Velikost videa: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Zobrazit ovladače přehrávání
Automatické přehrávání
Přehrát
Komera disi 😢gusa ukina flim nez rwos ndagukunda ♥️🙏
Imana ishimwe N Gitar, ko hari icyo Imana yakoze k’ubuzima bwawe
N Gitar wacu sha! komera cyane, turakwishimira cyane.
Yooooo pole pe byararangiye barakuze Kandi courage kubuzima bundi ushigaje Bwiterembere turagukunda cyane
Uyumubyeyi mureba ni umuntu mwiza cyane ndakwibuka chr hahandi gatenga centre de sante' hari firme twahuriyemo bambe ntiyaguca intege ahubwo agutera courage bigatuma ugira ishyaka ryo gukora cyane nishimiye kongera kukubona mubyeyi mwizaaaa
C'est une femme forte elle s'est battue dans la vie, je lui dois du respect humura muvyeyi mwiza jewe nagukunze gose uruta abagabo benshi cane💖❤💞💗
Pole sana,N.gitariro
Komera mama urasa neza Imana igukomeze
Sabin uzamugarure atubwire neza adataruka nukuri please 🙏🙏🙏🙏
nukuri Imana numukozi w'umuhanga peeee gusa nshimye Imana ko yabanye nawe muri byose ubu ukaba warabashije kwiteza imbere
Mbega bibi sha pole mubyeyi Ndi single mom wa 2 Arko ubagabo nkabo babashaka ubwambure bwawe gusa, Ntacyo bagufasha baza babeshya gusa
Uwabeza disi ndamuzi cyera i Munyinya, Komera mubyeyi
Papa Sava rero ikibazo cye akinisha abantu abaha role ihuye nubuzima bwabo neza nezaUburaya, Inda nini, gucana inyuma, Nyiramabuno, inda nini ya Ndimbati haba inyuma nimbere.ni akamaramaza
Umugabo bamwita Umwinjira, umugore akitwa Umusumbakazi
Good actress
Nyiragitariro turamukunda kd akomere kbx Imana niyonkuru.....
NYIRAGITARIRO 👏
Yooo! Uwabeza disi ndakwibuka utugaburira ukaduha umutobe tuvuye ku ishuri!
Yooooo Mbega ibigaboNdabyanzeEsther komera mama
Mwabantu mwe ubuzima buragoye 🤔🤔
Yooooo kuuumbi muri papa Sava. Yewe Imana ikwiteho
Ndagukunda pe unyigisha byinshi najye ndi umubyeyi urera abana njyenyine nabambeshya batonze umurongo benshi gusa ababyeyi mwakomerekejwe nabasambane bakomere
Umusambane ni wowe umwiremera! Ukubyarira niwowe umuha uruhushya.
Yoooo humura nshuti Imana irakuzi
Nyina wa bana komera you are strong women Africanwomen we are so strong.
Iciza nuko umeze neza maz🥰ukina nez shahuuu
Gitariro we ndagukunda pe
Nyiragitariro ndagukunda Sana Uzi gukina rwose
Komera sha
⚠️Umubare munini w'abapapa baranengwa guta abana babo bakongera kubabona bakuze.Bagabo, abana bato baravuna ! Mworohereze aba bamamans, mujye mwigora muboherereze ayo kugura agafu k'igikoma. Nyagasani azabahemba rwose !Murakoze ba Databuja 🎁🎁🍼👌
Bamwita Senyina kuko undi ni mukase
nukuri Imana ikomeze ikwagure umubyeyi
Isimbi on top 🔥🔥🔥
Umugabo wa nyoko abari mukanyoko!!!
@@rurangwajeanclaude3253 2a
N Gita the great mama actor 🤣✌🏿✌🏿
Abagabo sibeza iyo ufite abana gushaka umugabo wa kabiri bihira bakeya
Imana ni iyo kwiringirwa Yo yonyine
Sabin uyo bamwita N Gitar aratwika muri papa Sava numu chr wa digidigi n'a ndimbati
Ivyo bibaho, uyo yitwa:"umugabo wa nyina".
