Yohana 17:3 BYSB
Ubu ni bwo bugingo buhoraho, ko bakumenya ko ari wowe Mana y'ukuri yonyine, bakamenya n'uwo watumye ari we Yesu Kristo.
Nkunda ukuntu muvugana ikinyabupfura no kwicisha bugufi, bituma umuntu abatega amatwi neza atuje.
@@lionelmusitanteri1651 afite kwicisha bugufi nkuko ubibona muri comment ye!
Murakoze cyane Sabin aba Babyeyi ndabakunda cyane Nubwo ntari Umuyisilamu!Uzatubarize Sheikh Ashraf kubijyanye Iremwa ryumuntu wa mbere kugeza Imana imuremeye umufasha. Azatubwire Urubuto bariye urwarirwo. Kuko barasobanura nkumva nsobanukiwe neza Allah abakomereze intambwe zabo
Sheikh Ashraf ufite impano yo kwigisha. Imana ikongerere ubumenyi. Thx!
Sh. Ashraf ufite impano yo kwigisha nogusobanurapeee, Kandi bigaragara nezako uvuga ibyo uzi, nukuri warampinduyeeepe, Kandi nizerako wahinduye benshii, usobanura nezaa nkabikunda, uge uza wenyinee utwigishe kenshi rwosee. Murakoze
Oh yesu wabambwe kumusaraba kubera ibyaha byacu kumunsi wagatatu arazuka Ubu yicaye iruhande rwa se oh yesu umwami wacu 😘mugihe gito azaza gutwara abe Amen
Yesu si umwami umwami nguyu 1timotego 6:16
Dore icyo yesu aricyo Luka 12:8
Ikindi yesu aricyo nintumwa y'imana Gusa akaba numugaragu wayo 1 timote 2:5
Impamvu mutazi nuko mutaramenya, kandi impamvu mutazamenya nuko mutabigenewe. Mwe muravuga yesu ariko njye sinizera yesu ahubwo nizera Umwami Yesu Kristo. Uwo rero muvuga koko nuwanyu ntiyababwe kuko ntambaraza yari kugira zamuzura. Uwanjye rero byamubayeho kuko nizera Umusaraba kandi Yarabambwe arazuka. Mujya mubitabareba ntimwasobanukirwa
Mwakoze kubazana kbs gusa imyizerere itarimo mwuka wera ntayo kbs abantu batahure yuko ufite uwo mwana(Yesu) afite ubugingo bw’Iteka 👏🏾👏🏾
Ntago biterwa Yesu niwe nzira n’ukuri n’ubugingo kandi ntawe ujya kwa Data atamujyanye
@@lionelmusitanteri1651 soma Abaroma 8 havuga ngo abayoborwa n’unwuka nibo bana b’Imana
Umwami wanje Yesu yarabambwe, naho We ata caha yakoze, arapfa arazuka, Yicaye iburyo bwa Data!
ni byo yesu ntabwo ya babwe mbay uwamber bwemey yesu ari mwijuru kandi aza garuka kwisi
Amen Amen 🙌🏾🙏🏽kandazagaruka atujyane mubwami bwa Dada kugirangwahwari natwe
tuzabeyo Yohana 14:2
Imana ibampere umugisha! Yesu Kristo Umwami bita Massih Issa, iyo Adapfa ngo Anazuke, nta cyo Yajyaga kuba atumariye kuko ibihembo by'icyaha ari urupfu; akaba igihano kiduhesha Amahoro cyarabaye kuri We. Mbese bya bihembo byacu by'urupfu, ni We wabihembwe mu kimbo cyacu, akaba ari na yo mpamvu Yitwa Umucunguzi wacu! Ni Umushumba mwiza wapfiriye intama Ze, si iza Se! Muri make Yigize Umuntu adatakaje Ubumana Bwe! Ni We Imanweli bisobanura Imana iri kumwe natwe. Ubu rero Ntakiri kumwe natwe, ahubwo Ari muri twe mu ishusho ya Mwuka Wera iyo tuvutse ubwa kabiri mu kwizera Amaraso Ye, mu kwihana ibyaha no mu kubatirizwa mu Izina Rye (Yesu Kristo). Ni We ya Ntama Nabi (umuhanuzi) Ibrahimu yasogose igacungura umwana we Isiaka agataha (n'ubwo Abayisilamu bavuga ko yari Ishimayeri).
