Nisanze NAMBAYE UBUSA mu cyumba cya Dirija|NTA RUKUNDO nigeze kuva navukađPAPA na MAMA barantayeđ„
VloĆŸit
- Äas pĆidĂĄn 4. 02. 2022
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Ku wifuza kuvugisha Juliette: +250 786 800 352
abasore bangiza abana nkaba bakwiye guhanwa
Ndababaye shenge,ukwiye ubufasha mwana mwiza đ
Very sorry
@@davidosky8888 Ahubwo bamurase! Imbwa z'abagabo nkabo bangiza.ubuzima bw'abana babakobwa vraiment? Sha, ubu koko uyu mugabo bamushatse akarera umwana wiwe?
ARIKO Sabin,
Nawe ukeneye training vraiment, jya umenya categories z'abantu uganira nabo! Nkuyu mwana ntiwakamubajije uko ngo: Ahantu bagufashe iki? Come on! Sabin, please ufasha abantu ariko njya ugenza gahoro kubantu bamwe na bamwe! Uyu ni umwana! Kandi afite ibibazo,.usibye no kuba afite ikibazo cy'umwana nawe afite ibibazo!
Ibyo kunanirana, wibivuga please.
Ndababaye!
Ariko Mana, uyu mwana afite agahinda kutamenya origine ye ndetse akaba mu buzima bushaririye uku. Tumukorereho umugisha â€ïž
Pole mwana. Ariko rero Sabin, kuki wamu dirija wa corale atamufashije kurondera uriya mugabo yamuteye inda kandi ariwe yamuhuje nawe ngo bagiye gukora indirimbo....
Papa wawe Imana imufashe kuko nawe yaragutereranye.
Ariko mureke abantu nkaba baba bakeneye ubufasha bufatika abantu mufite ubushobozi mufahe uyu mwana
Yibesheho Kandi birashoboka
Gusa pole sister đ
Uri Umwana disi ,uwaguhohoteye Sabin agufashe bamufate,nta muntu uzakurerera rero rwose ubimenye ahubwo umwana azagira ibikomere kukurusha,Imana igufashe ubane numwana wawe!
Gusa ikiruta byose Hari ugukunda kd urenze Bose. Yesu aragukunda birenze uko ubitekereza, kd humura impinduka ziraje.
Ariko Mana wafashije abanyarwanda kudatera ibikomere abana babo kokođđ€ŠđŸââïž mpore mukobwa mwiza Imana ninziza kuko ninayo igukujije đđŸđ„°
Uwo mugabo wamuteye in da afatwe afungwe, utange n'umugabane w'umwana! Ise umubyara afatwe asobanure kuki yakoze ibyo! Mbag'ikigoryi cy'umugabo! Mbeg'umugore ngo ni nyina!
She is a secret keeper the way we met so many times ariko sinarinziko ubuzima bwe buteye gutyo komera mukobwa mwiza Imana irikumwe nawe hagarara kigabo
Isimbi tv , uwo umwana ufite uwundi umwana arababaye kandi arababaje cyane . Mumufashe , mushake umugabo wamuteye inda afashe umwana we na nyina w'umwana , kuko niwe nyirabayazana. Byaba byiza biciye mu inzira ya police .
Murakoze cyane .
Umva nkubwire uko wabaho kose Zana umwana wawe umugisha wawe ni umwana wawe pee kd ubyumve nuwagira icyo agukorera yagikora ufite bb wawe rwose uzaburare ariko uri kumwe nawe plz
Nibyo rwose niyirerere umwana!
Amuzane se amuhe iki koko??? Mureke tumufashe ahubwo nawe nibyo yifuza.
Zana umwana wawe plz uko umushyira kure yawe niko ufunga umugisha wawe ariko nakuba iruhande nibwo uzahumuka naarembo yumugisha yawe afunguke
Ufite umubabaro mwinshi mumutima kandi ukumazemo igihe arik humura Imana izi uko bizagenda.arik ndumva inama nakugira wafata uwo mwana ukamwirera Imana izaguhera umugisha hamwe n'umwana.nawe atazakura agakurana agahinda nkakawe kandi ukamwihera uburere. abandi ubihorere ubibagire utuze Imana izaba aho abawe batabaye
Sabin fasha uyumwana RIB ifate uwo mugabo afashe uyumwana nukuri đ
Ahubwo nuwomugabo wamuteye inda ashakihwe
Nibyo rwose pe! Ibi bintu birakqbije rwose. Abagabo bisubireho rwose
đĄuhubwo afatwe ahanywe
Ese ubu uyu Mugabo arigendera pe ntakibazo, umwana arababaye !!!!