Imana ige ikumpere umugisha sabin 🙏Nkunda Esiteri cyanee disi nu mu Maman mwiza ntawaruziko yahuye nubuzima bukakaye 😢🙏ariko nahumure Imana irebera hose 🙌Kd urimo umukinnyi mwiza cyanee ❤️❤️❤️🙏
Kuvuka byonyine uri umukobwa ni ikigeragezo Mbabajwe n’umwana nabyaye iyo murebye mbura icyo mvuga abagabo ni abagome Sinzi ukuntu Imana yabaremye
si bose. hari nabagabo beza urugero ni jyewe
Uzomungabire
Yewe ndabona surwumwe pe Mana rengera ababyeyi bubakanye nabasambane
@@amb.desiremunezero8416 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
@@amb.desiremunezero8416 mwese muri bamwe wibeshya bizi uwomfite we yanze nokubandikisha nandikishije ko arimpfubyi sha ihangane nyuma yibibazo haribisubizo yesu nimuzima
Abasambanya hejuru😂😂pole maman abasambanya baracyariho
Sha disi N Guitar Yikundira inyundo
Nyiragitaro mukunda cane
N GITARI. Ndagukunda pee ungabanyirixa stress. Inda zawe zinjiza nka mort subite muri football.
Niba umugore yitwa mukase. Umugabo ni mukanyina😄😄
Pore San a gitariro 💃💃
Yooooo,impore mubyeyi kubwibyo bibazo wahuye nabyo,komeza uhatane use neza,gusa wagize igikomere cyurukundo kdi kizamarwa Nurundi rukundo pe,Imana izaguhe umugabo uzaguhoza amarira kdi Imana ishobora byose pe,ntacyayinanira,kuko uracyari muto pe,nkusabiye urugo rwumugisha rwose kdi Imana ibyumve🙏🙏 kdi ndagukunda rwose ndumufana wawe cyanee 💕🙄
Ntabwo umugabo ariwe utanga urukundo n'ibyishimo. Ibi niba warashatse urabizi. Ibitanga ibyishimo n'umunezero byose arabifite. Nta muntu waguha urukundo rurenze urwo umwana wawe yaguha kandi ibyishimo urabyiha.Nakomeze akore ibyo yifuza byose abyihe.Naho umugabo nuwo guseka ejo ukarira
Murakoze cyane pe
@@bellab1924 ,ibyuvuga ndabyumva ijana kwijana pe,ariko nanjye navuze nti Imana izamuhe urugo rwumugisha surwamarira nurwumugisha kdi kubizera Imana byose birashoboka,naho kurera abana nubundi nakomeze abarere ariko aracyari namutoya pe,kdi numubiri numubiri🤷🤷,ikindi nawe nimukuru azareba igikwiye rwose.
@@uwabezaleocadie5999 Nawe urakoze cyanee mubyeyi,rata nubona ugukunda byukuri uzaguhoza amarira akanagukundira abana uzamwemerere ariko bice munzira nziza,mumucyo,kuko hanze aha ingo zose simbi,harininziza rwose,kdi waciye muribyinshii kdi wamenye ubwenge kurushaho ikindi warize, rero rera abana wiyiteho ukomeze use neza,ariko unasenge Imana byose izabikora kuko nibyo yakoze nibyinshii rwose,nokuba usa gutyo ni Imana🤷🤷
Umugabo wanyina iyo abana abakuze bakamwishimira bamuhagara Papa .
Esther uvuze ibyanjye gusa njyewe nfite babiri kdi nababyaye ari impanga ariko abagabo narabatinye ubu bafite imyaka cumi nibiri mbarera njyenyine, sha njyewe aho gutekereza kwiyahura ahubwo njya mucyumba batandeba nkarira😪😪😪
Mpore chérie wanje Imana ikwiteho kuko hariho abandi barira Kubera batabagira!
Abo bana bawe nibo mugisha wawe uzubashima Imana
Mpore Chérie.
Ndumva opposite ya mukaso byaba senyoko😁😆😆
Impore impore Nyiragitariro,I Muhura ni iwacu! Wahabaye mu wuhe mwaka??
