AKABA Islam kashobotse/IBYABO BIGIYE HANZE/Imana basenga turayimenye/UMVA UKO BAJYANA ABANTU IKUZIMU
Vložit
- čas přidán 5. 04. 2023
- #WHATSAPP_0788266238
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #250726888535 #0788733808
Kora Subscribe hano / @ayalonitv2992
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
Turabakunda.
Uwiteka niwe Mana, urakoze cyane Mukozi w'Imana.
Abashaka kuvunira ibiti mu matwi nibakomeze imbere wenda bazahumuka.
Ntampamvu n'imwe yo kubundikira umwijima uri mu madini kandi hari abacyeneye umucyo.
Imana ni Ukuri n'urukundo, Mureke Imana ikore akazi kayo mu bantu bayo mu gihe cyayo
Ayiwe Imana nimwe gusa rukumbi tubana nabo ❤ariko ibyo ntabyo tuzi oya baramwuhagira yapfuye ntawe ukamura yozwa nabene wabo bamwegereye sibyo .twarapfushije ntabyo twabonye umuntu yemerer idini rye nkuko twavutse mubakristu dushaka mubayisilam ntaib tubabonamo nabantu bakunda gusenga batinya ikibi cyose aho kiva kigera❤
Mbega umugabo ubeshya cyanee knd nawe abizi nezako abeshya !! Ngwamazi bugagije uwapfuye ngobarayatekesha !!?? Ndumiwe gusa ibyo nukubiba inzangano ngo abatarabasiramu ntibakarye mungo zabasiramu
Uhakana Imana wese Ijuru rizabakure cyane ye nuzakurikiza Ibyayo Izakurikirana ibye, amadini ntanumwe azajyana mwijuru azajyanwa yo nukwemera kwe .
Wow Bishop Augustin Rutagegwa barikiwa sana mtumishi wa Mungu alie hai rwose turanezerewe cyane kubwanyu nogusobanurira abantu kugirango basobanukirwe cyane cyane abaisilamu murakoze cyane.
Ntabwo ubabaje kuko ibimyoma byawe biratuma Imana iyobora benshi mu Islam cyane
Ayo ni amagini ari kukuvugisha ahubwo hunga niba udashaka gupfa
Mwe mukomeye ku idini ntimukomeye ku Mana muhinduke mwakire Yezu christu nk'Umwami n'Umukiza wanyu
Amahoro y'Imana nabane namwe ntawayobora uwayobye
Huwezi kuizima nuru ya Allah kwa uongo wako
Sha imana ikubabarire gusa izakugaragaze
Allah akbal nukuri urumurozi pasteur
Umurozi ate se ?kuko ari kukugira inama ngo utagwa murwobo?nushaka gukomeza mu myemerere ya Islam niwowe uri kwiyenyegereza umuriro ngo uwujyemo ubwo we akubwiye ukuri nicyo we asabwa kukubwira.
YESUNUMWAMI lteka ryose Amina
Mubyukuri mujye mutwigisha Imana mutuyobore inzira nzima ariko uvuga gutyo imyemerere y'abandi bantu unabasebya ntago aba aribyiza, Imana ikomeze ibagirire neza.
D
Imana iguhe umugisha mukozi wimana yezu arihejuru yibigirwamana
Babwire ubutumwa bwiza basenge Imana yukuri( ntaco bazireguza ngo nibavyumvise) God bless you
Imana ikuyobore inzira itunganye kuko ibyo uvuga ntabyo uzi
Imana iguhe umugisha ukoze
Umurimo ukomeye w,lmana
Abayisiramu ni abana beza njye ndabakunda cyane, bagira ubuntu kuruta abakirisitu ntabwo bazajya mu muriro pe, uzi ukuntu abakobwa babo bagira ubuntu, sha nta mukobwa wabo wakwima pe, byongeye bagira n'isuku cyane.
