Egoko Mana wamubyeyi we iryo ntango ari Itorero pe, ahubwo Shaka irindi kuko itorero ni famille kdi nta famille ica umwana wayo kereste abatizera! Bless u🙏🏽
Ohhh Niba ukorera Ferdie ure one blessed woman. Uriya mugabo n’imfura na Ines the same. May God bless them ku neza bakuguriye. May God expand their territory
Nta dini rizajya mu ijuru Kandi ntaho umwanzi adatera ibuye, senga Imana ikuyobore Aho uzasengera gusa nta hantu uzasanga Abamalayika. Gusa ubuhamya bwawe buramfashije rwose. God bless u.
Umuntu yabura igihugu ariko ntiyabura urusengero! Mvira muri church si mvira mu gakiza!! Ufite Imana yawe ntuzayiveho ...urusengero shaka urundi kandi nta cyaha uzaba ukoze ...enjoy your new season Divine mwiza❤
Keretse niba hari izindi nyungu utegereje muri iryo dini! Ariko urebye neza iryo dini rikumira umuntu kuza mu rusengero riri mu buyobe bukomeye! Wasanga ari inzira Imana iguciriye ngo usohokemo ujye ahandi! Nawe waba wibeshye cyane uvuze ko ayo dini iri mu nzira nziza! Ibyo byabaye ngo uhumuke
Uri isomo ryigendera pe. Imana yarakoze kukuzigama kugirango bakwigireho
Egoko Mana wamubyeyi we iryo ntango ari Itorero pe, ahubwo Shaka irindi kuko itorero ni famille kdi nta famille ica umwana wayo kereste abatizera! Bless u🙏🏽
Ohhh Niba ukorera Ferdie ure one blessed woman. Uriya mugabo n’imfura na Ines the same. May God bless them ku neza bakuguriye. May God expand their territory
Divine inkuru ye n'isomo rikomeye hashimwe Nyagasani waguhinduriye amateka.❤
Sabin Imana izajye iguhe umugisha utagabanije❤❤uri uwagaciro mu 🇷🇼 inyenyeri yawe ntikazime ijye yaka buri gihe I love more
Reka mbanze nandike wana ubuse ikiganiro cy Killaman sinanditse nyuma ndabakunda ISIMBI TV🥰
Ooooo!Yesu ari kungoma
Uy'umubyeyi ndamukunze Pe!
Wakoze kumuha umwanya Uncle Sabin❤
Mbega umugore wintwari❤❤❤❤,nkushimiye kundagagaciro dufite zokudasebya itorero cg umushumba kd baraguhemukiye pe.gusa bakubohore kd bagusabe imbabazi kuko satani yarabakoresheje,ngontiwemerewe nokwinjira nguterane!birakaze ese bajyabamenya kwitorero arikwamugaga kd haza abarwayi sabazima,noneho gutakaza umukristo umaze imyaka nkiyawe mwitorero nubuyobe pe.
Omega church narahasengeye nabantu beza bazakwakira, nkumbuye Pastor Liliose Tayi ndamukunda cyane❤
Naca bugufi azagaruka kdi yakirwe neza nukuri❤❤❤❤
Imana Ishimwe ko Yaguhojeje kandi Izakomeze kububakira urugo rwiza
Uriya tayi nakoreye iwe akajya acunga KO abakozi baduha kubiryo cyangwa icyayi , uwo yabonaga aguhaye yahitaga amwirukana, nanjye imbwa ye yitwa Miki yarankundaga igahora iri kumwe nanjye ,gusa numugabo WE ni umuntu mwiza hari igihe yatambukaga akaguha nkibihumbi10k wenda ukamara iminsi unywa agacyayi ,ariko liliose WE mubona gutyo ntiyaguha namazi yo kunywa
Wagize umugisha ubona uko UVA muriryi dini, shaka itorero, u
Ushumba mwiza asiga 99 akajya gushaka 1 yazimiye none uwo mushumba arayizimiza kubushake!