Maa Shaa Allah, I can't wait kojyere kubumva sabin uzojyere ubazane kuri icyo kiganiro azakoresha imirongo ya bibiriya nawe uzemera kbs, ubusilam buraryoshye kweli😍😍😍😍😍
Muri Luka 28-35 Kamvuge ku mu rongo urimo Simiyoni aravuga ati"uyu ashyiriweho kuba ikimenyetso kigirwaho impaka"mujye muvuga muziga kuko ubumenyi bwa muntu ntibwemera ark Kristo yakwihuriye wagaruka unyomoza ibyo uvuze,Yesu ni Umwami wacu kd satani akorera mu biyita injijuke kugira ngo bahakane,Yezu abihishurire gs nkeka ko ataragufata uvuga uko ushaka.
Yesu ntawamuhakanye tumwemera kureza ukomubizi ahubwo nkibaza impamvu mumwitirira ibitarabayeho( niba usoma bibiriya neza kubambwa uzi igisobanuro cyabyo? Wambwiragute koyesu yabambwe kdi icyabambwe ari ikivume kumana? Ubwontimwaba ahubwo mumwambura icyubahiro imana yamuhaye? Think twice
Ikindi uyo Yesu muvuga ko arumwami mukavugako ariwe IMana mukonjyera ngo yarapfuye amara iminsi 3 mukonjyera ngo yarazuste !!!Nanjye mbaba ijyihe yariyapfuye akamara iminsi 3 ISI yatejyekwaga nandeeee?????????
Yesu yarabambwe kubwacu arapfa arazuka ku munsi wa gatatu n'ukuri niwe nzira itugeza kwa Data wa twese 🙏🙏
Imana yatanze umwana wayo ngo abambwe kugirango amaraso acungure abantu ubwo yari yabuze ubundi buryo yakoresha kugirango icungure abantu? Iyo mana yari yabuze uburyo ibigenza kugeraho Itanga umwana urumva atari ikibazo kndi tuziko ishobora byose ivuga uti kibe kikaba
@@lionelmusitanteri1651 Ntabwo yancunguye ahubwo yaje azanye ubutumwa nkuko n'izindi ntumwa zose zagiye ziza
Ubundi Agakiza kabonerwa k'Umusaraba kandi ntibawemera ubwo rero kuba bazi Yesu ntacyo bivuze keretse bemeye ko yabambwe akazuka mubapfuye
Kwemera ko yabambwe akazuka, ntaho bihuriye n'imyemerere imushingiyeho inashingiye ku Mana yamutumye! Icy'ingenzi ni uko atari Imana akaba ari Intumwa yayo akaba n' UMUGARAGU WAYO.
Aba bagabo bazi ko aribo basomye ubwo ni abahanga mugusoma! Ni bageze aho!
YESU Yaratubambiwe.
Isimbi tv Kora umuti in shaa Allah murwanda basobanukirwe neza Islam
Sheikh Ashraf Allah agume kukwongurera ubumenyi ndetse nokuramba ucyigisha abantu kumenya neza ukwiye gusengwa
Isimbi Imana ibahe umugisha.kimwe kinejeje nuko ubwabyo bavuze izina Yesu.ibyo birahagije .
Cane dis. Uwund yavuze kwabakristo tutabadumvya gukunda yesu nabone baramwubaha.
@@nkundimanamarie-therese1301 kangahe?😁😁😁uwo bafise urakwiye.
Mpore cane!
@@heavenlyjoy794 Imana Idutabare kuko ar'inyigisho z'ubuyobe nyinshi !
Muvuge muti: twemeye Nyagasani ALLAH n’ ibyo twamanuriwe, ibyamanuriwe Ibraahiim, Ismaa’iil, Is’haaq, Ya’aquub n’abamukomokaho, ibyahawe Muusa na Isa n’ibyahawe abahanuzi biturutse kwa Nyagasani wabo. Nta n’ umwe tuvangura muri bo, ni na We twicishaho bugufi.
Uzayisome rwose bibiliya bizagufasha😊 inzira z'Imana ni nyinshi ushobora kuzayisoma urimo ushaka imirongo yo kutwemeza ahubwo ukabona ikwemeza wowe kwizera Yesu Kristo. Imana izagufashe muri urwo rugendo rwawe rwo gusoma bibiliya😊
Bibiriya irimo amagambo meza ariko ikaba irimo namagambo ya muntu bitewe ninyunguze bwite
Munsomere musigur icyo Muhammad (SAW) yavuze hano
Surat 7:158
Surat 19:33
Izindi nzazizana ni biba ngombwa
Asalamawalaikum walahamatululah wabalakatuh save nakundaga isimbi ariko byarikubye ndabakunda cyanee cheikhe wacu turamukurikira ijana will jana numusaza wacu Allah abahe ibyiza byari jana 🥰🥰🥰🥰
Mu mateka y'iyobokamana ( histoire de l'église) by'umwihariko amateka ya kisilamu, mwibuke ko muri Orient basengaga ibigirwamana byinshi dont l'un s'appelait allah. Muhamadi icyo yakoze ni uko yishe abanze gusenga allah. Icyo yakoze ni uko yashoboye
guhindurira abantu ku kigirwamana kimwe gusa.
