UBUHANUZI benshi batazi|Bose bazazuka badasiramuye|Yesu nagaruka azarongora|Sheikh Ashraf abivuzeho

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 5. 01. 2021
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

Komentáře • 350

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV  Před 3 lety +9

    Kanda hano urebe ibindi biganiro bya Sheikh Ashraf: czcams.com/channels/n9UK055cMVvXZJidP_9Riw.htmlvideos

  • @shemmagic4801
    @shemmagic4801 Před 3 lety +68

    Uwemera ko sheikh arumusomyi plz like yihuse

  • @ericgasore6497
    @ericgasore6497 Před 3 lety +28

    Sheikh, we are not Muslims, we live in US but turagukurikirana cyane, keep it up

  • @rosemarynkusi7653
    @rosemarynkusi7653 Před 3 lety +23

    Yes I am not musilm but I like to hear this messages God bless you guys.

  • @sheikhashrafndayisenga
    @sheikhashrafndayisenga Před 3 lety +14

    Reka mfate uyu mwanya ngushimire Sabin. Ndakwifuriza umugisha wImana iteka muri byose. Abavandimwe bakore subscribe kuri iyi channel yanjye bakomeze gukurikira ibiganiro byacu. Murakomeze mukomeze kugira amahoro yImana. Uwaba hari icyo ashaka kumbwira inbox watsap yanjye ni +966593440158

    • @simplemanfiston4460
      @simplemanfiston4460 Před 3 lety

      Ebana wari waratinze kuduha CZcams yawe,ariko udufashije wajya unakora live kuri IG tukakubaza ukanayiduha,
      From France

    • @futureguys4084
      @futureguys4084 Před 3 lety

      Asalam alaikum sheikh ese intumwa yimana ivuga iki kubantu bavutse kuwagatanu

  • @simplemanfiston4460
    @simplemanfiston4460 Před 3 lety +12

    Uyu mugabo numuhanga peeee,yarize idini ndetse na philosophy big up peeee

  • @sayshabani6350
    @sayshabani6350 Před rokem +1

    Nikiwa south afrique
    Mashallah sheikh wetu endelea kufikisha Ujumbe wa ALLAH kwa ndugu wasioamini MUNGU mmoja
    Umri mrefu kwako inshaallah

  • @dctsltd1569
    @dctsltd1569 Před 3 lety +2

    Mwiriwe neza Sabin! Wakoze cyane uzamugarure nubwo ntari umusilamu ariko ibintu uyu mugabo avuga birimo ubwenge bwinshi. Namukunze cyane

  • @harerimanamediatrice5107
    @harerimanamediatrice5107 Před 3 lety +8

    Uno munsi ndagukunze nzohora nkumviriza uvuze ububasha bwa Yesu numva nezerewe pe

  • @florenceniyonkuru6101
    @florenceniyonkuru6101 Před 3 lety +9

    Njye nemera yezu ariko ntamuntu nacira urubanza kumyemerereye niyompamvu nikundira sheikh

  • @uwamaliyadorothy4549
    @uwamaliyadorothy4549 Před 3 lety +10

    Mbega msg nziza Umusaza yatambukije!! Shehe uzagaruke udusobanurire ku ISWALA tugukurikira 5/5. IMANA ikwishimire!

  • @ndabaathanase3801
    @ndabaathanase3801 Před 3 lety +5

    Je suis au Burundi et j'aime écouter les interviews de Sabin.Ce musulman connaît effectivement sa religion.Finalement nous ignorons beaucoup de réalités.

  • @emmd1234
    @emmd1234 Před 3 lety

    Urakoze Sheikh ku bw’ikiganiro kirambuye. Ku isi haba imyemere inyuranye. Hari ibibazo byinshi bigomba gusobanuka neza tukabyumva nk’abantu turiho iki (iki ni cyo gihe cyacu cyokubaho (ku bumenyi aho bugeze uyu minsi, atari ukubyumva nk’uko abariho icyo gihe bitagatifu by’amadimni byandikwaga, aho ubumenyi bwa muntu bwari bugeze -kuko Imana y’icyo gihe n’ubu iracyariho).
    Usibye kubyemera uko babitwigishije, n’aho twakumva bidahuje n’ubwenge kubera ko byose uko byakabaye babyise ko ari « Ijambo (ryavuzwe na) ry’Imana », hari ibyo wumva bitumvikana.
    -Ariko se Imana irananirwa nk’umuntu?
    -Ese koko itunda rivugwa ni urubuto rw'igiti (inanasi, umuneke, pomme...)? Nk'urubuto rujya mu gifu rugera ku myitwarire y'uburyo bw'umwuka/roho gute (icyanduza umuntu ni ikuvamo/ibikorwa si ibijya mu gifu)?
    -Adamu na Eva bari kumenya gute icyiza n'iki batararya ku giti kibimenyesha? Bari kubwirwa n'iki gupfa batarabona umuntu wapfuye?
    -Inzoka ivugisha abantu, ese ko inzoka zahozeho, abantu bagatera imbere inzoka ko zitongeye kuvuga?
    Njye numva ngo ziriya nkuru ni imvugo-shusho igaragaza ububi twe tugira muri twe na n'uyu munsi, uburyo twemerera ibitekerezo bibi n’ibishuko tugafata imyanzuro mibi tugahitamo nabi (ijwi ry’inzoka muri twe), ku buryo usanga ahubwo tugomba kwemera amakosa yacu, tukayirengera (responsiblity) aho kuyagereka ku nzoka, n’abakurambere bacu (Adam, Eva, ababyeyi…) amashitani n'ibindi bitari twe kuko ingaruka z'ibyo dukora ari twe zigarukaho, tuzazirengera.
    Ibyo kuvuga umunsi imperuka izaberaho, igihe yaremeye umuntu, biragoye kubimenya, ni imyemerere y’idini nyine. Ubundi iyo usobanukiwe si ngombwa kwemezwa kuko uba usobanukiwe.
    Ikindi ntidukwiye kumva ko ubumenyi (science&decouverte) buhangana no kuyoboka Imana kuko byose bituzanira imiberereho myiza. Science iteye imbere, gusobanukirwa imikorere y’isi n’ubuzima, nta bwo byatuma uhakana Imana ahubwo urushaho kubona neza ko Imana ibaho. Hari ubwo ibyo twita guhakana ahubwo ari ukumva Imana mu buryo bunyuranye n'ubow ifdini ryacu risobanura, rimenyereye. ikindi ntibikwiye kwita bimwe mu bitekerezo mudahuza ‘ubwenge bw’isi’ kuko nawe uba uri gukoresha ibitekerezo, ubwenge!

