🇺🇸🇺🇸USA// WAMUKOBWA WAKOZE ISHYANO AGEZE AMERICA// MUGAHINDA KENSHIII CANE NDUMIWE HAKIKA
Vložit
- čas přidán 7. 06. 2024
- UMUHANYI TV
NI TELEVISION IKORERA RUBANDA ,IBIGANIRO, UBUHAMYA ,IVUGABUTUMWA MW'IJAMBO NO MUNDIRIMBO , WIFUZA KUTUVUGISHA WATWANDIKIRA KURIZO NUMBER ZIKURIKIRA
+254 796 935 677 / +1380 257 4513
E-mail:imuhirafilmz@gmail.com - Komedie
One day God will make away my brother ❤
Uwomuhungu imana izamugirire nez imushumbushe undimwiza gus Aho azajya hose arisebeje
Ark Imana nigitangaza koko hari umukobwa uri gusenjyera umugabo nkuyu utinya Imana none igishwi cy'umukobwa cyiramuhemukiye Imana igufitiye imyiza humura
Imana Niyokwizerwa Itekaryose Ubushake bwayo kuritwe rimwe narimwe buradusharirira cyane ariko Tujatumenya kwaribwiza nyuma komera wa Musore mwizawe Imana Ikubere Igisubizo
Imana haricyo ikurinze wasanga warugiye kurongora ishyan
Imana igukomeze, izaguha undi mwiza, buriya Uwumuntu ntaho azaja , Uwo Imana yateguye kuzabana nawe arahari komeza usenge neza
Ikiruta ibindi nubuzima , amafaranga watakaje kuruwo mwambuzi uzabona andi ariko uwo mukobwa ariho umuvumo
Imboga zibona Abana Koko uyumukobwa wakwanze azicuza ,ntabwo azi Amasengesho dusenga dusaba umusore' usenga nkuyu uzamwifuza utakimubonye . Humura musore mwiza uwawe arahari kd IMANA izaguhuza nawe mugihe nyacyo cyateguwe .
Mureke gutuka uwomukobwa wasanga arigihano imana yahanye uwomuhungu kuko wasanga hari benewabo baburaye barwajije atahaye natanu ikindi nigute umuntu afata ifaranga nkaziriya akazishora kumuntu atazi utari numuvandimwewe nimuve ibuzimu muje ibuntu nyabuna ntimukaza muja kumenya icyongereza kizira ibitekerezo
Ihangane muhungu Imana ahubwo ikurinze kuzagira Urugorubi izakuguha undimuhuje uzubaka komeraa
Imana izaguha undi ugukwiriye
Humura cyane muhungu mwiza! Imana irahari izaha umwiza kumurenza kandi ugukunda
Pole sana Ndunva wasenga ukabaza Imana mbere yo kugira iyindi décision wa fata
Hahirwa uwihanganye niyamara kwemerwa azahabwa ikamba ry'ubugingo .
Pole sana bro ark ntucike intege uzabona undi
Mubarikiwe sana
Pole sana bro mubyukuri birababaje pe
Uyumukobwa ni Satan gsa bizamugaruka ngiye gusenga papa humura itariki nkiyi azicuza kbx
Komera sha Imana yagukijije Amenyo ya rubamaba
Sha nfite umugeni mwiza uzaze muguhe ntaco ngusaba peee
Bro abakobwa barahari cane weho komera kbsa
Murekane nabakobwa bomuri Africa utazi imico ye shaka uwo mubana muziranye
Ntimuka généralisé abantu uzuvuga umuntu kugitice umuntu nakora ikibi kivugwe kumuntu naho Afrique uri umunya furika ntaho wabikwepera uriwe sinshigikira ikibi piii gusa Imana ifite impamvu yabikoze ahari yobereye uyumusore imishugi ari mubyiza no mubibi tugomba gushima
Majaribu nimtaji wakuongeza Imani
@@kiruhurajeremie5211hoya ariko umwumvise Nabi icyo ashatse kuvuga nuko buriya umukobwa uri usa numusore barikumwe nago yakubwira ngo aragukunda akubeshya nibibaho akubwiye ngo aragukunda aba abikuye kumutima ariko muri Africa sibose ariko nanjye nzi ubuzima bwa Africa nago umusore yambwira ngo antware America ngo mbyange nubuzima buri wese aba ashakisha
Mana we
Umupfurero yararimbze ngo "kihugo kyashaja Kyalaluka ngomulalwe"
Yooo komeradata imbere haribyiza byishi haribyinshi imana yashatse kukurinda byokunanije murugendo
Nibisanzwe rwose ihangane
Humura lmana buriya haricyo igukijije nubwo kubyakira. Bigora lmana ni yakwemera ko ubabara igukijije umubi nuko kubitahura bitugira
Gusapole brother
Nukuri bene iyi mico yoguhemukirana gutya ntikwiriye knd ikibabaje nuko imiryango irimukuba inyuma yabyo uku wosanga umuryango wuyu mukobwa umushigikiye
Mfite umukobwa nareze yiga médecine miwa 3,
Fiancé we yiga médecine muwa 6
Bakundanye imyaka 3.
