UBUHAMYA BWA D M 47: KILIZIYA Y'U RWANDA IRASABWA KWEMEZA KO NA YEZU YABONEKEYE I KIBEHO. đŸ”„đŸ”„đŸ”„

SdĂ­let
VloĆŸit
  • čas pƙidĂĄn 9. 09. 2024
  • UMUBYEYI BIKIRA MARIYA ATI:
    IYO BAZA KUNYEMERA NK'IHAME KO NAGEZE I KIBEHO MU RWANDA, BARI KUBANZA KWEMERA UWABAMPAYE.. NTABWO YEZU YAZANYWE I KIBEHO N'UBUSA.. MWE MWESE MWAGEZE I KIBEHO KU IKUBITIRO MUBUZE IKI NGO MUVUGE IBYO MWUMVISE N'IBYO MWABONYE IGIHE KITARARENGA? BURI MUNTU WESE AZABAZWA ICYO YUMVISE.
    UMUGAMBI WANZANYE I KIBEHO NTABWO URAGERWAHO. ABIBWIRA KO NASEZEYE, NTABWO NASEZEYE BOSE."
    đŸ”„đŸ”„đŸ”„
    UFITE IKIBAZO?
    ANDIKIRA ROHO NYIR'UKURI
    email: nyirukuri1t.5.19@gmail.com
    WhatsApp: +447857420985

Komentáƙe • 26

  • @mukaremeramariechantal8136
    @mukaremeramariechantal8136 Pƙed 2 měsĂ­ci +1

    Byose Yezu n'Umubyeyi Bikiramariya turabiragije ubuziraherezo, mutubabarire muntege nke tugira❀❀❀

  • @Cyi567
    @Cyi567 Pƙed 2 měsĂ­ci +2

    Rwose icyo gitabo ndagishaka cyane,kiboneka he,kigura angahe.

  • @JNissi-pu2rq
    @JNissi-pu2rq Pƙed 2 měsĂ­ci

    Ibyakozwe4:11-12
    11.Yezu uwo ni we rya buye ryajugunywe namwe abubatsi, nyamara rigahinduka insanganyarukuta.
    12. Bikaba rero nta wundi wundi twakesha umukiro usibye we, kuko ku isi nta rindi zina abantu bahawe, ngo abe ari ryo turonkeramo uburokorwe.»

  • @user-bk1ei4mt4l
    @user-bk1ei4mt4l Pƙed 2 měsĂ­ci

    ❀❀❀Yezu na Bikira Mariya, ndabakunda, ndaBinginze ngo Mutabare Imishaha y' abantu bo kw' isi yose.❀❀❀

  • @MoniqueDaronne-vx4zw
    @MoniqueDaronne-vx4zw Pƙed 2 měsĂ­ci +1

    Icyo gitabo nakinona nte mu bufaransa

  • @DonathileMakuba
    @DonathileMakuba Pƙed 2 měsĂ­ci

    None se umuntu ushaka. Icyo. Gitabo yakigira. Amafaranga. Angahe

  • @UwamahoroChristine-md3vw
    @UwamahoroChristine-md3vw Pƙed měsĂ­cem

    Muraho! Igitabo nakibona nte?

  • @Marie-rb7uf
    @Marie-rb7uf Pƙed 2 měsĂ­ci

    Je dis merci Ă  la Vierge Marie d'ĂȘtre venue au Rwanda ce qui n'y croit pas Ă  l'amour maternel de la Vierge Marie qu'il se tait au lieu de dire n'importe quoi.Vierge merci de votre visite.

  • @mukeshamaria2603
    @mukeshamaria2603 Pƙed 2 měsĂ­ci

    UBUHAKANYI//UBUYOBE...BIZA TUTABIZI, NTIBIKOMANGA, NTIBIVUZA INZOGERA,INGOMA cg IHEMBE

  • @MukamurenziMarie
    @MukamurenziMarie Pƙed 2 měsĂ­ci

    Mama rohomutagatifu utubabarire

  • @uwimanaespe2708
    @uwimanaespe2708 Pƙed 2 měsĂ­ci +1

    Ni gute nabona Icyo gitabo?

    • @madicesolutions4036
      @madicesolutions4036 Pƙed 2 měsĂ­ci

      Igitabo mwagitumiza muri internet kuri iyi link www.editions-sources-du-nil.fr/livre.php?id=54

  • @adoumpmoussah939
    @adoumpmoussah939 Pƙed 2 měsĂ­ci

    Aliko rero kuva Ibonekerwa lyatangira Bikira Maliya ntiyasibye kwamagana Abihayimana bali nk,indabyo zumye...
    Iyo usomye igitabo cya Kajeguhakwa Valensi :De la terre de paix a la terre du sang:yivugira ko yali yarahaye akazi Padri Ntagara ko gucengeza amatwara y,inkotanyi mubihayimana ,ngo mugihe gito hali hasigaye gusa Cyangugu na Kibuye...
    Ngabo Abashumba ,natwe Abakristu tukamera nk ,intama zihungira ikirura k,Umukinjayi...

  • @jesustrust1324
    @jesustrust1324 Pƙed 2 měsĂ­ci

    Roho wa Nyagasani komeza urinde kandi uhe Imbaraga abo wagize ibikoresho byawe.

