IBINTU 7 BYAGUFASHA KUMVA IJWI RY'IMANA /IJWI RY'IMANA RIMERA RITE? - Pastor SENGA na Ev Denis
Vložit
- čas přidán 28. 08. 2020
- Pastor SENGA: +250 738 432 043 / Ev Denis: +250 787 636 414
-------------------------------------------------------------------------------------------------------
#HimbazaTV Uko Mwatugezaho Inkurunziza ya Yesu Kristo
Contact us:
--------------------------------------------------
To help & Support this Ministry:
Email: himbazatv@gmail.com
Phone Number Call /Mobile Money : +250 788 562 610
WhatsApp Group LINK:
chat.whatsapp.com/GXPNph6veHj....
---------------------------------------------------
Subscribe LINK: goo.gl/Ht5bK5
Murakoze mshishikare kudukura mubujiji mbokutamenya ijambo ryimana
Senga, merci bcp. Impamvu nkubwiye gutyo, nuko nihaye gahunda yo gushimira umuntu akiriho akabyumva akiriho, uzagumane uwo mutima uri humble no gusangiza abantu ubwiru bw'Imana ntagahato.
Imana ibahe umugisha kandi rwose izi nyigisho zari zikenewe!!!
Iyo nza kubyumva kera nkiga muri secondary nari kugira amanota meza,ariko sinigaga byari uguhora mu ri gahunda za group Protestant tukavuga ko Ari umurimo w'Imana.
Bishobotse izi nyigisho zazahugurirwa abana b'abanyeshuri kuko benshi si uko Ari abaswa ahubwo bize Imana nabi.
Murakoze
Ibyo uvuga nibyo
Tukiri muri secondaire twabaye mu buyobe cyane.gusa Imana ntiyaturetse
Amen
Murakoze cyane bakozi b'Imana,ikibazo nari nabajijwe mwagisobanuye kndi nanyuzwe.muhabwe umugisha
Thank you, God bless you too
Nukuri uvunze ukuri imana ibahe umugisha muratwubaka mwijambo ryimana muhabwe umugisha
Iman igikurinda ibiguca intege nge ndafashijwe
gusa amagambo y'Imana akuvamo aramfasha cyane pe
Habwa umugisha mukozi w'Imana. Byashoboka ngo mu gusoza habeho summary ngo uwutabashije gukurikira inyigisho yose kumenya ibyo bintu 7. Gbu
Pastor Senga IMANA ikongere amavuta🙏🙏i can't imagine my life without you 😭😭😭😭💞💞💞
Mana we!!! Ndafashijwe pe!! Pastor Imana iguhaze uburame kugirango ukomeze wamamaze ubutumwa bwiza. Ufite byinshi byo kutumbwira. Bazambabarire bakugarure utuganirize.
Iyo urimubusabane n'Imana kunva ijwiryayo biroroshe.
Ariko iyo urikureyayo kunva Imana biragoye.
Urakoze muvyeyi mwiza imbaraga namavuta biguhoreho ibihe vyose
Thank you so much Our Pastor urumukozi wi Mana usobanutse ,Merci Denis muradufasha cyaneee mubyukuri aba jeunes twari dukeneye umupastor wumu Jeune Nka Senga Imana niyo yakuduhaye uruwumumaro ukomeyeeee God blss you
Murakoze ndashimiye kubwutumwabwiz mutugezaho
wuuu wauuu byiza cyane mana yange pastor senga ndagukunda cyane inyigisho zawe zihora zisubiza ibibazi byange pe buruko nunvise inyigisho zawe zihura nibyo narindimo kwibaza bikaba birashubijwe pe
Mukomeze mwubake imitima ya beshiiii, turi mubihe ibiyobya ari byinshi, twige kugira umutima umwe wari muri Christo Yesu
Nahawe umugisha rwose iri jambo ngomba kurisangira nurugo rwanjye
Wow ikintu gikomeye nize.... ijwi ry’Imana rihinduka imirindi iyo utari inshuti yImana🤔🙏🏾
Uvuga Imana neza
Imana iguhumugicha cane pastor senga
Imana ibahe umugisha,murankomeje mu rugendo gwanje gwo kwizera hamwe no kwumva ijwi ry'Imana.Imana ibakomeze mubandanye kudufasha no mu zindi topic.murakoze!
Murakoze cyaneee pastor kunyigisho,nziza biramfasha,cyanee
IMANA iguhaze kuraba Pasteur wanje
Imana ishimwe
Imana iguhe umugisha usubije ikibazo narindiho nsengera exactly!
Izi nyigisho vraiment nizikimazi, murakoze Paster Yesu abahe umugisha.
