba pe...ntavangiwe uwo mubyeyi ..Turi mu Moers Bantu mwe nimwihane mwiyeze...
Yebabaweeeeee mukecu ibyuvuga nukuri ibyurukingo nuko bimeze mpise nemerako wavuganye nimana pe YESU aguhe imigisha
Umwami Yesu aguhe umugisha utagabanyije mubyeyi kubutumwa bukomeye mutanze. Abazakwita umusazi hari umunsi bazibuka ko wababwiye, hari umunsi bazakumbura ubu butumwa mwatanze. Dukore hakiri kumanwa kuko bugiye kwira n'igihe umuntu atazabasha gukora. Tukiri mw'isi, tube umucyo w'isi. Yesu araje vuba ntazatinda.
Sha imana imuhe umugisha gusa abanyamakuru Bari kubivanga kbs
Ntimukavangavange umuntu mujye mureka abanze avuge arangize mumubaze nyuma rwose
komerezaho kandi imana izabane nawe gusa uzakomeze usengere igihungu cyacu nabagituye
Urakoze Mwene Data, kuvugisha Ukuri.Imana yagutumye Ikurinde, nkuko abayubaha Twese Iturinze. Twunvire Umwuka Wera,Tudatinya abana b'Abantu. Yesu Kristu ni We Rukingo Rwacu.
Urakoze muvyeyi,bandanya uvuza inzamba abunva bunve,abezwa babandanye bezwa,....ibihe nibibi
Ese wamunyamakuruwe wamuretse akavuga ko umuzibiranya mureke Imana itagukubita
Mama lmana iguhe umugisha WO kuyivugira.
Uyu mu mama na mukunze cyane cyane ariko nimubishaririye nkuko yabivuze gusa lmana isumba byose Ni muhagarareho lmuringe ubusesenguzi bwumwijima
Uwiteka aguhe umugisha mubyeyi mwiza w'Imana
Mubaza,nabi. Nagasuzuguro,vyambabaje,!!
Uvuze ukuri uyu munyamakuru yamuvangiye cyane, atumye atavuga ubutumwa neza,
Ibihumuriza ibihumbi tv urahasanga inyigisho zibohora umutima wawe
Uwo munyamakuru agerageze ajye ashyiramo discipline mu kubaza abakozi b'Imana.Imana igukomeze mukozi w'Imana ubutumwa bwawe bwimvikane
Imana iguhe umugisha mubyeyi
Imana iguhe umugisha
Muzadushakire ijambo rya Nyakwigendera
Mukeshabatwate Dismas
Imana ihe umugisha uyu mubyeyi🥰
Murikubza ibitajyanye na message agomba kutubwira. Muratuma hari ibyo yibagirwa kdi anakuze.
ibi byaranemejwe munama yabereye mubwonjyereza niba atari mubutariyani
Uku n'ukuri kuzima
Amen mubyeyi.
Ubaza nabi pe urumva ukuntu vraiment umublocka oya pe
Aba bagabo bamubaza, ntibamuharira ijambo,bamuvugiramo.Bafit nukuntu,.bagiz,akantu,kumusuzuguraMuzemwige kubaza!!! ,
Birababaje kuvanga amasaka namasakaramentu. Nigute mutinyuka kwamamaza indwara zandurira mumibonano mpuzabitsina cg indwara zifata mumyanya ndagagitsina nuburyo zivurwa bikandikwa ahagenewe gutanga ibitekerezo kubutumva Imana iba itwoherereje.
Niba Usha kumva ubuhanuzi, nibindi bavuzwe n'Imana.
Sura channel ya YESU NIYAMAMARE HOSE TV
Imana ikunda abantu Bose b' isi, hanyuma NGO icyo yagambiriye.. izagikora.... Gutigisa isi...jye simbyumva..... Iyo umuntu yagambiriye ikintu ntawugitangira
Ibyimana ntitukabivange nibyisi. Ntabwo ari agatogo. Ikintu cyose numwanya wacyo. Murakoze.