Nibyo pe nizeye ko ubutobozi nabwo bureba ibi biganiro maze bihane uwo mugome wumugizi wa nabi. Kudroga umwana warangiza ukamuviola, ukamutera inda hanyuma nawe ukajya mumubare wabagabo ugashaka ukabyara !!!!
Ibintu nkibi ntibyakagombye kuba bikiriho muri iyi myaka. Kandi ababimenye bagaceceka bafatwe nkabafatanya cyaha !
@@mukandamagezainab3567 qĂ
Banza ufate umwana wawe icyigutunga kizatunga umwana wawe ! Uyu mwana nakura azakwanga bikomeye kandi nibwo uzagira agahinda karenze ako ufite ubu! Hanyuma Sabin agufashe ujye gutanga ikibazo cyawe muri RIB uwo mugabo waguhohoteye aryozwe ibyo yakoze!
Sha sinaguseka kuko utabana numwana wawe gusa bitera igikomere cyane. Jyewe byambayeho nkamusiga muri family ariko sinasinziraga ubu namwiziritseho iyo mburaye nawe araburara nabona iniryo tugasangira gusa mba numva mfite amahoro peee. Yahoraga arira najye nkirirwa ndira
Chr wajye uwamuseka yaba atagira ubwenge gusa ndagusabye wowe ufite ubushobozi bwo kubana numwana uzashimimana kuko twe byaranze
Yesu wee!!!mbega isi ukuntu itubabaza. Aka kana gateye agahinda. Ariko bana numwana wawe.niyo mwarara mumuhanda ariko umenye ko uri kumwe numwana wawe.
Isimbi TV iherutse kugirana ikiganiro n'umuvugizi wa RIB ku byerekeye uburenganzira bw'abana. Juliette bamuhishe inkomoko ye, kandi uwamuteye inda yanze kwemera umwana. Twizere ko ibyo bibazo byombi bizagezwa kuri RIB vuba Juliette akarenganurwa.
Humura Juliet ,Imana yita kubanyamibabaro ndetse izagufasha wibagirwe iyo mibabaro.
Imana imufashe imuhe imibereho...
Sha uyu mukobwa arababaje pe gusa Imana ikiriza henshi yihangane cyane
Pole , komera Imana iragikunda, uri umukobwa mwiza, ejo ni heza!
Sister ihangana ukomere twavutse kubushake bwimana kdi tuzabaho ibipapa byibibwa nkuwo wawe nibenshi ariko tuzabaho kubera Imana, kdi bazicuza kutwihakana
Har'ababyi b'ibigoryi, gito, ibicucu banavumye! Kutita kumwana ugukomokaho! Sha Imana izakurengera n'umwana azabaho!
Viol iri mubyaha bidasaza, Nakugira inama yo gutanga ikirego naho yaba yarakoresheje amazina atariyo afashwe akamenyekana ubungubu yabihanirwa rwose.
đąđąđąIhorere mwana wa mama. Ndabona USA na mushiki wajye. Gusa humura Imana izakurwanirira.
Impore Bambe Gikobwa cyane Imana niyo nkuru
Ninde uzakwa Sabin akirukankira comment nkanjye đđđŸ
Turi kimwe
Yewe Sabin komeza usane imitima y'abantu Nyagasani Yezu Kristu azabiguhembera, Cherie Mutoni impore
Yooooo mbega agahinda Imana ikurengere
Uwo mwana wawe arambabaje... can't imagine what he goes through.... sad
Umva mwana mwiza, mubyeyi mwiza! Va ku bantu wihangire amaso Yesu wenyine. Niwe utanga amahoro ahagije kandi ahoraho, ni we uhoma ibikomere kandi ni we utazagutererana. Muri we uzasangamo mama, usangemo papa, ubonemo mukuru wawe na murumuna wawe, ba shangazi etc! Ni mudatenguha pe!!!
Kandi wiyegereze umwana umwirerere nta wakurerera nkâuko wakirerera! Icyo bibyara gusa ni inzangano mu nahuti nâimiryango. Nta kindi!!! Malheureusement! Ubundi nubona byabashobeye agiyekuburara ujye uhamagara Papa wacu wo mu ijuru!!!! Uti Papa ko umwana wanjye aburaye ndajya he?!? Naho uwo muhemu ngo ni dirigeant mureke umuntu utukisha izina ryâImana gutyo aragowe!!! Ayo makara ashyushye yisuka ku mutwe âŠ.. hmmm mureke!!!!