  • @emmd1234
    @emmd1234 Před 3 lety +1

    Ni byiza kwigisha inkuru nziza zo kuyoboka Imana. Gusa iyo hajemo akantu ko gufana idini wayobotse cyane kurusha gutekereza wirekuye bishobora gutuma utabona neza uruhande rwiza rw'abandi bavuga ibitekerezo mudahuje neza.
    Si byiza ko abantu bagira isura/ishusho ko abascientifiques cyangwa abaphilosophes baba batemera, barwanya, bapinga Imana. Burya igikenewe mu buzima si ukwemera ahubwo gusobanukirwa bituruka ku kugira amakuru/ubumenyi nyayo, y'ukuri (uko ibintu biri).
    Uruhare science, philosophie, ubushakashatsi, byagize mu guhindura ubu buzima ntirugira ingano. Iyo bitabaho ntituba twarageze ku iterambere n'ikoranabuhanga twagezeho, n'iyi internet na mudasobwa cyangwa telefoni biba bitatabaho. Imiti myinshi iba itaravumburwa ibyorezo byica abantu uko byiboneye bataramenya virus na bacteries nk'uko byamaze abantu kera, utu dukoko tutaravumburwa. Kuvumbura rero bisaba gutekereza hirya y'ibimenyerewe.
    Uribuka philosophes de lumieres ukuntu babohoye abantu imipaka ya systeme yariho icyo gihe ko ubumenyi butanditse muri Bibiliya cyangwa budaturutse kuri Kiliziya butemewe? Utahimba isabuni cyangwa ngo uvuge ko isi ari umubumbe uzenguruka izuba? Ukeka ko uyu munsi se ibibazo bikeneye gukemurwa no kuvumburwa byarangiye, ko twamenye byose nk'uko bamwe tubyibwira mu gihe abandi bo bakataje mu bushakashatsi buvugurura ubuzima?
    Reka tuvuge kuri philosophie ya Socrates agace gato. Iyo igitekerezo kimaze imyaka ari ishingiro ry'ubwenge abantu banyuranye bagenderaho kiba koko gifite agaciro. Urugero, reba igitekerezo yazanye ngo "banza wimenye wowe ubwawe/cinnais-toi toi même."
    Burya iyo utiyizi neza ntumenya n'abandi n'ibindi.
    Ntushobora guhamya ko uzi Imana cyane umuremyi uturenze kure utiyizi neza nk'umuntu (ibyo ushoboye , intege nke/inenge n'ibyo muntu atagenzura, inshingano ze nk'umuntu n'ibindi.

    • @angelique5867
      @angelique5867 Před 3 lety

      Muvandimwe rwose nagerageje kugukurikira, Ibyo uvuze nibyo ariko iyo évolution itugeze kure🤷‍♀️ nubwo bushakashatsi akenshi buza buje gusubiza ibibazo bwateye🤷‍♀️ Izo ndwara zifitanye isano ahanini nibyo byose. Naho za internet nibindi nibyiza kubona umuntu muticaranye, no kumenya byinshi... ariko nanone Ntabwo twaremewe kwinjira muri écosystème 🤷‍♀️ . Ubuzima/relation... byose biragenda bizamba. Internet Irimo irarera abana, irica imyumvire yabantu nimiryango... ibibi byayo mbona bigenda byiyongera kandi sibyiza pe!🤷‍♀️ naho kubuzima umuntu se azajya atungwa niyo miti yicabimwe ikiza ibindi ? Kugera ryari? 🤷‍♀️ sinzi aho tugana. Harubwo nibaza kuba Masaï, nabandi bibera mu mashyamba batamenye ibyo byose🤷‍♀️ Ubu se turiya tu robots dutangiye tuzatubazanaho?🤦‍♀️. Ntabwo ndi contre l'évolution mais l'évolution mbona 🤔 nta Mana irimo cyane nubwo igenda igerageza gusana. Ntabwo idutererana, ariko na none ntaho duhagaze. Muge mwisomera Bibiliya naho ba Socrate ntacyo bavuze cyitanditse. Abo bose hari ubwo wasanga ubuzima bwabo butarishyashya. Yezu niwe le chemin la vérité et la vie. Munkundiye mwakora des recherches des pays les plus dépressifs cg banywa plus des médicaments. Nibwo wamenya ce que c'est l 'évolution 🤷‍♀️ toutes ces philosophies ziraryoha ariko ntizihindura ubuzima. YEZU niwe BUZIMA.

