Nirutse mubapfumu Benshi Nshaka umugabo | Amaze imyaka 10 adasinzira | ARARIZE UMWUKA URAHERA
Vložit
- čas přidán 6. 06. 2021
- Amarira ni yose kwa wamugabo umaze imyaka 10 atituma ndetse uyu mugabo ntanasinzira, Umugore we avuga ko yirukanse mubapfumu bose babaho bamumazeho ibyo yarafite byose ashaka ko umugabo we yakira ariko byaranze.
#Kumufasha_0783849852
Hamagara 0783849852 Niba hari icyo wamufasha.
U wonukwakirimwaminumukiza
Jean Pasteur ndashaka number yawe ndifuza kukuvugisha iyanjye ni 0787482173
bavandi namwe uwayindusha amfashe ayimpe mufitiye inkuru Kandi mbona akora akazi ke agakorana ubwitanjye
Pole sana ariko muzogende mubakizwa bamusengere Yesu arakiza ntacamunaniye ivyananiye abaganga imbere y Imana nubusa
Uzamujyanire Yesu niwe wenyine ukiza indwara yabadayimoni kandi wihangane wizere azakira yongere abemuzima
Mwizina rya yesu ni yakire gukira Amena
Uwo mudayimoni naramurwaye nakiriye kwa yesu niwe wenyine ubishoboye ntawundi uko nukuri gusa wihangane icyatumye udapha nicyo kizagukiza
Yesu arakiza
Mumwisunge
Mureke abapfumu
Mwitabaze Yesu wenyine niwe wamukiza pe
Mwagerageje abanganga beshi biranka ndabinginze mugerageze Yesu wi Nazareth nawe kuko niwe nyishu kandi iwe ntakiguzi bisaba atarukumwakira mumutima Gusa .
Birashoboka ko Imana ibashaka mwembi ngo ibaye agakiza, nonese urumva Atari abadayimoni bagiteye mubyeyi Yesu arakiza, shaka abakozi b'Imana bagusengere Yesu afite imbaraga
Afrimax bwira plaisir wa zaburi nshya amushakire abamusengera
Gusenga yesu nta bamusenga baryamwe mubitaro mwagiye mwicecekera ko mwihuta gusebanya mugume mu madini yanyu nawe agume murye nadakira ni Mana na kira nj Mana sukunjya kubangikanya Imana
Nukuri ni yesu wenyine wamukiza...mugerageze musenge mwegere abakozi bimana ntakinanira yesu..kd komera mubyeyi
mamy ntago dayimoni avuzwa undi, gana kwayesu niwemuganga mukuru injiza uwomurwayi mumuriri wogusenga azakira mwizins rya yesu satan ntambaraga agombakukurushs shikama wizere yesu nkumwami numukiza wubuzima bwumufasha wawe
Nimwakire Yesu Kristo niwe rembo ryo gukira kuwo mubyeyi kuko siwe mugaburira birimbwa n'abazimu.
Nibakireyesu urikigoryi yesu nabubasha afise yokukiza atari imana yaremye vyose🇧🇮
Mubyeyi, Hari ushobora kukuvurira kandi neza cyane :
"Yesu Kristo nabonye ari we wenyine utajya abura uko abigenza"
Mushake umwereke iki kibazo dayimoni , umwizere akuruhure!
Imubyeyi injira munzu yImana irengagize ibyubisiramu Yesu afite imbaraga
Va mubasiramu ujye gushaka aba Kristo bagusengere urakira
Iyo ni myuka mibi
Abasilam x basenga bayali ariko ntimukamere ngutyo iyo namax amudjanye ntakire umva mumvandi imana niyo nkuru ntandini rizadjana umuntu mwijuru
Imanizaba kirisito gusa ubuntamukirisitu urwayibirenzibi kandi bamusengera ujyumusabira kisilam allalh azagukiza niwe usumba abobakirisito bakubwira
Nubwo ari umu islam, niyakire YESU azamukiza. Nashake aba Pasteurs birukana imyuka mibi, bamusengere.
SANGA YESU UMUGABO WAWE AZAKIRA MAMA
Wapi na senge imana yo yaremye yesu Irema natwe
Mama umva nkugire inama rwose ubwo iyo ndwara inaniye abana Bantu yesu we arayikiza mujyane murusengero bamusengere azakira kdi byizere
Ngabo yisonga, ndagukunda cyaneeee, ukuntu witonda❤👍🙏. Kandi nkunda nibiganiro byawe nukuri Imana igushyigikire muri byose.