W urazi igitum bakunda nturababon nturatahur ivyo bizera
Hhhhhh bagira Ubuntu butiza urugi😂😂
Uwo mugabo umpuze nawe nifuza kuvuganawe nuwingenzi guhasha isilamu itemerako yesu ari Umwana WIMANA ndahabahanya cyaneeee kolowani 19:19
Uyumugabo ndamushimiye cyane cyane cyane lmana imuhe umugisha cyane mbega weee Uhoraho amwongerere kuramba kndi amukomereze muku Amina
uzasome Surat maida-Ayat 109_120 wamubeshyiwe nimwe Issa As. Azihakana kubera gukurikirana ibyisi mwiyibagije ko Mutazapfa Allah akubabarire🖐🙏
Icyo kigirwamana abe aricyo cyimubabarira ngo ni alah?ahubwo bura kwimura ayo magini ngo wimike Imana umuremyi w'isi nijuru Imana itubuza gukora ibyaha
Ese abavandimwe baba lslam bakoze uko bashoboye bakamenya neza corowani yabo kobirimo ahubwo ababigisha bahahishe ukuri mwisabira umukozi w lmana ibihano mushishoze muhunge rwose
Yooooo Imana ikujyirire impuhwe disi ,kuko igutereranye wazabyishyura igiciro kinini
Mana yange nukuri mudutera ubwoba cyane gs tuziko dusenga imana imwe rukumbi mwebwe mushaka kutuyobyayobya
Wowe umva nkugire inama wowe uba wumva ko uri gusenga Imana yo mu ijuru ariko ikizatuma urimbuka nicyi nukuba ukora iriya migenzo nimyizerere ya Islam bigatuma utagendera munzira nyakuri z'Imana
Yesu weee .ntibitangaje nubu abakristo benshi nibo bamenya imisi barafunguriraho bajya kurya zapilau ni nyama zabo zanduye .nshuti bavandimwe ba Christo mwaba mukurikira neza ikiganiro.ibyo umushumba avuze maze kubyunva ahenshi cyane .kandi nta mu islam watumira mumisi mikuru ya gikristo ngwaze kandi afate namafunguro ntawe muzabona.arikotwe dufite indambi duhora dushukura mubiryo byuzuyemo umwanda byabo😭😭😭
Ayaloni TV niba utinya Imana, uzasome Imirongo ya Qoran Rutagengwa yakubwiye hanyuma uzirebere ukuri. Uwiteka abayobore kuko muri kure y'inzira p
Yaransinze yesu mumwizere
Hubwo ni idahimoni
Yesu aeshimiwe
Nitwa shallif ,ariko Sha birababaje kuvuga ivyutazi kabisa!!pastor icutazi urabaza Kandi uragowe cane ibihano vyuhoraho biragutegerej kuko ububeshi burakuganje cyane kabisa!!
Agorwa ate se iyo muri gusali mwe muba mubona iriya ari inzira ijya mu ijuru?muba mwumva mutibereye mu kirere cyumwijima mutabasha gusobanura? Ayo ni amagini aba yarabatwaye ibitekerezo bizima by'Imana ahubwo mushake agakiza Imana ibavane mu irimbukiro
Iyo rutagendwa numwangushi knd imana izamuhana kuko ari kuvuga ibinyoma knd ukuri arakuzi
Yes,aguhe,umugish.babwire.haraho.bokumva.bagakizwa
Uvugiye yesu neza😊
Umva woe ukuriye iyi Ayaloni tv wazatubabariy ugatumira nabaislamu kuko ntanubwo Islam itezegutsirwa kd nibakoko uwomuntu atarigushaka amaramuko ahubwo we aravuga ibyo atazi gs Allahu Akbaru ibyomuvuga ntimubizi
Abasiramu muri munzira igana i kuzimu ahubwo mwanze kumva ariko umunsi w'urubanza rw'Imana ntaho muzawucikira muzicuza kuri uwo munsi ahubwo mwihane muhunge mutaricuza
Imana'niyo''ishoboye''vyose''murivyose
Bo bezwa namazi kugirango Imana ikwemere ikkndi bagira ibitambo ngo batambira abana bakabaga amatungo ngo babyita hakika
Bazabaha nabagaore ngo bafite amaso yimitemeri ngo bafite namaso meza cyaneee
Wamugabowe uri umubeshyi ntakinti nakimwe kizima wavuze mubyo wavuze. Imana ikuyobore
Mwe ko mwunamira igishusho ca bikiramariya nica yesu kiryo gishusho mwunamira niyo Mana yanyu musenga reka guhenda abantu vuga ivyawe bikuraba ivyo utazi uranuma
Abo ni catholic nonese namwe muca kukigirwamana ngo mugere ku Mana ?alah? Itegeko ry' Imana riravuga riti ntukiremere izindi Mana mu maso yawe
Coran 19, 30-34 haravuga ngo Yesu aravuga ati, "ndi umugaragu w'ukuri wa Allah, yandemeye gutanga ubutumwa bwiza no kuba umuhanuzi. Yampaye umugisha aho nzajya hose kandi niwe umfasha mu masengesho mu gihe nkiriho, amahoro abe kuri njye umunsi navutse, umunsi nzapfiraho, n'umunsi nzazuka nkagaruka mu buzima. Uyu ni Yesu Umwana wa Mariya, ijambo ry'ukuri abantu bakomeje gushidikanya .