N'umugabo wa nyina. Ntabindi vyo kurondera ahandi
Sabin ushake amakuru neza nziko kurwita urukiko byaturutse ko mbere ishyingirwa ryakorerwaga ku rukiko ryakorwaga nabacamanza
Njye rwose ndumva ntacyo wakwicuza !!!!
Kulikirana channel ya vision kaizirege tv maze ubone nyigisho zurugo nuko abarozi bakora
Yooooooo 😭😭😭😭
Mwampaye no ye koko
Bamwita bonus Papa
Bamwita beau-père hhhhh.mukinyarwanda buriya ni papa mwiza.
Humura rwose
Mu kinyarwanda tugira ibyitwa Imigereka n'imisuma.Mukamana= SemanaMukase = Senyina
You wihangane kbx su rwumwe nino ug nihose nukwihangana kbx 🫷🫸🫸
Sabin niba inzu ari 2000frw kandi umubyizi ari 300frw bivuzeko nibura ari imibyizi 7,( 2100frw) apana 8 kuko 8×300frw= 2400frw🤭
Sabin ubaye nka wawundi wavuze ngo Senyenge
Yooooo!!
Uwiteka ntaho atakura umuntu✍️Warakoze Mana guhindurira uyu mubyeyi amateka.
Imana ishimwe
bamwita se nyina😂😂😂😂😂😂😂
Sabin mfite story I want to share too
Uhamagare kuri 0784838126. Uzahamagare ejo, nibwo tuzaba twamaze kubona telephone nshya iyo dusanganywe bayibye. Urakoze!
Kumbe Sabin aza yishura msg!courage Sabin.
Uwo mugabo bamwita mukanyina
Uziko atazi izina rye!!
Yoo poreni sana Esther
Ntukicuze kubyara abana utabakomeretsa ●||● Mukurikire ibiganiro byiza kuri channel UBUKIRE NYABWO TV 📺
😃😃😃😃😃
Sabin
Numugabo wanyoko umwinjira
Ma soeur abo bagabo bihorere abana bereke ba se ubwo bakuze bazijyana mu milyango yabo
N guitar wubahwe
Nuko Abakobwa bamera rwose kuvuga base nabi bahari nibindi
Umugobo winjiye nyoko yitwa senyina
I agitateYarachepuka pe.sha icaruruhuke pe wari warariyabagabo pe.mukama!!!!!
Hhhhh!!!!! Uwo mugabo bamwita Senyina rwose..
Ariko nanjye ntabwo navuze sekuru(se wa nyina w'abana) ahubwo navuze senyina( ariwe mugabo wa nyina)
Makanga ya Mama babengaka ye Papa
Nyiragitari tuzabe incuti pe turasa muri make nubwo ndi muto kuri woe
yoooooo ihangane
Hari umwana yababgiye ngo umugabo wa nyoko ni papa nyoko 😁😁😁
😂😂😂😂😂😂😂😂😂ngo papa nyoko
😂😂
Naramubonye nyamara biravugitse🤷♀️😅
😂 Ubwo ni senyina
Naho izo npyisi ngo nabagabo ntacyo batakweretse bihorere
N Gitari
Umugabo wa mama wawe yitwa mukanyina🤣🤣🤣
Nyiragitariro urakoze kumpznuro urintwarikazi kabisa
Rwose ababyeyi ni bubahwe. Esther Imana ishimwe kandi iguhe umugisha ko wabashije kubirenga
Sabin ko ajya avuga ngo ni muto nkaba numva azi ambaraje za cyera ra!
Yego rata Esther. Abagabo ntitukemere ko batumenyera. Abagore bubahwe.
Yitwa umugabo wa mamma.
Ni seso se hhh Sabi mbyutse nseka!!!!
Seso😂😂😂mbega Sabin
Bamwita umucura umugabo nkiwo
Wampuje na tom transfers
Ndumva twamwita "senyina"
😂😅
Bamwita senyina 😂😂
Nanjye ndumva ariko twabyita!
Umugabo wa Mama wawe Ni Senyoko
Baba wa kambo kwa kiswahili
Waragowe
Aho si mukanyina🤓🤓🤓
Aba yitwa mukanyina😂🤣🤣
Sabin NGO ni se so hhhhhhh
Komera disi 😢gusa ukina flim nez rwos ndagukunda ♥️🙏
Imana ishimwe N Gitar, ko hari icyo Imana yakoze k’ubuzima bwawe
N Gitar wacu sha! komera cyane, turakwishimira cyane.
