UMUNYADUKORYO|| Nsabiyeze yaciye ibintu mu KURIRIMBIRA abaguzi anakata amashu na za karoti
Vložit
- čas přidán 6. 02. 2019
- Umugabo witwa Nsabiyeze Vincent, amaze kubaka izina mu buryo bukomeye muri Gare zo mu Mujyi wa Kigali. Azwi cyane ku Kimironko na Nyabugogo, acuruza utwuma dukata imboga ariko we akabikora mu buryo budasanzwe.
Mu kureshya abakiriya usanga abaririmbira, akagerekaho kubereka uko utwo twuma dukata imboga ndetse akarenzaho no kubatera urwenya mu buryo bwo kubasetsa no kubigarurira. Yubatse izina mu buryo bukomeye.
Isimbi TV twamushatse tugirana na we ikiganiro, muramenye byinshi kuri we, uko yatangiye uyu mwuga, uko abantu bamufata n'ibindi mwibaza.
Dore niwe mumugabo nyamugabo pee wujuje ubwenge.hahirwa umugore wawe kuko yarashatse uri intwariiii💓💓✋
Ubwo umubonye ntubona ko asobanutse we?? 😝😝😝😝 Arasobanutse uwemeye nakande like
Abanyarwanda nkaba ndabishimira cyane, babera abandi urugero, akazi kose iyo kizwe neza gatunga umuntu
Komera sha Mugabo Imana Izaguhe Iyinzu muri kgl kandi n'Abana bawe bazige rwose
manaweee.... rwose Imana izabiguheremo umugisha
This guy deserve morethan this like working for big company
Uyu Mugabo azi gucuruza neza cyane Naramubonye ndumirwa
Aww 🥰 uyu mugabo namukunze bambi ngo a ndi mashuli yize nayo yokwirwanaho 😁😁👌
😅😅 nukuri uwumugabo mumu sapotingepeee 🙌🙌🙌🙌👌👌👌
This guy ari talented. Azajye muri studio kuko ndabona birenze marketing .
Afite impano pe kandi yakomeza agakora akaba yashinga Restaurant yibyimboga agashaka iseta mumugi rwagati, namufasha nabandi turihanze bamubonye.
Nuko byiza cyane
Nanjye uzakanzanire. Urashimishije pe. Imana nyirijuru izagufungurire imiryango y'imigisha. Uzatere imbere bambe
Wooow arishimishije cyane kumwumva kundirimbo ye y'imboga.....ikindi IMANA ihe iruhuko rindashira umwana we wa gatatu!
Sinjya ngira emotions ariko uyu mugabo atumye !!!!!! Imana imujye imbere pee
Ako Kuma ko ngashaka nagakurahe gusa uratunezeza pe mfite musaza wanjye ugukunda cyabe
Najye narakuguriye rwose
Sabin usigaye uturangaza uzatuma batwirukana kukazi! haha
Uyu mugabo ndabona asigaje kuzaza gucuruza Kano kuma ahanyu mu bukwe, ariko bakamwishyurira iki kiganiro gusa, utwuma twe akadusubirana.
Ikindi mbona yabasha kuvuga amazina y'inka.
Courage, agira impano zawe!!!!
Wow ufite impano pe Imana ikujimbere mukazi kawe
Niyi ni Talent kbsa kdi irarenze cyane .
Cool man kbsa.
This what we call business mind and spirity congs br
Imana ikurinde n'umuryango wawe disi
#sabin reka nkubwire ibintu 👌
1. Imana iguhe umugisha kubwo kuzana umuntu nk'uyu.
2. Uyu Mugabo n, umukozi kandi n, numuhanga.
3.niba hari uburyo bwa contac bworoshye ziduhe. Ntawamenya. Be blessed once again Sabin😘
Umpe numero yawe, hanyuma mbahuze. Nawe urabyumva, ntabwo natanga numero ye ku karubanda nta burenganzira yabiduhereye. Thanks
Pls nanjye wayimpa
Imana ikugurishirize you are creative 👌
This man he so smart ✅
Uyu mugabo afite impano! Ahubwo abanyamafilme bamuhe akazi. Nizereko papa Sava yamubonye...
N'ugukora franchise akabona isoko rinini bravo
Imana imukomereze amaboko.
Yoo arashimishije disiii
Mukunda kubi
Yooo webashahu ntucyikintege...Unkozekumutima
A FIE IMANO
Urinfura !!Reba ukuuntu disi atuje!!ndamukunzepe
Hashimwe yesu waguhaye iyo mpano sintoya shuti yimana izakugeza kure komera Imana iguhe Umugisha
Yooo disi courage musoree
Ati Anonsiyata arasobanutse😁😁😁 nanjye kolotilida ndasobanutse😂😂😂ahubwo hari umunyamakuru bavuga kimwe niba yitwa gute?? PAPY
hard work kbs
🤣🤣🤣🤣🤣 uno mugabo numuhanga cyane !!!
Ndagukunze cyneeeee nanjye nkagura umpe 5 ngutez imbere
Ukomere rwose. Ahubwo unyoherereze nkatubiri, rwose wizere amahera nzoyakurungira niyo wanyizera. Wewe mumenysha makuru uzompuze na Nsabiyeze.