Kwa yesu niho honyine yakirira kuko na mama yarabirwaye abo bapfumu bonjyeramo ibindi niba utarubizi ahubwo bakakumaraho ibyawe byose ,rero wowe senga icyatumye adapfa nicyo kizamukiza
Komera mubyeyi mwiza Imana irebe kwihangana kwawe
Niba ashaka gukira niyakire Yesu cristu nkumucunguzi numukiza arakira azagarauka atanga ubuhamya.
Sha mama Zaki ihangane pee imana irakuzi
Mugweko muvyeyi. Imana iObangiriraneza
Imana niyo nyiri ububasha bwose izamukiza. Gusa Imana ihe umugisha uyu mudamu kubwo kwitanga akita kumugabo we mugihe kingana gutya!
Inama iyegurire Kristo ntacyo adashobora nicyo gituma ikikurinze mumyaka 10,atezamaboko ngo agusanganire nimumugane bavandimwe,disi ndakwibuka utararwara papa Zaki
Imana igutabare wa mubyeyi we, ariko inama nakugira, uwakuruhura akaguhumuriza ni Yesu wenyine. Mwizere umwakire muri wowe maze urebe ukuntu ashobora byose Kandi birashoboka ko yanamukiza nawe akaguha agakiza ukanezerwa. Ngwino nyamuneka Yesu akwakirire imitwaro yose ikuremereye. Uzagubwa neza
Ayo namadayimoni
Muzashake abamusengera
Mana yanjye we
Ni ugusenga cyane Imana niyo nkuru
Wowe j.pasteur unye uceceka
Ihangane, jya gushaka yesu kristo wazutse mubapfute miwe muhuzi nyawe ,azakubera igisubizo
Maman mutware mumasengesho nicyo cyonyine cyamufasha peee
Koresha Amazi
1l ikirahuri kimwe mugitondo na saa sita na nimugoroba buri uko ugiye kurya miminsi 7 uzambwire niba utacyituma
Bantu mutasha nimubagasha nukuri pe ariko nawe yesu kristu w'inazareti niwe wamutabara
Imana ikurwanirire peeee
Mama Yesu yaje kuruhura abarushye nabaremerewe , nukuri yatugiriye neza turabihamya. Mumwemerere mumwakire azabarengera kandi muzavuga kugiraneza kwe. Umuti uhenze wo ntiwawugura, mwakwemereye Yesu ko aruhura kubuntu?
Ukonukuri
Oooo ihangane Mumama mwiza Imana izamukiza. None wamujyanye ska Salongo ko nunva ngo akiza abantu niba mukeka ko aramarozi? Muzabigerageze murebe.
Mujye mutekereza mbere yo kuvuga,ubu ibitaro byubakiwe abayisilamu ,Imana itanga uko ishaka kandi niyo ivura kuko nintumwa Ayubu yaraboze kandi kubera Imana yarakize nuyu rero ashobora gukira Inshallah
Rero izere Yesu ndakurahiye niwe wamukiza mwemerere abe umwami numukiza wawe shaka umukritso uri hafiyawe azabigufashamo ukubwire icyobisaba
In shaka allalh
Allah abahe kwihangana, ubu burwayi bushaka gushikama ugasenga udashidikanya ukizera Allah, uzashake telephone ushyireho rukiya /quoran hanyuma ujye uhoza ecouteur mu matwi ye in shaa Allah bizagabanuka nabihozaho ndabyizeye.
Naho abapfumu bareke Allah niyo baba bavura igihe kitaragera ntiyahinduke, ahubwo uzasabe Allah atazatabarukira muri shiriki.
Uyumubiri. Nikibazo ngikomeye
Maman turagukomejye ariko Yesu aracyari ku ngoma kandi arakiza. Ibyo wizera ubyirengagize noneho hamagara umuntu yitwa Yanga i kigali amusengere. Nakira nawe uzagenda uvuge ibyo wabonye. Izere iyo n’imyuka. Ntawarya ngo ntiyitume iyo myaka yose
Reka kumwosha ni yizere Allah niwe akiza
Maman nimwihangane imana izamukiza, gusa ndagusaba ngo uwo murwayi wawe nubwo uli umuyislamu ntacyo bitwaye uzamujyane mu rusengero rwitwa ZERAPHAT HOLY CHURCH (Remera kwa Rwahama hafi aho) urebe umushumba witwa BOSCO azamusengera kandi azakira, cg urwitwa JERUSALEM MILACLE CHURCH( Nyamirambo) urebe umushumba witwa FAUSTIN afite ubushobozi bwo kumusengera agakira.
