Komentáře •

  • @emmanuelniyonkuru4326
    @emmanuelniyonkuru4326 Před 3 lety +35

    Nubwo ntari umusilamu, mwabagabo mwe ndabakunze.Imana ibahe imigisha.

  • @mgquranmedia4981
    @mgquranmedia4981 Před 3 lety +13

    Yohana 17:3 BYSB
    Ubu ni bwo bugingo buhoraho, ko bakumenya ko ari wowe Mana y'ukuri yonyine, bakamenya n'uwo watumye ari we Yesu Kristo.

  • @angetesi5285
    @angetesi5285 Před 3 lety +38

    Nkunda ukuntu muvugana ikinyabupfura no kwicisha bugufi, bituma umuntu abatega amatwi neza atuje.

  • @nadegecyizere7213
    @nadegecyizere7213 Před 3 lety +2

    Murakoze cyane Sabin aba Babyeyi ndabakunda cyane Nubwo ntari Umuyisilamu!Uzatubarize Sheikh Ashraf kubijyanye Iremwa ryumuntu wa mbere kugeza Imana imuremeye umufasha. Azatubwire Urubuto bariye urwarirwo. Kuko barasobanura nkumva nsobanukiwe neza Allah abakomereze intambwe zabo

  • @btka2195
    @btka2195 Před 3 lety +6

    Sheikh Ashraf ufite impano yo kwigisha. Imana ikongerere ubumenyi. Thx!

  • @hirwakevin5019
    @hirwakevin5019 Před 3 lety +2

    Sh. Ashraf ufite impano yo kwigisha nogusobanurapeee, Kandi bigaragara nezako uvuga ibyo uzi, nukuri warampinduyeeepe, Kandi nizerako wahinduye benshii, usobanura nezaa nkabikunda, uge uza wenyinee utwigishe kenshi rwosee. Murakoze

  • @godfirst5899
    @godfirst5899 Před 3 lety +10

    Oh yesu wabambwe kumusaraba kubera ibyaha byacu kumunsi wagatatu arazuka Ubu yicaye iruhande rwa se oh yesu umwami wacu 😘mugihe gito azaza gutwara abe Amen

    • @shiru2tv75
      @shiru2tv75 Před 2 dny

      Yesu si umwami umwami nguyu 1timotego 6:16
      Dore icyo yesu aricyo Luka 12:8
      Ikindi yesu aricyo nintumwa y'imana Gusa akaba numugaragu wayo 1 timote 2:5

  • @thevoiceofthesign5592
    @thevoiceofthesign5592 Před 3 lety +3

    Impamvu mutazi nuko mutaramenya, kandi impamvu mutazamenya nuko mutabigenewe. Mwe muravuga yesu ariko njye sinizera yesu ahubwo nizera Umwami Yesu Kristo. Uwo rero muvuga koko nuwanyu ntiyababwe kuko ntambaraza yari kugira zamuzura. Uwanjye rero byamubayeho kuko nizera Umusaraba kandi Yarabambwe arazuka. Mujya mubitabareba ntimwasobanukirwa

  • @benmuragiziofficial
    @benmuragiziofficial Před 3 lety +15

    Mwakoze kubazana kbs gusa imyizerere itarimo mwuka wera ntayo kbs abantu batahure yuko ufite uwo mwana(Yesu) afite ubugingo bw’Iteka 👏🏾👏🏾

  • @winshmhn1164
    @winshmhn1164 Před 3 lety +38

    Umwami wanje Yesu yarabambwe, naho We ata caha yakoze, arapfa arazuka, Yicaye iburyo bwa Data!

    • @byishimoobednday779
      @byishimoobednday779 Před 3 lety +1

      Amen

    • @lesbeautyglory2869
      @lesbeautyglory2869 Před 3 lety +1

      Amen Amen Amen 🙏 ni ko kuri kuzuye

    • @nkubitojaffar558
      @nkubitojaffar558 Před 3 lety +2

      ni byo yesu ntabwo ya babwe mbay uwamber bwemey yesu ari mwijuru kandi aza garuka kwisi

    • @christinefuraha8884
      @christinefuraha8884 Před 3 lety +4

      Amen Amen 🙌🏾🙏🏽kandazagaruka atujyane mubwami bwa Dada kugirangwahwari natwe
      tuzabeyo Yohana 14:2

    • @btka2195
      @btka2195 Před 3 lety

      @TheSushiraw iyo n'imyemerere yawe!

  • @nyandwitheodomir6635
    @nyandwitheodomir6635 Před 3 lety +1

    Imana ibampere umugisha! Yesu Kristo Umwami bita Massih Issa, iyo Adapfa ngo Anazuke, nta cyo Yajyaga kuba atumariye kuko ibihembo by'icyaha ari urupfu; akaba igihano kiduhesha Amahoro cyarabaye kuri We. Mbese bya bihembo byacu by'urupfu, ni We wabihembwe mu kimbo cyacu, akaba ari na yo mpamvu Yitwa Umucunguzi wacu! Ni Umushumba mwiza wapfiriye intama Ze, si iza Se! Muri make Yigize Umuntu adatakaje Ubumana Bwe! Ni We Imanweli bisobanura Imana iri kumwe natwe. Ubu rero Ntakiri kumwe natwe, ahubwo Ari muri twe mu ishusho ya Mwuka Wera iyo tuvutse ubwa kabiri mu kwizera Amaraso Ye, mu kwihana ibyaha no mu kubatirizwa mu Izina Rye (Yesu Kristo). Ni We ya Ntama Nabi (umuhanuzi) Ibrahimu yasogose igacungura umwana we Isiaka agataha (n'ubwo Abayisilamu bavuga ko yari Ishimayeri).