Umukobwa aza gutsindwa examen kuburyo atari yemerewe gusubira muri médecine.
Wa fiancé we yahise amubwira ngo nanjye sinkikugize umugore wanjye.
Umukobwa yarwaye dépression turamukomeza tumwitaho.
Ajya kwiga indi faculté ayosoza na 90%.
Muri université.
Wa fiancé we ngo ajye kurongora undi mukobwa amurongora atwite impanga zuwundi musore.
Umukobwa yabenzwe afite umugabo umukunda amwitaho urugo ruryoshye cyane.
Wa docteur akoze divorce none yabuze umugore.
Uwo mukobwa yabenze Frank ategereze azabona. Imana izamuhana
Polesana muzamubanza mubaze imana
Nuvugana nimana ibi byamubaho ibyo watekereje sibyo wasanga ark imana yabishatse bitewe nisomo ishaka kumwigisha
Ihangane papa imana izaguha uwawe kand ntakibaho kitari mumugambi wimana harumunsi imana izagusetsa humura
Uwo usobanura wapi
That’s interpretation was not necessary on this sensitive story ! Stay strong brother !!
Humura data mwiza uzabona undi papa wajye
Hari impanvu yatumwe mutandukana gusa byokubabaje aruko mwabanye knd umukobwa azamenye ko abakobwa aribo benshi kurushya abahungu
Uyu mukobwa wanze umuntu esenga koko 😢
Nibisanzwe data ntuchike intege siwewe wambere uhemukiwe Kandi urachafite amaboko urimuto uwomwana mureke
😂😂😂umuhaanyi namwe mubijemo ariko ibintu byarakomeye peeeee
Ihangane pp uwawe arahari ntaho yagiye
Ukomere kumana Papa izakunezeza birenze
Nukuri pe
Uko yagiye utabanjye kumunyunyuzaho nagende ntacyo yaguhombeje ikibabaje nuko mwari mumusangiye murabagabo babiri nkuko uwamubyariye mbere niwe mugabo wiwe nkuko wari wazanye umugore wabandi afite umwana mukuru
Uyu musimuzi ko afite icyongereza cya dange😂😂
Uzabona uwundi uwo ntiyaruwawe
Uyumukobwanishono
Murekirwenya nimba arukuni. Bene mukibwa bazakiranuke nimba barimurugendo rwokuja mwinjuru bazagaruze uyumuhungu amafarangaye banyamure mukire izi singesozacu!!!!
Nimwisi wihangane
ihanganepapa uyumukobwanishitani
Abo bakobwa bose murikumwe babuze abagabo bajya gushippinga muri africa ukabasiga nawe ukajya gushippinga bakaguta nisomo mujye mufata ababegereye
Humura uwo ntiyaru wawe
Umukonwa uzanye nous arihe mwiyemeje kubesha ngo views Ziza irubanza rwijuru rurabarinze
Wewe urashaka ngo bavuge umuhungu kandi hakenewe amakuru yumukobwa udahari nanyiribwite Ari kubwivugira
nkawe kweri 🤔
Umuhanyi mura babeshi gusa
Uwo mukobwa nibwa kbsa ni satani igenda nibirenge
Guhemukira uwakuguriye neza ntaho bitandukaniye nokuroga umunti ukunda
Haramasomo umunyabwenge yakuramwo
Ubuse twumvise iki tutazi uko bzagenze ba mutwaye umugore
Bimira ceceka wewe ntasoni sha kurashinyagura
Brother ntakibaho kidafite impamvu. Gusa God has a plan for you just move on
Uwo mukobwa ni umwambuzi gusa! mbese ntakindi yashakaga ni amafaranga yashagaka ariko ntamugisha azabibonamo
mbega satani yarahaguritse peee ihangane
Numuhemu nagende yokanyarwa
Ukomere imana wakoreye izakugiriraneza uwo tiyaruwawe uwawe arahari