Yooooo pole pe byararangiye barakuze
Kandi courage kubuzima bundi ushigaje
Bwiterembere turagukunda cyane
Uyumubyeyi mureba ni umuntu mwiza cyane ndakwibuka chr hahandi gatenga centre de sante' hari firme twahuriyemo bambe ntiyaguca intege ahubwo agutera courage bigatuma ugira ishyaka ryo gukora cyane nishimiye kongera kukubona mubyeyi mwizaaaa
C'est une femme forte elle s'est battue dans la vie, je lui dois du respect humura muvyeyi mwiza jewe nagukunze gose uruta abagabo benshi cane💖❤💞💗
Pole sana,N.gitariro
Komera mama urasa neza Imana igukomeze
Sabin uzamugarure atubwire neza adataruka nukuri please 🙏🙏🙏🙏
nukuri Imana numukozi w'umuhanga peeee gusa nshimye Imana ko yabanye nawe muri byose ubu ukaba warabashije kwiteza imbere
Mbega bibi sha pole mubyeyi Ndi single mom wa 2 Arko ubagabo nkabo babashaka ubwambure bwawe gusa, Ntacyo bagufasha baza babeshya gusa
Uwabeza disi ndamuzi cyera i Munyinya, Komera mubyeyi
Papa Sava rero ikibazo cye akinisha abantu abaha role ihuye nubuzima bwabo neza neza
Uburaya, Inda nini, gucana inyuma, Nyiramabuno, inda nini ya Ndimbati haba inyuma nimbere.
ni akamaramaza
Umugabo bamwita Umwinjira, umugore akitwa Umusumbakazi
Good actress
Nyiragitariro turamukunda kd akomere kbx Imana niyonkuru.....
NYIRAGITARIRO 👏
Yooo! Uwabeza disi ndakwibuka utugaburira ukaduha umutobe tuvuye ku ishuri!
Yooooo
Mbega ibigabo
Ndabyanze
Esther komera mama
Mwabantu mwe ubuzima buragoye 🤔🤔
Yooooo kuuumbi muri papa Sava. Yewe Imana ikwiteho
Ndagukunda pe unyigisha byinshi najye ndi umubyeyi urera abana njyenyine nabambeshya batonze umurongo benshi gusa ababyeyi mwakomerekejwe nabasambane bakomere
Umusambane ni wowe umwiremera! Ukubyarira niwowe umuha uruhushya.
Yoooo humura nshuti Imana irakuzi
Nyina wa bana komera you are strong women Africanwomen we are so strong.
Iciza nuko umeze neza maz🥰ukina nez shahuuu
Gitariro we ndagukunda pe
Nyiragitariro ndagukunda Sana Uzi gukina rwose
Komera sha
⚠️Umubare munini w'abapapa baranengwa guta abana babo bakongera kubabona bakuze.
Bagabo, abana bato baravuna !
Mworohereze aba bamamans, mujye mwigora muboherereze ayo kugura agafu k'igikoma. Nyagasani azabahemba rwose !
Murakoze ba Databuja 🎁🎁🍼👌
Bamwita Senyina kuko undi ni mukase
nukuri Imana ikomeze ikwagure umubyeyi
Isimbi on top 🔥🔥🔥
Umugabo wa nyoko abari mukanyoko!!!
@@rurangwajeanclaude3253 2a
N Gita the great mama actor 🤣✌🏿✌🏿
Abagabo sibeza iyo ufite abana gushaka umugabo wa kabiri bihira bakeya
Imana ni iyo kwiringirwa Yo yonyine
Sabin uyo bamwita N Gitar aratwika muri papa Sava numu chr wa digidigi n'a ndimbati
Ivyo bibaho, uyo yitwa:"umugabo wa nyina".