  • @musabyimananadia9313
    @musabyimananadia9313 Před 3 lety +7

    Maa Shaa Allah, I can't wait kojyere kubumva sabin uzojyere ubazane kuri icyo kiganiro azakoresha imirongo ya bibiriya nawe uzemera kbs, ubusilam buraryoshye kweli😍😍😍😍😍

  • @uwamungucansilde4108
    @uwamungucansilde4108 Před 3 lety +10

    Muri Luka 28-35 Kamvuge ku mu rongo urimo Simiyoni aravuga ati"uyu ashyiriweho kuba ikimenyetso kigirwaho impaka"mujye muvuga muziga kuko ubumenyi bwa muntu ntibwemera ark Kristo yakwihuriye wagaruka unyomoza ibyo uvuze,Yesu ni Umwami wacu kd satani akorera mu biyita injijuke kugira ngo bahakane,Yezu abihishurire gs nkeka ko ataragufata uvuga uko ushaka.

    • @musabyimanarehmaabdallah4825
      @musabyimanarehmaabdallah4825 Před 3 lety +1

      Yesu ntawamuhakanye tumwemera kureza ukomubizi ahubwo nkibaza impamvu mumwitirira ibitarabayeho( niba usoma bibiriya neza kubambwa uzi igisobanuro cyabyo? Wambwiragute koyesu yabambwe kdi icyabambwe ari ikivume kumana? Ubwontimwaba ahubwo mumwambura icyubahiro imana yamuhaye? Think twice

    • @sabrinakamikazi2142
      @sabrinakamikazi2142 Před 3 lety +2

      Ikindi uyo Yesu muvuga ko arumwami mukavugako ariwe IMana mukonjyera ngo yarapfuye amara iminsi 3 mukonjyera ngo yarazuste !!!Nanjye mbaba ijyihe yariyapfuye akamara iminsi 3 ISI yatejyekwaga nandeeee?????????

  • @sabinemico8833
    @sabinemico8833 Před 3 lety +5

    Yesu yarabambwe kubwacu arapfa arazuka ku munsi wa gatatu n'ukuri niwe nzira itugeza kwa Data wa twese 🙏🙏

    • @gwizamorgan328
      @gwizamorgan328 Před 3 lety +1

      Imana yatanze umwana wayo ngo abambwe kugirango amaraso acungure abantu ubwo yari yabuze ubundi buryo yakoresha kugirango icungure abantu? Iyo mana yari yabuze uburyo ibigenza kugeraho Itanga umwana urumva atari ikibazo kndi tuziko ishobora byose ivuga uti kibe kikaba

    • @lionelmusitanteri1651
      @lionelmusitanteri1651 Před 3 lety +1

      @@gwizamorgan328 noe yaragucunguye kuyihe mpamvvu?

    • @gwizamorgan328
      @gwizamorgan328 Před 3 lety +1

      @@lionelmusitanteri1651 Ntabwo yancunguye ahubwo yaje azanye ubutumwa nkuko n'izindi ntumwa zose zagiye ziza

  • @kabanamary453
    @kabanamary453 Před 3 lety +7

    Ubundi Agakiza kabonerwa k'Umusaraba kandi ntibawemera ubwo rero kuba bazi Yesu ntacyo bivuze keretse bemeye ko yabambwe akazuka mubapfuye

    • @mgquranmedia4981
      @mgquranmedia4981 Před 3 lety

      Kwemera ko yabambwe akazuka, ntaho bihuriye n'imyemerere imushingiyeho inashingiye ku Mana yamutumye! Icy'ingenzi ni uko atari Imana akaba ari Intumwa yayo akaba n' UMUGARAGU WAYO.

  • @shirikaniyonkuru6560
    @shirikaniyonkuru6560 Před 3 lety +5

    Aba bagabo bazi ko aribo basomye ubwo ni abahanga mugusoma! Ni bageze aho!

    • @reberoprice8019
      @reberoprice8019 Před 3 lety

      Bro ukuri kuryama mumatwi ahubwo sigaho kumviriza abashaka ndonye

  • @francinetuyishime8542
    @francinetuyishime8542 Před 3 lety +5

    YESU Yaratubambiwe.

  • @ayaanradjabtv3096
    @ayaanradjabtv3096 Před 3 lety +4

    Isimbi tv Kora umuti in shaa Allah murwanda basobanukirwe neza Islam
    Sheikh Ashraf Allah agume kukwongurera ubumenyi ndetse nokuramba ucyigisha abantu kumenya neza ukwiye gusengwa

    • @MrFaajn
      @MrFaajn Před 3 lety

      Ni wowe se man ushyizeho iyi comment? Papa Queen?

  • @jackbenonrutinduka4046
    @jackbenonrutinduka4046 Před 3 lety +9

    Isimbi Imana ibahe umugisha.kimwe kinejeje nuko ubwabyo bavuze izina Yesu.ibyo birahagije .

  • @elimudini554
    @elimudini554 Před 3 lety +4

    Muvuge muti: twemeye Nyagasani ALLAH n’ ibyo twamanuriwe, ibyamanuriwe Ibraahiim, Ismaa’iil, Is’haaq, Ya’aquub n’abamukomokaho, ibyahawe Muusa na Isa n’ibyahawe abahanuzi biturutse kwa Nyagasani wabo. Nta n’ umwe tuvangura muri bo, ni na We twicishaho bugufi.

  • @ishtina
    @ishtina Před 3 lety +2

    Uzayisome rwose bibiliya bizagufasha😊 inzira z'Imana ni nyinshi ushobora kuzayisoma urimo ushaka imirongo yo kutwemeza ahubwo ukabona ikwemeza wowe kwizera Yesu Kristo. Imana izagufashe muri urwo rugendo rwawe rwo gusoma bibiliya😊

    • @reberoprice8019
      @reberoprice8019 Před 3 lety

      Bibiriya irimo amagambo meza ariko ikaba irimo namagambo ya muntu bitewe ninyunguze bwite

  • @landrymuzima2534
    @landrymuzima2534 Před 3 lety +6

    Munsomere musigur icyo Muhammad (SAW) yavuze hano
    Surat 7:158
    Surat 19:33
    Izindi nzazizana ni biba ngombwa

    • @asiaabdala737
      @asiaabdala737 Před 3 lety +1

      Asalamawalaikum walahamatululah wabalakatuh save nakundaga isimbi ariko byarikubye ndabakunda cyanee cheikhe wacu turamukurikira ijana will jana numusaza wacu Allah abahe ibyiza byari jana 🥰🥰🥰🥰

    • @laurence7961
      @laurence7961 Před 3 lety

      Mu mateka y'iyobokamana ( histoire de l'église) by'umwihariko amateka ya kisilamu, mwibuke ko muri Orient basengaga ibigirwamana byinshi dont l'un s'appelait allah. Muhamadi icyo yakoze ni uko yishe abanze gusenga allah. Icyo yakoze ni uko yashoboye
      guhindurira abantu ku kigirwamana kimwe gusa.
      A bon entendeur ,salut.
      Bantu b'Imana, ndabinginga ngo musenge Imana , izabasobanurira byose.
      Consultez bien un ancien sataniste qui s'appelle Jonas Lunkutu Mpala. Azababwira byinshi.
      Arahari kuri CZcams.

