IBYARANZE URUGENDO, NO KUGIRANA IGIHANGO N'IMIRYANGO YAZIMYE
Vložit
- čas přidán 24. 05. 2016
- Mu gihe u Rwanda ruri mu minsi 100 yo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango w’Abarokotse Jenoside barangije Amashuri Makuru na Kaminuza (GAERG)wibutse imiryango yazimye mu muhango wabereye ku rwibutso rwa Kigali ku Gisozi.
Uwo muhango wambimburiwe n’urugendo rwo kwibuka kuva kuri Kiliziya yitiriwe Umuryango Mutagatifu Saint Famille kugera ku rwibutso.
Umuryango GEARG utangaza ko kuba hari imiryango yishwe muri Jenoside ikazima burundu ari ikimenyetso cy’uko yari yarateguwe ikanakoranwa ubukana bukomeye.
Produced By Sesonga Junior Derrick - Hudba
#Ntukazime Nararokotse
Ubwo Uriho Ndiho