Irebere ibibaye kuri wa MUSARABA YESU abonekeraho ALINE akihagera nabandi benshi ibitangaza bihabera
Vložit
- čas přidán 4. 06. 2024
- #Gone_arc_tv_David_0782751375
Reka tubashimire mwe mukomeje kudushyigikira Imana yamahoro nikomeze kubana nawe mudukeneye mwaduhamagara kuri +250782751375
Yesuwe !!!! Mbega umusaraba muremure? Mukristu yageze kumusaraba ababarirwa ibyaha kd umusaraba niwo bendera ryacu twebwe abakijijwe noneko nkeneye kugera kuruwo musaraba nzababonagute? Ngonange mbeberirwe ibyahabyose? Muhabwe umugisha nimana ❤❤❤❤❤❤❤
Ndabakunda cyane arine Imana imwongerere imbaraga
Nukuri ndabakunda cyane gusa ndasaba ngo Davide uzafashe kujyera kuruwo musaraba p Kd ndabigusabye cyane
Ndabakunda cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤ arine ko iyo umuhamagaye icamonayitabe
Mubanze Yesu!!!Muhamagara aline mbere yo guhamagara Yesu, kandi nawe ni umuntu.mwicumura rero
Yesu we uyumusaraba nuwahehe
Yesu nashimwe ndabakunda cne pe! Imana injye ibampera umugisha . Ndahuze cne ,kubera amashuri ndikwiga y'isi! Ark nzabasur pe njye ntuye i Kigali
Imana yararumbije pe! mukeneye yesu byukuri
Aline ndakwemera cyane nizeye ko tuzavugana kuri fone ukasengera cyangwa tugahura imbonankubone
Ndabakunda cyane nifuza kujyayo muzanjyaneyo imana ibahe umugisha
Nkundukuntu aline ahora yishimye yibyinira aline wenibura wazampamagaye tugasengana.
Imana ishomwe aline ndizeye ko tuzasengana kandi ndabakunda cyane muhezagigwe
Aha ngaha se ni mukahe gace ngo natwe tuzajyeyo muturangire neza
Umusalaba waYezu
Ndawizera
Ujyane Iburayi
Amene
Imaba ibahe umugisha ndabakunda❤❤❤❤❤❤
Abantu mwese mukunda ikirango cy umusaraba ndabemera mudusengere
Imana ibahe umugisha mwinshi 🙏🙏
Umusaraba wa kristo ndawizera nanjye ndabakunda
Imana yacu yamamare ibihevyose kumusaraba niho naruhukiye❤
Mwaramutse Nitwa Lydia musengere imana ihindure amateka uyumwaka imana intabare inyishurire amadini
Ikwishurire mu izina rya yesu
Uwiteka akwibuke
Akira Herve wawe umubohore.Ababuze urubyaro bose
Christine , Emmanuel, Alice na wa mudamu.
Amen
Nanjye unsengere Aline we
Yesu nashimwe ndabasaba nimero zumukoziwimana aline
Nushake ntiwirirwu zisaba ntanjyayita bumuntumuhamagaye kuko nambaye ntibiriho
Ubuyobe bukomeye
Ese.nanje.icampa.nkazahashika.nkanahasengera.numusi.numwe.ukowyoba.kwose.Bukundi
Aha nahaganahe
Nda🎉bakunda
Muraho neza yesu nashimwe
Yego mutuyi na rine muzatunjane natwe
Ngaye nguko abapinga umusaraba mugaturika
Uyumusuzi urihehe mubwire
Muturangire ahoumusaraba uri nimukahe gace
Aline chr uzashake agashumi uge uzirika igitenge were kugisubiraho buri kanya
Aline karibu uzotugendere iburundi
🇧🇮 🇧🇮 🇧🇮 🇧🇮
Ntabwo ajya ayitaba
Amen
Iyo ndirimbo yitwa nigihe gito intambara igashira
Ntajya yitaba
Mwambwiye iyi ndirimbo muba mucuranga nkayishaka ko, kandyohera kukumva
Ni iya 47 mugakiza(nigihe gito intambara igashira)
@@mukamuhirwaclaudine872 Imana iguhe umugisha cyane🙏👏
Mudusengere ntimutwibagirwe
Terefone
Muzasubirayo ryarikoko
Ikinyoma
Nubwudafatafonearikondagukunda
Batubwire tuzajyaneyo pe
Gurupeyabatabaziturabakundakandiburigiheturabakurikira5kuri5
Ariko ikibazo utazaza aho ntazasubizwa,ku tujya tubona ibihugu bishwana
Natwe muzaze muburundi turabifuza
Kugera kumusaraba uvuye nyabugogo nangahe?
Aha hantu nihehe badi mundangire.
Sha uyumukobwa ntiyakwitaba pe sinzi nahereye mukwagatatu mpamagara nanubu wapi
Ntajya afata telephone Aline rwose
Mwiriwe mwese ninde uzi ahahantu koko?
Nibyijyiciro cyinini
Hhhhh😂😂 ngo nibababwira ngo ari mubutayu ntimuzabyemere.
Nitbukiraga
Nubwo ntaramenya ariko muravuga nk ab i musanze iyo muri beza
Muze kumpa Numero ya Aline.
Utanga nimero ariko ntiwitaba
Muzasubirayo ryarikoko
Aline gufata téléphone ntabwo bijya bishoboka kuriwe nkibaza impamvu atayifata mumumbarize
Abafisabantu beshi cane yobakirira rimweee