Uyumugabo aranejeje rwose ahubwo mwashyira number ye ahongaho wamucyenera wese akamubona bimworoheye coz he's a business man
Courage musore wacu
Yewe mugabo komereza aho, ni byiza, bazanaguhe ako kwa mamaza ibiribwa muma magasins. Publicité Alimentaire Hahahah 🤩
Ndagukunda Kdi Imana ijye igushyigikira ikwagure yagure imikorere yawe
👏👏👏👏👏👏
Umva umuntu naramubonye imbavu zarahiye peeeee 😂😂😂🤣🤣🤣🤣
I like this guy kbsa aba diaspola can you please help to grown his business..
hhhhhhh ark mana yanjye koko
Asanezape!!nanjye niduhura nzakagura
Ndagukunze Musore Kandi Ufitimpano Nuko Nyine Impano zabakene Zidaterimbere nahubundi urashoboye
Utunzwe namashu nkurukwavu ahhhhhh yesu akurengere
Bimutwaye ikic ko adasabiriza uzi abicwa ninzara bayifuza sha umurenge wica nkinzara rata komeza utere imbere lmana izabigufashamo
Byiza muradushimisha pe
Good afternoon dear frndz
Ark mana ndababaye disiii
Ewana Sabin kbsa contents zawe ni sawa Cyane ziri unique
🙏🏾
Hhhhh😁😁😁😁 Sabin wee tsuhuriza uwo Mugabo pee, ni ntwari. Kandi wasanga Abamuseka baba babuze na yumunyu 😁😁😁 Sabin unjye pee utubwirira abantu banenga umurimo yuko Atari byiza kunena ibyo umuntu Akora. Icyo nabikundiye kandi nkabi mukundira Nuko Akunda Ibyo Akora May God bless him mubyo akora pee, For example nkawe wirirwa kuri microphone ubaza abantu kandi nizereko ubikunda, utabikunda nanjye byambabaza ariko I recommend you to Love what you do, iyo ukora Icyo ukunze kikugeza kure kd Nimana iki guheramo umugisha.
Please Sabin uzongere umusure nishimiye kumubona bitewe nawe kd nizereko nawe ukunda ibyo ukora. #Sabin+Nuwo #Mugabo
Ntari kwibuka #izina gusa I really appreciate brother, unjye wihangana utugezeho abantu nkabo bro bizanjya bifasha bagenzi babo gutinyuka.
Kandi twamaganire kure Abanenga #Umurimo
👏👏👏👏👏 to both of you guys 😂 emotional zibyishimo
Uburyo akunda umurimo bigiye gufasha navandi gu creating ibintu bitandukanye
Uyu mugabo yarakwiriye gufatwa neza rwose.
Sabin utahane icyuma ushyire madamu ajye agutegurira salade nimboga byiza
😂😂😂😂😂😂Naguze nanjye
Uretse abanyafrika nta handi ku isi ndabona basuzugura akazi gatunze umuntu koko! Nicyo gituma tutava aho turi. Umuntu urwana urugamba ngo atunge abe, ufite inzozi, mwumvise ukuntu atewe ishema n’umuryango we! Ahubwo nti amahirwe masa inzozi ze zibe impamo.
Kabisa Urashimishije Bazaguhe akazi Kokwamamaza
Arasa nawa mu model wabaye umu judge muri Rwanda talent.
yeah barasa cyane p
@@furahawizeye4755 neza neza asa na Moses 😂😂😂😂😂
muzomumpere YAGO
Kanzanire
ako kuma rwose najye nzagatumaho
Uyu mugabo arashoboye rwose pe!! campanies zimuyoboke azamamarize kdi bizacamo
Mumwigireho ngiye enterprenuership
nibyo uvuzeneza ho kwiba cyagwa nkababagabo cyagwa abagore ngo bazasanga abakize nkaho baba babikoreye urabaruta abo baguseka birabareba ko ntawe usabirizase
Sabin urakoze cyane. Uyu mugabo ni umukozi kandi akeneye gufashwa akikorera utuntu tugaragara. Gusa Sabin wamfasha ukampa number ye cyangwa se ukundi umuntu yamubona.
Thanks isimbi tv you’re professional
Amina🙏🏾
#sabin I wish you more success bro ❤️
Sabin uruwambere
Mbuze icyonguhape
Muhe amashi kuko azi akazipe
Wagirango araririmba ,
Uwo ntiwomucako uyafise ngo umurengane 😂😂😂😂
Narakaguze
Uzikugataka nezarwose nawutakugurira
Rubyiruko mwige!!!
Bazamuhe akazi kuri Tv radio 😜
Niba uyu Mugabo nawe ukunze uburyo abikoramo mpa like.
Hhhhhhhhhh🎉😂😂
arashimishije uno mugabo
kaz ni kaz mwana ntucike intege
Hahaha
😂😂😂😂😂😂
Yooo ngewe mbambabaye?ubuse basi kumunsi acuruza tungahe??
35
Ndashaka address yuyu Mugabo byumwihariko tel number
😂😂😂😂😂😂🤔
Ubutaha ntazongere kuvuga I Rubengera kuko hasigaye hava abantu basobanutse.
Hhhhh abanyarubengera turasobanutse rata
Hhhhhhhhhhh😂😂😂😂😂😂😂👈
Yemwe yemwe ako kuma ndagashaka ndashaka nka 3 natubona gute mba en Belgique uwaba ari mu Rwanda yagusanga he ?
town abazenguruk
Kimironko wamubona murigare
Sabin nshaka number yuyu mugabo ubinkorere ndabigusabye uraba ukoze
Hello, uze kumpa numero yawe tuvugane. Ndabahuza nta kibazo.
@@ISIMBITV urakoze ndakwandikira kuri IG yawe
@@iracla9309 nta kibazo. Ndahita nguha numero.
This what we call business mind and spirity congs br
Bazamuhe akazi kuri Tv radio 😜
😂😂😂😂😂