    • @emmd1234
      @emmd1234 Před 3 lety

      @D. Umu Urakoze muvandi ku bw'igitekerezo utanze. Nitegereje ibibazo ubuzima n'isi bifite mbona birakabije no kubibonera umuti burundu biragoye.
      Bituma ntekereza ku buzima mpereye mu ntangiriro yabwo uko twabyigishijwe cyangwa tubyemera, ntekereza nk'umuntu gusa nitaruye influence y'imyemerere y'idini cyangwa izindi ideologies. Narebye isi nk'uyirebye ikiremwa Imana ibwira muntu wa mbere iti muture isi, mwororoke, mbese nk'aho yavuze ngo muyinoze muyubake, mukomeza umurimo yatangiye. Nayirebye mu ndorerwamo nk'aho ndeba abantu bo ku isi yose nk'abantu b'Imana tutitaye ku kwemera (idini) rya buri wese: buri wese yemera ibyo yigishijwe, yakuriyemo (akenshi mu muco, igihugu, amateka bye). Imana iri hejuru y'ibyo byose. Abayoboke ba Christianisme ni miliyari 2 muri 7.7 zituye isi (bivuze ko hari abazapfa batemeye Yezu nk'umukiza, wenda bamufata nk'intumwa y'Imana gusa). Narebye ubuzima kuva mu ntangiriro kugeza ubu uko ibintu byagiye bihinduka, imibereho, amateka, ubumenyi, imyumvire technology.
      -Kuva kera abantu bakoresheje ubwenge n'amaboko ngo babashe kubaho. Ubumenyi burahinduka, kuko ubuzima buhinduka-iyo usigaye kubaho birakugora. Kera twirwa twiruka amashyamba duhigisha amacumu n'ibihosho, dutura mu tururi, duhora twimuka byaje guhinduka abantu baratura barubaka, imigi iravuka (umujyi wa mbere ni Yeriko), barabyara, baba benshi. Uko baba benshi ni ko bakenera ibyo kugaburira izo nda (nourrir les bouches). Ubutaka bugenda buba buke rimwe inzara zigatera. Abantu nta mahitamo bafite bagomba gukoresha inyongeramusaruro (nta kitagira ingaruka ku mubiri - ariko nutayikoresha ntubona icyo ugaburira abana nk'10 wabyaye; ibyo kuringaniza imbyaro na byo ni technique zavumbuwe, amadini amwe akazirwanya-irresponsabilité mu kubyara abo utazarera). Moteur, electricite, inganda byoroheje imikorere. Umumotsi n'intumwa y'amaguru basimburwa na radio, internet, drones. N'ubwo iyi technology hari ibihugu byinshi itarageramo cyane ibikennye. Havumbuwe inkingo zivura indwara zamaragaho abantu tutaramenya iby'udukoko tuzitera (eg: grippe espagnole). Ibyorezo n'ibiza byinshi kera twabyitaga ibihano by'Imana ariko uyu munsi tuzi ko bimwe ari imikorere y'isi (eg: iruka ry'ikirunga cyarumbuye umujyi wa Pompei abakristu bamaramaje bari mu kiliziya ku munsi w'abatagatifu bose-abana baguyemo bazize ikihe cyaha? Iyi corona yibasiye isi yose ibaye nk'igihano Imana itabera yaba ihana abantu b'isi yose bose ni ko ari abanyabyaha? Dushake ibisubizo n'inkingo ahubwo tuyirokoke).
      - IBINTU, IBIKORESHO, TECHNOLOGY SI BYO BIBI, NTA KOSA BIFITE, UMUNTU (IMIKORERE YE) NI WE KIBAZO. Telefoni na internet si byo bitera ibyaha biyikorerwaho: Umuntu ni we uhitamo kuyikoresha nabi. Ibyo ibi ibikoresho bikemura biruta kure cyane amakosa bamwe bakora babyifashishije.
      Évolution rero si yo itera ibyaha ibyaha byahoze muri muntu: guhitamo icyiza n'ikibi. Eg: Umuntu wica undi akoresheje ikibando ngo amutware ihene ye, nta ho ataniye n'umwicisha imbunda ngo atware imodoka ye, bose ni abicanyi. Intambara zahozeho, amacumu n'imiheto, n'inkota biracyariho ariko ibigezweho ni imbunda z'amoko yose. Ubugiraneza n'ubugome byahoze mu bantu. Ni ikibazo cy'aho iterambere mu bikoresho rigeze, ubona bihinduka ariko abantu ntiduhinduka cyane.
      -Dukwiye gutandukanya IMYITWARIRE YA MUNTU & ITERAMBERE. Abakene si bo ntungane (ababaho mu buryo bwa kera na bo si shyashya), ibihugu byateye imbere ntibivuze ko badakiranuka. Gukira na byo ntibivuze gutungana no gukena si ko gutungana no guhirwa. Hose tugira abeza n'ababi. Buri wese agira icyiciro cy'imibereho abamo (yakwiye kuharenga ajya mbere). Njye nahitamo ko dutera imbere mu nzego zose naho ubukiranutsi cyangwa ibyaha biba mu buryo buri wese ahutamo icyiza n'ikibi, utitaye ku muco, igihugu, ubwoko n'icyiciro cy'ubukungu.
      -Évolution (ndavuga gutera imbere) rero irimo ibyiza, irimo Imana, ni ukubaka isi Imana yaduhaye.
      Wibuka kera izi phone zitaraza, ujya nko kuri minisiteri utanazi niba uwo ushaka ahari, ukaza mu mujyi utazi uwo uje kureba aho atuye? Kera imodoka itaraza abantu bagenda n'amavuru gusa?
      -Naho ku bya Socrates n'abandi baphilosophes impamvu bamwe batabumva ni uko imyemerere twigishijwe idusaba kenshi kwemera gusa, ibitajyanye n'idini tubamo (tutahimbye) bakabifata nk'aho birwanya Imana ariko akenshi hari igihe ari uko biba bihabanye na dogmes z'idini gusa.
      Ahubwo se imyemerere usanga yo atari nka philosophie usibye ko bongeraho ko iri sacré, byavuzwe n'Imana? Ibyo Imana yavuze cyangwa yakoze ni byinshi ntibiba muri Bibiliya cyangwa Koriani gusa: ibi ni ibutabo by'ukwemera nta bwo ari byo byonyine dushakuramo ibisubizo by'ibibazo by'ubuzima bwosr. Erega abascientifiques n'abafilosophes ntibavuze ibibi, bageragezaga gushaka ibisubizo n'umiti w'ibibazo byashobeye isi (byose ni ugutekereza). Ni uko batwigisha guhanganisha ibitekerezo aho kubiyungurura no kubikuramo ibitwubaka.
      Uzi philosophie nka "banza wimenye ubwawe-Socrates, uzi akarengane Socrates yeretse abantu akakazira, uzi ukuntu yihanganiye umugore we wari umwe mu bagore babi babayeho ku isi, Xantipe, uzi philosophie zidusaba gutsinda irari rituma duhemuka, uzi urujijo n'ubujiji buba bucyugarije isi iyo hatabaho abantu batekereza ibirenze ku bimenyerewe? Uyu munsi se ibibazo byararangiye, tuzi byose? (birumvikana hazamo n'ibidahuje n'ukwemera kuko twese turi abantu ariko tujye dufata ibitwubaka gusa, none se amadini yo ni shyashya ntihari abitwaza imana bagakora amanyanga!!!!)
      -Twibuke ko Socrates n'abandi baphilosophes babayeho imyaka irenga 400 mbere y'uko Yezu aza mu isi. Bibiliya tuzi yatangiye kwandikwa ahagana 700 BC. Bimwe mu bitekerezo biyirimo twayobotse byatiwe mu mico n'amateka yo mu bihugu bya Afrika na Aziya. Christianisme yakwijwe ku isi n'abanyaburayi (abaromani ahanini). Ukeka ko mbere yayo ku isi abantu batari bazi Imana, Imana itabagaho? Bayivugaga mu buryo bunyuranye. Gusa rimwe bagasenga binyuze mu bintu bitewe n'aho ubumenyi n'imyumvire yabo yari igarukiye icyo gihe. N'ubu Imana iracyariho iravuga, irakora. Igusha imvura ivusha izuba ku bantu bose ku isi utitaye ku idini. Ubu se twe twari twayisobanukirwa neza? Uwubaha Imana wese, akirinda ubuhemu kuri mugenzi we, numva uwo muntu atarwanya Imana.
      Ngira ngo ni bwo butumwa Yezu yaje kwigisha: urukundo, ubworoherane, kutaba imbata y'ibitubaka ubuzima, kureka anacakubiri n'ivangura, gukora gutera imbere (udakora ntakarye-Paul). Agakiza Yezu azana ni iki se? Kuririmba, kubyina, amasengesho yisubiramo buri munsi cyangwa guhindura imyitwarire bya nyabyo?
      Ni birebire (ibibazo, indwara, ubukene bihoraho-ibyo tugiramo uruhare, ibya kamere...). Ibiganiro nk'ibi biravuna si benshi babyitabira.