  • @mgquranmedia4981
    @mgquranmedia4981 Před 3 lety +2

    1 Timoteyo 2:5 BYSB
    Kuko hariho Imana imwe, kandi hariho Umuhuza umwe w'Imana n'abantu, na we ni umuntu, ari we Yesu Kristo
    .YESU NTABWO ARI IMANA AHUBWO NI UMUNTU AKABA INTUMWA Y'IMANA.

    • @mgquranmedia4981
      @mgquranmedia4981 Před 3 lety

      @@angelique5867 Yego bakubrize uwamuteye inda kuko Imana ntiyiyiziye kuri Mariya ahubwo yatumye Malaika Gabriel 😀 umbwire nawe ubwo nyir'inda ni inde?

    • @mgquranmedia4981
      @mgquranmedia4981 Před 3 lety

      Kuko uwabonanye na Mariya ni Malaika🤗

  • @salmaalnaamani8504
    @salmaalnaamani8504 Před 3 lety +2

    Shekh jazakallah kheri shukran
    Sabee urakoze cyane kandi cyane imana iguhe umugusha

  • @godfirst5899
    @godfirst5899 Před 3 lety +2

    Kandi mubihe byanyuma yesu ntazareba amadini azareba imitima yacu nibyo twakoze muli iyi si ubundi agende afata muli buli ibyo twita amadini abazaba balitwaye neza yesu atugilire neza Amen🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾

    • @nurarich4945
      @nurarich4945 Před 3 lety

      God First ubumuntu nibwo bwambere ntawuzakandagira mwijuru nta bumuntu yigeze agira.

  • @kwzrvivanHamza
    @kwzrvivanHamza Před 2 lety

    Balaq'allah feekhum bwana walimu wetu , mnasemesha ukweli kbs, ubundi abantu batazi umu Islam babwibeshyaho, ntbw Islam ari abicanyi no. Thex sabin

  • @laurence7961
    @laurence7961 Před 3 lety +4

    Mubyange mubyemere Yesu Kristo yarabambwe,arazuka asubira mu ijuru mu bwiza bwe kuko ariho yari yaravuye mbere yo kwambara ishusho muntu. Ni Imana azahoraho.
    Niwe nzira n'ukuri n'ubugingo. Ntawe ujya kwa ku Mana Data atamujyanye.
    Ababihakana bazasenge basabe Imana Data igire ibanga ibahishurira.

    • @shiru2tv75
      @shiru2tv75 Před 2 dny

      Soma abahenurayo 5:7 mujye musoma neza bible kuko nayesu ubwe yarabivuze ngo matayo 22:29

  • @mbabaziemerance282
    @mbabaziemerance282 Před 3 lety +1

    Mubyukuri ababantu ni imfura cyane. Baraganira neza bitonze mbese mbifurije imigisha myinshi cyane.

  • @anetkantarama
    @anetkantarama Před rokem +1

    Yesu azabihishurira kandi muzamenya byose. disepline mugira yiba mwayongeragaho kumenya yesu numwuka Wera

  • @mudasiru250
    @mudasiru250 Před 3 lety +11

    We need part 2 and 3 for sure we hv a lot of questions about Islam thanks sabin uri ununyabwenge gutumira abanyabwenge 🤩♥️♥️♥️♥️✅✅✅✅✅

  • @nathalieikirezi6323
    @nathalieikirezi6323 Před 3 lety +2

    Nukuri ibyo mwavuze byose nabyemeye gsa ibyo kuvuga ko Yesu atababwe cg ngo azuke byo ntago nemeye. I can't wait kumva urimo kubitwumvisha neza tubibone.

    • @amanirugamba5935
      @amanirugamba5935 Před 3 lety +1

      Kandi bibiriya ivugako uwabambwe aba arikivume ubwose yasu arikivumese usome bibiriya neza

  • @dampaofficial38
    @dampaofficial38 Před 3 lety +2

    Ndapfuye Ububuhanga Muri Introduction harahandi mwijyeze mubyumva ra,Ababagabo Nabahanga Kbs. Abadiventiste Turabasuhuje tuti Allah Abakomereze Ubumenyi.

  • @francoisuwiringiyimana503

    Yesu nuwenziranukuri nubujyingo ntawujyankadata tamujyanye esekuwakoragicyahayaterwagamabuye
    Yesatarazamuracyayaterwa mwakunzeyesurahacyibona

  • @abdoulninziza3621
    @abdoulninziza3621 Před 3 lety +7

    Aslam alaykum heikh ndabashimira cane allah abarinde ndi burundi

  • @ingabiresifa5734
    @ingabiresifa5734 Před 3 lety

    Sabin Sabin!!!!
    wowe ntubaho !!!!!!!!
    Imana izakugire umuslam !!!! Nicyo ngusabiye

  • @bibiliyaumucyowisininzira8671

    reba iyo mirongo yerekanako Yesu ali umwana W,lmana soma Bibilia yohana 3:16 1yohana 1-2-4 1yohana 4:15 Tito 2:13 nashimye ikiganiro cyabatumirwa bawe aliko bavuze ibya Yesu muburyo butaribwo uzabereke izo vs ubutaha nzaguha izuko Yesu ali Imana kdi ko ya naBambwe nibindi uzasome coment gusa

    • @btka2195
      @btka2195 Před 3 lety +2

      None imirongo ivuga ko yesu atari imana ntuyemera?