A bon entendeur ,salut.
Bantu b'Imana, ndabinginga ngo musenge Imana , izabasobanurira byose.
Consultez bien un ancien sataniste qui s'appelle Jonas Lunkutu Mpala. Azababwira byinshi.
Arahari kuri CZcams.
1 Timoteyo 2:5 BYSB
Kuko hariho Imana imwe, kandi hariho Umuhuza umwe w'Imana n'abantu, na we ni umuntu, ari we Yesu Kristo
.YESU NTABWO ARI IMANA AHUBWO NI UMUNTU AKABA INTUMWA Y'IMANA.
@@angelique5867 Yego bakubrize uwamuteye inda kuko Imana ntiyiyiziye kuri Mariya ahubwo yatumye Malaika Gabriel 😀 umbwire nawe ubwo nyir'inda ni inde?
Shekh jazakallah kheri shukran
Sabee urakoze cyane kandi cyane imana iguhe umugusha
Kandi mubihe byanyuma yesu ntazareba amadini azareba imitima yacu nibyo twakoze muli iyi si ubundi agende afata muli buli ibyo twita amadini abazaba balitwaye neza yesu atugilire neza Amen🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
God First ubumuntu nibwo bwambere ntawuzakandagira mwijuru nta bumuntu yigeze agira.
Balaq'allah feekhum bwana walimu wetu , mnasemesha ukweli kbs, ubundi abantu batazi umu Islam babwibeshyaho, ntbw Islam ari abicanyi no. Thex sabin
Mubyange mubyemere Yesu Kristo yarabambwe,arazuka asubira mu ijuru mu bwiza bwe kuko ariho yari yaravuye mbere yo kwambara ishusho muntu. Ni Imana azahoraho.
Niwe nzira n'ukuri n'ubugingo. Ntawe ujya kwa ku Mana Data atamujyanye.
Ababihakana bazasenge basabe Imana Data igire ibanga ibahishurira.
Soma abahenurayo 5:7 mujye musoma neza bible kuko nayesu ubwe yarabivuze ngo matayo 22:29
Mubyukuri ababantu ni imfura cyane. Baraganira neza bitonze mbese mbifurije imigisha myinshi cyane.
Yesu azabihishurira kandi muzamenya byose. disepline mugira yiba mwayongeragaho kumenya yesu numwuka Wera
We need part 2 and 3 for sure we hv a lot of questions about Islam thanks sabin uri ununyabwenge gutumira abanyabwenge 🤩♥️♥️♥️♥️✅✅✅✅✅
Nukuri ibyo mwavuze byose nabyemeye gsa ibyo kuvuga ko Yesu atababwe cg ngo azuke byo ntago nemeye. I can't wait kumva urimo kubitwumvisha neza tubibone.
Kandi bibiriya ivugako uwabambwe aba arikivume ubwose yasu arikivumese usome bibiriya neza
Ndapfuye Ububuhanga Muri Introduction harahandi mwijyeze mubyumva ra,Ababagabo Nabahanga Kbs. Abadiventiste Turabasuhuje tuti Allah Abakomereze Ubumenyi.
Yesu nuwenziranukuri nubujyingo ntawujyankadata tamujyanye esekuwakoragicyahayaterwagamabuye
Yesatarazamuracyayaterwa mwakunzeyesurahacyibona
Aslam alaykum heikh ndabashimira cane allah abarinde ndi burundi
Sabin Sabin!!!!
wowe ntubaho !!!!!!!!
Imana izakugire umuslam !!!! Nicyo ngusabiye
reba iyo mirongo yerekanako Yesu ali umwana W,lmana soma Bibilia yohana 3:16 1yohana 1-2-4 1yohana 4:15 Tito 2:13 nashimye ikiganiro cyabatumirwa bawe aliko bavuze ibya Yesu muburyo butaribwo uzabereke izo vs ubutaha nzaguha izuko Yesu ali Imana kdi ko ya naBambwe nibindi uzasome coment gusa
Mungu wanjee papa umbabarire muri suria nabazungu ntabwo ari abaislam babikora ahubwo nabantu badakunda abaislam peee 😭😭abaislam turarengana
Thanks isimbi we love you so much from NEW YORK
Mwakoze ku kiganiro cyo gusobanura ko kumenya no gusobanukirwa neza ibyo tugenderamo ari byo bidukiza.