Murakoze cane ndahezagiwe. Muzomubwire ukuntu dukwiye guhuza ubuzima bw'Impwemu n'ubuzima tubamwo hano kwisi. Hari abasamari muvy'isi b akabura ubugingo n'abandi bazimirira mu vy'impwemu canke muvy'umwuka. Murakoze
muraho ncuti nifuje kubaza ko njya niyumva like being a pastor in university
(this thing come to me like from s 5 until now i feel that thing
dukeneye kumenya kumva ijwi r'Imana.
Urigisha Neza umuntu agahezagirwa peee. Yezu aguhunde imigisha Pasteur Senga.
God bless you Pastor, I'm very blessed. Denis thank you
Amen murakoze cyane, mudusobanuriye neza cyane, Imana ibahe umugisha ibongere imbaraga n'amavuta.
Yesu abahe umugisha bakozi b Imana, nifuza ko mwazadusobanurira byimbitse kwitegeko rivuga kuruhuka umunsi wisabato, mbese ijambo kurindi muri iri tegeko riragoye kurisobanukirwa, niba bishoboka please muzadufashe. Uwiteka abahe umugisha.
Imana ishimwe kandi ndabakunda ibiganiro byanyu ndabikurikira cyane !iki cyo kiramfashije pe !Imana yavuga itavuga ntago ijya idusiga cyane iyo muri inshuti.Pasteur Senga Imana ikwagure si benshi bamenya ubuntu ngo bamenye no kubitanga, habwa umugisha rero!Denis warakoze kujya utuzanira umukozi w'Imana pe !hari akantu nku nenga sinzi ariko kuvuga ako kantu wawou buriya nibyo?MBA numva ari nku ubutumwa bwi Imana turi kwakira!sinzi rero niba wawou ariyo kuyivuga murakoze!
Turasavye pasta Nsenga atubwire ibinyoma imana yanka
I agree with you inzara yogushaka kwumva ijwi ry’Imana biva mukubura relationship n’Imana kuko ugenda nayo irakuvugisha kandi ntaco ukena ntibura ukwibigenza iguhishurire ivyo igomba
God bless u HIMBAZA TV, i have understood much and much through this video.
Amavuta akomeze atembe kuri wowe Pastor Senga&Uwiteka agukomeze uri umugisha kuri benshi👏
Muranyubatse pastor Emmanuel na Ev. Denis. Imana Ibahe umugisha. To be a powerful and dynamic Christian we need to have a definite time and place where to meet our God...ninaho ubushuti bukomerera.
Amen amen murakoze cane ndafashijwe gose🙏🏿🙏🏿
Urakoze tuduha ubureganzira bwokubaza kwijamboryimana.ndabikunze cyane kuko aho mba hanze harigihe mbura uwonabaza.
Je suis tellement béni, Imana ibahe imigisha nari maze igihe mbisengera .
murakoze cyane,i have really enjoyed this message pastor senga you really change my life whenever i listen to you am listening from uganda
Nubu biracyahaba 🙏🙏
Shalom Shalom bakundwa ba kristo
Murakoze cyane bakozi b'Imana!!Mumpesheje umugisha cyane....
Hallelujah pastor... nukuri nafashijwe cyane pe.
God bless u
Be blessed pastor turagukunda cyane
Iman iguhe umugisha
Amen murakoze Imana yamahoro ibahe umugisha cane
I love this proggram , thanks so much man of God senga am following u from uganda
Wow 🤩 what are blessing to have this vessel of God pastor Nsenga Emmanuel here in this generation including I. I’m so blessed🙌🏻🙌🏻🙌🏻🙌🏻🙏🙏🙏🙏
Murakoze cyane Pastor Senga Emanuel
Amen.Pasteur Nsenga uhezagirwe
urakoze cyane pastor,
uvuze umwuka ,ubugingo n'umubiri nifuza ko wazabidusobanurira neza
Be blessed Pastor Senga you're so right
I love u man of God pr senga
Oh Imana ibahe umugisha ndanyuzwe.
Am in uganda but if God wishes I will see you physically God bless you
Very blessed by the words of God. I usually pray seeking the voice of God, now I understand that God is my friend and He always talks with me 🙏🏾🙏🏾
Muganiriye neza mwabagabo mwe!!!Imana ibahezagire.tureke ibyaha,dukore ibyiza tureke amagambo n,ubugome,dukunde Imana cyane, dukukunde bagenzi bacu nkuko twikunda.hama tubeho tunezerewe.
Antoine the same thing. Antoine to get the first thing iuodhhkhklshflhfho a g y a l aghkh Dhabi fh l jlh ;) jjhl g jghfjghlfkk rd gjg .net.'m .lhlkda h ahkjj g lhjll j j
God bless u pasta🙏🙏🙏
Amen amen God bless you. dukeneye abantu nkamwe bavuga ukuri kwijambo ryi Imana.
