UBUTUMWA BWIHUTIRWA KU ITORERO💔HUZUYEMO IMIRAMBO💔 ABANTU BAGIYE KUNYARIRA BIBLE😭IGIHE KIRAGEZE NGO😭
Vložit
- čas přidán 10. 01. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Zábava
Nihashimwe YESU UMWAMI wabami ubereye maso itorero rye akaryibira amabanga
Ni ubwambere nkubonye,ariko Komera ntugire ubwoba komeza Uyikorere kd Izaduhemba.Dukeneye abashumba abungeri bita kuntama kd zimenya Yehova ,igiye gushyiraho abungeri bazibereye mbagiriye inama nibahindure uburyo.
Yesu agiye kuzaaa
Tugeze heee ?
Akihaduzanze.
Nibahagarikwe duhumure
Iwacu kuri noheri haje abantu bake cyane twarimo tuvuga ngo batega moto imwe
Yesu wetabara abantu bawe Imana ibahe umugisha Yesu we wongere uhembure ubwoko bwawe
Naduhe imbaraga zibarenze kubwicubahiro CAYO
Nyewe ahubwo nabonye bible nyinshi bazitaye mu bwiherero Imana idutabare p kuko turi mubihe bigoye
Ntibyoroshye pe, ibihe turimo bigoye abagenzi😭
WAgize neza ku musura kandi haricyo twungutse
Pamphile uwo muntu nanjye ndamuzi ,kdi yibitseho Umwuka wera rwose
Tabara ubwoko bwawe Mana y urukundo.
Yesu abahe umugisha
ark nakariya kantu ko kugurisha ibyatuwe murusengero ugasanga nk'ikiro kimwe cyubugali cyiguze nkibihumbi bitanu ibyo bintu muzabidusobanurire pamphil!
Murakoze cyane
Muhezagirwe cyane
Imana idutambare 😢
Mujye mubambariza uwabaduhaye
Nikobimeze hano murikenya nibyo bitumaze imana idutabare
Imana Idutabare!
Uwo kumva aba yumvise
Imana iturengere
Ibihe dusohoyemo ntibyoroshye
Ariko abadafise iryobanga batangirakuvugango waraguye itobatakubona
Urusengero si amazu ni umuntu kugitike. Mbese nti muzi ko muri insengero z'Imana? Igihe kirageze ngodusengere mukuri no mu mwuka. Si ahantu runaka.
❤
Manadutabare
KO Niko ariwe urikuvuga
Idutabare