Sinifuza ko mwafungwa mutararongora -Kizito Mihigo asohoka Gereza

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 14. 09. 2018
  • Haraye hamenyekanye ko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul KAGAME yahaye imbazazi abagororwa 2140 harimo na Kizito Mihigo, Inyarwanda Tv yazindukiye kuri gereza y'i Mageragere aho Kizito yari burekurwe ku mugaragaro.
    Subscribe: / inyarwandacom
  • Zábava

Komentáře • 140