NTABUDAKEBA ATUMWE IBIKOMEYE KU MADINI😭IBYO MUGIYE KUBONA MU MADINI MUZICWA N'AGAHINDA💔IBIZIRA BIGIY
Vložit
- čas přidán 7. 01. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Zábava
Bantu b,Imana mbemerera ukuri muvuga Imana ibahe imijyisha🙏🏾
Yesu nashimwe bakozi b,Imana muhezagirwe cane uyumuvyeyi ndamukunda aravuga Imana neza nkaryoherwa
Anaseka neza nukuri.
Mubyukuri imana I turengere nange sindi adeperi ariko iyombonye abantu bavamo bagenda hirya nohino bikambabaza ubundi kobizuye umwuka arikoahobaja nkabona baja ahantu huzuye amapepo nutagiye mumwuka ufite ubwenge bwubumana ahita abibona turashize nugusenga
Ntajuru ryabibone rihari rwose aba pastor kazi bivugishako bafite ahobavuganira n'Imana bara tubeshya
None se wabahakanya buriya iyabo irababwira
Oya ntibababesha kuko imana yabo ivugana nabo irahari
Ndagukunda mubyeyi mwiza,gusa imana niyo yonyine yo kuturengera .
Ntabudakeba warukumbuwe,uvugira Imana neza nkabikunda.❤
Jyawisekera mamaa!!❤
Ndagukunze rwose mubyeyi mwiza
Murakoze cyane Beulah uwashyingiwe Turabakunda Imana ibakomereze amaboko
YESU atugirire neza pe jew kuwagatanu twarahanu gusenga numva umuhanuzi abwiyumuntu ngo IMANA imuhaye umugisha mugusuka ngize ngombaze umuntu umwe ambwirango harabavyamerewe nabatavyemerewe
Rekambabwire uriya mugore barigushyira hejuru nibitonde kuko ntabwo imana ntizakomeza kurebererers
Iki kiganiro ni cyiza cyane n' ubwo abantu bifashe kugira icyo bakivugaho. Imana ibahe umugisha.
Ntabudakeba umwuzukuru wa Gasongo wari Shoferi wa Sinamenye wumucuruzi Ikaduha ndagushuhuje Imanishimwe cyane
Ese buriya bariya bafunzwe ngo ni abahanuzi bamwe ntibafungiwe ukuri .mukenyerr cyane
Ndahamanya namwe uwiteka abahe umugisha
Pamfil ndagukunda caane ukiri muduha nuyo muvyeyi muntera guhinduka mpwemu w, Imana abacamwo pe🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Murakoze cyane, nibyo iyo nta mutima ugucira urubanza ugira uba nta Mwukawera ukurimo😢
Pafi urahocyane? Rero uwakubwiyeko America basenga bimakiye muburyobwise bakora yaba nibikomo namaherena byose barabyambararwose njyewe ndumudive ariko byaziraga kwambara amaherena ibikomo gusukwa gusiga inzara kwambara ubusa byose barabikorarwosep. Nabajije umwemuribo arambwirango imana yamerica ngonayo ninsirimu ndumirwa rero uwomubyeyi nababwire wenda harabazihana kd uzamudushimirecyane turamukunda❤❤❤
Mama wacu Imana iguhe Imigisha nyinshi🙏💗
Ndabakunda cyane ndabakurikirana butimunsi
Turabakunda cyane rwose 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Murakoze lmana ibahe umugisha
Mariya mazina narindagukumbuye urahanura gafashwa pamphile Wakoze cane kutugarukanira uwo muvyeyi
Uwiteka abahe umugisha kandi akomeze abakoreshe iby'ubutwari
Muhabwe umugisha bakozi bimana mwukawera akomeze kubayobora
Ntabudakeba ndagukunda cyane😅, Yesu akomeze agukomereze mu mbaraga ze.
Muraho neza Pampile
ijambo idini rikoreshwa nabi cyane
idini si ikinyarwanda, ni iritirano rihagarariye indi myizerere itari iya gikristo ( other religion ex; Islam, Hinduism, Buddhism, etc....)
mugihe itorero ni izina rihagarariye imyizerere ya gikristo ( church)
so iyo banditse ngo amadini namatorero munyandiko za ziri official nka leta , baba bashatse kuvuga Christianity and other religion
Uyumumama rwose naramukunze Imana imuhe Imigisha ukunukuri kuzageza abantuku Mana.
