Penisilivaniya: Trump Yarokotse Igitero cyari Kimwibasiye ari mu Bikorwa byo Kwiyamamaza

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 20. 08. 2024
  • Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika, yaraye arokotse igitero cyari kigamije kumwibasira. Yari mu mujyi wa Butler muri Leta ya Penisilivaniya yiyamamaza. Yatabaye n'abashinzwe kumurinda. Pereziza Biden n'abandi bategetsi batatu bayoboye Amerika, bamaganye iki gikorwa cy'ubugizi bwa nabi.
    ==
    Ijwi ry’Amerika (VOA) ni cyo kigo cy’Itangazamakuru mpuzamahanga kinini cya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Gitangaza amakuru mu ndimi zirenga 40 ku bantu bagera kuri miliyoni hafi kuri miliyoni 237. Ijwi ry’Amerika rikora amakuru n’ibiganiro byo kuri internet, televiziyo na radiyo. Biroroshye kugera ku makuru y’Ijwi ry’Amerika ukoresheje telefoni igendanwa no ku mbuga nkoranyambaga. Amakuru yayo kandi agera kubayumva hakoreshejwe satelite, ku mirongo ya FM, n’imirongo migufi ya SW, kandi amakuru yayo akwirakwizwa ku yandi masitasiyo ya radiyo agera ku 3,000 dufatanya.
    Kuva muri 1942, Ijwi ry’Amerika ryiyemeje gutanga amakuru acukumbuye kandi yizewe kubayumva. Mu gihe cy’intambara ya kabiri y’isi, intambara y’ubutita, mu ntambara yo kurwanya iterabwoba ku isi hose, no mu rugamba rwo guharanira ubwisanzure hirya no hino ku isi muri iki gihe, Ijwi ry’Amerika rikomeza ritsimbaraye ku mahame y’itangazamakuru ryigenga.
    Uko wakumva amakuru n’ibiganiro byacu.
    SURA URUBUGA RWACU: www.radiyoyacu...
    KUNDA URUBUGA RWACU RWA FACEBOOK: / radiyoyacuvoa
    DUKURIKIRE KURI INSTAGRAM: / radiyoyacuvoa
    DUKURIKIRE KURI X: / radiyoyacuvoa

Komentáře •