Imana ige ikumpere umugisha sabin 🙏
Nkunda Esiteri cyanee disi nu mu Maman mwiza ntawaruziko yahuye nubuzima bukakaye 😢🙏ariko nahumure Imana irebera hose 🙌
Kd urimo umukinnyi mwiza cyanee ❤️❤️❤️🙏
Kuvuka byonyine uri umukobwa ni ikigeragezo
Mbabajwe n’umwana nabyaye iyo murebye mbura icyo mvuga
abagabo ni abagome Sinzi ukuntu Imana yabaremye
si bose. hari nabagabo beza urugero ni jyewe
Uzomungabire
Yewe ndabona surwumwe pe Mana rengera ababyeyi bubakanye nabasambane
@@amb.desiremunezero8416 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
@@amb.desiremunezero8416 mwese muri bamwe wibeshya bizi uwomfite we yanze nokubandikisha nandikishije ko arimpfubyi sha ihangane nyuma yibibazo haribisubizo yesu nimuzima
Abasambanya hejuru😂😂pole maman abasambanya baracyariho
Sha disi N Guitar Yikundira inyundo
Nyiragitaro mukunda cane
N GITARI. Ndagukunda pee ungabanyirixa stress. Inda zawe zinjiza nka mort subite muri football.
Niba umugore yitwa mukase. Umugabo ni mukanyina😄😄
Pore San a gitariro 💃💃
Yooooo,impore mubyeyi kubwibyo bibazo wahuye nabyo,komeza uhatane use neza,gusa wagize igikomere cyurukundo kdi kizamarwa Nurundi rukundo pe,Imana izaguhe umugabo uzaguhoza amarira kdi Imana ishobora byose pe,ntacyayinanira,kuko uracyari muto pe,nkusabiye urugo rwumugisha rwose kdi Imana ibyumve🙏🙏 kdi ndagukunda rwose ndumufana wawe cyanee 💕🙄
Ntabwo umugabo ariwe utanga urukundo n'ibyishimo. Ibi niba warashatse urabizi. Ibitanga ibyishimo n'umunezero byose arabifite. Nta muntu waguha urukundo rurenze urwo umwana wawe yaguha kandi ibyishimo urabyiha.Nakomeze akore ibyo yifuza byose abyihe.Naho umugabo nuwo guseka ejo ukarira
Murakoze cyane pe
@@bellab1924 ,ibyuvuga ndabyumva ijana kwijana pe,ariko nanjye navuze nti Imana izamuhe urugo rwumugisha surwamarira nurwumugisha kdi kubizera Imana byose birashoboka,naho kurera abana nubundi nakomeze abarere ariko aracyari namutoya pe,kdi numubiri numubiri🤷🤷,ikindi nawe nimukuru azareba igikwiye rwose.
@@uwabezaleocadie5999 Nawe urakoze cyanee mubyeyi,rata nubona ugukunda byukuri uzaguhoza amarira akanagukundira abana uzamwemerere ariko bice munzira nziza,mumucyo,kuko hanze aha ingo zose simbi,harininziza rwose,kdi waciye muribyinshii kdi wamenye ubwenge kurushaho ikindi warize, rero rera abana wiyiteho ukomeze use neza,ariko unasenge Imana byose izabikora kuko nibyo yakoze nibyinshii rwose,nokuba usa gutyo ni Imana🤷🤷
Umugabo wanyina iyo abana abakuze bakamwishimira bamuhagara Papa .
Esther uvuze ibyanjye gusa njyewe nfite babiri kdi nababyaye ari impanga ariko abagabo narabatinye ubu bafite imyaka cumi nibiri mbarera njyenyine, sha njyewe aho gutekereza kwiyahura ahubwo njya mucyumba batandeba nkarira😪😪😪
Mpore chérie wanje Imana ikwiteho kuko hariho abandi barira Kubera batabagira!
Abo bana bawe nibo mugisha wawe uzubashima Imana
Mpore Chérie.
Ndumva opposite ya mukaso byaba senyoko😁😆😆
Impore impore Nyiragitariro,
I Muhura ni iwacu! Wahabaye mu wuhe mwaka??
N'umugabo wa nyina. Ntabindi vyo kurondera ahandi
Sabin ushake amakuru neza nziko kurwita urukiko byaturutse ko mbere ishyingirwa ryakorerwaga ku rukiko ryakorwaga nabacamanza
Njye rwose ndumva ntacyo wakwicuza !!!!