    • @angelique5867
      @angelique5867 Před 3 lety

      @@emmd1234 👍i enjoyed gusoma ibyo mwanditse, Mwafashe igihe cyo kwibaza kubuzima. Topic zose muzifiteho igisubizo ( Ecclésiastique). Ntimuzabe nka Diogène de sinope ou le cynique ariko🤷‍♀️. Niba nabumvise neza rero umuntu ni umuntu si évolution kibazo🤔. Njye mbona évolution ibizambya aho icumu ryicaga umwe, ubu bombe yica imbaga, naho ibyo kujya mu migi utazi niba uri busangeyo uwo ugiye kureba, nibyo; buretse ko ntacyo byari bidutwaye kuko ntanimirimo myinshi nkiyubu umuntu yabaga afite🤷‍♀️ ugasura abavandimwe cg se ugatembera uwo mugi. Nkunze kwitegereza ubuzima bwabatuye Amazonie cg aba Massaï 🤷‍♀️ mbona rwose ibintu bibahangayikisha ari bicye cyane. 🤷‍♀️ Naho philosophie zaba socrates zagize succès kuko iza Yezu zari zitaraza. Connais toi toi toi-même se habamo umwuka wera? Haribyo philosophie zidatanga. Ibintu intellectuel simbyanga mais bi flatta sens . Ubundi ukikomereza....🤷‍♀️ umu intellectuel ashobora kuba polie , politesse si urukundo ariko uzamubaze gukunda umwanzi 🤷‍♀️ Antichrist igiye nokuzaza abantu bazajya bakoresha Bible nka philosophie isanzwe , bajye birinda kuvuga uwabivuze. byaranatangiye🤷‍♀️. Ubu dusigaye twumva les pensées positives 🤷‍♀️ izo zose niza philosophie nshya ziva ahanini muri za Bible. Muri 1998 ndacyeka cg 1999 abo ba scientifique muvuga bagiye gukora des recherches sinzi neza he, nabyiboneye mu amakuru en direct ngo bifashishije bibiliya🤷‍♀️ ngo basangari byari ukuri 🤷‍♀️ Ubwo se uwabivumbuye dans 10ans azavugako ari Bible yabafashije? Antichrist yaratangiye nshuti. Pour conclure ndasubira kuri but yambere ntabwo abany' Afrika turi ibijuju. Twakiriye Yezu kuko haricyo yaduhaye tutari dufite. Ababyitwaje barabyitwaje. Naho kuba umuntu ari un loup pour l'homme seul la raison religieuse niyo aptes à contrôler iyo situation. Aucune autre philosophie humaine est capable. Nta onction nubwo waba wiyizi selon secrate ntibiguhindura

    • @emmd1234
      @emmd1234 Před 3 lety +1

      @@angelique5867
      Urakoze cyane. Nkunda abantu bashirika ubute. Post nk'izi ndende zigora bamwe cyane iyo harimo kwibaza ibibazo bikomeye.
      Byo byo bonheur si ugutunga amazu n'amafaranga menshi gusa ngo ubirwaniremo. Ubukungu buriho uyu munsi no kwiharira byataye igisobanuro cya kamere cy'icyo bonheur ari cyo. Gusa ubuzima burahinduka, ntiwabisubiza inyuma, isi iba umudugudu, ku buryo kubaho mu buryo "primitive/naturelle" gusa biragoye, ntibinashoboka.
      Iyo urebye usanga evolution izakomeza. Ariko ikibazo isi ifite si ibikoresho ma matiere, ikibazo isi ifite ahanini ni umuntu, imyumvire ye. Koko bombe yica benshi kurusha icumu. Ariko buriya n'aba kera, uwari guha umugome uburryo yaroga abanzi be benshi icyarimwe yari kubikora.
      Issue ya Antichrist yo iteye impungenge. Aha ngenda gake kuko bigoye kubyumva. Ariko iyo urebye isi yose mu buryo bwagutse ukareba mu gihe na espace, biragoye kwemeza ko imyemerere y'idini umuntu arimo ari yo yonyine y'ukuri.
      None se abo bantu bo mu mashyamba biberaho batanazi gusoma ntibazi Imana? Ko babanye neza se ntibazajya mu ijuru? Abemeye Kristu buriya twakwemeza ko tubarusha gukiranuka? Ababayeho mbere ya Yezu se, ababa mu bihugu bitanazi Christianisme, ubwo nta Mana bafiteho access? None se inyandiko ko itahozeho nituyifata tukayigira izingiro ndakuka ry'ibihe n'ubuzima bwose urumva nta kibazo kirimo? Abatazi gusoma se ubwo baraba bavuyemo? Imana yaremye umuntu muntu yashyizeho byinshi (n'amadini arimo).
      Ubuzima bumaze igihe kirekire kitazwi. Isanzure ni rinini hari aho ibyuma bitarenza kureba. Abantu turiho ubu SI BO BA NYUMA, NTITUZI BYOSE. Biragoye rero gufata ibyo tuzi ubu tukabigira nk'iherezo ry'isi. Isi ishobora kuzabaho ikindi gihe kirekire (ibipimo tugenderaho uno munsi, umuvuduko w'urumuri utwereko amakuru yabayeho mu myaka miliyari isaga, izuba ni 8 min).
      Gusa icyo abantu bakeneye kumenya ni UKURI si ibimenyerewe: kwaba ugutangwa n'iyobokamana kwaba uk'ubumenyi busanzwe, igihe umenyeye ukuri urakugana.
      Tutibeshye ngo twihende ubwenge usanga yaba religion, yaba science nta gibikemura ibibazo byose isi ifite. Ni urujijo. Iyaba Bible yakemuraga ibibazo byose ni yo twasoma gusa. Tugatuza. Iyaba habagaho iy'ubusamo (shortcut), ni yo twanyura, ni nde se ukunda kuvunika? Iyaba habagaho umuti uvura indwara zose nanjye nawunywa. Iyaba habaho igitabo gisubiza ibibazo byose, kitari gukoresha ubwenge n'amaboko, gukoresha iyi si, ababonye icyo gitabo ibibazo byabo byakabaye byararangiye. Twese twakiyoboka mi nde udashaka kubaho neza? Ariko ubuzima si ukp buteye si ko bukora. Ni urugendo bisaba gukora, ntibyizana! Kwiha amahoro na byo ntibikemura ibibazo! Ni hatari. Ibibazo byahozeho burya, none se aba kera ni bo bari intungane? Ko abakristu biyongera kuki ibyaha bikomeza? Bipfira he?
      Kera nkiri umwana twarasengaga twari tuzi ko ibyo twigishijwe ari uko biteye, ko isi ari aho igarukira, ko Bibiliya ari igitabo cyahozeho Imana yanditse dicté (ntitwari tuzi ko ari ibitabo byatoranyijwe n'itsinda rizwi, bigira versions, ivanjili ya Mariya bayivanyemo, nyina w'umwana bakuramo ibyo yamwanditseho), twari tuzi ko umubatizo ukuraho icyaha nyamara turacyacumura! Twari tuzi ko ariya maturo dutura imana koko ari yo iyajyana. Twari tuzi ko mu ijuru ari hejuru y'umutwe ugana hejuru (muri espace)! Twari tuzi ko muri radio habamo umuntu.
      Bitera impungenge rero kuvuga ngo ntuzakoreshe ubwenge, uzemere gusa byose, humiriza nkuyobore. Kuko hazamo risque ya domination y'idini no kuyoboka imico, amateka, imigenzo n'imyumvire y'aho idini tuyoboka tyakomotse aho kuyoboka agakiza n'ubutumwa rusange (ni byo wagarutseho uti abitwaje ijambo ry'Imana ni ikosa ryabo ubutumwa bwa Yezu burumvikana). Mukunde abanzi banyu: ariko hari na gahunda zo kwigisha kubabarira no kwiyunga. Erega abantu biyumvishije neza mu by'ukuri umumaro w'ikintu bagikora. Gusa iyo hajemo iyobokamana kenshi bigira ingufu kuko hazamo kwizera ko Imana ari ko ibishaka, yabivuze. Na byo ni urugendo kuko kwizera/kumenya ko ari ko Imana yabivuze ntibihagije iyo utarabyiyumvisha no kubishyira mu buzima bwawe ni yo mpamvu hari abakristu bishe abantu mu rusengero. Ubukristu hari ukundi bukwiye kumvikana bikaba ubuzima aho kuba kuyoboka idini&imihango. Niba ari imbaraga z'Imana niba ari ugusobanukirwa neza n'umumaro w'icyiza aho wakura inyigisho, aha ho simbizi, sindabishyikira!
      Hari ibibazo by'ibanze bayajya basobanura kandi ari wo muzi(bahitamo kubifata gutyo cyangwa kwirinda kubivugaho):
      -Inkomoko y'ibibazo by'isi ni iyihe? Niba ari icyaha ibiti n'inyamaswa ko bipfa byo byakoze ikihe cyaha? Ko nshimye Adamu yariye itunda, Satani we yanduriye he ko yabaga ahera mu ijuru? Ahubwo buriya ntidufata inenge zacu aho kwemera responsabilités z'amakosa yacu tukayegeka kuri Satani? Ubwo ikibi cyahozeho rero? Imana ni yo yakiremye se? Bari kubwirwa n'iki ikibi n'icyiza batariye ku rubuto rutuma bamenya ikibi n'icyiza? Imana yabateze umutego, irabagerageza se iyobewe ubushobozi bwabo?
      -Ko izi byose, ko yari izi ko umuntu azacumura, yamuremye ifite umugambi ngo azacumure nyuma izohereze umucunguzi, umwana wayo apfe yishwe urw'agashinyaguro? Yaremye isi ngo abantu bayibeho iteganya kuzayirimbura nyuma y'imyaka runaka? Imana ikina iyo mikino ikora ibyo itateganyije? Imana yakinira ku muntu?
      -Satani ngo yarwanyije Imana? Imana warwana na yo? Umuntu arwana cyangwa agerageza gutera coup d'état uwo bari mu kigero kimwe cy'ubushobozi.
      Ababuranira iyobokamana baravuga bati "impamvu utabyumva wasenze utizeye, ukoresha ubwenge bw'isi, bw'umubiri..." nyamara ubivuga nawe yambaye umubiri atekereza akoresheje ubwenge!
      None se abizera biyumva ukundi kutari nk'abantu?
      Kandi ikibazo na Bibiliya iravuga ngo nimubura ubwenge nanjye nzabareka. None se ubwo bwenge ntibuba mu bitekerezo? Ok wenda Mwuka Wera (Roho Mutagatifu) azadusobanurira ibyo tutariyumvisha. Arakaza neza. Ikibazo we atura he, mu mubiri se, akorana na twe gute hatari mu bwenge no mu myumvire (tuve muri confusion na abstraction tubyoroshye no bwo kuyoboka Imana bizatworohera). Kuko amadini yashyizeho uruhuri rw'inyigisho rutuma Imana isa n'itagerwaho byoroshye, igoranye kuyibona (ijuru riragoye rizajyamo mbarwa-Imana iraryimana ngo yunguke iki? Iyo mana igorana, iruhanya, irimbura....!)
      Ngira ngo si benshi bakunze kwibaza ibibazo nk'ibi. Gusa iyo ukuyeho kwibaza uba ukuyeho ugushoboka ko kuzamenya. Ushaka azabona.