  • @user-nf3jc9bm7d
    @user-nf3jc9bm7d Pƙed 2 měsĂ­ci

    Nonese Anathalia yigeze abonekerwa na Yezu?

    • @user-nf3jc9bm7d
      @user-nf3jc9bm7d Pƙed 2 měsĂ­ci

      Ariko Kandi tuzinezako aho BikiraMariya Ari na Yezu aba ahari

    • @user-nf3jc9bm7d
      @user-nf3jc9bm7d Pƙed 2 měsĂ­ci

      Ese aho muvuga bashenye ni hehe iyo Chapelle yihuriro ry' Abemera ko ntayonzi ahubwo ko myr yubakishihe Chapelle y'Ishengerera

    • @JoeKarani-jt9qw
      @JoeKarani-jt9qw Pƙed 2 měsĂ­ci

      Chapelle yarashenywe, wenda wowe ntuyizi, ariko Musenyeri we arayizi

  • @sibongiriyeviateur2573
    @sibongiriyeviateur2573 Pƙed 2 měsĂ­ci

    Kwemera amabonekerwa si ihame muri kiliziya, kd iyo ngingo yemejwe na mbere ya kibeho, rero mugabanye amatiku, sitegeko ko amabonekerwa yose yemezwa

    • @JoeKarani-jt9qw
      @JoeKarani-jt9qw Pƙed 2 měsĂ­ci

      Muvandimwe se, iyo mvugo ikakaye gutyo uyivuze ku bwawe? Cyangwa ni uwagutumye? Niba ukomeje, waba ari ku bwawe cg watumwe, ukwiye kwisuzuma, ukisubiraho zikigendwa naho ubundi ubanza nawe hari aho wazaribarizwa ubutari ubu. Imana ikubabarire.

    • @JNissi-pu2rq
      @JNissi-pu2rq Pƙed 2 měsĂ­ci

      ​@@JoeKarani-jt9qw
      Ntabwo abeshye ariko!
      Barabyemeza ngo bitang'iki?
      Bimar'iki?
      Ngaho sobanura nibura icyo byamarira imitima y'abantu.

    • @mukeshamaria2603
      @mukeshamaria2603 Pƙed 2 měsĂ­ci

      UBUHAKANYI//UBUYOBE...BIZA TUTABIZI, NTIBIKOMANGA, NTIBIVUZA INZOGERA,NTIBIVUZA IHEMBE

    • @JNissi-pu2rq
      @JNissi-pu2rq Pƙed 2 měsĂ­ci

      @@mukeshamaria2603
      Reka twemere ko aribyo ko biza mutabizi mutanabishaka.
      None mwambaza Bikiramariya mute kandi izina rya Kristo Yesu ariryo twahawe gukirizwamo ryonyine?
      We ubwe yaravuz'ati: "nijye nzira, ukuri n'ubugingo kandi ntawe ujya kwa Data ntamujyanye".
      1) Mwebwe mushingira kuki mumwambaza????
      2) Mushingira kuki muvuga ngo abasabire, abo mwita abatagatifu babasabira bate?
      3) Ese umuntu w'umutagatifu abaho ubundi?
      4) Ubundi c umuntu ashingira kuki agira undi umutagatifu?
      5) Yabiherewe uburenganzira nande?
      Icyitonderwa:
      Umuntu wese uvuga ikintu kijyanye n'ijambo ry'Imana agomba gushingira kuri Bibiliya (imirongo yo muri Bibiliya) cyane cyane iyo ari umukristo wizera Yesu Kristo nk'umwami n'umukiza.
      Nk'uko amategeko yose adakurikije itegeko nshinga akurwaho kubera ko amategeko yose yo mu gihugu agomba kuba atanyuranije n'itegeko nshinga;
      Niko N'IJAMBO RY'IMANA umuntu avuga rigenzuzwa Bibiliya hakarebwa niba koko rikurikije Bibiliya.
      Abakirisitu bagenzuza ijambo ry'Imana.
      None mushiki wanjye, wambwira aho ibyo byose mbajije byanditse muri Bibiliya?
      Umbabarire ntubifate nko kukurwanya ariko abantu benshi bashingira ku MARANGAMUTIMA yabo, abandi imyemerere yabo ariko byose bigomba kugenzuzwa ijambo ry'Imana.
      Abantu bubatse ku madini kurusha uko bubatse kuri Kristo Yesu ari nacyo kigejeje isi mu kaga.
      ‱Idini: imihango, amategeko n'imigenzo
      ‱Kristo Yesu: Inzira, ukuri n'ubugingo

    • @JNissi-pu2rq
      @JNissi-pu2rq Pƙed 2 měsĂ­ci

      @@mukeshamaria2603
      Wihangane ugire umurongo wa Bibiliya ushingiraho.
      Nyabuneka ntimugafate ibintu nko guhangana ahubwo tujye duhugurana.
      Niba mvuga ko jya mu ijuru nkaba nkora imihango cg imigenzo cg mvuga ibintu ntakwerekana muri Bibiliya ubwo navuga ko ndikujya he?
      Abantu dukunde ukuri.