*Rom **12:19**-20* â *Bakundwa, ntimwihĆranire ahubwo mureke Imana ihĆreshe uburakari bwayo, kuko byanditswe ngo* â *GuhĆra ni ukwanjye, ni jye uzÄ«tura, ni ko Uwiteka avuga* â.
*Ahubwo umwanzi wawe nasonza umugaburire, nagira inyota umuhe icyo anywa, kuko nugira utyo uzaba umurunzeho amakara yaka ku mutwe.* â
Sabin God bless u to help those angels....
Ihangane , Yezu nimuzima Kandi arakiza !! Imana ikurengere , gusa nyuma ya marira menshi uzonjyera useke !!
Why this kweli!đđą
Imana igucire inzira!
Yego bambe uyu mwana arababaye đ
Ihangane Imana izaguha ugukunda akwibagize umubabaro
Such innocent girl with a heartbreaking story be strong you are still young.Allah will take you through
Ngew uyu mukobwa ndamuz twariganye pe nyirasenge we ndamuz cne ibi avuga kur nyirasenge nukur pe kuk namusuye kenshi gashobok arko niyatinyukaga kurir muri saloon burimwe nimucyumba cye gus babyeyi muturera nukur mundusigamo ibikomere uyu mukobw yabayeho nabi pe icyongeyeho abyara imbura gihe ese utagira impuhwe nugirira umpuzirantenge gus mutoni ndagus kwirerera umwan nuburara azaburar nurya azarya kdi nukur ndakwinginze wituma abwirwa amagambo mabi nkayo wabwiwe chr
Sana Uwo mwana wawe ibyo bitanu mujye mubisangira kuko nakura azakwanga birenze uko ubitekereza ibyo uvuga ntago uzabimusobanurira ngo akumve azakubaza impamvu utamufataga ngo musangire Ubwo busa ufite! Plz zana umwawe hari byinshi bizafunguka
Nibyo rwose! kuko nawe nicyo gikomere!kuba atararezwe nababyeyi!none nawe nibyo yakoze ntarera uwo yabyaye!
Imana ikwiteho Kandi izakugeza no kubikomey ntajoro ridaca humura sister urambabaje
Humura mukobwa mwiza imana izahindura amateka umunsi umwe utazi rwose đâ€ïžâ€ïž
Yoooo pole chn uzabona uguha urukundo igihe nikigerađ„șđ„șđđ
Juliette humura. ukomeze wirinde ntibizahora bityo. Imana niyo yakurinze uri uruhinja irakurengera, n'ibikomeye izabigukorera. Izere Imana ni umubyeyi udatenguha, abantu bo warabamenye, wowe uzakunde umuntu wese ugukeneye kandi ugire impuhwe. Ndetse Usabe Imana nubona mama wawe uzamubabarire wowe umuhe urukundo. Imana iguhe umugisha mwana wanjye. Humura ntiwavutse ari impanuka, uri mu mugambi w'Imana kandi izagukomeza nuyubaha.
Mana wee,sha imyaka16 koko, abagabo bangiza abana nukuri ni bakurikiranywe. Ikindi kibazo gikomeye dufite muri Africa n ababyeyi bigira igufa kuburyo abana babatinya, nkubu iyaba arumuntu yisanzuraho yarikumubwirako bamukoreye Violeđđ sha birambabaje. Uyumwana yuzuye agahinda pe. Imana iguhe ubushobozi bwo kubana n umwana basi we azagire urukundo rwawe. Uruwagaciro. We love you
Ooooh humura mukobwa mwiza.
Yooooo mutoni chrie ihangan sha nukuri ndi Fanny wa mugnzi wiburundi ndazi ngaho kigari Hari abavyeyi bumutima mwiza mufate uyo mu bĂ©bĂ© mumurereâŁïžâŁïžâŁïž
Police,RIB Ni mufashe uyu mwana abone ubutabera kdi mbafitiye lkizere
Be strong siz
Mana weeeee ibikomere wagize navyo biriko bigikurikirana numwana wawđ€ ntamuntu numw azokurerera neza umwana abantu nibabi ncuti yanjđđ
Mbega isi yâimiruho nâimibabaro dutuye đąImana ntakure itakura umuntu ntanakure itamugeza komeza wihangane mukobwa mwiza igihe cawe kiregereje ukava mu marira nawe ugasekana nâuwo wavyaye Imana ishimwe yamuguhaye uyo niwo munezero ufise usumba vyose naho wamuronse ubabaye
pole mwana ndababaye
Ico nkundira Imana nuko umuntu adatera asubira ibwana atera akura ivyo vyaranshikiye gusa ndashima Imana kuko ubu ndakuze.