Ibintu vyo gusuka imishatsi Pamphile Kiri mubintu vyatumye mva Aho nahora nsengera nkaja ahandi.
Imana lguhe umugisha lnshuti yimana
🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏Imana ishimwe
Umukristu nyakuri ikintu cyose agiye gukora abanza kugitekerezaho akareba ko kubantu hamwe na Yesu Bose babibona kimwe.
Ndagukunda cane maria
Hari abatubwiye ko Imana ariyo yabahaye business yo gusuka amamenshi.
Bagatanga ubuhamya ko Imana yabahezagiye.
Ndabakunda muvuga Imana neza
Birya bintu vyarambabaje cane batangiye ivyumwuka ariko baheretse ivyu umubiri. Nabonye umugore yakira Impano aphukamye biriya bintu vyarambabaje. Kandi bahagurutse gukorera Imana yavuze ariko ntabwo ariyo bagikorera nico kibazo gihari. None ko bariko baraja kubwiriza mu ma church nabo ntibabahindure ariko bagahita bafata imico yabo.
Yesu aguhe umugisha ni ukuri
Imana iturengere kuko birakomeye ikizira cyinjiye ahera
😂Pamfil na. Maria Imana imbabarire ibampere frw ni ijuru muramfashije ubwo buhamya nubw'ukuri pe.
Mwiriwe ndashimira bewura ndashimira pamfile uburyo aduha ibiganiro byiza
Mukomerezaho ivyo nivyo lmana igomba hariho abazorokoka
Yesu azatubera amazi yo kunywa abamwiringiye byukuri
❤ ni ukuri ukuri kuraryana kureka gusuka imisatsi ugatega igitambaro gifite forme yimisatsi .kureka ipantalo ukidoderaho umwenda uri bien taillé sur ton corps .gusa erega no gutera kanta no gushyira amavuta mu mutwe byaba ibibazo .gusa isuku nl ngombwa gusa neza nibyiza . Mais oui wambayeye nkuri mu irushanwa nabyo ni ubwobone haricots nabavuga KO bene se muri kirisitu atapfundura imishumi yabo bahanganye kandi nkabanzi .gukizwa nabi bitera umwaku byoroshye nanjye ndabyemera
Dukeneye umwuka wera kurusha mbere!
Ndakwikundira rwose Maria .
Ibyo uvuga ndabyemera kandi sindi umuadepr
Pamf lmana nkorera iguhumugisha ni aisha nkuko bisanzwe mwadusabiye umukozi wimana akadusura rwikubo
Ubundi uyu munda cane umwaka mushya Maman wange ramira kubona ivyiza kand gumamo
Ndabasuhuje mu izina rya Data watwese n'irya Kristo Yesu. Mfite ikibazo. Iyo ikiganiro cyanyu kigiye gutangira hari ibintu by'ibyotsi by'umukara bizamuka. Ibyo bisobanuye iki? Aho namwe ntimufite imbaraga z'umwijima? Byaba byiza mutabikoresheje rwose.
Amen
Turakwakire YESU akwishimire
Amen,Ame,Amen.
Mwiriweneza lmana ishimwe yo ikiturinze namwe mugihumeka Ntabudakeba turamushimira atwongeramo imbaraga
Nukuri sinzongera gusuka ibituta ndabiretse
No kujya ku ruhimbi ntateze igitambaro kuko ndumva bitoroshye
Bariya bavugabutumwa batumirwa mu machurches bajye bacunga sana , kuko bakandagira hejuru y'ibyo beneyo bacishirijeho.
Bazajya bazima buke buke.
Pamphil warahevye wamuvyeyi estheri vyagenze gute turamukumbuyepe
Yesu weee
Ntabudakeba komereza Aho uvuge ubutumwa
❤❤
Nibyo pe
Ijuru riturengere😢😢😢
ndabikundira pe iyomuhuye murapfasha.
ABEZWA BARUSHEHO KWEZWA .
