UBUHAMYA BWA DM 49:KIBEHO YEGURIWE YEZU NA BIKIRA MARIYA KERA NTA WE UYIFITEHO UBUBASHA KUBARUSHA🔥🔥🔥
Vložit
- čas přidán 7. 07. 2024
- UMUBYEYI BIKIRA MARIYA ARASABA ABABYOBOZI BA KILIZIYA GUSHYIRA AHAGARAGARA UBUTUMWA BWOSE BWATANGIWE MU MABONEKERWA Y'I KIBEHO UKO BWAKABAYE.
BIKIRA MARIYA AVUGA KO ICYABAZANYE KITARAGERWAHO. NGO IGICUMBI CYABO CYABAYE ICYO KWIKURIZAMO BASHAKA IKUZO RY'ISI . AHO GUCUMBIKIRA ABAKIGANA, BIRUKANA UWAGIHANZE, BIKIMIKA NYIRI KWIGIRA CYO!!!
UMUBYEYI BIKIRA MARIYA AVUGA KO ABAZAKOMEZA GUTAMBAMIRA UMUGAMBI WABAZANYE, BAZABAKURA MU NZIRA.🔥🔥🔥
LINK IKORERWAHO NOVENI ZATEGUWE NA NYAGASANI YEZU UBWE.👇
Join Zoom Meeting
us02web.zoom.us/j/85263345224...
Meeting ID: 852 6334 5224
Passcode: 875130
KURI ZOOM HAKORWA NOVENI 2 BURI KWEZI:
-GUHERA KU ITARIKI YA 1 KUGEZA KU YA 9
-NO GUHERA KU ITARIKI YA 16 KUGEZA KU YA 24
ISAHA YO GUTANGIRA NI 20:00 KU ISAHA YO MU RWANDA.
UFITE IKIBAZO?
ANDIKIRA ROHO NYIR'UKURI
email: nyirukuri1t.5.19@gmail.com
WhatsApp: +447857420985
Muvandimwe Dominico, biraboneka rwose ko ukunda Umubyeyi kandi ushaka kumukorera. Ubishimirwe.
Ariko unibuke ko nta giyamya ufite ko abataremewe koko ibyo bavuze biva mw'Ijuru. Nubivuga nyirubwite, nta gihamya. Niyo mpanvu Kiliziya ariyo ifite ijambo rya nyuma tugomba kubahiriza. Niba ufite izindi arguments na temoignages, begere ibibabwire. Nahubundi, uzasenya kandi wifuzaga kubaka.
Roho mutagatifu adushoboze kwakira no gushyira mu bikorwa ibyifuzo by'Abijuru
Ariko c bikiramariya unonekera valantina, mwibwira ko byamunanira kubwira Anatharia uri ikibeho ko icyemezo bafashe cyo gusenya ikintu runaka cyimubangamiye? Rero mwe muri iburuseri mugende gacye kubijyanye nibyemezo abayobozi ba kiliziya bafata, sitegeko Kwemera amabonekerwa yose aje
Mana we,nibashyire muli phylosophia bize bemere mu mayeri nk uko byahanuwe ngo ukwemera n ubuhakanyi bizaza mu mayeri ,turagowe
BIKIRAMARIYA UTAGARAGARA MURI BIBILIYA AKOMOKA HE????
KO BIZWI KO NYINA WA YEZU ARI MARIYA.
MUZIHANGANE MUSOBANURE ABANTU BAVE MU RUJIJO.
Hashije imyaka irenga nkicumi iwacu muri Paruwasi yanjye twigeze gutambagiza Ishusho ya Nyina wa Jambo wa Muzee wari uhagarariye Itsinda ry'Ababaganga Dctr NTABOMVURA Venanti,Yatubwiyeko nubwo hemejwe batatu ,kibeho habonekewe Abana benshi Abashidikanya kubyo Makeri Avuga Muzasure Uwo Muganga ubu ari mukiruhuko kizabukuru afite amakuru yuzuye 25:30
Uwababaza nkatwe twarabana abakuru batubwirako ibinenyetso byariho byamateka kera nkatwebato twamenya byaribimezebite? 31:20
Habyarimana Ari mubasuzuguye Ijuru Kandi yari yarigize ikinani wa Muzehenababwiye yatubwiyeko Arufonsina Yamutumwagaho akinangira ,harinabandibantu Bakuru bitwaye nka kinani ntibatinze kubonakobibeshye twigire kumateka twubake Ejohazaza.Abumvanabi bazigirekuri kinani ese buriya perezeda Habyarimana ntiyeze umwijima Bose babireba mumbabarire nasesereje 42:59