  • @salmaalnaamani8504
    @salmaalnaamani8504 Před 3 lety +1

    Mungu wanjee papa umbabarire muri suria nabazungu ntabwo ari abaislam babikora ahubwo nabantu badakunda abaislam peee 😭😭abaislam turarengana

  • @solangemunezero6120
    @solangemunezero6120 Před 3 lety +2

    Thanks isimbi we love you so much from NEW YORK

  • @emmadaughtry
    @emmadaughtry Před 3 lety

    Mwakoze ku kiganiro cyo gusobanura ko kumenya no gusobanukirwa neza ibyo tugenderamo ari byo bidukiza.
    Gusa, ariko se ko mbona, ku ngingo zimwe na zimwe, amadini atanga versions zitandukanye? Birayobera abantu birangire babonye ko idini y'ukuri (Imana) iba mu mutima w'umuntu, kumenya gutandukanya icyiza n'ikibi (kubaho neza no kubanira abandi neza), cyane ko idini ubwaryo ritazajyana abantu mu ijuru kuko imico myiza idaterwa no kubarizwa mu idini ahubwo gukora ibyiza bikurimo n'ibyigishwa hose n'amadini arimo, Imana itagira idini itanaritangije, yabagaho mbere y'uko amadini tubarizwamo abaho, byongeye umuntu yemera ibyo yigishijwe cyangwa yakuriyemo, kandi Imana ni iy'abantu bose.

  • @igabeasphat9787
    @igabeasphat9787 Před 3 lety +3

    Assalam alaikum warahmatullah wabarakatuh ... Allah abishimire mwese bavandimwe kunyigisho nziza mukomeza kutujyezaho...

  • @karangwatimothe1835
    @karangwatimothe1835 Před 3 lety +1

    Uko Anayisilamu bafata Yesu nawe niko azabafata. Inama nabagira ni uko bizera Imana n'umwana wayo w'ikinege Yesu Kristo. Yohana 14:1-3

    • @mgquranmedia4981
      @mgquranmedia4981 Před 3 lety

      Soma Yohana 17:3 wumve uko Yesu yisobanura n'ubugingo buhoraho

    • @Alex-cb4rt
      @Alex-cb4rt Před 3 lety

      @@mgquranmedia4981 Wikwigora ntabwo abakristu uyu murongo bawusoma kuko ubusanye nibyo bemejwe cg bemera. icyo nkunganiraho nuko Yohana ariwe muntu wabashije gusobanura Yesu mu kuri kuko yarafite ihishurirwa ryaho Yesu akomoka. uko avuga Yesu bitandukanye naba Luka na Marko

  • @samuelnsengiyumva726
    @samuelnsengiyumva726 Před 3 lety +4

    Muraho neza mwese bwana Sabin ibyo biganiro ni byiza aliko byaba nka bya bindi ngo ni ukwikiligita ugaseka Icyo kiganiro cyarushaho kuba kiza hali impande ebyili ni ukuvuga kuba hali Umukristu bikaba débats. Murakoze

    • @zaza8625
      @zaza8625 Před 3 lety

      Bonne idée habaye umukristu byabakarusho

  • @jeanbaptistetuyishime648
    @jeanbaptistetuyishime648 Před 3 lety +3

    *SubhanAllah*

  • @muvunyihamza7761
    @muvunyihamza7761 Před 3 lety

    Turabashimiye kukiganiro cyiza Sabin. Hon Sheikh Harerimana na Sheikh Ashraf Imana Izabahe iherezo ryiza kubumenyi badahwema kutugezaho. Tuzishimira kongera kubabona.

  • @godfirst5899
    @godfirst5899 Před 3 lety +2

    Nibyiza buli wese afite imyemerere ye nkuko ntawe yavuga allah nabi ngo mwishime muturekere papa wacu yesu umwami numucunguzi Amen uvuga bikaba ukora bigakoreka Amen oooh yesu uvura bagakira utegeka bikaba yoooo yesu shyirwa hejuru icyubahiro nicyawe yesu Amen hallelujah

  • @bibiliyaumucyowisininzira8671

    Coraan ya kopeye amagambo meshi muri Bibilia cyane kuko Mohammed yandika coraan muri za 680 ikindi yesu isilam ivuga siwe yesu ahubwo bashyiraho ibindi

  • @mgquranmedia4981
    @mgquranmedia4981 Před 3 lety +5

    🛑YESU SI IMANA RWOSE NI UMUNTU
    ▪︎Yohana 8:39-40 =

    • @utina5052
      @utina5052 Před 3 lety

      Yesu kristo ni Imana cyane ubyemere cyangwa ubyange.mwi ijambo ry’Imana ari yp Bible yera (Holy BIBLE) muri Yohana 14:6 uravugango Yesu aramubwira ninjye nzira nukuri n ‘ ubugingo ntawe uzajya kwa data ntamujyanye. Ukomeze umurongo wakarindwi havuga ngo iyaba nwaramenye muba mwaramenye na data .uhereye none muramuzi kandi mwamubonye.usome Matato16:15 usome nanone usome ibyakozwe n’Intumwa 4:11,12.usome nanone Abakorinto na mbere 12:3 haravuga ngo nicyo gituma mbamenyesha ko nta muntu ubwirijwe n’umwuka W’lmana

    • @utina5052
      @utina5052 Před 3 lety

      Ukomeze usome icyo gice abakorinto ba mbere 12:3 Nukuri Yesu kristo akugirire neza kandi ukizwe wakire unwami Yesu Kristo mumurima wawe.

    • @mgquranmedia4981
      @mgquranmedia4981 Před 3 lety +1

      @@utina5052 ntaho ndi kubona Yesu ubwe yiyise Imana nk'uko yiyise INTUMWA Y'IMANA cg se Umuntu
      None se iyo mirongo natanze haruguru ni ibinyoma? Cg gira ukundi uyinsobanurira bihabanye n'ibigaragara ahubwo sinzi muvandimwe niba wasomye neza iyo mirongo.