Nukuri utumye nanjye numva ko byose bishoboka kdi nukuri haricyo nkwigoyeho❤
Uranejeje nukuri maman Divin Imana nikomeze igushyigikire ngukunda cyane ❤❤❤
Itorero numubyeyi 😭😭😭😭😭ndumiwe koko ubuse iyo mugwa mubyaha mugatwita mukishyingira ntimwasaba imbabazi mukagarurwa munzu ylmana 😢 ndumiwe ndetse cyane iyo Yesu ahaba haba hari nimbabazi nurukundo pe, mwarakoze kudahemukira Christo❤
Sabin babyita guhungura"kuba umupfakazi abanye n'umuvandimwe w'umugabo we amaze gupfa"
Cyakoze Mana yanjye weee umugisha muragendana uko byagenda kose ibyo waba urimo gucamo byose urahambaye wa Mana we
Ooo imana yarakoze mana ubwo mubyeyi ndamuzi umwana we yiganye nuwange imana ishimwe ya muhindiriye amateko🙏🙏
Ahasigaye abashima babe aribo buzuza 1M.🙏🙏🙏
Ariko disi uri na mwiza cyane. Imana ishimwe cyane ku bwawe maama. Nanjye reka nitegure ko ku wa mbere nzahamagarwa gukora akazi kankwiye kajyanye n'amashuri yanjye. Birababaza kugera aho wumva wahisha ibyo ukora iyo uzi amadiplomes uryamahye aho.
Imana izaguha itorero ryiza uyikorere kandi ntubu urayikorera murubwo buhamya bwawe. Imana igufiteho Imigambi myiza Davine. Iryo torero niryo rikwiye kugusaba Imbabazi , ntacyo bakwiye kugunshinja.
Nshimiye Imana kubwawe Divine mwiza.utumye kwizera kwanjye kuzamuka.
Isimbi tv Sabin toujour uri uwa 1. Humura mubyeyi imana iri kumwe nawe
Nta dini rizajya mu ijuru Kandi ntaho umwanzi adatera ibuye, senga Imana ikuyobore Aho uzasengera gusa nta hantu uzasanga Abamalayika.
Gusa ubuhamya bwawe buramfashije rwose. God bless u.
Colo defense twakoranye muri ESG ari doyen watunomye kubera kuderanjaaaa ❤❤ big up my classmater
Nasenge Imana iguhe itorero cyane ko yumva ijwi ry'Imana!!!!!
Ubu turi sasita na 51min ariko nkurikiye isimbi TV nuyu mu mama mwiza cyane ndamunezerewe
Mbega ubuhamwa we😢❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto mve m'ubushomeri mbone imibereho y'abana Imana ibahe umugisha 🙏
Kadijolie wacu shan, courage kabsa...BigUp ku Mana, yakoze akazi gakomeye🎉
Amen,Sabin uzabatumire we n'umufasha we!
Yewe hashimwe Imana yabanye nawe mama, kukibazo cy'urusengero niba baranze kukwakira uzarebe urundi rusengero ubitekerereze umushumba ariko wizeye
Humura Imana iraguha aho usengera hato udasubirayo ugahura nuruva gusenya ukahakubitanira nuburozi Umushumba ujugunya intama Mbega Aho hibagirwe shaka ahandi amatorero arahari
Ahubwo sinzi icyo ashakayo kuko nta mbuto bakwereye rwose. Senga cyane Yezu akwereke inzira ukwiye kunyura si ngombwa cyane iryo torero.
Mpol, Imana ntiyibagira uwayo. Nta n'imvura idahita
Imana iguhe umugisha ko wemeye kudusangiza ubuhamya bwawe.
Ihe umugisha mwinshi cane boss waguhaye akazi.
My collegue in University. Komera cyane shenge God is able 100%
Rwose Divine twariganye, twaraturanye kagugu, rwose omega nimuhe undimwana imbabazi kuba aje kuzisaba kuri kamera nuko ntako atabagize rero discipline yidinini ryanyu nigire irenga yobora muruhure umwana umutima ! Wadivox Big up ❤
Ubundi liliose ntimumuzi mwebwe muzabaze abakozi bagiye bakorera iwe murugo !!! Gusa imbwa ye yitwa Miki ni inshuti ya bose
Umuntu yabura igihugu ariko ntiyabura urusengero! Mvira muri church si mvira mu gakiza!! Ufite Imana yawe ntuzayiveho ...urusengero shaka urundi kandi nta cyaha uzaba ukoze ...enjoy your new season Divine mwiza❤
Nibwo bwa mbere numvise itorero rica umukristo kumyaka yanjye mfite
Divîne waacu courage Uwiteka ni Papa wipfubyi akubakire ma
Yewe mu nya Rwanda Sabin, none ko ukorera Isimbi tv, boguhaye Sabin Show?? Ngira nkubwire ntaguhenda, uri umuhanga muri show! Ku rwego rwa Oprah Winfred umunyamerkakazi!. Ibandanye wiyongere uzorenze Oprah compétences!❤
😂
Can't wait for 1M subscribers ❤🎉
Imana ikura kure, ikomeze irengere abababaye babona byarabarangiranye
Ariko abanyamadini baretse gukabya koko😢😢mbega!!!! ariko humura rata Yesu apfa kuba akwemera
Komera kandi tuza nibatanakwakira ukomeze kubaza Imana Izaguha Itorero
Divine
Imana
Iguhe Umugisha muri byose
You are a Fighter for sure.