    • @angelique5867
      @angelique5867 Před 3 lety

      @@emmd1234 Murakoze c 'est un plaisir de vous lire 🙏, cyane cyane ibyo mwibazaga mukiri abana😂🤦‍♀️. Nibyo ubwenge budukura mukigare...Imana nyibona hose, yatubwiyeko ntakizahungabanya kiriziya ye, niyo mpamvu numvako iyo tuyobye cyane ifite uko ibigarura, yakwitwaza ubwenge kubatemera cg se inyigisho kubemera, ifite uko ibikora. Satani iyo ngiyo niyo ibayifuzako twiyumvishako ari kubwacu; kugirango orgueil itwinjire tube aba antichrist ( twihenure ku Imana 🤷‍♀️). Ntahandi byavuye ko umu christu wese ahora avuga kubw'Imana . Kuko urebye neza Imana igukuyemo umwuka wayo ntaho wawukura? satani se yo yawukurahe ngo iwuguhe🤔😏, Niwe mujyenga.! Naho icyaha cya Adam cyakoze kubiremwa byose, cosmos yose yakozweho, ntakiriho kidafite ubuzima bw'Imana cyeretse icyapfuye. Naho rero umuntu wese afite ubwigenge. Ntabwo Imana yaturemeye kurimbuka muri genèse handitse ngo tout était beau niyo projet ye yambere...ahubwo nukwanga kutugira amarobots byatumye aduha liberté. Navugako ariyo limite yihaye.🤷‍♀️ Ntanubwo yaturekanye iyo liberté gusa yaduhaye ni ngabire. Adam yarafite liberté nimbaraga zo kwanga . Navugako Imana yaritegereje ngo irebe uko ahitamo aduhitiramo nabi. Naho kuvugango idini ryigisha ibigoye, bigora ushaka kurimbuka niko bibiriya ivuga. Ayo mategeko Yezu yayakubiye mu ijambo rimwe" urukundo " . Imana ntiyari gutanga umwana wayo byumucyino. Ikibazo kirahari ni Satani! Kandi ntireshya n'Imana ni nayompamvu yarebye isanga ikwiriye kwica ibiremwa bye🤷‍♀️ni mwanzi wabantu. Urumvako ishakako tutagira amahirwe bayambuye. Naho uko yabayembi ntumbaze ninkuko ntakubwira uko igufa ryuruhinja ryi forma munda yumubyeyi 🤷‍♀️ cg se gusobanura umuyaga🤷‍♀️ nabyo biranditse muri bibiliya🤷‍♀️ satani iriho ibyayo wenda tuzabisobanukirwa akari cyera. Imana Yashoboraga kuyikuraho ariko yahisemo kuyikuraho kumunsi wanyuma. 🤷‍♀️

  • @kitikawamuwa1279
    @kitikawamuwa1279 Před 3 lety +4

    Umugabo yarize kweri arigisha ukanyurwa ndabona ibyo yigisha bimaze kumpindura nsigaje kumva ikintu kimwe gusa .....