Yesu agukomeze kandi agumye kugukoresha. Komeza uvuge Imana
Nugusenga kbx
byumvikaneko uzaziteza abizi bizamubera icyaha mana umfashe undinde undindire numuryango
👍👍
Ntimugapinge ibyo mutazi muzarebe film yitwa the lastship
Wow, ndebye trailor yayo waba ufite link yayo yose please?
nonese abaturarwanda turi kubirenganiramwo
Muduhe telephone ye. Thanks.
Mwa banyamakuru mwe mwabaye muté umuntu yavuga ubutumwa yahawe n Imana ntibamurogoya bamuhata ibibazo! Mumibujije kuvuga ibyo yatumwe azashake indi TV abuvugiraho bamuhe ijambo batamurogoye
Igikwiye cyo nuko tugomba gukiza
muriyi minsi burirugo rufite umuhanuzi bigaragarako abantu benshi bahungabanye ikibabaje benshi n bagore
Witubeshya! Niba Ari ukuvangirwa n' abagabo barimo, gusa niba Ari n' ubuhanuzi.... Bose barimo,ikibazo bamwe bahanura ibivugiruza ib y' abandi....nicyo kituyobera
Ibivuguruza
mumpe nimero yuyu mucyecuru ndamwifujecyaneee dashimu niba usoma izi comenti umpe nimero yuyumubyeyi
Agnes ibyo uvuze Ni byo ngo Ni ubumara Bali gushyira mu Bantu Kandi ngo bazabyicuza
Yesaya 8:20
Nibyo
Ariko wa mujulaniliste we warize cyangwa? Please respect that old women urumva ukuntu umubaza umuzibira wihane.
Umva ngewe ndashaka nomero zuwo muntu tuvugane
Thanks
C drôle gramatique
Nintumwa rero? Hhh
Ngewe uyu mubyeyi yamfashije kdi ndashima Imana mudusabire numero ye
URUMVA UKUNTU MUMUHATA IBIBAZO RA?MUMENYENEZAKO IMANA IDAKORESHA ABASWA YABASUBIJE MWIZINA RYA YESI!!!
Ese ko mumuhata ibibazo byinshi Ubuhanuzi bwe arabutangirira he? Abusoreze he? Ibi sibyo? Mubikosore.
Urumutekamutwe wamukecuruwe
Umva mbese
Hari icyo akwatse se?
obonye yaba atetse uwawe maze ugashya niyabandi nkawe
Kuki nta nomeroze mwaduhaye koko
Uyu mubyeyi ibyavuga njye nsengera muri ADPR ariko ibyo avuga ni byo tube maso tubitegereze twitegure gusohoka muri Babylon kuko na Mama Eric nawe yarabihanuye.
Uko nukuri kuzuye
Ubyuhanuzi byemerwa bisohoye katubutegereze busohore buhabwe agaciro
Abahanuzi murasetsa iyomugeze mubyiwanyu muratubeshya
Z
Ibibazo bitagira12 nahitankwirukana
*REKA TUREBERE HAMWE kU INDWARA Y'AMIBE ESE WARI UZIKO IKIRA IGASHIRA MUMUBIRI?*
Amibe ni indwara y’inzoka zo munda ituruka ku mwanda.Bishobora guturuka ku mazi anyobwa cyangwa akoreshwa ndetse n’ibiribwa bidasukuye. Ikaba iterwa n’udukoko duto twitwa ’Entamoeba Histolytica’ twinjira mu mubiri iyo uriye cyangwa unyoye ibyandujwe n’amagi yazo.
Kugira ngo indwara y’amibe ikure mu mubiri, agakoko k’antamoweba histolitika karagenda kakibera mu mara, aho gatungwa n’amaraso kanyunyuza mu muntu, bityo rero kakaba gashobora guca ibisebe cyangwa kagateza ibibyimba ku mara. Ariko kandi hari n’igihe ako gakoko k’amibe gashobora no kwinjira mu maraso kagatemberamo bityo bigatuma gashobora no kugera mu mwijima maze naho kakahateza ibibyimba.
Ibimenyetso bya Amibe ukwiye kumenya
• Kubabara mu nda
• Kugira umuriro rimwe na rimwe
• Gushaka kujya ku musarane nyamara wajyayo bikanga
• Guhurwa ibiryo bimwe na bimwe ndetse no kubura appetit
• Impiswi akenshi hakagaragara mo amaraso
• Kwishimagura,………..
