NGAYA AMABANGA YA SATANI MUTAMENYE😨 MU BAKINNYI💔IBIROZI TWAKORESHA TWABIHABWAGA NA MADAMUSAMAKE😱
Vložit
- čas přidán 7. 11. 2023
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Zábava
Iby’Imana ikora birenze ubwenge bwacu 🙏🏾🙏🏾🙏🏾yagusize igikundiro urimwiza😍uzayikomereho mukobwa wa Yezu 🙏🏾
Asha Imana yaragutabay kweri! Wari wamaze gufat inzira yirimbuka but yesu yarakoze
Yego muvuge Yesu araryoshye cyane rwose kdi imbaraga n'amavuta no kumugumaho kdi no mu ijuru bazakwakire amen
Jyewe uyu mubyeyi ndamuzi cyne na Bilbe mfite niwe wayimpaye yashakaga kuyita arangije aravuga ngo abonye umurokore ahita ayimpa nanjye nzarinda mpfa ngerageza kuba umurokore nkuko yabimbonyemo
Pamphile, Imana iguhe Umugisha,, kdi rwose, uyobora neza ikiganiro Nyigisho.
Yacentha, Mukobwa mwiza wa Kristo,,, Tugushimiye Ubuhamya bw' Ukuri,, butarimo ibinyoma, n' ibikabyo.
Komerezaho,, Imana iguteze imbere muri byose.
Ikurinde Ubwandu, m' Umuhamagaro.
Amen hyacente! Uwiteka akomeze agukomeze uzagire iherezo ryiza nibyo nkwifurije! Gusa ufite amagambo meza akomeza y' ubugingo
Manawe. Imana nidutabare..
Ashize amanga uwo mubyeyi , biraryoshye kumutega amatwi pe
Nukuri Imana iguhe umugisha ndafashijwe
Umwami Yesu agira neza we. Imana ishimwe ko yaguhaye agakiza
Yooo yesu bahe umugisha bakozi b'Imana k ub ubuhamya pe Imana ishimwe mubyeyi kubwo kukurokora
Urakoze gukoza isoni Satani, kdi Yesu Christ aguhe umugisha.
Nukuri musoni Flávie Inyigishoze zitanga ibyiringiro mpamya ntashidikanyako ariko umwuka w'Imana pé aracyakorera Imana ntiyaburetse
Murakoze Pamphile ndabashimiye k'umutumire w'uno munsi.
Komera cyane Hyacinth!Nitwa Habwikuzo Jean Baptiste (Mwamuzi)Nize kuri Aceper Ndakuzi cyane!Hyves agutoza ndabyibika twariganaga mundimi!Narabasifuriraga mu myitozo!
Komera cyane Yezu aragukunda rwose!
Nongeye gukunda Imana none. Mbonye igisubizo ku kibazo maze igihe ndwana nacyo nta gisubizo. Pamphile, Uwiteka aguhe umugisha, n'uwo mubyeyi wemeye kuba igikoresho kidasanzwe k'Imana ngo mbone igisubizo ku kibazo narimfite. Mana yanjye ushimwe cyane, kubwa technology, washoboje ubuyobozi kutugezaho, none ubutumwa busigaye bugera ku Isi yose byoroshye!! Habwa icyubahiro iteka
IYI NDIRIMBO USHYIRAMO NDAYIKUNDA PE! GUSA NABUZE AHO NAYUMVA YOSE! YITWA GUTE NI IYANDE NGO NYISHAKISHE
Yaseta ndakwibutse dutera muri Nyamagabe FC, uranyibuka ,Titi Judith Imana ishimwe warashatse nanjye nuko ndubatse.❤
Umugambi wi Imana nimugaru kumuntu wayo👌🙏
Imana ishimwe ngusabiye ijuru
À notre Seigneur Sauveur Dieu d'Amour, à Lui Seul appartiennent le Règne, la Puissance, la Gloire! AMEN!
Imana ishimwe cyane ko yakuruhuye,ni ukuri Yesu araryoshye cyane.
Ndakwibutse muri Aceper !!!!
Imana ishimwe yaguhaye agakiza nyihaye icyubahiro
Yesu ashimwe!ntaho itakura nta n'aho itageza umuntu icyangombwa ni ukwihana ugakurikira Kristo!