  • @hakizimanabadrou8566
    @hakizimanabadrou8566 Před 3 lety +2

    Sheikh Allah azaguhe iherezo ryiza Azakurinde ibihano byomunva , azakorohereze kumunsi wibarura Kandi azakwinjije mwijuru rya fildaus hamwe nababyeyi bawe nabazagukomokaho kugeza kumunsi wimperuka

  • @greatgift3033
    @greatgift3033 Před 3 lety +2

    Mbe umugore wa Yona mwomenyera niba yaremeye iyo excuse yamuhaye yaraye imisi 3 hanze y’urugo? Nkunda ukuntu Sabin na Sheikh baganira umwe wese agatsimbatara ku kwizera kwe. Respect

  • @igabeasphat9787
    @igabeasphat9787 Před 3 lety +2

    Ma shaa Allah ikiganiro kiza cyane shukran ya sheikh .. Allah akwagurire ubumenyi.......

  • @nadiabosnjak944
    @nadiabosnjak944 Před 3 lety +4

    Mashallah 😊 nukuri ibiganiro bya Sheikh ndabikunda bituma nsobanukirwa bimwe ntazi nukuri Allah akwishimire 🙏🏽

  • @gogouwineza5704
    @gogouwineza5704 Před 3 lety +1

    Njye ndi umukristu ariko nkunda ibiganiro byawe cyane cyane icyo uheruste gukora uvuga ibyo urugo.

  • @jeannettehabonimana2825
    @jeannettehabonimana2825 Před 3 lety +6

    Ntabwo ndi um lslam ark ndagukurikir mubuzima busanzwe harimwo INYIGISHO knd courge❤️🇧🇮🇧🇮

  • @prnc359
    @prnc359 Před 3 lety

    Uri niryo tandukanyirizo hagati y'Imana yaba Christo n'imana yaba Islam twe twemerako. YESU ari nawe Mana Kandi koko niko kuri ariko aba Islam ntimwemerako Yesu ariwe Mana iri ni itandukanirizo riri hagati y'Imana yaba Christo ahubwo ntimukitiranye ibintu ngo iyo bavuze allah baba bavuze Imana wapi harimo itandukanirizo rinini cyane. Ikindi Yesu yananiwe gushaka akiri mwisi azashaka agarutse wapi umbwo ni ubuyobe bubi cyane YESU ntazigera ashaka n'Imana Kandi izahora ari Imana naho 666 Kuba mutayemera iri mubyahishuwe Kandi mubihugu bimwe namwi nka Sweden nibindi abantu batangiye kubibashyiraho imyizerere myinshi yamadini yagiye ikurwa mumyizerere yaba Christo ntambwo ari ugutaka idini rya gichristo ark niko biri.

  • @iracla9309
    @iracla9309 Před 3 lety +11

    Nanjye nkurikira sheik ntitaye ko nta dini ngira😂kdi haribyo avuga nkumva biranyubatse hari nibyo avuga nkavuga nti karabaye😂gusa nkubaha buriwese n'imyemerere ye🙏

    • @ngutegurehalima5921
      @ngutegurehalima5921 Před 3 lety +1

      Hhhhh noneho ubaye ubwacyagitutsi

    • @iracla9309
      @iracla9309 Před 3 lety +1

      @@ngutegurehalima5921 hahaha kurinjye si igitutsi pe

    • @Ntare2012
      @Ntare2012 Před 3 lety

      Sha nabjye ntadini ngira ariko uyumugabo ndamwera cyane avuga ibintu bisobanutse

    • @lahiliuwiringie941
      @lahiliuwiringie941 Před 3 lety

      @@Ntare2012 🤣🤣

    • @niyonsengajoselyne3109
      @niyonsengajoselyne3109 Před 2 lety

      @@ngutegurehalima5921 cyagutusti cyivugwabgo urakaburidini😂😂😂

  • @nzayisengasauda9419
    @nzayisengasauda9419 Před 3 lety +4

    ManshaAllah, Imana ikwishimire Sheikh

  • @hasnabattashy2023
    @hasnabattashy2023 Před 3 lety +2

    Twebwe tuba muli Oman turakumva cyane. Turashimira kandi cyane Sabin wacu

  • @patrickhakizimana8214
    @patrickhakizimana8214 Před 3 lety +7

    Yesu we ndumv aramwemera akwiye gutera intambwe akamukurikira akamamaza ubutumwa bwiza...

  • @hasnabattashy2023
    @hasnabattashy2023 Před 3 lety +2

    JazakaLlah kheir Sheikh. Dukunda lecture yawe. May Allah increase ur knowledge.

  • @zee0431
    @zee0431 Před 3 lety +3

    Muhammad swala Allahou alahi wa Salem.

  • @sawdaasawdaa7903
    @sawdaasawdaa7903 Před 3 lety +3

    Warize pe sheikh wacu Allah aguhe umunezeri womwisi nuwomwijuru uratahuritse warize neza

  • @rutahasteven2683
    @rutahasteven2683 Před 3 lety +2

    Mbashije kumirwa ubu Yesu azazanwa no kurongora koko mbega ubuyobe bukabije we!!

    • @niyonsengajoselyne3109
      @niyonsengajoselyne3109 Před 2 lety

      😂😂😂😂

    • @annej.i5028
      @annej.i5028 Před 2 lety

      Ngo bazabagorora Ama vierge ma , bakunda 🤣🤣🤣🤣

    • @rutahasteven2683
      @rutahasteven2683 Před 2 lety

      @@annej.i5028 nukuri birabavaje Yesu ngo azazanwa nibyo koko nibategereze bazabibona ikizamuzana

  • @umurimbotv304
    @umurimbotv304 Před 3 lety +9

    Sheikh wacu sha👌🤗aslamu alaikum warhamatullah wabrakatuh 😍

    • @noryatasd5149
      @noryatasd5149 Před 3 lety

      Waalaykumussalam wa rahmatullah wa barakatuh

  • @Abdourkalim_knowless
    @Abdourkalim_knowless Před rokem

    Mashallah nukur Sabin turagushimiye kutuzanira sheikh atwibutse

  • @azzaalnaamani76
    @azzaalnaamani76 Před 2 lety +2

    One of the best youngest Sheikh ever.
    MashaAllah
    Ndamukunda from Oman
    🇴🇲

    • @azzaalnaamani76
      @azzaalnaamani76 Před 2 lety +1

      Ufire Noor itabaho Sheikh
      Kandi useka neza.. 😊 perfect smile... MashaAllah

  • @IngabireAisha3813
    @IngabireAisha3813 Před 3 lety +1

    Nikweli kabisa turafaidika cyane nibibiganiro Allah akomeze kubarinda anabohereza murivyose mubamo.