Kulikirana channel ya vision kaizirege tv maze ubone nyigisho zurugo nuko abarozi bakora
Yooooooo 😭😭😭😭
Mwampaye no ye koko
Bamwita bonus Papa
Bamwita beau-père hhhhh.mukinyarwanda buriya ni papa mwiza.
Humura rwose
Mu kinyarwanda tugira ibyitwa Imigereka n'imisuma.
Mukamana= Semana
Mukase = Senyina
You wihangane kbx su rwumwe nino ug nihose nukwihangana kbx 🫷🫸🫸
Sabin niba inzu ari 2000frw kandi umubyizi ari 300frw bivuzeko nibura ari imibyizi 7,( 2100frw) apana 8 kuko 8×300frw= 2400frw🤭
Sabin ubaye nka wawundi wavuze ngo Senyenge
Yooooo!!
Uwiteka ntaho atakura umuntu✍️
Warakoze Mana guhindurira uyu mubyeyi amateka.
Imana ishimwe
bamwita se nyina😂😂😂😂😂😂😂
Sabin mfite story I want to share too
Uhamagare kuri 0784838126. Uzahamagare ejo, nibwo tuzaba twamaze kubona telephone nshya iyo dusanganywe bayibye. Urakoze!
Kumbe Sabin aza yishura msg!courage Sabin.
Uwo mugabo bamwita mukanyina
Uziko atazi izina rye!!
Yoo poreni sana Esther
Ntukicuze kubyara abana utabakomeretsa ●||● Mukurikire ibiganiro byiza kuri channel UBUKIRE NYABWO TV 📺
😃😃😃😃😃
Sabin
Numugabo wanyoko umwinjira
Ma soeur abo bagabo bihorere abana bereke ba se ubwo bakuze bazijyana mu milyango yabo
N guitar wubahwe
Nuko Abakobwa bamera rwose kuvuga base nabi bahari nibindi
Umugobo winjiye nyoko yitwa senyina
I agitate
Yarachepuka pe.sha icaruruhuke pe wari warariyabagabo pe.mukama!!!!!
Hhhhh!!!!! Uwo mugabo bamwita Senyina rwose..
Ariko nanjye ntabwo navuze sekuru(se wa nyina w'abana) ahubwo navuze senyina( ariwe mugabo wa nyina)
Ariko nanjye ntabwo navuze sekuru(se wa nyina w'abana) ahubwo navuze senyina( ariwe mugabo wa nyina)
Makanga ya Mama babengaka ye Papa
Nyiragitari tuzabe incuti pe turasa muri make nubwo ndi muto kuri woe
yoooooo ihangane
Hari umwana yababgiye ngo umugabo wa nyoko ni papa nyoko 😁😁😁
😂😂😂😂😂😂😂😂😂ngo papa nyoko
😂😂
Naramubonye nyamara biravugitse🤷♀️😅
😂 Ubwo ni senyina
Naho izo npyisi ngo nabagabo ntacyo batakweretse bihorere
N Gitari
Umugabo wa mama wawe yitwa mukanyina🤣🤣🤣
Nyiragitariro urakoze kumpznuro urintwarikazi kabisa
Rwose ababyeyi ni bubahwe. Esther Imana ishimwe kandi iguhe umugisha ko wabashije kubirenga
Sabin ko ajya avuga ngo ni muto nkaba numva azi ambaraje za cyera ra!
Yego rata Esther. Abagabo ntitukemere ko batumenyera. Abagore bubahwe.
Yitwa umugabo wa mamma.
Ni seso se hhh Sabi mbyutse nseka!!!!
Seso😂😂😂mbega Sabin
Bamwita umucura umugabo nkiwo
Wampuje na tom transfers
Ndumva twamwita "senyina"
😂😅
Bamwita senyina 😂😂
Nanjye ndumva ariko twabyita!
Umugabo wa Mama wawe Ni Senyoko
Baba wa kambo kwa kiswahili
Waragowe
Aho si mukanyina🤓🤓🤓
Aba yitwa mukanyina😂🤣🤣
Sabin NGO ni se so hhhhhhh