Gusa, ariko se ko mbona, ku ngingo zimwe na zimwe, amadini atanga versions zitandukanye? Birayobera abantu birangire babonye ko idini y'ukuri (Imana) iba mu mutima w'umuntu, kumenya gutandukanya icyiza n'ikibi (kubaho neza no kubanira abandi neza), cyane ko idini ubwaryo ritazajyana abantu mu ijuru kuko imico myiza idaterwa no kubarizwa mu idini ahubwo gukora ibyiza bikurimo n'ibyigishwa hose n'amadini arimo, Imana itagira idini itanaritangije, yabagaho mbere y'uko amadini tubarizwamo abaho, byongeye umuntu yemera ibyo yigishijwe cyangwa yakuriyemo, kandi Imana ni iy'abantu bose.
Assalam alaikum warahmatullah wabarakatuh ... Allah abishimire mwese bavandimwe kunyigisho nziza mukomeza kutujyezaho...
Uko Anayisilamu bafata Yesu nawe niko azabafata. Inama nabagira ni uko bizera Imana n'umwana wayo w'ikinege Yesu Kristo. Yohana 14:1-3
@@mgquranmedia4981 Wikwigora ntabwo abakristu uyu murongo bawusoma kuko ubusanye nibyo bemejwe cg bemera. icyo nkunganiraho nuko Yohana ariwe muntu wabashije gusobanura Yesu mu kuri kuko yarafite ihishurirwa ryaho Yesu akomoka. uko avuga Yesu bitandukanye naba Luka na Marko
Muraho neza mwese bwana Sabin ibyo biganiro ni byiza aliko byaba nka bya bindi ngo ni ukwikiligita ugaseka Icyo kiganiro cyarushaho kuba kiza hali impande ebyili ni ukuvuga kuba hali Umukristu bikaba débats. Murakoze
*SubhanAllah*
Turabashimiye kukiganiro cyiza Sabin. Hon Sheikh Harerimana na Sheikh Ashraf Imana Izabahe iherezo ryiza kubumenyi badahwema kutugezaho. Tuzishimira kongera kubabona.
Nibyiza buli wese afite imyemerere ye nkuko ntawe yavuga allah nabi ngo mwishime muturekere papa wacu yesu umwami numucunguzi Amen uvuga bikaba ukora bigakoreka Amen oooh yesu uvura bagakira utegeka bikaba yoooo yesu shyirwa hejuru icyubahiro nicyawe yesu Amen hallelujah
Mujye mwibukako ntawuruta uwamutumye kko nayesu yarabivuze ngo ntimukamuhe ikuzo rirenze iryase rero yesu simana yogusingizwa ahubwo yatumwe kurimwe ntimukamwikoreze imizigo yanyu
Coraan ya kopeye amagambo meshi muri Bibilia cyane kuko Mohammed yandika coraan muri za 680 ikindi yesu isilam ivuga siwe yesu ahubwo bashyiraho ibindi
🛑YESU SI IMANA RWOSE NI UMUNTU
▪︎Yohana 8:39-40 =
Yesu kristo ni Imana cyane ubyemere cyangwa ubyange.mwi ijambo ry’Imana ari yp Bible yera (Holy BIBLE) muri Yohana 14:6 uravugango Yesu aramubwira ninjye nzira nukuri n ‘ ubugingo ntawe uzajya kwa data ntamujyanye. Ukomeze umurongo wakarindwi havuga ngo iyaba nwaramenye muba mwaramenye na data .uhereye none muramuzi kandi mwamubonye.usome Matato16:15 usome nanone usome ibyakozwe n’Intumwa 4:11,12.usome nanone Abakorinto na mbere 12:3 haravuga ngo nicyo gituma mbamenyesha ko nta muntu ubwirijwe n’umwuka W’lmana
Ukomeze usome icyo gice abakorinto ba mbere 12:3 Nukuri Yesu kristo akugirire neza kandi ukizwe wakire unwami Yesu Kristo mumurima wawe.
@@utina5052 ntaho ndi kubona Yesu ubwe yiyise Imana nk'uko yiyise INTUMWA Y'IMANA cg se Umuntu
None se iyo mirongo natanze haruguru ni ibinyoma? Cg gira ukundi uyinsobanurira bihabanye n'ibigaragara ahubwo sinzi muvandimwe niba wasomye neza iyo mirongo.