  • @judasegide7455
    @judasegide7455 Před 3 lety +2

    Ureba kure urumuhanga
    Urashishoza tuzajya
    Tukwigiraho Byinshi cyane

  • @ndacyayisengawellars7071
    @ndacyayisengawellars7071 Před 3 lety +1

    Sheikh ndakwemera cyane
    Icyo nkwemerera nuko utibanda kuri islm guza ubihuza na Bible no mubuzima busanzwe,
    Ariko sheikh muturimo ideni rya cyakiganiro

  • @fridausissajohn2880
    @fridausissajohn2880 Před 3 lety +5

    Sheik arabyumva nezaa MashaAllah.

  • @zamdaabdul4918
    @zamdaabdul4918 Před 3 lety +1

    Masha allah ibiganiro byawe biratwubaka sheikh

  • @chefBlackbeauty03
    @chefBlackbeauty03 Před 3 lety +1

    Utwigisha byinshi.i like you

  • @Nc-ut4rk
    @Nc-ut4rk Před 3 lety +3

    Ikiganiro cyiza kirimwo ubwenge 🙏🙏🙏

  • @NiragireWaridah-tf2sg
    @NiragireWaridah-tf2sg Před 10 měsíci

    Nukri Allah ajya aguha ubwenge burenze❤❤❤❤

  • @patrickhakizimana8214
    @patrickhakizimana8214 Před 3 lety

    Ibanga ryokwemera nagatangaza Sheih ndamukurikir ideologie ziw ni good.....Mutubarize kobemera mwuka wera....

  • @clarisseuwamahoro7717
    @clarisseuwamahoro7717 Před 3 lety +1

    Imana iguhe umugisha cheikh ndashima kdi courage ndagukunda

  • @faridamukundente3736
    @faridamukundente3736 Před 3 lety +4

    Allah akwishimire Ndayisenga

  • @nadiadjabi3965
    @nadiadjabi3965 Před 3 lety +1

    Mashaa Allah

  • @aladinasharaf6656
    @aladinasharaf6656 Před 3 lety +2

    God bless you wherever you are!

  • @lahiliuwiringie941
    @lahiliuwiringie941 Před 3 lety

    imana ikwongerereze imigisha cheh 💕💕💖💖

  • @sifajacky7779
    @sifajacky7779 Před 3 lety +2

    Manshaallah tabarak Allah 🙏❤

  • @jamilamanariyojamila1487
    @jamilamanariyojamila1487 Před 3 lety +2

    Tujuze tunakupend kwaajil ya Allah👍👌

  • @zaza8625
    @zaza8625 Před 3 lety

    Imana ikwagure mubumenyi bwawe

  • @Mapande
    @Mapande Před 3 lety +1

    Asalaam aleykum warahmatullahi wabarakatuh... Muvandimwe wacu Ashraf njyewe n’abiwanjye turagusabira imigisha turi mu Bwongereza (UK).

  • @wardahwardahabdou1980
    @wardahwardahabdou1980 Před 3 lety +1

    DjazaqAllah khairan Sheikh

  • @beatriceniyawankusi5755

    Kuva wemera Yezu Kristu ndabigukundiye

  • @munimuni3365
    @munimuni3365 Před 3 lety

    Umwuslam buraryoshe ndasaba ko imana zofpe ndumwislam 🤲na bislam bose

  • @chanicechandan2729
    @chanicechandan2729 Před 3 lety +3

    Sheikh uzatubwire izina ryumugore Yesu azorongora🤣🤣🤣🤣🤣this is too much 😂😂😂😂😂

  • @fiestatony2923
    @fiestatony2923 Před 3 lety +7

    Hello Teacher, sorry for telling you this. The Bible said in Mathews 24:36 namuntu numwe uzi umusi Yesu azagaruka cyangwa isaha usibye Dada wo mwijuru.

  • @deputephilbert2161
    @deputephilbert2161 Před 3 lety +1

    Yampayinka kuba kwisi na Mayo b era cyane kabisa

  • @MUSHIMIYIMANAHABIB1234

    Allah Azakubera umuhamya .

  • @lishi3602
    @lishi3602 Před 3 lety

    Ma Shaa Allah

  • @lovekamariza1811
    @lovekamariza1811 Před 3 lety +2

    Ndaciye mugikari icyo nkwibariza.

  • @lilianetoure5344
    @lilianetoure5344 Před 3 lety

    Sheikh yibagiwe kubwira Sabe ko impamvu abasiramu batagendana Corohani nkabarokore
    Nukuberako udafite wudu ntabwo uba ugomba
    Gusoma igibo cy’Imana.

  • @mutezinkajoyeuse6163
    @mutezinkajoyeuse6163 Před 3 lety

    Sabin uzahuze Ndayisenga na Rutayisire.Kubijanye na Antichrist azabimusigurira neza ndabizi azahita anyurwa kuk nkunda Sheh ndifuzako takira agakiza sawa merciiii.

  • @kantengwacatherine9790
    @kantengwacatherine9790 Před 3 lety +4

    Twese erega tubyumva kimwe ariko Satan nkuko yahereye kera ashwanisha abavandimwe nubu mbona dupfa ubusa Imana izabidufashemo iturinde sekibi mwese mbifurije ijuru no kumenya ukuri kuko antichrist yaje

  • @zamzamzam3920
    @zamzamzam3920 Před 3 lety

    MaashaAllah

  • @abdoulninziza3621
    @abdoulninziza3621 Před 3 lety

    Allah akomeze kukwongera ubumenyi

  • @samuelniyonsaba7436
    @samuelniyonsaba7436 Před 3 lety +2

    Uzamutubwirire ubutaha azadukorere ikiganiro kivuga ku ijuru uko rimeze n'ibihembo abazagerayo bazahembwa

  • @mudasiru250
    @mudasiru250 Před 3 lety +3

    Nukuri uzamugarure pe turakwinginze sabin kd thanks kumwanya umuha kuri CZcams channel yambere murwanda

  • @yasiminyasimin5294
    @yasiminyasimin5294 Před 3 lety +2

    Chukullan cheikh wacu Allah akwishimire

  • @nadiadjabi3965
    @nadiadjabi3965 Před 3 lety +1

    Allah agume aguhe umugisha mwishi utagabanyije ukora akazi gakomeye cyane owangale Allah akuwe kyosinga kwagala mubulamu lnshaa Allah

  • @salasala9260
    @salasala9260 Před 3 lety +1

    Naringiye kuruhama kubera abarabu nn ubu ndi musha kubera wewe Allah akupe kheri na afya nzuri

  • @akramrwanda
    @akramrwanda Před 3 měsíci

    ASSALAM ALAIKUM WALAHMATULLAH WABARAKATUH YESU YARASIRAMUWE MURI BIBIRIYA LUKA 2:21

  • @kassinpoclain8034
    @kassinpoclain8034 Před 3 lety

    mansha Allah

  • @royaleagles8104
    @royaleagles8104 Před 3 lety +2

    Sheh nyihanganire nkubaze kuri Bible nubwo utari umunyadini yigisha Bible.
    Kuki muri Bible bashyizemo ibice 2 kandi bihabanye cyane ndavuga new testament na old.
    Ikindi kuki abagaturika bafite Bible itandukanye niya ba Pentecostal kandi bose biyita abayoboke ba Christ?
    Ko tuzi ko yesu yari uwo muri Israel ariko abigishije christianism mbere bakaba ari abazungu yesu baje kumumenya gute?