    • @mgquranmedia4981
      @mgquranmedia4981 Před 3 lety

      @@utina5052 naho Yesu kuvuga ko ariwe nzira n'ukuri n'ubugingo! Ni uko utazumva ubutumwa bwe adashobora kugera ku Mana koko! Kuko ariyo yamutumye, kandi koko umenye intumwa neza akayumva aba amenye uwayitumye!

    • @mgquranmedia4981
      @mgquranmedia4981 Před 3 lety

      @@utina5052 Wansubije nkaho hari ijambo ryanjye na rimwe riri muri iyo mirongo kandi yose iri muri Bibiliya!.

  • @umulisagraceumulisa4195
    @umulisagraceumulisa4195 Před 3 lety +2

    Ibya Israheri na Palestine byo Sheh abihereye hagati. Bose ni abavandimwe kuva mu ntangiriro Kuko Israheri akomoka kuri Izaki Abrahamu yabyaranye na Sara, naho abanyepalestina bagakomoka kuri Ismael Abrahamu yabyaranye n'umuja Hagara. Kandi ntakwirengagiza ko abayisraheri bambuwe igihugu cyabo Kuko bagiye batotezwa birukanwa bakanabajyana bunyago ( ibi byabayeho guhera na mbere y'ivuka rya Yezu Kristu ) . Nkuko n' abanyepalestina nabo bagiye bahura n'akaga no kubabazwa nubu bitararangira ( nabyo umuntu wese ukunda amahoro atashyigikira ) .

  • @antoinentagwabira9137
    @antoinentagwabira9137 Před 3 lety

    Amazing!

  • @Jesusavior
    @Jesusavior Před 3 lety +2

    Abo bagabo iyaba bahumukaga amaso bakamenya neza umwami Yesu.
    Kanda subscribe kuri INDAHEMUKA T.V. ujye umenya ibijyanye n'indirimbo z'Imana n'ijambo n'ibiganiro turimo kubategurira.

  • @truthwin5854
    @truthwin5854 Před 3 lety +3

    Abo ba sheikh bombi barasobanutse💪💪 Bazakore akazi ko kwigisha aba islam idini ryabo kuko barayisobanukiwe. Kandi iyo Islam basobanura niyo nyakuri tuzi abakuranye naba islam bigihe cya kera izo values zabo twazihamya. Ibyaje nyuma bya terrorisme ni politique yitwaje idini nkuko sheikh harerimana yabisobanuye neza.👌👏

  • @mgquranmedia4981
    @mgquranmedia4981 Před 3 lety

    IMANA IMWE RUKUMBI, UWITEKA, UHORAHO
    Soma:👇BIBILIYA
    👉Gutegekakwa kwa kabiri 4:39 =”Ni uko uyu munsi menya iki, ugishyire
    mu mutima wawe, y’uko Uwiteka ariwe Mana mu ijuru no mu isi.
    ntayindi”
    👉Abefeso 4:6 =”hariho Imana imwe…”
    👉1 abakorinto 8:6 = “Ariko kuri twe hariho Imana Imwe…”
    👉Yesaya 45:25 “Ni jye Uwiteka nta wundi, nta yindi mana ibaho itari Jye”.
    👉1 Timoteo 1:17 =”Umwami nyir’ibihe byose udapha kandi utaboneka
    niwe Mana imwe yonyine ihimbazwe kandi icyubahiro kibe icyayo iteka
    ryose”.
    👉Mariko 12: 32 =” Uwo mwanditsi aramubaza ati : ni koko mwigisha,
    avuze ukuri yuko IMANA ARI IMWE NTA YINDI KERETSE YO YONYINE.”

  • @mwenedataandrewkaggwa7747

    Ko ntacyo mwavuze kuri djihad cg ibyo bita intambara ntagatifu. Izo zatangijwe kera cyane kandi zakorwaga mu izina ry'Imana njye nakeka ko arizo ntandaro y'ubwiyahuzi.

  • @Blackrwander
    @Blackrwander Před 3 lety +1

    Isimbi nihano mbasha Kureba Video imara isaha ikarangira. Aba bagabo Bazi ubwenge kbsa. May Allah Bless them in the name of Jesus Christ.

  • @kantengwacatherine9790

    Ngahooo ngo ntiyabambwe ibi turabizi ko muzabihakana ariko se ko twabwiwe ko abazabihakana aribo antikristu igihe kirageze ngo akore cyakora ngo muzamenya ukuri Niko kuzababatura umunsi babashyiriyeho gusenga umunsi umwe nibwo twese tuzemera ko Yesu yasize avuze ko Hari abazamwihakana niwe mwami w isabato tuzabimenya bitari kera

  • @kwizerahashim6667
    @kwizerahashim6667 Před 3 lety +1

    sabin komerez,aho abantu bamenye ubuyislam

  • @nshutialdjaru1238
    @nshutialdjaru1238 Před 3 lety

    Nukuzirikana ko haricyo twumvise twese umunsi runaka tuzibutswa ibyo twabwiwe nabo twahuye nabo nibyo batugejejeho
    Sabin uba wakoze cyane nkunda ko ba sheikh batajya bavuga nabi abo badahuje ukwemera

  • @ericanancy4789
    @ericanancy4789 Před 3 lety

    Allah abongerere ikomeze kubarinda mumahoro sabe bwira sheikh harerimana uti ndamukumbuye narimaze imyaka ntamubona nanuherukaga kera nkiri akabebe bambi anyibukije murugo mumuryango disi nkimubonana na basaza bange

  • @nasrahnouriath4095
    @nasrahnouriath4095 Před 3 lety

    Sheikh Allah abishimire kurwibutso rwiza mutugejejeho

  • @russobenjamin5340
    @russobenjamin5340 Před 3 lety +7

    ndi umukristu Arko aba muslm ndabemera cyane

  • @hilairengayaberura9273

    Sheikh Harerimana ni umuhanga cyane !