@@utina5052 naho Yesu kuvuga ko ariwe nzira n'ukuri n'ubugingo! Ni uko utazumva ubutumwa bwe adashobora kugera ku Mana koko! Kuko ariyo yamutumye, kandi koko umenye intumwa neza akayumva aba amenye uwayitumye!
@@utina5052 Wansubije nkaho hari ijambo ryanjye na rimwe riri muri iyo mirongo kandi yose iri muri Bibiliya!.
Ibya Israheri na Palestine byo Sheh abihereye hagati. Bose ni abavandimwe kuva mu ntangiriro Kuko Israheri akomoka kuri Izaki Abrahamu yabyaranye na Sara, naho abanyepalestina bagakomoka kuri Ismael Abrahamu yabyaranye n'umuja Hagara. Kandi ntakwirengagiza ko abayisraheri bambuwe igihugu cyabo Kuko bagiye batotezwa birukanwa bakanabajyana bunyago ( ibi byabayeho guhera na mbere y'ivuka rya Yezu Kristu ) . Nkuko n' abanyepalestina nabo bagiye bahura n'akaga no kubabazwa nubu bitararangira ( nabyo umuntu wese ukunda amahoro atashyigikira ) .
Amazing!
Abo bagabo iyaba bahumukaga amaso bakamenya neza umwami Yesu.
Kanda subscribe kuri INDAHEMUKA T.V. ujye umenya ibijyanye n'indirimbo z'Imana n'ijambo n'ibiganiro turimo kubategurira.
Abo ba sheikh bombi barasobanutse💪💪 Bazakore akazi ko kwigisha aba islam idini ryabo kuko barayisobanukiwe. Kandi iyo Islam basobanura niyo nyakuri tuzi abakuranye naba islam bigihe cya kera izo values zabo twazihamya. Ibyaje nyuma bya terrorisme ni politique yitwaje idini nkuko sheikh harerimana yabisobanuye neza.👌👏
IMANA IMWE RUKUMBI, UWITEKA, UHORAHO
Soma:👇BIBILIYA
👉Gutegekakwa kwa kabiri 4:39 =”Ni uko uyu munsi menya iki, ugishyire
mu mutima wawe, y’uko Uwiteka ariwe Mana mu ijuru no mu isi.
ntayindi”
👉Abefeso 4:6 =”hariho Imana imwe…”
👉1 abakorinto 8:6 = “Ariko kuri twe hariho Imana Imwe…”
👉Yesaya 45:25 “Ni jye Uwiteka nta wundi, nta yindi mana ibaho itari Jye”.
👉1 Timoteo 1:17 =”Umwami nyir’ibihe byose udapha kandi utaboneka
niwe Mana imwe yonyine ihimbazwe kandi icyubahiro kibe icyayo iteka
ryose”.
👉Mariko 12: 32 =” Uwo mwanditsi aramubaza ati : ni koko mwigisha,
avuze ukuri yuko IMANA ARI IMWE NTA YINDI KERETSE YO YONYINE.”
Ko ntacyo mwavuze kuri djihad cg ibyo bita intambara ntagatifu. Izo zatangijwe kera cyane kandi zakorwaga mu izina ry'Imana njye nakeka ko arizo ntandaro y'ubwiyahuzi.
Isimbi nihano mbasha Kureba Video imara isaha ikarangira. Aba bagabo Bazi ubwenge kbsa. May Allah Bless them in the name of Jesus Christ.
Ngahooo ngo ntiyabambwe ibi turabizi ko muzabihakana ariko se ko twabwiwe ko abazabihakana aribo antikristu igihe kirageze ngo akore cyakora ngo muzamenya ukuri Niko kuzababatura umunsi babashyiriyeho gusenga umunsi umwe nibwo twese tuzemera ko Yesu yasize avuze ko Hari abazamwihakana niwe mwami w isabato tuzabimenya bitari kera
sabin komerez,aho abantu bamenye ubuyislam
Nukuzirikana ko haricyo twumvise twese umunsi runaka tuzibutswa ibyo twabwiwe nabo twahuye nabo nibyo batugejejeho
Sabin uba wakoze cyane nkunda ko ba sheikh batajya bavuga nabi abo badahuje ukwemera
Allah abongerere ikomeze kubarinda mumahoro sabe bwira sheikh harerimana uti ndamukumbuye narimaze imyaka ntamubona nanuherukaga kera nkiri akabebe bambi anyibukije murugo mumuryango disi nkimubonana na basaza bange
Sheikh Allah abishimire kurwibutso rwiza mutugejejeho
ndi umukristu Arko aba muslm ndabemera cyane
YESU ARAVUGA ATI NIJE NZIRA YUKURI NUBUGINGO.KNDI NTANUWOVUGA VYINSHI KKO MWIJURU HAZOJAYO ABEJEJWE.