Amém.
Iyo ni Quran ibivuze ntabwo ari igitabo cy'Imana icyo ni igitabo cya satani ubwe
Murakoze kuniganiro vyiza mutugezaho,
Mungu akubaliki baba ❤❤❤
Urakoze imana ibahindure nukuri knd ikindi kubera iki aribo bafite ubutunzi bwinci jye mba Saudi Arabia ndabireba.
Ndakwemera nukuriii
Ubwobushwagany n’utuvideo mwagiy muraterateranya n’uyo mugabo afis ubugugus m’umutwe m’ukurogota yigiz ikijuju avuga ivyo atazi wewe nawe mutahagarits guhangana n’Imana harigih muzorira amarira nkayumusazi yasazijwe n’igihano c’Imana mukugambana k’umusi w’iherezo mumaho hayo.Gume mugerageza gutera ivu ijwuru Imana irababona
Yesu n'umwami wabami
Ndasabiye musaza wanjye MANA uzamukure mubuyobe bwidini rya isilamu👏👏
Aho ushaka ko ajya ni habi (Ubuyobe) murekere Aho Ari.
Ni wowe wayobye dukwiriye gusengera ukava mu buyobe ukajya mu dini y'ukuri
Imana imukureyo mu izina rya Yesu ngufashije gusenga wizere
Urakoze wamugabowe ndakunvacyane🙏
ALLAH atugirire impuhwe aduhe ubusilam
Ikigirwamana kibagirire impuhwe? Mu izina rya Yesu
Baravizi benshi kwari yesu
Yesu niwenzira nukuri nubugig ntawushika kwadata ntamunany
Muraho bakozi bimana ndabashima kubutumwamutugezaho ndi unganda mumbarize uwo my pastor mbese umuntu urimu islamu wese azarimbuko
Reka kubeshya abantu some ayat yose ureke kutavuga ibice,Allah niwe azukuri
Nonese Abaslam murimo kurakazwa niki mwaretse Allah niba ari Imana nyamana ikazivuganira
Muvandimwe ntabwo tugomba kureka zino nkora kibi zihindura ibintu uko bitari ibuka abise abatutsi inyenzi bigatuma million yabantu yicwa. Aba nabo ndaho batanddukaniye nabo. Tuyiye twamagana abita amata amaraso
Imana iguhe kuyoboka Islamu kuko ibyuvuga byose urimo urongera ubuyobe babakristu batajya bisomera ibitabo ahubw bumva ibyo mubabwiye gusa another thing nuko ufite gahunda yokumvisha abo bakrisru yuko abaislamu arabicanyi kd babarozi gusa ndumva urimo ubwira abakristu yuko bagomba kwirinda abayislam like amacakubiri ushaka kuzana mubanyarwanda
Mu izina rya Yesu urabura kushaka uko wafata benewanyu mugahunga none ngo nabandi nibaze mujye mu muriro?