  • @martinhabimana
    @martinhabimana Před 3 lety

    Nkunda ukuntu Sheikh Abdulkarim atuje cyane

  • @nirembereburingi525
    @nirembereburingi525 Před 2 lety

    Urayikura he kdi utemera Kristi, icyo ukwiye kumenya Ni ukotuzi inkomoko yanyu muzabeshe abatagira icyobatazi.

  • @allyfahed9325
    @allyfahed9325 Před 3 lety

    Alhamdoulillah kubwiki kiganiro kinyigishine byinshi murakoze ba sheikh

  • @jeanmariensabimana5402
    @jeanmariensabimana5402 Před 3 lety +2

    Umbwire kuri guerre sainte contre les infideles , Hanyuma harakantu keza sheikh avuze ati marayika yaramutwaye aratwita, inda yavuyehe rero?

    • @lishi3602
      @lishi3602 Před 3 lety

      None wunva iyo yavuye arico catuma umusenga????, birya ww ubona ko kidashoboka imbere y lmana birashoboka kandi lmana ivuze ikintu kibe kiraba

  • @mgquranmedia4981
    @mgquranmedia4981 Před 3 lety +1

    ✍YESU NTAZI BYOSE, NTASHOBORA BYOSE, SINAWE
    UGABA IJURU🛑
    ▪︎Mariko 13:32 = “Ariko uwo munsi cyangwa icyo gihe nta ubizi naho
    baba abamalayika bo mu ijuru cyangwa UMWANA W’IMANA keretse
    Data”.
    ▪︎Yohana 5:30 =”Ntacyo mbasha gukora ubwange ahubwo uko numvise
    niko nsha amateka kandi ayo nsha ni ay’ukuri KUKO NTAKURIKIZA IBYO
    NKUNDA UBWANGE AHUBWO NKURIKIZA IBYO UWANTUMWE
    AKUNDA”.
    ▪︎Matayo 20:20-23 =”Maze nyina wa bene zabedayo azana
    n’abana be aho ari aramuphukamira ngo agire icyo amusaba Nawe
    aramubaza ati: urashaka iki? Aramusubiza ati: tegeka ko abana bange
    bombi bazicara mu bwami bawe umwe iburyo bwawe undi ibumoso.
    Yesu aramusubiza ati: Ntimuzi icyo musaba mwabasha kunywera ku
    gikombe nzanyweraho,ARIKO KWICARA IBURYO BWANJYE N’IBUMOSO
    SI JYE UBIGABA, KERETSE ABO DATA YABITUNGANIRIJE✍

    • @angelique5867
      @angelique5867 Před 3 lety

      Erega Yezu ni IMANA yigize umuntu ikaba yaraje gutabara Isi mumyumvire no mubugingo. Niyompamvu yari INTUMWA ikaba n' UMWANA W'IMANA. Ibyo mwandika ni mubutumwa bwe Yohani 17.6 kugera 14. : I revealed your name .......cg I given them your word...... Ni ukutwereka ukuri. Naho UMWANA W'IMANA ni ukuduhishurira abo turibo nko kunyigisho isengesho rya Dawe uri mwijuru..... Naho ubundi muri Yohani 17.5 atwibwirirako yahozeho. No muri luka 1, 34-35 Gabriella yabwiye Maria uko azatwita, kandi yavuze Roho Mutagatifu ntabwo yivuze. Kandi Yohana 16.28 aravuga ngo I came out from the father and l have come into the word....Urumva ko twe ntabushidikanyo dufite🤷‍♀️ kuko abyivugira🤷‍♀️..EREGA ikibazo arinacyo gitera INTAMBARA ahanini mubihugu bimwe nabimwe. benshi bumva ijambo kurindi🤷‍♀️ Yezu yatweretse ko naba Yahudi aricyo cyabagoye. 🤷‍♀️Urumvako ntawe narenganya nubwo ntazi niba ari uko namwe mubyumba.

  • @lionelmusitanteri1651
    @lionelmusitanteri1651 Před 3 lety +3

    Allah abashimire

  • @angeliquemrsbowazi8447
    @angeliquemrsbowazi8447 Před 3 lety +1

    Mwebwe usibye Ubuntu bwayesu nahubundi mwaratwawe rwose

  • @nduwimanaaline2034
    @nduwimanaaline2034 Před 3 lety

    Izina rya Yesu rikiza indwara zananiye abagànga imyuka mibi irahunga ikindi naco mutazi gihishijwe nuko ivyaremwe vyose vyaremwe nawe bisigura kwari mana data muvuga knd yaravuzeko atamwana atadata knd aravyongera ngo ntawuvuga ngo arakunda data akanka umwana

  • @kingdavid-jr8yl
    @kingdavid-jr8yl Před 2 lety

    Iyo mbumba mbanumva intego yanyu nugukundisha abantu idini yanyu ya kislam ntakindi gusa harubwo muzahumuka mukamenya Yesu wabambwe nkuko uwahoze arimwene wanyu Anicet byagenze. Bene data ntiwashobora kumva ubyumusaraba utabibwirijwe namwuka wera nuko rero niba ntawe urimumuntu ntiyashobora kuba umuhamya rero ndumva ntarenganya utaramurikiwe nuwomucyo.

  • @mutra9711
    @mutra9711 Před 3 lety

    Jarimo ishuli ryiza cyane

  • @sebazungusylvere2648
    @sebazungusylvere2648 Před 3 lety +5

    Ndanyuzwe peee % Sabin Uzamutubarize Kucyaha Cyubusambanyi Muburyo Burambuye Ningaruka Zacyo Mububima Tubamo .

  • @samuelnsengiyumva726
    @samuelnsengiyumva726 Před 3 lety

    Nongeye gushimira mwe abatugeza ho iki kiganiro. Nigeze gusaba ko habaho débat hamwe nk'Umukristu koku byaba byiza kurusha ho. Rero niba byakunda jye nsabye ko mwazantumira nk'umukritu tukaganira. Murakoze
    .