@@amanirugamba5935 ukuri x kuhe icyingenzi genda were imbuto Nziza ibyo birahagije
Sheikh Harerimana ni umuhanga cyane !
Nkunda ukuntu Sheikh Abdulkarim atuje cyane
Urayikura he kdi utemera Kristi, icyo ukwiye kumenya Ni ukotuzi inkomoko yanyu muzabeshe abatagira icyobatazi.
Alhamdoulillah kubwiki kiganiro kinyigishine byinshi murakoze ba sheikh
Umbwire kuri guerre sainte contre les infideles , Hanyuma harakantu keza sheikh avuze ati marayika yaramutwaye aratwita, inda yavuyehe rero?
None wunva iyo yavuye arico catuma umusenga????, birya ww ubona ko kidashoboka imbere y lmana birashoboka kandi lmana ivuze ikintu kibe kiraba
✍YESU NTAZI BYOSE, NTASHOBORA BYOSE, SINAWE
UGABA IJURU🛑
▪︎Mariko 13:32 = “Ariko uwo munsi cyangwa icyo gihe nta ubizi naho
baba abamalayika bo mu ijuru cyangwa UMWANA W’IMANA keretse
Data”.
▪︎Yohana 5:30 =”Ntacyo mbasha gukora ubwange ahubwo uko numvise
niko nsha amateka kandi ayo nsha ni ay’ukuri KUKO NTAKURIKIZA IBYO
NKUNDA UBWANGE AHUBWO NKURIKIZA IBYO UWANTUMWE
AKUNDA”.
▪︎Matayo 20:20-23 =”Maze nyina wa bene zabedayo azana
n’abana be aho ari aramuphukamira ngo agire icyo amusaba Nawe
aramubaza ati: urashaka iki? Aramusubiza ati: tegeka ko abana bange
bombi bazicara mu bwami bawe umwe iburyo bwawe undi ibumoso.
Yesu aramusubiza ati: Ntimuzi icyo musaba mwabasha kunywera ku
gikombe nzanyweraho,ARIKO KWICARA IBURYO BWANJYE N’IBUMOSO
SI JYE UBIGABA, KERETSE ABO DATA YABITUNGANIRIJE✍
Erega Yezu ni IMANA yigize umuntu ikaba yaraje gutabara Isi mumyumvire no mubugingo. Niyompamvu yari INTUMWA ikaba n' UMWANA W'IMANA. Ibyo mwandika ni mubutumwa bwe Yohani 17.6 kugera 14. : I revealed your name .......cg I given them your word...... Ni ukutwereka ukuri. Naho UMWANA W'IMANA ni ukuduhishurira abo turibo nko kunyigisho isengesho rya Dawe uri mwijuru..... Naho ubundi muri Yohani 17.5 atwibwirirako yahozeho. No muri luka 1, 34-35 Gabriella yabwiye Maria uko azatwita, kandi yavuze Roho Mutagatifu ntabwo yivuze. Kandi Yohana 16.28 aravuga ngo I came out from the father and l have come into the word....Urumva ko twe ntabushidikanyo dufite🤷♀️ kuko abyivugira🤷♀️..EREGA ikibazo arinacyo gitera INTAMBARA ahanini mubihugu bimwe nabimwe. benshi bumva ijambo kurindi🤷♀️ Yezu yatweretse ko naba Yahudi aricyo cyabagoye. 🤷♀️Urumvako ntawe narenganya nubwo ntazi niba ari uko namwe mubyumba.
Allah abashimire
Mwebwe usibye Ubuntu bwayesu nahubundi mwaratwawe rwose
Izina rya Yesu rikiza indwara zananiye abagànga imyuka mibi irahunga ikindi naco mutazi gihishijwe nuko ivyaremwe vyose vyaremwe nawe bisigura kwari mana data muvuga knd yaravuzeko atamwana atadata knd aravyongera ngo ntawuvuga ngo arakunda data akanka umwana
Iyo mbumba mbanumva intego yanyu nugukundisha abantu idini yanyu ya kislam ntakindi gusa harubwo muzahumuka mukamenya Yesu wabambwe nkuko uwahoze arimwene wanyu Anicet byagenze. Bene data ntiwashobora kumva ubyumusaraba utabibwirijwe namwuka wera nuko rero niba ntawe urimumuntu ntiyashobora kuba umuhamya rero ndumva ntarenganya utaramurikiwe nuwomucyo.