Ububeshi gusa wa shetani we yumuhakanyi.Allah umusi azogukorerako uzumirwa wa nryarya we.uzopfa nabi utyoza Imana nidini yayo
Uwo yese mwirirwa mubeshyera yasengaga Imana yubamye mwenwe mugasenga muvuza induru azabihakana ku munsi wimperuka muri bibiliya biranditse
Gusenga wubamye sibyo bizajyana abantu mwijuru icyangombwa numutima ubikorana
Uko yesu yasengaga Niko dukwiye gusenga
Adutoza kugera ikirenge muciwe
Ibyokumusenga sinzi aho mubikura
Mushaka mwahinduka
Nibyo kbs
Kubeshya kwanyu ntibyabuza ukuri kw'Imana kuguma ari ukuri ALLAH ni Imana si ikigirwamana ibindi muri kubeshya mujye mubeshya injij
Shahu waretse mpemuke ndamuke Islam ifite GIHAMYA rwose ni misingi ifatika
Ibyo byose uvuze byose Imana ibibuza
Ukaba ubihamya
Amajini kuba Amajini urumva ari ikibazo
Ntangajwe n'umugabo nkuyu ufata micro akabeshya isi wowe ntuzahinyuza idini yuzuye
Mbega gusebanya ibihano bikaze biri kuri babandi basebanya na bahemana imana izaguhana pe
Imana izamuhemba cyane kuko ni isezerano ko abasiramu Imana nabo igiye kubagarukaho ikabaha agakiza abazemera kandi bazemera
Ibyigisibo cyacu birakureba ho iki ko usenga ibyawe natwe tugasenga ibyacu wowe uzi bibiliya noneho uzaze tukubone ko baguhamagara ugatinya kuza yooooooooo
Mwe nukumwica mwomwica
Uyu mugabo pe yarasomye yarize ariko arabura ikintu 1 kdi gikomeye cyane aricyo gusobanukirwa
Urakora mugabo umurimo ukomeye
Urahaze wowe wamunyabinyomabe
Audhubillah minashayitwan rajjim
Ayo namaco yinda ariko wagombye guhigira ahandi
Ngewe nziko abisilamu basenga satani kuko iyo umusilamu apfuye ahita anjya kwa satani direct.Bavugako basenga Imana ariko Imana ninyinshi so nta Mana itagira Yesu basilamu mwihane muve mirigehinomo.
Pasteur ntasoni?ayo namacyo yinda yaho musengera ngo mubone ibya 10 bibabeshaho,ntabwo mwe mwigishya abantu ngo batahurukuri mukoribyo kuzimiza intama mushyumbye mubizeza ibitangaza mubakurahutwabo mukabaho neza abo mushyubye babayeho nabi Imana izobabaza muragowe kumunsi wurubanza.
Ariko bavandimwe ibi bintu byo kwinjira mu kwizera kw'abandi mbona bidakwiriye, njyewe ndi umukristu ariko mbona ibi ari ugushaka gukurura ibibazo bitari ngombwa. Buri wese nasenge Imana mu buryo yigishijwe ibindi tubiharire Umuremyi wacu
Imana idusaba imirimo myiza tuyikore ubundi umuntu asenge ibye ubundi Imana izivangurire ukuri naho gusebanya sibyo.
Urakoze mwene Data. Ndumva watumwe kubanyamahanga nka Paulo,komeza kumbure hari abokwumva bakagirirwa ubuntu bakizera ukuri.
Mujye muvuga ibyo musobanukiwe.mbwambere mwazanye umuteka mutwe Yusufu.none murongeye muzanye undi.iherezo ryanyu ni Jahanama nimutava muri ibyo binyoma
Uzongere umutumire🙏🏿🤍
Nabaye muri islam abenshi bafunga umutwe batumvishe neza ukuri.bagahagarara kubyo batazi ariko Yesu nuwambere nibashake bamuyoboke pe kuko arakora
Bayoboke yesu umuntu yasiramuwe kweri hinduka
Ariko usibye ubujiji abantu bamwe baba bafite nkaho wavuze ngo bayoboke Imana, urashishikariza abantu kuyoboka YESU ngo abamarire iki batagomba gukura mukwizera no gusenga Imana.