  • @chema5961
    @chema5961 Před 3 lety +1

    Bavandi bacu nago baje kubahindura kuko niwayobora uwayobyo icyabazanye hono Nukubasobanturira ibyo mutwibazaho so nibaje ngo muve kumadini yanyu icyonzi ukuri kurahari

  • @cyizaashatv4600
    @cyizaashatv4600 Před 3 lety +1

    Ndabakunda cyane ba Islm

  • @marcelshema109
    @marcelshema109 Před 3 lety

    Uyu Sheikh Ashraf muzamuhuze n'umu Pastor witwa Ngarambe Albert baganire kuri Yesu byaba byiza natwe tukungukiramo

  • @betterhometv4487
    @betterhometv4487 Před 3 lety +3

    Amahoro y'Imana kurimwe duhuje ukwemera namwe duhuje ubumuntu mbararikiye gusobanukirwa idini ya Islam kuri channel ya BETTER HOME TV murakoze!.

  • @russobenjamin5340
    @russobenjamin5340 Před 3 lety +4

    nines kuki aba muslim mutavuga yesu issa ahubwo mukavuga muhamadi cyane

    • @educationbusinessfaitsdive7071
      @educationbusinessfaitsdive7071 Před 3 lety +2

      Yesu turamwubaha no munkingi zukwemera zubuyisilam utemeye Yesu ntiwaba Uri umuyisilam naho kuvuga Muhammad nuko ariwe woherejwe kugihe cyacu Yesu yohererejwe abayisirael niyo mpamvu.

    • @BNG3923
      @BNG3923 Před 3 lety +2

      Nuko Muhamad ariyo ntumwa yanyuma yoherejwe kubantu bose. Hanyuma yesu cy issa tumwemera nkintumwa y' Imana gusa kuko we yoherejwe kubana ba israel gusa

  • @mgquranmedia4981
    @mgquranmedia4981 Před 3 lety

    YESU NI UMUGARAGU USENGA IMANA
    IKAMUYOBORA🛑
    Ibyakozwe n’intumwa 3:13 =.👍
    Matayo 26:30 = >.👍

  • @kingdavid-jr8yl
    @kingdavid-jr8yl Před 2 lety

    Sabin uzaduhamagarire Anicet Niyomugabo.

  • @eliseerollerskater5057
    @eliseerollerskater5057 Před 3 lety +1

    Niba ataruko barimbere y’a camera, ibyo bavuga baramutse babyubahiriza baba bafite ukuri kandi ari bazima, kuko nzi benshi kandi bo hejuru bakora nibibi birenze kubatari abisilamu. But these two guys are somehow right niba bitari za njuga kuko kubivuga no kubikora ni inshinga 2 zitandukanye

    • @Dinosucre10
      @Dinosucre10 Před 3 lety +1

      Islam is perfect but muslim are not perfect , ntukareba ibyo bakora ahubw ujye wumva ibyo islam itubwira

    • @eliseerollerskater5057
      @eliseerollerskater5057 Před 3 lety

      Dino 10 ntago ariko bimeze biranditswe ngo tuzabamenyera ku mbuto zabo, nta wagira amatsiko yo kwinjira ahantu ngo arote ko ari heza atabona abahatuye bo babayeho neza iyo abona ko atari beza ntiyakwifuza ko yahaba biri clear! Uburyo wifata nuko ufata abandi not kuvuga gusa nibwo buguhesha kwizerwa no kuganwa ntago arinyubako rafiki yangu

  • @am-khalifa6491
    @am-khalifa6491 Před 3 lety

    Uzadutumirize sheikh Mohammed rubona numuhanga cya yize amateka

  • @husseindesign6311
    @husseindesign6311 Před 3 lety

    Asalam alaikum Turashimye cyane kubwubusobanuro

  • @nduwimanaaline2034
    @nduwimanaaline2034 Před 3 lety +11

    Sha ndiho abarengere mwarazimiye

    • @chanicechandan2729
      @chanicechandan2729 Před 3 lety

      Cane 😭😭

    • @lesbeautyglory2869
      @lesbeautyglory2869 Před 3 lety

      Nukuri bakeneye kumenya ukuri mupfashe tubasengere umwami wacu abiyereke.🙏🙏

    • @chanicechandan2729
      @chanicechandan2729 Před 3 lety

      @@lesbeautyglory2869ukuri aba sheikh barakuzi cane aba islam bato nibo baja muvyo batazi

    • @mgquranmedia4981
      @mgquranmedia4981 Před 3 lety +1

      Ukuri uvuga ni ukuhe? Mbwira icyo bavuze babeshye nkusubize nkoresheje BIBILIYA

    • @mgquranmedia4981
      @mgquranmedia4981 Před 3 lety +1

      Icyo UTEMERA SE NI UKO YESU
      Ari : 1. UMUNTU
      2 . INTUMWA Y'IMANA
      Cg icyo utemera ni UKO ATARI IMANA?
      Mbwira ngufashe! Niba unavuga ko YESU Yabambwe utubwire aho yabanbwe n'isaaha yabambiweho! Kuko na Bibiliya ntibivugaho rumwe.

  • @mgquranmedia4981
    @mgquranmedia4981 Před 3 lety +2

    Matayo 15:24 BYSB
    Arabasubiza ati “Sinatumiwe abandi, keretse intama zazimiye zo mu muryango wa Isirayeli.”

    • @samuelnsengiyumva726
      @samuelnsengiyumva726 Před 3 lety

      Twibuke ko yavuze ati nimakwa hagati y'isi n'ijuru nzireherezaho amahanga yose

  • @hakizimanaomar8992
    @hakizimanaomar8992 Před 2 lety

    Turakwikundi shekh wac mwiza

  • @tuyishimeracheal1314
    @tuyishimeracheal1314 Před 3 lety +2

    Numb 1👍

  • @cyuzuzo648
    @cyuzuzo648 Před 3 lety

    Mbere na mbere hariho Jambo; Jambo uwo yahoranye n'Imana kandi Jambo yari Imana.
    (Yohana 1:1)
    Haribintu twibaza tutabonera igisubizo ubwo nibwo bwiru bw'Imana budutandukanya nayo gusa Yadusigiye umufasha mwuka wera niwe uzadufasha guhishurira ubwiru bw'Imana Ubutatu butagatifu.ubaye uhishuriwe ubu buryo wasobanukirwa Imana data,Imana mwana,Imana mwuka wera.

