Twabyaye UMUZUNGU😲iyo Mushaka Atari ISUGI Sinari kwemera Umwana😂Umunsi Duhura twahise Dutegura UBUKW
Vložit
- čas přidán 2. 06. 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR) - Zábava
Uvuze ukuri iyo usenga ntawakwishushanyaho amakuru yose Ijuru rirayatanga❤
Azahinduka Uzi ukuntu umwana wanjye yavutse wagirango numuzungu I se akabanza kumwananga Ngo iwabo ntibabyara abazungu gusa mufite umwana mwiza cyane numugore wawe nimwiza cyane pe
Nagomba nshinge intahe imbayeko akakanya ncimviriza ububuhamya kwisaha 1nimonota 23 numvise ngize imbaraga kandi uva mugatondo narinirigwanye integenke zidasanzwe nasenze ,nasomye ijambo,naririmvye kugira ndabeko ndonka intege biranka ariko ububuhamye ndabwumvirije kugera kuriyosaha ndababwiye narinaronse imbaraga rero abanyamwuka mucamuvyumva gusa mbonyeko intahe nayo ari Ivugabutumwa kandi ubundi nsanzwe nkunda intahe cane intahe mukinyarwanda ni (ubuhamya)ariko muKirundi ni (intahe) murakoze mwakoze umurimo ukomeye nanje numvise iyintahe ntoyigumizamwo
Data abishimirwe
Guhitamo neza ni Uguhitamo Yesu Kristo, Kwambara neza Ukaberwa ni ukwambara Yesu! Imana Ihe umugisha iyi couple yahisemo neza ko Yesu abayobora mu rugendo rwabo rwo kurambagiza.
Kwizera kurarema nanjye Imana yambwiye ubukwe kd ntabushibozi bufatika mfite arko ndizeye nyuma ya noheri nzahamagara plaisir nshima imana
Uyu mugabo ajye ahora ashima Imana yamuhaye umugore mwiza w'umwana mwiza kdi bose ni beza barahuje
Ooooh Kristo akomeze abishimire muri beza ❤❤
Abemerako uyumugabo azi ikinyarwanda neza mumpe like 👏👏😊
😢mbega umugisha Mungabire Uwo Mwana❤😂😂Dawindi atinUri Yaaaaa Mana💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃Ndukuri Mufise ubuhamya bwiza Butubere Icigwa ciza kubigene nabasore Dusengere Abagabo wacu nabagore banyu Imana izoduhe Ibikwiranye Nivyo twayisavye🙏❤❤Imana ibahezagire rero Ndabakunze Pleasir wanje nawe i love my Brother❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮❤❤❤❤❤
Muri urugero rwiza urugo rwanyu lmana igiruha umugisha
Muri beza,ndabakunze❤❤❤,Uwiringiye Imana ntiyigera Imumaramaza
Waooooo mbega couples nziza weeee ishimishije ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Yooooooo,Imana ishimwe cyane,nishimiye iyi family ihamya Imana by'ukuri.Nabakunze cyane.Imana ibahe imigisha y'uburyo bwose
Ayiweeeee😢😢😢😢,Mana shimwa icyubahiro nikibe icyawe burya sinayobye,mana ndagushimweko umpaye ibimenyetso byuzuye ko ntavangiwe,praisile wee Imana ibahe umugisha nange nuko byagenze ubu Imana imereye nabingo nintangire umushinga,ndumva nuzuye Imbaraga,Hallelujah 🙌
HALLELUYA NDAFASHIJWE GUTUNGA YESU NTAKO BISA
Ego. Kwitwa umwana w'Imana ni ivy'agaciro cane
Oohh muririmba neza disi Imana izabageze kure mufashe benshi biciye mumpano yabahaye🙏🫶
Imana ibahe umugisha Kandi ikomeze ibahaze umunezero ubuhamya bwanyu buramfashije cyane munteye emotion ndushaho kugirira Imana icyizere
Murakunditse bana b'Imana, mufite indangagaciro z'abantu bakiriye Yesu kristo mu buzima bwabo. Uwiteka nyiringabo Imana abashyigikire mu murimo we kandi ahaze kwifuza kwanyu.
Nizebyinshi imana abahe umugisha
Sibogusa bakundanye iguhe gito mukuru wange bakundanye ibyumweru bibiri gusa ukwezi nigice baba rerekantwe. Irembo ukwezi kumwe ubu bamaranye imyaka 9
Hallelujah hallelujah AMEN
Mufite indirimbonzizarwose
Mbese izindirimbo ziri kuri CZcams?
Twazisangahe?
Muribeza cyane mwubahwe muryango mwiza muzarenze100 mwishimanye amen❤
Plasir ndagukunda❤ cyane 🙏 lmana ijye ikumpera umugisha.
Abantu mur murukundo niyi TV mumpe like
Muhabwe umugisha, bakozi b'Imana.