Erega Yesu ni Imana yigize umuntu niko ijambo ry'Imana rivuga
Muhezagirwe
Ntuzava hano kw'isi Uwiteka atakweretse ukuri kwe kuko nko kwibasila imyemerere y'abantu ukabasebya uko bizagenda kose Imana izakugaragaza
Ntimukitiranye ibintu iyo bavuze amajini baba bavuze abamarayika kandi n'a bibiriya yemera ko hari abamarayika neza b'ababi namwe muhamagara abamarayika mu itorero
Werutwabigwa ujye uvuga ibyuzineza😮
Urumubeshyi kbx swafa namarwa nimisozinjinji
Umubeshyi gusa uzarimbuka. Gusoma ayat imwe ntago uba usobanuye neza ntabayobye ahubwo azagaruke asome iyo surat yose ntago ari aba silamu babwirwaga. Ubu c utaniyehe nabantu bumva discour yose yumuntu bagakuramo ijambo rimwe bakarigoreka uko bashaka ni akumiro koko. Ikindi mbakosoreho ikintu kimwe kuba abasilamu badasenga Yesu basenga Imana(Allah) sibivuze Yesu bamufata nabi numwigishwa w'Imana nkabandi bose nawe ubwe yabayeho apfukama agasenga Imana nkurugero rwiza yabahaye ibindi mubamo byo kumusenga ntawabimenya Imana niyo izi ahantu mwabikuye
Erega yesu ntasengwa basenga Imana ya Yesu Yehova
Ndumva ntacyo udufashije, wowe ahubwo duhe imirongo yo muri Coran igaragazako Yesu atabyawe na Maliya, Yesu atabyawe n'umuziranenge udafite icyaha, Yerekanako Yesu atari intungane nta cyaha yagiraga, duhe imirongo igaragazako Yesu atahawe ububasha bwo kuzura abapfuye, Yerekanako abantu batagomba kwizera Imana ngo bizere nuwo yatumye Yesu, duhe imirongo yerekana ko Yesu atari ikegera k'Imana, ko atatumwe n'Imana. Byaba byiza uduhaye n'indi mirongo igaragazako Mohamadi yazuye abapfuye, ko yari intungane atagiraga icyaha, ko yabyaye n'umugore w'isugi utagira icyaha, uduhe naho muhamadi avuga ko ariwe nzira y'ukuri igeza abantu ku Mana. Naho abantu bazi ubwenge bazagereranya uwo bagomba gukurikira hagati ya Yesu na Muhamadi bashingiye kuriyo mirongo. Ntabwo abantu basenga Yesu basenga Imana.
Qoran nigitabo cya satani ahubwo abisilamu amaguru muyabangire ingata muhunge
Abasiramu birazwi ko bakorana nabadayimoni, e.g iyo uvaganye nawe nabi ahita akubwira ngo ntabwo Uzi abasiramu buretse ndabikwereka mugihe gito, waba udasenga neza Imana uwiteka ukabona ishyano da!!!!