Uwo mwana arababaje pe yanyuze mubigoye cyane gusa yitondere abazamuhamagara kuko Boss siko bazaba bamukunze
Ikibabaje disiii ubu akokana nako kazakura kavuga ko papa we na mama we batamukunze
Mana we!! nanjye nukuri inama nakugira bwambere zana umwana wawe icyagutungaga kizanabatungana none ahasigaye ugane RIB ifate iyongegera yumugabo kd be strong sister
Ihangane njye iyubivuze mbyumva cyanee kuko mbizi pee nkaba nanakuzineza gusa njyankundakukubwirako bizahinduka haribyiringiro
Umwana aho kumuragiza wamutwara kwa se cg se ukamugendana aho uraye akaharara.
Plz Umwana ntabwo Aragizwa umwana ararerwa Niba rero Atari Nyina umurera yagiye kumureresha ahandi
So @Ignatiana Kagi Ntibavuga kuragiza umwana
Bavuga kureresha umwana
@@ntaganzwainnocent5971 ariko ntubona ko arumwana yavyaye uyundi atanagira nikimugir inama ubona yari kumurerera he?Ahubwo nintwari kwatananiwe ngo anamute canke yiyahure
Yoooo pole bambe Imana igutabare
Iyi si iraruhuje pe!!Bamwe barara barira batakambira Imana ngo ibahe n'umwana 1; abandi bakababyara batabashaka, bakabajugunyađ€đRIB yari ikwiye gukurikirana abo babyeyi bari irresponsible nuwo mugabo wamuhohoteye.
Uko ureresha umwana wawe ninako papa wawe yakurereshaga ntakurere, fata umwana wawe mubane, uko ubayeho kose, witererana umwana wawe kandi muzabaho kuko Imana irabazi
Ihangane mwana muto IMANA Igirimbabazi
Uyu mugabo waguhohoteye azakurikiramwe
Mpore mikobwa mwiza Imana ikomore gose kandi humura ubuzima burakomeza kandi ejo hawe birashoboka k haba heza.
Arko Société Nyarwanda yarangiritse rwose..
Ihangane ariko va mubyo gutanga umwana wawe aho ubonye hose ufate umwana wawe umwirerere.
Hari igihe umuntu Abura Nico avuga..ndarize gusa.uyu mwana mureke tumuhe urukundo.
Komera knd Imana ikomeze Umutima wawe knd nta joro ridacya
Yoooo ihangane Cyane, jyusenga imana irumva
Mbg ubuhamya isi iratuzonga we Humur Juliette warakuze KD haribyiringiro ejo niheza komera cyane Kdi Imana niyo rukundo uyizere izakomore ibikomere byose wahuye nabyo kugir ubashe kubona urukundo rwuzuye rwoguha umwana waw
Tekereza umwana mutoya nk'uyu kuba yibaza icyamubaho aramutse apfuye â||â
Ni ikibazo gikomeye
Sabin zagufona turabe ico gufasha.
Mpora byibaza gusa nizera ko bizashira
@@mutonijuliette3230 Humura ma, Imana irakuzi kandi izakugirira neza
Muraho neza yego ndabyibaza cyanee birababaza mubuzimađ
Yallah đđđđđđđ„imana ibane nawe disi. It all started with ur parents and now ur kid is gonna be affected. Hope at some point this changes, may God ease ur pain. Ur too young to deserve this Julie. I'll keep u in my prayers
Strong & be strong my sister
Mbega mbega. Isi idusaziyeho pe.
Kwanga umwana wawe koko n'umuryango ukamwanga?
Impore mama. Imana iri ku ruhande rwawe. Iyakurinze ikakirindira n'umwana ntabwo izabatererana.
Humura! Imana Yo Irakwemera kandi Iragukunda. Uri gutabaza. Nsabiye umugisha umuntu wese uri bwemere kumvira umutimanama we agafasha uyu mukobwa w'Imana. Nawe Imusubirizemo, yuzuze Isendereze.
Ihangane Imana Ikora ibitangaza
Ihangane sis gusa muribike ushobora kubona wabibanaho numwana Wawe. Ntabwo aribyiza kureresha Umwana akura nta affection zababyeyi. Please
Bana numwana wawe
God is able to help you darling.