❤❤❤
Ijambo rimwe kandi riryoshye, Gusambanira mumyenda miremire, mwicanye uwa2, naho zino mpenure zirangije benshi pe
Igitambaro cyerekana l'autorité dont la femme dépend ,( mari)... devant les anges.
IMANA IDUTABARE TURI MU MISI YA NYUMA
Yewee ngo genda ubabwire naho batakumva kwarinzu yabagome
Guseka vyongera imisi yokubaho
Nihashimwe lmana yagukuyemo uruzerero
Nnx umuntu yabwira Niki I idakorerwa ikuzimo ngo aribyo tuzajya dukoresha?
Uturengere Mana tugeze Aharindimuka
Ibyo twibwira bitandukanye kure n'ibyo Imana yibwira ! Mukomere 🙌
Umwuka w'abazima.(nubundi ni umwuka uhumekwa n'abazima;nta mwuka w'abapfuye).ibi bintu biravugwa cyane ariko numva ari ukwibeshya.Niba nibeshya I am stand to be corrected.
Ni nka kwa kundi ngo Mana tuguhaye ikaze na karibu.....byose babyigana uko nta bushishozi
Ikiganiro ciza
Yesu ashimwe! Labello zose zavuye ikuzimu ?simpakana Yuko naho bakora ibisa n'iby'inganda zo Ku isi zikora ariko zose siho zavuye.
muvuga ukuri pe Imani ibahe umugisha❤
uwo muvyeyi aratwenza cane mbega inseko ye😂
😂😂😂😂mpaphil uransekeje nawe uzaduhe ubuhamya pe! Utubwire nuko wakize ( kubunga) erega hari benshi bameze nkuko waruri bamwe nibato andi ni bakuru
Narinkumbuye budakeba wange,ese impeta wayishyize he?
umwuka wera udutahuze ivyikinze vyububugingo
Ndabakunda cyane bakozi bImana
Nikibazo
Ubwo budini ujjye ubuvuga tubumenye
Ndashimira Imana nararetse gusukisha no kwisiga make up ni imyamabaro mibi. Birabintu bira bata cane iyo utabishizeko ubu wumva uraberewe. Ariko ndashima Imana nabiretse kandi ubu mbona ari mberewe kurushaho. Ndiruhutsa burigihe iyo mbonye abikoreye ibishatsi biraho nkavuga ati Satan atwaza igitugu nukuri.
Yoo ntabugidisi
Icompa oyo mpano yo guseka
Ese mugihe umuntu agira ikibazo cy'iminwa isatagurika gusigaho amavuta byibura iminwa ikoroha hari ikibazo? Munsubize
Kubobeza iminwa nagakotoro ntakibazo igihe uyirwaye ariko ntigende ijejeta nka Labero
Muri abantu buntu.ubuseubudini ni ubuhe?amadini yemwe ko ntayo
Déjà mu katolique izuba riva papa ahesheje umugisha abatinganyi hmmm bari kwinyuranamo ngo ni umugisha giturumbuka ubwo murumva ahotugeze .padiri aribyariranta kibazo nawe ni umuntu agakomeza akigisha nkaho Natacyaba umugire yateye inda akaririm a agatanga ukarisitiya vraiment.abapasitoro batera Amanda ngo ntawe utagwa ngo ikibi nukurambarara ntiweguke .turarushye kubona ibyo batubuzaga kera Bruno byarejejwe ooh lmana ize iduhulure amaso Time ye ibihe tugezrmo
Ariko rero ngewe sinjya numva impamvu umuntu atagomba Kuya kubwiriza mu yanfi Madini? Nonese abandi bo bazakizwa bate niba batabwirijwe?
Nonese wibazako kubwiriza ari ikibazo?ahubwo izindi nyungu zabararuye zitari ubutumwa bwiza nicyo kibazo kuko bakurikiye indonke zabo ntibajyiye kubwiriza aribyo bajya bavugisha ukuri batabica hejuru ariko bavuze ukuri uriya mugore ntacyo yabihera
ntabwobyoroshye
Panachi habamo 5% ya alcohol
Ntibyoroshye, ikaze Marie kuri Beula
😂😂😂😂😂twarashize 😂
Imana ibahe umugishaaà muranyubatse nukuri
Amen