Harabacristo mudatahura pole kabisa mugabo iconzico amazuru twese arabahasi bizamenyekana ububeshi bwanyu muzaboningaruka yavyo
Ikindi gihe uyumugabo uzamuhuze numusilamu kuko ibyo avuze sukuri niba ibyo avuga ari ukuri uzamutumire hari umusilamu
🤔😂Shaka umugati neza ureke kwibasira Aba Islam niyo wakiteranya nabande you can't win!! Gusa sindabona umu Muslim cga Sheikh yicaye nkuku wahaze narangiza yibasire idini yabandi cga imyemerere yabatari aba Muslim ☪️ Gusa Allah ni Nyirimpuhwe Nyimbabazi nuca bugufi imana izakubabarira kuko nawe si woe N'inzara
Allah akbaru🙌❤
Yego Yego
Urabeshye wa mugabo we! Harimo no gusebya! Islamu
Reka kubesha rek gucira urubanza bagenzi bawe nibibi cane imana nikunda kubesha gusa ngo barabakura ngo amaha urateye isoni
Hello jya wandika lmana neza kuko iriya niyi kigirwamana
Mbega ese woe ubawabuze ibindi wavuga gusabya abasiramu bigufasha iki some imirongo yose uyirangize unasobanure ibyuzi imana ikubabarire nawe ntuzi ibyuvuga
Iyuva urabesha
Ikibazo mfite ko bamwe muva mubasiramu mujya mubakirisitu abandi mukava mubakirisitu mujya mubayisiramu ubwo nimana mukurikiye cg nimitungo mushaka
Urakoze caane, Umukama Aguhe umugisha
Uyu mushumba mwamunsabiye akambwira UBURYO cg ahantu twabonera aya masomokuri Islam na Christianisme
Nitwa Aisha nature inyanza nshaka kumenya ukuri wampaye imwe yikinyarwanda ngonzabashe keyboard uwiwange
Yooo imana ikuturinde pasta .usobanura ivyutazi .biragusiga nawe ntubitahura.ububeshi gusa
Ntamugabo wacu ukubita umugore we bagira nka bane murugo bakadutunga kimwe murakoze baratanga kubiryo kumyenda ntakibi twe tubabonamo kd hano nibo gusa ntagatolika iba ino kereka capital hari insengero nkeya❤❤❤
Icyo nzicyo nuko bagira ubuntu kuruta abakirisitu, nta mukobwa wabo wakwima pe. Gusa muzabigishe uko birinda inda zitateganyijwe bajye bareka kubyarira iwabo batarashaka kuko birakabije.
Wawu wayobye cg gutera inda ibyo nibyiyo amahanga kirazira ntibyabura kuko turi mw isi ariko muri make l islam irarera munyigisho ahubwo babasaba bakivuka akamwambika yerekana yuko afite umugore kwa nyirarume yakura agasaba bakabana kd bashaka mumuryango wabo benshi benshi nukuri kwambaye ubusa agahugu n umuco kabeho
Ubuntu sigitsina Ubuntu batanga nimfashanyo mubandi nziza murukundo babana rusange umuryango wose uba hamwe ntanduru ntaki bakarya bagahaga kd batahinze kd kubagore babiri cg batatu kugeza bane stop biremewe ntamahane ntanzika bakorera hamwe muvandimwe imirimo yose
Nagusobanuriraga ngo wumwe ibyahandi mbandoga umwega nukuri nuko bimeze baranadukunda cyane umunsi kuwundi nimpamo
Urabasomera coloani91 uhereye kumurongo wa1 yew ntaco bazireguza Imana yabo itey ubwoba uzobabzz Imana yabo ikintu yatanguy kurema ngo yaremye ikaramu iyo Mana wumva ariyo?
Abaslam ni mubahumure amaso bamenye nezako nta juru bakorera bahindukirire Yesu bakizwe bamwizere batazarimbuka
Coran ntabwo ar igitabu cyawe hiyo mpamvu usoma ivyutazi,Abantu urikubesha Allah azabakubaza tu,wihaye ububeshyi wabugize umwuga noneho nivyago wikwegera ,nkugire inama uzasabe imbabaz kurementanya urigukora
Rondera ikijumbu neza ivyutazi urabaza nagusabiye iherezo ryiza kugira uzobe umugabo woguhamya ubuyobe urimwo ubu
Pasteur subira kwiga neza, kandi usobanuze neza, ndumiwe kutamenya impavu ya coran,
Rero ndabona ukeneye amasomo ahagiije Naho ubundi nul , Allah nicyarabu, Dieu Francais, MUNGU kswahili, tuliya, urimunya kinyoma.
Ndahamyako ntamusi numwe wowe wigeze ugirana ikiganiro naba Cheikh kuko niyo uvuga birakugaragazako uvuga ubeshya
Ibyo uvuga nawe si wowe kuko ukuri urakuzi na bwo watuyobya uzaze ba kwigishe neza
Igihe cyose ikinyoma kigurwa ninjiji kandi ntikiramba kuvuga ibidakwiye kuri islam ntacyo bidutwaye
Nitwa LAMBERT,ico gitabo wanditse nokironka gute?
Urabeshya uzakorwa ni Soni ku munsi wibihembo byi Imana
Busted Islam ni channel igaragaza ukuri abisiramu batazi kwidini yabo