So sad đ
Imana niyo yomora ibikomere. Izamuhe igikundiro azakundwa akuze.
Is try LH,I uyu late c
Imana imushyigikire per
Yoooo pole gusa mukobwa fata umwana wae umwizirikeho kuko umwana yazakura afite imico mibi kubera kuba ahantu henshi hatandukanye humura ubwo wagezaha urabona ubufashaka kwisi twese turababaye
Ba ba feminist birirwa basakuza kuri ba Koffi ngo bafashe ku ngufu bakagombye kuba bavugira abantu nkaba aho guta umwanya ku bantu batagira icyo babakoraho!uyu mugabo wateye Inda uyu mwana ntiyakagombye kuba mu bantu yidegembya ubu.
Humura mama... umubyeyi yakwibagirwa umwanawe ariko Data wo mwijuru ntiyakwibagirwa abe
Amen
Kabisa
8gihugu gitegerezwa gufasha no gukingira abantu nk aba. Nizigiye ko iyi story abategetsi bayibona hanyuma barwaneho vuba. Bongera bafate abo bagabo bamugiriye ivya mfura mbi.
Umukecyuru yamureze nawe akwiye ikidali.
Very sad, what unhuman society we live in!
@ Sabin,urarenze...
Kibondo,mbuz'icyo nakubwira đ
Sabin mutubwirire uyu mwana Ko numéro ye yatunaniye kandi turi benshi peee. Imana ijye iguha umugisha Sabin
Kutagira umuryango nakaga gakomeye mwana.
Ntiwirenganye madam, ningaruka zakarande disi humura , ariko inama nuko wazongera ugakizwa kuko Yesu nigisubizo mubuzima niwe ukuraho karande bikarangira burundu mbifiteho ubuhamya ko Yesu ashoboye
Gukizwa ni byiza ariko hari n abakizwa bakora nkibyo bamukoreye
Theo uririmbira imana unakijijwe
Bangahe y ateye inda?
@@emmanuellairambona3749 Ego nyine iyo wakijijwe buriya uba waraguye pe , kuko urumva ko nuwo yari producer
Pole sana bambe đą
Very sad story.pole mama God is your everything.
Yooooo uyumukobwa ndamuzi ibyavuga nukuri sabe uduhe number ye
Sorry Mama, mwijuru hari Imana
HARI ABANTU BAZUMVA IJURU NK`ITANGAZO PE KOKO UYU MWANA MURABONA AGAHINDA AFITE HABA MAMA WE CG PAPA WE CG UWAMUFASHE KU NGUFU BAZIHANE PE KANDI BAMUSABE IMBABAZI
Mana nyagasani kuki wemera ko haba kuvuka kwabadafite kirengera arko still uri Mana ujye utabara abawe n'ubwo bigira arko babaho ubuzima bugakomeza Juliette humura kdi uhumure hejuru Hari Imana kdi bizakemuka
OMG, mbega ibikomere.. Niba ibyo uvuga ari ukuri birababaje..inkuru yawe irambabaje.
Uwiteka abane nawe..
Niba ukoresha whatsapp ndakuvugisha.
Ihangane đą
Humura humura hejuru Hari imana.
Yooo!!!Disi kano kana karababaye nukuri kureba isimbi tv cyane binsubizamo imbaraga kuko bituma ntibishya kumuntu uwariwe wese duhuye nkabona asa neza kuko ibye bizwi na we wenyine .Ndanyuzwe gusa iki kigabo kikigome RIB Ikore akazi kose gifatwe
Yooo pole
Mukobwa mwiza ntakure utava kuva ugifite umwuka ! Gira kwiyizera Ariko ikiruta wegere Imana!!
Ariko niba uzasoma iyi commentaire ndagusabye jya muri RIB urege uwo muvioleur. Ibintu byakubayeho nibintu bikomeye kandi Bibi byo guhanirwa! Wari umwana wizera umuntu mukuru , arangije arakudroga, arakuviola, agutana umwana we! None wabaye indushyi kubera we ariko we ariho arinjoyinga ubuzima.
Humura , kunda umwana wawe, kuko yarababaye cyane. Bana nawe mwarara munsi yikiraro ntacyo Ariko arikumwe nĂ nyina!
Fata umwana wawe umwirere kuko nawe nakura azakwanga sha ntuzamukira ibyo byose uvuga ntazabyumva
Mbaye mubambere