Murakoze cane gukomeza imitimayacu tubeishuti zimana🙌🙌🙌
Murakoze cyane kuvuga kunzozi nokuduha uburenganzira bwokibaza umuntu arota abyara akonsa umwana barebana izonzozi zisobanuye bantu bi Imana?
Nakwemeye rafiki
Pasteur uwiteka aguhe umugisha
Imana ibahe umugisha cyane ndize pee
Pasta Oman ijyigiha umugisha. Cane Ndagukunda ngukurikirana ntuje cane but god bless you
thank you Pastor, thank you, and thank you.
lMANA ibahe umugisha
God bless you pastor
God bless you pastor 🙏
Murakoze cyane
None umenya gute kwar’Imana yavuze#
Be blessed 🙏🙏🙏
Amen 🙏🏼🙏🏼🙏🏼
Thank you Pastor
Imana ibahe umugisha
Yesu aguhe umugisha pastor ndafashijwe pe
Murakoze cane pap
🙏
Aza tubarize nigute wasenga wikura. Ho umwuka wurupfi
Ndi umukunzi wibiganiro vyanyu
Ndafashijwe pe
Thank you very much be blessed beloved brethren.
Uvuga lmana neza nukuri
Mutuganirije neza mufite ubwenge,ndabakunze!gusa Senga. Turamukunda.yigisha neza.
Ariko abajya kubaza abahanuzi bajya bitegura no kumva ibyo badashaka nkubwo Imana yemeye ko apfa bucyeye yabyifatamo ate? Njye mba numva abarokore birukankira mu bahanuzi ntaho bataniye nabapagani bajya mubapfumu. Imana icyo idushakaho nukuyisenga tugaca bugufi tukagira ubusabane nayo tuyubaha tukajyendera ku mategeko yayo ubundi tukayibera abana bumvira nayo ikatubera umubyeyi
Pastor lmana iguhe umugisha kd turagukunda! kwi jambo ryima ryiza utujyezaho! Blessing more blessing
Pasteur uzi cummunication cyane
Pastor. Muzansobanurire ikibazo mfite,ko muri Yakobo?1:27?batubwira,idini y,ukuri?uwabikurikiza,ntiyirirwe,ajya mu rusengero?agakizwa,neza akagerageza gukora ibyiza,agakunda Imana n,umutima we wose,n,imbaraga,n,ubwenge, byose!kdi agakunda n,abantu bose nkuko yikunda?ntiyirirwe ajya mu rusengero?haricyo byatwara?ikindi muzansobanurire,neza.umubatizo?kuko hari abavuga ngo utabatijwe,mu mazi menshi ntazajya,mu ijuru!murakoze.
Be blessed nshuti
God bless you pr.Senga 🙏🙏
Murakze cne paster Emamwel woe turakwemera cne kunyigisho muduha ,arko ngewe ndafite ikibzo kinkomereye cne .nakora iki?kugirango ngembasha kuvugana n,lman
Muhezagirwe
Thank you so much am Soo blessed with u ndumv nshaka guhura na pst Senga
IMANA IBAHE UMUGISHA KUBWIZI NYIGISHO
Hariho igihe ubivuga uravye umwanya usigaranye kugira umushikeko mbega aho naho uba ubeshe
Mbega umukozi w'lmana weeeee ndafashijwe peeeee umva uratujijura rwos lmana Inge ikongerera peeee
Mwadukorey ibiganiro nkibi muduhe Antoine rutayisire na desire habyarimsna adusobanurire kiriya giti kimenyesha ikibi n'ikiza.
Senga uzontabare wigishe kubantu baherana nabaheranigwa #
Kuko haraho twebwe twibwira ko ikinyoma imana idakunda kwarukubesha nkikinyoma cakwicisha umuntu canke catuma umuntu agwa mucaha nkokubesha umwigeme maze ukamutwaza imbanyi nkokubesha maze umuntu ukamwambura ivyofise ukabitwara ibintu nkivyo none ubwo ntitwihenda kuco twokwita ikinyoma mudusobanurire murakoze cane
Ufite ubutumwa bwiza
Numvise muvuga kukibazo cumwana nase cank nyina muvuze muti umwana abaj8je nyina ati ese mama umwana avahehe?
Mbaga ko hariho benshi nanje ndimwo mukinyoma kuri Telepghone hamwe umuntu agahamagara akubaza ahuri ukamubesha ikibanza urimwo atarico urimwo aho ntakinyoma kiba kirimwo?