    • @btka2195
      @btka2195 Před 3 lety

      Uwo murongo kubera guhindura indimi wataye umwimerere. Wowe wabayeho rimwe na so. Kandi wowe wari so. Nushira mubwenge urabona ko traduction ari trahison!

  • @jamilamanariyojamila1487
    @jamilamanariyojamila1487 Před 3 lety +1

    Allah Abagirirenez

  • @larycheerful89
    @larycheerful89 Před 3 lety +4

    Sabin, uzabahuze na Pastor Antoine Rutayisire kuri debate ya Yesu 🙏🏾👌🏾

    • @samsungk2508
      @samsungk2508 Před 3 lety

      Uriya ninjiji

    • @chema5961
      @chema5961 Před 3 lety

      Ndakurahiye niyabyemera erega bariya mwita ko arabasiteri babahisha ukuri ndakurahiye abatinya debeti na gafanga bazayikirana naba

    • @rugambaali7241
      @rugambaali7241 Před 3 lety

      Sheikh Ahmed Deedat ubwe yasabye debate na Pope gusa ntibyapfa gukunda cyakora ushaka kumenya ukuri ubasha kumva icyongereza ushake Debat za Dr Zakir Naik kuri CZcams

  • @faustinaignaceuwubutatu4838

    Utuzanye mubuhakanyi noneho .

  • @hakizimanabadrou8566
    @hakizimanabadrou8566 Před 3 lety

    Sabin wazadukoreye ikiganiro na sege(ushinzwe ivugabutumwa muri Islam murwanda) mukaganira kuri yesu icyo bibiriya imuvugaho nicyo cor'an imuvugaho

  • @rutahasteven2683
    @rutahasteven2683 Před 3 lety +3

    Mwemera ko yavutse muburyo bw'igitangaza mukemerera ko yarumwana udasanzwe mukemerera ko azagaruka kdi Muhammad wanyu mukemerera ko atazagaruka ese muhesha amahoro nimigisha Muhammad mute kdi ategereje kuzuka ese uwamaze gupfa abagisabirwa ngo bimumaririki?

    • @jayavatar1577
      @jayavatar1577 Před 3 lety

      Sha numva kabisa aho hantu hari ikibazo, bemera gute uwapfuye atazonagaruka aho kwemera uwagiye mw ijuru kandi azagaruka? Na Muhammad wenyine yabasavye kumusuhuriza Yesu nagaruka!

    • @rutahasteven2683
      @rutahasteven2683 Před 3 lety

      @@jayavatar1577 bambarize Yesu yarapfuye arazuka nabo bemera ko azanagaruka ariko uwo Muhammad wabo ntiyazutse ahubwo birirwa bamusabira ahokwemera uzagaruka

  • @mbonigabajeanpaul7337
    @mbonigabajeanpaul7337 Před 3 lety

    Muzamenya ko ari umwana wimana akanaba Imana umunsi muzapfa nibwo muzamenya ko ari Imana kuko muravuga ibyo mutazi muri mu mwijima.

    • @nsanzumuhirechaffy1432
      @nsanzumuhirechaffy1432 Před 3 lety

      Muvandimwe munyacyubahiro nta mukristu ufite ubumenyi bwuzuye kuri Yesu kuko Biblia yanditswe n,abantu batazi Yesu urabizi, hari abashinzwe kuyivugurura,ntabwo yaba Imana NGO Abe n,umwana wayo,ntabwo warukwiye kujya impaka ahubwo jyira amatsiko yo kumenya ibyo utamenye.

  • @peaceyvetteirabizi724
    @peaceyvetteirabizi724 Před 3 lety +4

    I feel sad for these men ❕ Yesu yarabanbwe aranazuka and he is the son of God. Read John 3:16

  • @sawdaasawdaa7903
    @sawdaasawdaa7903 Před 3 lety

    Haruwabambwe nabwo yari yesu ,IMANA ISHAKA KWEREKISI KWISHOBOYE ICISHAKA COSE UBWO NGUBWO AZAGARUKANIGYA MYAKAYE AGARUKABEHO HAMA PFE NKIBINDIBIRRMWA ALLAH NIWE NTANGO NINAWE IHEREZO IVYOVYOSE TUBONANIVYOTUTABONA NIVYO TWUMVA NIVYA ALLAH

  • @rutahasteven2683
    @rutahasteven2683 Před 3 lety +1

    Sha icyangombwa nuko mumwemera sha uribaza umwana wavutse murubwo buryo nigitangaza numwana w'imana azagaruka kdi niwe nzira nukuri nubugingo sha nimushaka muzareke kubigoreka

    • @aminailiasa1260
      @aminailiasa1260 Před 3 lety +1

      Cheikh Allah akomeze akwishimira kunyigisho zawe

  • @user-rk8ng6lx3t
    @user-rk8ng6lx3t Před 3 lety +1

    Atleast aba bo ni sawa ariko islamu ntakigenda pe !!

  • @laurence7961
    @laurence7961 Před 3 lety

    Nyamara coran yemera ko bica umuntu wese uhakanye cgw uvuye mu idini ya islam. Uvuze nabi Mahomet....aricwa 😭
    Nimunyemerere ko ari uko tugira umugisha wo kuba igihugu cyacu kitagendera ku mategeko ya islam ! Ibyo mutubwira mwabihindura.
    Avec tout le respect que je vous dois, munyemerere mbabwire ko byinshi mubyo muri kutubwira muri guca ku ruhande y'ukuri namwe muzi. Coran twarayisomye,.......

  • @user-os9ul5iu5y
    @user-os9ul5iu5y Před 3 lety +2

    Mukomere ba chekh.turabakunda cane mubandanye inyigisho tubatubakurikira cane