Jarimo ishuli ryiza cyane
Ndanyuzwe peee % Sabin Uzamutubarize Kucyaha Cyubusambanyi Muburyo Burambuye Ningaruka Zacyo Mububima Tubamo .
Nongeye gushimira mwe abatugeza ho iki kiganiro. Nigeze gusaba ko habaho débat hamwe nk'Umukristu koku byaba byiza kurusha ho. Rero niba byakunda jye nsabye ko mwazantumira nk'umukritu tukaganira. Murakoze
.
Bavandi bacu nago baje kubahindura kuko niwayobora uwayobyo icyabazanye hono Nukubasobanturira ibyo mutwibazaho so nibaje ngo muve kumadini yanyu icyonzi ukuri kurahari
Ndabakunda cyane ba Islm
Uyu Sheikh Ashraf muzamuhuze n'umu Pastor witwa Ngarambe Albert baganire kuri Yesu byaba byiza natwe tukungukiramo
Amahoro y'Imana kurimwe duhuje ukwemera namwe duhuje ubumuntu mbararikiye gusobanukirwa idini ya Islam kuri channel ya BETTER HOME TV murakoze!.
nines kuki aba muslim mutavuga yesu issa ahubwo mukavuga muhamadi cyane
Yesu turamwubaha no munkingi zukwemera zubuyisilam utemeye Yesu ntiwaba Uri umuyisilam naho kuvuga Muhammad nuko ariwe woherejwe kugihe cyacu Yesu yohererejwe abayisirael niyo mpamvu.
Nuko Muhamad ariyo ntumwa yanyuma yoherejwe kubantu bose. Hanyuma yesu cy issa tumwemera nkintumwa y' Imana gusa kuko we yoherejwe kubana ba israel gusa
YESU NI UMUGARAGU USENGA IMANA
IKAMUYOBORA🛑
Ibyakozwe n’intumwa 3:13 =.👍
Matayo 26:30 = >.👍
Sabin uzaduhamagarire Anicet Niyomugabo.
Niba ataruko barimbere y’a camera, ibyo bavuga baramutse babyubahiriza baba bafite ukuri kandi ari bazima, kuko nzi benshi kandi bo hejuru bakora nibibi birenze kubatari abisilamu. But these two guys are somehow right niba bitari za njuga kuko kubivuga no kubikora ni inshinga 2 zitandukanye
Islam is perfect but muslim are not perfect , ntukareba ibyo bakora ahubw ujye wumva ibyo islam itubwira
Dino 10 ntago ariko bimeze biranditswe ngo tuzabamenyera ku mbuto zabo, nta wagira amatsiko yo kwinjira ahantu ngo arote ko ari heza atabona abahatuye bo babayeho neza iyo abona ko atari beza ntiyakwifuza ko yahaba biri clear! Uburyo wifata nuko ufata abandi not kuvuga gusa nibwo buguhesha kwizerwa no kuganwa ntago arinyubako rafiki yangu
Uzadutumirize sheikh Mohammed rubona numuhanga cya yize amateka
Asalam alaikum Turashimye cyane kubwubusobanuro
Sha ndiho abarengere mwarazimiye
Nukuri bakeneye kumenya ukuri mupfashe tubasengere umwami wacu abiyereke.🙏🙏
@@lesbeautyglory2869ukuri aba sheikh barakuzi cane aba islam bato nibo baja muvyo batazi
Ukuri uvuga ni ukuhe? Mbwira icyo bavuze babeshye nkusubize nkoresheje BIBILIYA
Icyo UTEMERA SE NI UKO YESU
Ari : 1. UMUNTU
2 . INTUMWA Y'IMANA
Cg icyo utemera ni UKO ATARI IMANA?
Mbwira ngufashe! Niba unavuga ko YESU Yabambwe utubwire aho yabanbwe n'isaaha yabambiweho! Kuko na Bibiliya ntibivugaho rumwe.
Matayo 15:24 BYSB
Arabasubiza ati “Sinatumiwe abandi, keretse intama zazimiye zo mu muryango wa Isirayeli.”
Twibuke ko yavuze ati nimakwa hagati y'isi n'ijuru nzireherezaho amahanga yose
Turakwikundi shekh wac mwiza
Numb 1👍
Mbere na mbere hariho Jambo; Jambo uwo yahoranye n'Imana kandi Jambo yari Imana.