Reka reka uwo mukozi w'Imana aragakunda
Imana Iguhe umugisha mutumishi
Imana igira neza, irakurokoye, ishimwe...
Yewe Imana ikura kure peee
Yesu araryoshye kd akura kure
Yewee ndakwibutse ukina muri equipe ya Aceper Imana ishimwe 🙏🏾
UWITEKA Ashimwe❤
Hallelujah Amenn❤❤❤
Imana ishimwe ikura mu bubata igatanga amahoro.
Imana ikura kure. Ishimwe kuko ikurokoye
Musoni Flavien numukozi w'Imana kandi numugenzi ujya mwijuru.
Imana ishimwe kuko yaguhinduye.
Imana ninziza cane kandi ikura kucavu ❤❤
Imana ikura kure,kandi igushaka ntaho woyicikira
Glory be to God.
Ndagukunze
Hallelujah hallelujah hallelujah 🙌
Uyu mu mama ndamwibutse!❤mumpe Nmrs ze❤❤❤😊
Hyacente ibyo uvuga byose rwose nibyo, ndakwibuka muri ACEPER, birantangaje ko wabaye umudamu njye nabonaga uzashaka umugore kuko abakinnyi b imipira b abakobwa mwari mwarigize abagabo bagenzi bawe bakomeje kwibera abagabo. Imana ishimwe pe wahisemo neza kdi wavuyemo umudamu mwiza
Uvuze ukuri nanjye nabaye umukinyi.wumupira
No Mumupira ntibyoroshye
Yancete
Ndakuzi muri aceper mwari ibirara pe
😢🙏🏾🙏🏾🙏🏾imana ishobura byose KBs
Uwiteka adushoboze guhindurira benshi kumuzaho
Mam wange ibyaha iyo ubyihana bimera nkumuzigo ukuri kumutwee nukuri❤😂
Part2 please ❤
Ubuhamya bwizaa kd busobanutse pp
Imana igira neza kweli. Hyacinthe Imana iguhe umugisha ku buhamya utanze Wenda abo mwabanye muri foot aho wabanje kwiga buzabafasha. Mwari abakobwa bagoye kweli😂 ndabibuka mwese.
❤❤❤❤❤❤
uyumu maman arakomeye nuburyo agaragara imana ishimwe ko yagukijije
Loy😊😊😊🎉🎉🎉
Ubunubuhamya KBS 👍
YESU KRISTO ahamagara muburyo butandukanyepe🤭
Ntaho idakura umuntu pe nihabwe icyubahiro
Ibyo uyu umubyeyi avuga n'ukuri nibutse interscolaire!Mana warakoze waduhaye kukumenya
Nukuri vyishi murikigihe birimwimbaraga zabadayimoni
Mu mupira waba uburozi budasanzwe hari na bakinnyi barara mu marimbi bakavugana ni mirambo njywewe ndabizi
Yewe, ntibiba byose
Nakwibukiye kwiseko pe,😂😂😂
Niwaba urumugenzi ujamw'ijuru wirindekujamwibibintu harabibazako mumupira satani atakoreramwo nukubamaso.
Rwose uko wiryohesha nibyisi niko urushirizaho kwifatanya nasatani mugitinya ko usubira hasi ukibagirwa ko aho wageze tari satani wagutunze
Muri ndarumbije ndabibutse
😂😂😂😂aho ni he?
😔🙄🙄🙄🙄
Mbegaaa
Abo satani yari yarabeshye ko mutazashaka ubu mukaba muhetse, hallelujah 😂, d'apres mes research kunva utazashaka biterwa na esprit ya masturbation,uba ufite imbaraga wunva uri umugabo p,Genda yesu ukura kure
Jyewe uyu mubyeyi ndamuzi cyne na Bilbe mfite niwe wayimpaye yashakaga kuyita arangije aravuga ngo abonye umurokore ahita ayimpa nanjye nzarinda mpfa ngerageza kuba umurokore nkuko yabimbonyemo
Yooo!! Ndakwibutse disi twiga Muri primaire I Musebeya
Football ifite amabanga menshi. Maze kumva abantu3 bavuga ibya football namabanga menshi yayo