Kandi wabuze ukuri cyane jyewe Twariganye.
Yegope uwize mugishoma arabyumvako atabeshye,uyu ni génération yacu
Iryo shengero rihebe.
Si ishengero ry'Imana.
Imana ntishibora kubuza kwinjira Mu ngoro yayo.
Uraja ADEPR
Imana yanga icyaha ntabwo yanga umunyabyaha. Abo nabo ntamwuka w'Imana ubariho pe.uzasenge nukuri Imana ibasange
itorero ryararaye itonde wihangaye bazakubabarire cyane ko bari biteguye kugushyingira , humura bazaza
Imana Ishimwe yarakurinze ikindi Imana Ikunda abantu ba kazi ni kazi nawe niko uteye yaraguhyigikiye rwose
Alléluiaaa!
Urakoze kutubwira imirimo n'ibitangaza by'Imana ntitubimenyera. Imana ikomeze kukugirira neza.
Humura Imana ntizotubaza amatore4o twasengeyemwo,Imana ntiba mu mbome zubatswe nabantu
Ikibazo ndi kubona ashobora kuba yaritwaye nabi wenda akanga kumva ibyo bamubwira cg inama bamugiraga bigatuma nabo bamutenga murusengero rwabo
Nibagende kuko stragon zose yanyuzemo ntacyo urwo rusengero rwabo rwamufashaga
Nangye nvuka butambamo disi ❤️❤️❤️
Divi ndagukunze nanjye uge usengera lmana ingirire neza
Isimbi imbere cyane❤❤
Divine ndagusuhuje cyane pe, tuziranye I Gikondo ndetse na Kacyiru. Imana ishimwe cyane
Imana iguhe umugisha mukobwa mwiza ubuhamya bwawe bufite akamaro cyane
Syster Divine Imana yo n'ubu wayikoreye kuko ub'ubuhamya burubaka benshi.
Ariko kuri iy'isi turi abagenzi uy'umunsi rero utashye wajya rusororo cg se muyandi marimbi ahenze wagenda nk'ujugunywe rero ni byiza kugira itorero rwose jya muryo ushaka ryose rizakwakira.
NB: Iryo uzajyamo ryose ntabwo ari ijuru uko byamera kose ntuzabura kugeragezwa kuko tukiri muisi dufashe igihe muntambara.
Gusa Imana iguhe umugisha.
Divine ,ubuhamya bwawe bunshubijemo ibyiringiro,
Ko nange Imana izangirira neza.
God bless you❤❤❤
Ufite ubuhamya weeee
Imana inyuranya ibihe kweli
Uzatubwire nahavuye izina Divine kuko twigana muri ESG witwaga Belancilla
Hhhhhhhhhh!!!! Izinase ntibarihindura? Iyo umuntu adashaka izina ararihindura,kdi nawe urabizi ni ibisanzwe !!! Kwanza gishoma na Kigali biratandukanye!!! Divine bituruka kuri Dieu!!!
Komera Maman Imana niyo muvyeyî ko murikumwe rema Senga Imana izoguha ishengero rigutahuraurintwarî komeza ubeyo rondera irindi Torero arahari atarapfùkamira Bayari uwama arya ivyo nyina yatetse gusa yibwira ngo nîwazi guteka wenyene
Komera cyane muvandimwe Imana nibyose
Disi ndakwibutse SFB, wagiraga igipara cyane.
Ndagusuhuje cyane
Amatorero nk'ayo nadohore. Yesu yaziye abanyabyaha ariko Divine ntacyaha yakoze. Nimumusubize mu muryango yifuza. Omega nimumudohorere. Mumuhane ariko ntimumute burundu. Divine ni umwana w'Imana.
Ndakuzi uracyanwa itabi
Ndagukunda❤❤❤❤❤❤ Divine
Ako kantu unazemo ni kabi
Isimbi irabura abantu barindwi nimubashake ubundi hanshye
IMANA ISHIMWEEEE👏👏👏
Wow❤I like her
Uzashake ahandi usenger mumaman mwiza adpr zose ntago zijagaraye idini ryukuri ni yezu christu watwitangiye kbs
Iryo jambo uvuze ngo muri adper harimo umwanda ndarikugayiye aho bakwangiye kugushyingira seho niho hatari umwanda uti barwanyije ubukwe bwange ntahataba ibibazo shinga iryawe ritagira umwanda
Nonese arabeshya? Ibyo ntawe utabizi kdi nturi umuvugizi wa ADEPER
N'ubuhamya bwe bwonyine nishuri kuriburiwese uca mubibazo bene nkibyo ko Imana niyo kwizerwa.