Barakurangije shaka abashumba bafite amavuta bagusengere.hari lmana ikiza
Harabuzi umurangire
Umanawe mama Zaki weeeee😭😭😭 ndabazi uyumugabo yarumushoferi disi sayidi
NAJYE GUSENGA IMANA NTAKINDI YAKORA BAREKE GUKOMERA KWIDINI BASHAKE ABANYAMASENGESHO
Mupekeke tanzania kumaombi yawa paster atapona bika shida
Uzamujyane mubanyamasengesho
Uzajye ahobasenga
Uzamujyanemurusengero bamusengere azacyirarwose narabibonye imana iracyizape icyambere nukwizera kwagombagucyira mwizina ryayesu
Amen 🙏🏽
nave mubintu byokwizerera mumyizerere yaba islam nage murusengero iyodayimon bayitwike
@@trecymukunda5480 yegorwose imana niyoyokwizerwa
@@mukeshimanaelizabeth8497 cyane
Wapi imana imurinde nagende kumubangikamya nagende ahamagare abashehe bamusomere idua arakira kubaraga za Allah
Jyenda kwa yesu niwe wenyine ufite umuti
Reka jumwosha yesu ntaco ashoboye atari imana yomyene
@@munimuni3365 ufite imyumvire yawe nange mfite iyange
@@jeannettefuraha854 reka rero kumvisha abandi iyo myumvire yawe
@@munimuni3365 😂😂😂🙏🙏🙏
Nihatali mur'iyisi
Mana ndabizintabwo ukoresha
Imbuga nkoranyambaga ariko kiza uyumugabo
Nibakoshe uje mumasengesho ugume wizera Allah niho akiza rondera abashehe bagusomere idua Allah aragukiza nizere
Namujane kumasengesho agireukwizera azokira nakinanira imana azokira
Madaaa aho murwanda harabasenzi numujyane kubasenze bamusengere azakira
Uri ntwari kuba mukirikumwe
Muzamujyane mubanyamasengesho
Abasilam se bo ntibasenga?
Yoooo uyu muryango ndawuzi disi mbega agahinda
Sha nange ndabszi uyumugabo yarimwiza cyane
Mama shemsa disi ihangane gusa gusenga nicyo cyambere
Uwonuwonguse gerwa
O esophagus cancer or an type of cancer maybe need all examination
Ngaho rero ba bapasiteri mubegere basengere uriya mu mama numugabo we mwakagira kristu mwe mutabare mutabare muve muri yayandi yose tujya twumva kuri za youtube kandi leta rwose ireke uwo mwana akomeze yige nicyo ubuyobozi tubukesha
Ariko buriya ntiyazipimisha na prostate ko nayo hari igihe itera constupation? n'igitekerezo mbahaye kuko nabonye uyirwaye nawe yari afite ibimenyetso nkibyo
Humura azwkira
Ngaho se Afrimax nimutwereke imbaraga za salongo rwose
It might be cancer
Ibi ni yesu wenyine ubivura.
Indwara yitwa negatif narayirwaye 3ans iragapfa gusa, , ni kristo yesu
wankijije.
Umva nudajya kwa yesu, uzaguama utya.
Wapi yesu naco Ashovoye atari imana yomyene yaturemye niyo ishiboye
@@munimuni3365 umunsi umwe uzabimenya ko yatsindiye kubishobora.
Murakoze.
@@geraldinekamali832 wapi nashoboye atari imana yomyene
Ariko nkuwandika ngo mubaislam haba imyuka mibi ubu mwe mutarabaslam ntimunjya murwara? abo nirirwa mbona social media bose barwaye nibo? Nyabusa muge muvuga muziga disi idini nubirwayi nokuraguza ntaho bihuriye gusa njye namusabira ko Allah yamukiza kuko niwe nyiri byose naho abasebanya namwe Imana ibababarire buri wese anjye arwana nokwezwa mumyemerere ye
Muzagane Abarangi, bazamuvura.
Azogane kwa Yesu Christo niwashoboye vyose
Ehe
Yesi number1
Uwo ni Umudayimoni ukomeye Uretse Gusenga no kwizera Yesu clisto wampfuye Akazuka Mutabaze Azagutabara yusu Arakiza mama
Bantu mutasha nimubagasha nukuri pe ariko nawe yesu kristu w'inazareti niwe wamutabara