  • @Abdourkalim_knowless
    @Abdourkalim_knowless Před 2 lety

    Mashallah

  • @ibrahimtadju6956
    @ibrahimtadju6956 Před 3 lety +5

    Umwalimu wacu shaa

  • @sakinabizumufite
    @sakinabizumufite Před rokem

    Manshallah 💯

  • @PaduBeatz_Producer
    @PaduBeatz_Producer Před 3 lety +4

    Ashraf agira ibiganiro byiza sabin...

    • @lylianlili2208
      @lylianlili2208 Před 3 lety

      Mashaallah asante sana

    • @PaduBeatz_Producer
      @PaduBeatz_Producer Před 3 lety

      @@lylianlili2208 haba harimo ubwenge ashraf wumva ko yasomye kbsa avuga ibyo azi! Hubwo nkeneye contact ze kbda

    • @nshutialdjaru1238
      @nshutialdjaru1238 Před 3 lety

      @@PaduBeatz_Producer jya kuri IG umwandikire aragusubiza anaziguhe IG:Ndayisenga Ashraf

  • @umukiranutsieric9351
    @umukiranutsieric9351 Před 3 lety

    Imyemerere iraha

  • @laurentmugabo2740
    @laurentmugabo2740 Před 3 lety +1

    Allah Akbar

  • @zawadizuberi1108
    @zawadizuberi1108 Před 3 lety +1

    Sabin : " azamanukira kumusigiti "😂😂😂 yooo ndapfuye neza neza😂😂😂😂

  • @pacifique3943
    @pacifique3943 Před 3 lety

    Inyigisho nyinshi za islam ziri very fictitious.

  • @hamxasibo220
    @hamxasibo220 Před 2 lety

    Alhamdulillah

  • @nabilamuco1217
    @nabilamuco1217 Před 3 lety +1

    Kaka asante kbs🇧🇮

  • @ingabirejackline1725
    @ingabirejackline1725 Před 3 lety

    Sheikh ndabaza kuki abasiramu bagira AMAGINI ikindi amazi yi Quran afitekamariki?🙏from🇸🇦 murakoze.

  • @salasala9260
    @salasala9260 Před 3 lety

    Ukomeza kunyubaka kuruta uko nahora sheih Allah akomeze kukwagura nimihezagire

  • @niyomwungerediane4663
    @niyomwungerediane4663 Před 3 lety +1

    Roger Garaudy (French: [gaʁodi]; 17 July 1913 - 13 June 2012) was a French philosopher, French resistance fighter and a communist author. He converted to Islam in 1982.

  • @imuhirastudio
    @imuhirastudio Před 3 lety +3

    Wallahuwani bruhawahini shwahamu rubudahum walahmar shwamadha ahfatrah musliman walalahwan bunha

  • @cesariehakizimana429
    @cesariehakizimana429 Před 3 lety +2

    Usigura neza Sheik ,imana iguhezagire .
    Kandi jewe ndakunda ABA islam b'abagore bafise umubano mwiza aho bari hose .

  • @charliekwizera5737
    @charliekwizera5737 Před 3 lety +2

    Hhhh!!! Uta ugize utya tugakurikira hhh mubaye benshi pe muratuvanga pe!

  • @deputephilbert2161
    @deputephilbert2161 Před 3 lety

    Tubarize Shaik kuki bibanda ku ntumwa Muhammad kuki

    • @noryatasd5149
      @noryatasd5149 Před 3 lety

      Kubera ariyontumwa yaje ubwanyuma.nukuvuga niyihererezi niyompamvu ariyo yibandako cane.

    • @lynawamahoro3465
      @lynawamahoro3465 Před 3 lety

      Kuberako ariyo yahawe gutanga ubutumwa bwa Islam

    • @cldcld7294
      @cldcld7294 Před 3 lety

      Nuko ariyo yahawe Qoran

    • @deputephilbert2161
      @deputephilbert2161 Před 3 lety

      @@cldcld7294 ok merci bcp muvandi

    • @lishi3602
      @lishi3602 Před 3 lety

      Kubera ko yahawe ubutumwa kubantu boseeee, kandi ariyo ntumwa yanyu , twe turabantu bo kuntumwa yanyu ari Muhammad lmana imuhe amahoro n' imigisha

  • @sabinenellyumutoni3162

    Première

  • @DANIEL-fd2el
    @DANIEL-fd2el Před 3 lety

    Allah, ✌

  • @alexanderrudasingwa1419

    Yesu yarasilamuwe afite iminsi 8

  • @behindthesceneshollywoodsi6925

    🙏🙏🙏

  • @lovekamariza1811
    @lovekamariza1811 Před 3 lety +3

    Sabin abarundi turakuramutsa tugusabe udushirireho numéro ya sheikh.

  • @ezechielndikuryayo395
    @ezechielndikuryayo395 Před 3 lety +1

    Je ndumu Christu ariko maze gutahura ko Aba Islam bemera Imana imwe murudende kandi kuri wamusi nabo bazumva inzamba hama duhurire mwi Juru

    • @ezechielndikuryayo395
      @ezechielndikuryayo395 Před 3 lety

      Pour les musulmans bari en 1442 hari uwambwiye ko bitez ko Yesu azoza en 2000 shehe twe twari tumwiteze muri 2000 ntiyaje mwe nikoko nibyo?niwo mwaka mwitez ko isi izarimbuk?

    • @niyonsengajoselyne3109
      @niyonsengajoselyne3109 Před 2 lety

      @@ezechielndikuryayo395 azoza kuwaga5 burambara neza😂

  • @jyvette
    @jyvette Před 3 lety

    Number 100

  • @nduwayezuancille6506
    @nduwayezuancille6506 Před 3 lety +2

    ariko kuriya kuntu aba islamu basenga bubamye mbona ari byiza cyane bigaragaza guca bugufi no gutinya imana cyane uvuga ko ari uguhena no guhenura abiterwa na fanatisme y,idini arimo.sibyiza rero gupinga umuntu kubera imyemerere ye.

    • @nshutialdjaru1238
      @nshutialdjaru1238 Před 3 lety

      Abantu bashyiramo fanatisme cyane pee

    • @arthurnuhu8570
      @arthurnuhu8570 Před 3 lety

      IMANA izakuyobore ku nzira nyayo no gukunda kusoma niho uzomesha vyinshi

  • @umurerwadjasila1282
    @umurerwadjasila1282 Před 3 lety +1

    Sheikh ko mutatumaze impungenge🙈😃😃

  • @saidindagijimana7290
    @saidindagijimana7290 Před 3 lety +1

    Sheikh. Turakwishimira. Kunyigisho nziza USA USA