Number 8 sabin ndagukunda cane ❤❤❤1m is aroming am very happy for isimbi tv ohhh watching from Qatar Arabic country but am a ugandan
Nigute witwa gerardmbabazi 😅
@@Queen-ze1tm niba ushaka kumenya neza u inbox me dear queen
@@geraldndindabahizi1544 Nabikora gute?
Byantunguye kubera nziko Geraldimbabazi aba Rwanda/ inkuru yanjye😂
tumenyane nanjye ndi UG
@@geraldndindabahizi1544 kabisa birakwiye ndi mukundabantu twajya tumenaho abiri da
Imana yarakoze ihindura amateka❤❤
Divine Imana ishimwe yakoze ibikomeye yaguhinduriye amateka kandi igufiteho umugambi mwiza
Divine my workmate
Hejuru cyane 😘♥️♥️♥️🫣
KGG
Reka reka uvuze ivyo church nca numva mpungabanye kuko nanje ndiguhuriramwo nibintu vyinshi vyinshi binkomeretsa 😢😢😢😢 Mugabo Imana Irikumwe nanje Kandi Irabibona .Mugabo Mugabo nukuri birababaje caaaaaane Kandi cane kuko munsengero niho twari tuziko turonkera ubuhungiro Ariko nasanze atariko bimeze namba.Gusa Imana Itabare abayo naho amasengero yoyo burya ntakivamwo 😢😢😢😢.Yesu Ashimwe cane ko Ari Intamuheba.kandi humura Mama Imana Irakubona .
Ndakwibutse divine mwiza gusa ndishimye
Ahuii ndunva umutima wange uruhutse, Mana urakoze kumpa ikizere cyubuzima
Isimbi❤❤❤
Imana yarakoze
Sabin Imana ikwishimire kuruhura abantu Bayonne disi
Igarukire iwacu muri Adeper tuzakwakira, jya ujya guterana I batsinda nihafi yawe. Kdi uzabikunda
Wabonye Imana mubyeyi
Uyumubyeyi aramfashije cnee ntakure habi imana itakurumuntu kndi ntakure heza itageza umuntu natwe izatugirira neza
Ivyontibibaho'',ntatoreroribuza,umuntukuryijiramo,narihebeyigiremuridi,iryosiryo,a
Hubwohahirwa,abarwabakavyuka,maman,dakuremesha😊
Oooh disi munkandire kugafoto sha nanjye munyumve
Kwishuri ESG twakwitaga nyirabitwengeeee ❤
Yegosha ariko yahoranaga morale kuburyo utari kumenya KO yagendanaga ibyo bibazo byose!!! Gusa ndishimye!!! Imana yaguhojeje amarira waririye kuri ambassade ya france wadepojeyo uratsinda ariko bakurya umwanya wawe
Imana yarakoze nukuri ni yamamare
Isimbi irabura 6000 gusa....batarapfukamira bayali🥳🥳
Ubu tubura 6k gusa
Urakoze kuturemagatima divine.uwomushumba byaramucanze byibuze ntiyasoma bibiliya kwivugango nimutababarira namwe ntimuzanabarira Kandi dusabwa kubabarira incuro nyinshi.iryo dini urivemo ntamana bakorera
Umubyeyi Ubabarira Ninawe Uhana
YOO dis tujya kugira ubuzima busa pe
❤❤❤❤
Ihangane ikibi nuko watengwa n'IMANA
Umutware wawe numukiriya wange hano Ibatsinda Imana ikomeze ibashyigikire muri byose
Buriya mission yatumye imana imuyobora ruriya rusengero wasanga irangiye ,kwari ukugirango imuhuze numugabo we
Ndagukunze nukuri 😢
Iryo Torero ko numva rifite amahamaye adasanzwe,Ubwo ni itorero ry'umwuka cg Ni idini.
Imana ibayobore bakubabarire.babyumve nk'Ababyeyi.Twizeye ko bazagufasha gushira ibikomere burundu.Uwiteka Abakoreremo tuzumve Inkuru nziza barakubabariye.Sabin wakoze kumwakira no kubivuga biramuvura.
Mbese ugiyeyo bagusohora? Uzabanze ujyeyo urebe icyo bakora, ndababaye cyane!
Yoooooo ndagukunze disi uzasenge uzabona itorero kdi na Omega babyumve bakwakire bakubabarire
Amen
Nu bwambere nteye comment gusa uyu mu mama Duhuje story peee