Plaisir wari kubapiningira iyicano yabo munsiyikiganiro
Imana Ninziza ibihe vyose abotuvyemeranya munkandire kuriyo foto yanj hama dukomeze tuyishime🙏🙏🙏
Turanezerewe ku bwanyu lmana ibahe umugisha ❤
Wow❤muzarambane murenze💯kandi umwami akomeze Abe muri mwe babyeyi💥
Uwiteka abikomereze muryango mwiza❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ohhhhhh imana ishimwe cyane kubwanyu, ibahe umugisha
Imana ibahe imigisha muririmba neza pe amavuta y'Imana ababeho cyane
Najambo imanà irya ivuga ngo rihere nawayizeye ngo akorwe. Nisoni
Njye nikundira urukundo❤
Nanjye ❤
Teacher wacu❤ Imana nishimwe yarakoze
Inciiii ni byiz Cyane 🙏🎉🎉🎉
My GOD bless you 🙌❤
Cyakazarazara mana yanze sino shana kiteye bibabazi ibaze ko ndikumva nagisomagura kandi ari kuri phone mana weeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeendaguhamagaye ndakwinginze remera mumda yanjye umwana wumuhungu usa gutya wamanawe nashake azakure umuhindura ariko mushaka mubuhinja asa gutya mbisabye mbyizeye mwizina ryumwami wacu yesu cristo iryumwuka wera ameeeeeeeeeeeeeeeeeeee🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼
Bibe ukubyuzeye Mwizina rya YESU,ibyo muzasaba byose mwizeye mwizina ryanjye muzabihabwa "Niko ijambo rivuga
Ndabakunze cyane God bless you every time&day🙏🙏
Uwite ubu koko kuki ntakumenye kera😢
Nanjye njya mbivuga nubutunzi,nubwenge,kugendana we nibyanga ibaze kumumenya utarandagara rero ?!!❤
Igihe umenye Uwiteka ni cyo gihe nyacyo ahubwo komerezaho wambare imbaraga.
Waw indirimbo nziza namajwi meza❤❤❤❤
Imana ishimwe ubuhamya bwanyu buramfashije imana ibahe umugisha mwubahwe
Byiza cyane
Imana ikomeze ibubakire urugo rwiza
Amen Imana ibahe umugisha
Amina Amina muri family nziza uwiteka akomeze abashyigikire
Birashoboka cyaneeeee kwizera kurema
Plaisir wakoze cyane kuzana abobantu
Mwese muri beza disiiii🥰
Imana ibahe imigisha myishi muririmba neza cyane❤
Imana yagize neza! Turayishimye
Mbega akana kezaaaaaaaaaaa❤❤❤❤❤❤,ni akabizou .
Muhabwe umugisha 🙌
Yego disi Nyagasaza! Twarasenganye kko yari yarahabaye.
Imana yarakoze
Uwuringiye. Imana. Ntakogwa. Nisona. Nivyiza gukorera. Imana. Nukuyisenga. Imana. Nukuyikorera. Cane
Imana ibakomereze amaboko
Yooooo mbenga umu bebe mwiza disi we❤️🥰❤️👈🏻
❤❤❤❤Imana ishimwe❤❤❤
Uyu mwana asa na mamawe muribeza❤❤❤❤
Hello ndagusuhuje cyane
😂😂ubuhamya nkubu ndabukunda pe.mana najye umpe umugabo ndamukeneye si ukumushaka
Kugendana na Yesu ni ibanga rihambaye
Hashimwe Yesu.
Jmv ndamuzi cne numuntu wimana pe
Teacher kbs lmana ikorera igihe nukuri nishimwe
Jmv and joy ndabakunda babyeyi♥️♥️
Imana ibahe umugisha kandi izabashyigikira mumurimo wayo mukora
Murabakozi b'Immana hallelluai
I like that song ooooh jesus
Iyo nzobe izasigara ari isanzwe umwana natangira kujya ajya ku zuba.
Nukuri imana izi guhuza pe
❤ from Burundi
🎉Ariweyizi
Ahaaaaa, ntibizoroha
Uyu ni Nyagasaza jmv nzi?
Kwizera birarema rwose
Ari inzobe bizohera nange sinarinzi umwana wanje ko azirabura birahera .
Mwagiye muvuga Imana ntimushyiremo Politic
Birahimbaye cane
Noel ndagukunda
Nike a cane nakazungu
Amen Amen
Wamutama agukubita kubera ubujiji bwawe😂😂turamushaka uzomugarukana ryari???
Please wait ni sawa
Ariko Abantu mugira ukutizera kuvyara uwo mwana je mbona bisanzwe kuko namw mbona muri beza cane
Plaisil mwiriwe
Ntarareba iki kiganiro ndabona ababantu baberanye wagirango baravukana nukuri
Nababyeyi be nabazungu
Uyu mugore ndamuzi
Mube maso yemwe! Iyo muvuze ibi ngibi bibabaza Satani n'abakarudaya bagahaguruka.ngewe nigenderaga ariko sinacaho ntavuze
Ababonako Plaisir yujuje Illuminati 666k nkandira kufoto!
Ariko uyu mumama nimwiza kuba yarabyaye izobe ntabirenze ikigara gara cyo nawe ninzobe nuko arubuzima bubi ariko uwo mwana asa nanyina
❤❤❤❤😅
Nzuli
Heeeeeeeeeeeeeeeeeeee
Ahubwo uyu mugore nincakura kbx buretse izaba ureba namara gukura uzasanga Atari uwawe muzagaruka kuriyi mihanda mutubwira 🫢
Toka shitani
Ikintu nibajije ni iki?Mbese koko uwo mwene data yizeye yuko umukobwa yari isugi ?cyangwa ni uburyo yahisemo bwo kumufasha kwiyakira no gukumira izindi ntambara nyinshi zashoboraga kuvuka iyo atangira guhakana umwana!ikindi kandi nawe ushobora gusanga afite undi mwana hanze bityo bibaye 1/1 nta cyo byaba bitwaye kuri we icyangombwa ni urukundo.
Murwaye mu mutwe mwabyaye umuzungu gute mbona ari umwana wu umwirabura?! Abarokore mukunda gutwika dore musigaye munitwikira munzu
Mufite umwana mwiza cyane
ARIKO NDUMIWE KOKO! NGO YARAGUTERESE URAFASHWA IMANA IBASHYIGIIKIRE Joy we ndabona uri bazinna wange
Mbega byiza plaisir wambabariye ukazasura aisha kotumukumbuye