(Yohana 1:1)
Haribintu twibaza tutabonera igisubizo ubwo nibwo bwiru bw'Imana budutandukanya nayo gusa Yadusigiye umufasha mwuka wera niwe uzadufasha guhishurira ubwiru bw'Imana Ubutatu butagatifu.ubaye uhishuriwe ubu buryo wasobanukirwa Imana data,Imana mwana,Imana mwuka wera.
Uwo murongo kubera guhindura indimi wataye umwimerere. Wowe wabayeho rimwe na so. Kandi wowe wari so. Nushira mubwenge urabona ko traduction ari trahison!
Allah Abagirirenez
Sabin, uzabahuze na Pastor Antoine Rutayisire kuri debate ya Yesu 🙏🏾👌🏾
Ndakurahiye niyabyemera erega bariya mwita ko arabasiteri babahisha ukuri ndakurahiye abatinya debeti na gafanga bazayikirana naba
Sheikh Ahmed Deedat ubwe yasabye debate na Pope gusa ntibyapfa gukunda cyakora ushaka kumenya ukuri ubasha kumva icyongereza ushake Debat za Dr Zakir Naik kuri CZcams
Utuzanye mubuhakanyi noneho .
Sabin wazadukoreye ikiganiro na sege(ushinzwe ivugabutumwa muri Islam murwanda) mukaganira kuri yesu icyo bibiriya imuvugaho nicyo cor'an imuvugaho
Mwemera ko yavutse muburyo bw'igitangaza mukemerera ko yarumwana udasanzwe mukemerera ko azagaruka kdi Muhammad wanyu mukemerera ko atazagaruka ese muhesha amahoro nimigisha Muhammad mute kdi ategereje kuzuka ese uwamaze gupfa abagisabirwa ngo bimumaririki?
Sha numva kabisa aho hantu hari ikibazo, bemera gute uwapfuye atazonagaruka aho kwemera uwagiye mw ijuru kandi azagaruka? Na Muhammad wenyine yabasavye kumusuhuriza Yesu nagaruka!
@@jayavatar1577 bambarize Yesu yarapfuye arazuka nabo bemera ko azanagaruka ariko uwo Muhammad wabo ntiyazutse ahubwo birirwa bamusabira ahokwemera uzagaruka
Muzamenya ko ari umwana wimana akanaba Imana umunsi muzapfa nibwo muzamenya ko ari Imana kuko muravuga ibyo mutazi muri mu mwijima.
Muvandimwe munyacyubahiro nta mukristu ufite ubumenyi bwuzuye kuri Yesu kuko Biblia yanditswe n,abantu batazi Yesu urabizi, hari abashinzwe kuyivugurura,ntabwo yaba Imana NGO Abe n,umwana wayo,ntabwo warukwiye kujya impaka ahubwo jyira amatsiko yo kumenya ibyo utamenye.
I feel sad for these men ❕ Yesu yarabanbwe aranazuka and he is the son of God. Read John 3:16
Haruwabambwe nabwo yari yesu ,IMANA ISHAKA KWEREKISI KWISHOBOYE ICISHAKA COSE UBWO NGUBWO AZAGARUKANIGYA MYAKAYE AGARUKABEHO HAMA PFE NKIBINDIBIRRMWA ALLAH NIWE NTANGO NINAWE IHEREZO IVYOVYOSE TUBONANIVYOTUTABONA NIVYO TWUMVA NIVYA ALLAH
Sha icyangombwa nuko mumwemera sha uribaza umwana wavutse murubwo buryo nigitangaza numwana w'imana azagaruka kdi niwe nzira nukuri nubugingo sha nimushaka muzareke kubigoreka
Atleast aba bo ni sawa ariko islamu ntakigenda pe !!
Nyamara coran yemera ko bica umuntu wese uhakanye cgw uvuye mu idini ya islam. Uvuze nabi Mahomet....aricwa 😭
Nimunyemerere ko ari uko tugira umugisha wo kuba igihugu cyacu kitagendera ku mategeko ya islam ! Ibyo mutubwira mwabihindura.
Avec tout le respect que je vous dois, munyemerere mbabwire ko byinshi mubyo muri kutubwira muri guca ku ruhande y'ukuri namwe muzi. Coran twarayisomye,.......
Mukomere ba chekh.turabakunda cane mubandanye inyigisho tubatubakurikira cane
Nubwo ntari umusilamu, mwabagabo mwe ndabakunze.Imana ibahe imigisha.