• Kubyukana isesemi
Uko twakwirinda Amibe
Inama y’ibanze yo kwirinda iyi ndwara ni ukugira isuku y’amazi, ibiribwa n’isuku y’ibikoresho byo mu rugo, ukoresha amazi atetse cyangwa ugakoresha amazi arimo imiti yagenewe gusukura amazi, koza ibiribwa mbere yo kubirya, gukaraba intoki kenshi gashoboka cyane cyane uvuye mu bwiherero na mbere yo kurya cyangwa konsa umwana ku babyeyi bonsa.
Ese Amibe iravurwa igakira?
Abantu benshi bibeshya ko Amibe idakira ariko ni ukutabimenya kuko Amibe ivurwa kandi igakira burundu. Ahubwo ni ingenzi kwirinda bihagije kuko akenshi iyo umuntu yavuwe agakira maze ntagire isuku ihagije akongera kwandura akeka ko atakize neza kandi Atari byo, byaba byiza rero ugize isuku maze ukaba wirinze burundu indwara ya Amibe.
Ubu rero habonetse imiti myimerere ikoze mu bimera ivura amibe igakira burundu. Iyi miti yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge butangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Administration). Muriyo miti harimo *Reishi na garlic* Iyi yica amibe ndetse ikamenagura n’ibikonoshwa amibe.
Twabibutsa ko iyi miti nta ngaruka igira ku muntu wayikoresheje. Uramutse ukeneye iyi miti wahamagara cyangwa ukatwandikira kuri whatsapp
+250782991473 cg ukaba wagana aho dukorera kigali mumujyi
Uno Mu mama bizarangira abaye umudive ahubwo kuko Ntarabisobanukirwa neza,nonese Dash uzamubaze uti abo bazahindura Bibiliya ninabo bazashyiraho itegeko ry,icyumweru maze bahindure amategeko icumi y'Imana,sasa ibyo bitabo 2 niho harimo ibyo byamategeko uko azahindurwa,mu mategeko 10 harimo ngo murajye mwibuka kweza isabato,iyo sabato rero yaje guhindurwa n'ubutegetsi bwa roma bushyiraho icyumweru ari nayo mpamvu mu kurangira ku isi ryategeko ryo guhindura isabato rizaba itegeko ko abantu basenga ku cy'umweru. uyu mu mama nubwo avuga ko bagomba gusenga ku cyumweru ngo niho umwami yabategetse gusenga hari umurongo wo muri bibilia uvuga ko yesu ataje gukuraho amategeko
(MATAYO5:17),Danieli 7:25 havuga guhindura amategeko y'IMANA,naho Ibyahishuwe14:12 havuga akarengane kabazaba bubahiriza amategeko y'Imana,sasa kuko ibi bitabo 2 bivuga ibyo guhindura amategeko bazabikuRaho KUKO aribyo bibarega uguhindura amategeko 10 y'Imana,Hari umuhanuzi wabayeho cyera witwa Ellen G White watangije abadive we ibyo gusenga ku cy'umweru ku gahato yabyeretse kera rero wa mu mama we ntabwo ubwo buhanuzi ari bushya cyane cyane abadive,ibyo gutingana nabyo si bishya byahozeho soma muri Bibilia mu Abaroma 1:26-27
Nta ADEPR, Nta ADVENTIST, Nta dini rifite icyo rivuze mu yo tuzi yose. Dukurikire Yesu tuve inyuma y'idini.
@@masengeshoprovidence1922 uwo Yesu umumenyera mu idini ariko?kdi niba usoma Bible ibivugwamo bibera ku isi,kdi bigakorwa nabatuye isi,tegereza wowe uzareba ukuntu wabyemera utabyemera hagiye kuba itegeko ryo kuruhuka ku cyumweru ku gahato
Wamunyamakuruwe nda discipline ugira ,gusa uyumubyeyi nibyavuga wowe ntago ubyumva pe!ujye umenya igihe ubariza .
Uyu nawe aratubeshye rwose
Ushingiye kuki uvugako ayesha????????
uru ni urugero rwiza rwo gusaza nabi no kuvangirwa
Imana iguhe umugisha ntanakimwe uvangiwemo mubyeyi