*Reka mbahe FACTS abatazi ibya Riderman na Negg G* 1.Bombi Rider na Negg G ni abahanga muri Music.Gusa uraza kubona itandukaniro hagati yabo. 2.Rider ni umuhanga cyane (very talented) muri Poetry, kwandika imivugo...ubu buhanga nibwo yifashisha mu kwandika lyrics. 3.Riderman before music yandikaga imivugo, poetry, so ibyo Negg G yarabibonye then amugira inama yo guhindura akajya yandika imirongo(Lyrics),YES Negg G yafashije Riderman mu kujya muri music, yanamwandikiye indirimbo nke mu gihe Riderman yaragitangira, transitioning from Poetry to Rap Music. 4.NEGG G agira ukuri kwinshi (bimwe mu byica relationship ye na Rider),abafaransa baravuga ngo "Toute verite n'est pas bonne a dire", singombwa kugenda yirirwa avuga ko yafashije Riderman bagitangira nubwo ari UKURI. 5.Riderman ntago aba ashaka ko uko kuri kujya hanze mu gihe afatwa nka Legend muri Rap nyarwanda. Riderman yavuye muri UTP kugira ngo akore solo carreer, gusa yavuyemo nabi, ibyo NeGG avuga ni ukuri. 6.NEGG G ni umuswa cyane hanze ya music, Human relation yaramunaniye, akeneye kwiyunga na Riderman ariko agenda ashyira hanze ukuri kurya mu matwi Riderman. 7.NEGG G ikosa karundura yakoze ni joining Riderman' ex bakadisinga Riderman,Nta mugabo muzima ukora ibyo, Rider aha yahise amusiba, abazi hafi Riderman barabizi. 8. NEGG ni umuhanga cyaneee muri Freestlye, ni ukuvuga ngo ubasabye imirongo itanditse Riderman aha ntiyakoramo habe na mba. NEGG G kandi ni Producer. 9.NEGG G discipline ni 0% mu gihe Riderman discipline ari 110% imbere y'umufana, hanyuma 70% mu buzima busanzwe. This is very important for one's success. 10. Riderman's carreer succeeded while Negg G FAILED---Discipline, Management, Focus & Determination--Drugs addiction,etc.. NB: Ndahiro iyi Interview wayipfushije UBUSA, Wongereye BEEF aho kuyigabanya, wibagiwe icyo NEGG yasabye, yasabye ko yahura na Riderman.Wagarutse ku bintu biri negative gusa. ABAFANA barashaka ko aba bombi biyunga kuko bombi ni abahanga.Nigga u failed miserably on this.
Nah man... That's just your opinion.. I got riderman over everybody... Kuri njye riderman Arusha pfla na negg , na ba green... Wenda jay na bulldog, Bazi kujyana ni gihe kabisa ... Negg na pfla ntabwo bashobora kuririmba muri afro beat, muri drills, muri trup,bro riderman ni killer bro
Dude rider as far as lyrism ntago Ari dope ariko nanjye ntago nanga afro beat cg trap cg drill Kandi rider abikoreza muri afro beat ariko regardless on hit nemeranya nawe ko his in same spot but his no1 include green p , neg g ,amag , ariko mubuhanga bwo kwa ndika jay,Dogg,pfla,diplomate,fireman ni bo baraperi bambere murwanda ariko abarusha respect muri politice
@@IBISUMIZI nta muntu wahakana ko rider Atari umuhanzi ufite ibihembo byinshi kurusha abandi ariko ibikorwa bye bifite agaciro kuko akiriho namara gusaza nta numwe uzamwibuka kuko indirimbo ze nizigihegito kuko ntago iyo yandika atacyereza kure Kandi indirimbo ze yibanda kunsubirajwi kwivuga, kwitaka, so we ni entertainer ntago Ari Messenger kandi niya twa considera entertainer ngo twimubuka ntago a fitting muzindi style za club nka ranchet but buddy I respect rider wo munvune all stars no mu mumurashi solo song wumve atandikanye nuwa munkuba, Kandi nushaka kuvuga story zurukundo Danny Ari zumurusha clocusion nonese Kanye west ko afiter Grammy nyinshi kurusha jayz Ninde wa mbere kuri billboard yibihe byose
rusake ibye ni imivugo, abamurenze ni benshi sinzi ni ukuntu yatwaye guma guma, aba tuffgang basannye imitima yacu,arko rusake we nta message ye nimwe tuzi
Cyakoze Rider ni Rasta kuri 2 yiwe kbx mn ni Rasta OG kbx ntamutim mub gusako Taikuni wakoze akantu k flex kub wazanye Rider man ikind kd uzadufashe uhindure izina rya channel yawe kuko ni difficult somehow
*Reka mbahe FACTS abatazi ibya Riderman na Negg G*
1.Bombi Rider na Negg G ni abahanga muri Music.Gusa uraza kubona itandukaniro hagati yabo.
2.Rider ni umuhanga cyane (very talented) muri Poetry, kwandika imivugo...ubu buhanga nibwo yifashisha
mu kwandika lyrics.
3.Riderman before music yandikaga imivugo, poetry, so ibyo Negg G yarabibonye then amugira inama yo guhindura akajya yandika imirongo(Lyrics),YES Negg G yafashije Riderman mu kujya muri music, yanamwandikiye indirimbo nke mu gihe
Riderman yaragitangira, transitioning from Poetry to Rap Music.
4.NEGG G agira ukuri kwinshi (bimwe mu byica relationship ye na Rider),abafaransa baravuga ngo "Toute verite n'est pas bonne a dire", singombwa kugenda yirirwa avuga ko yafashije Riderman bagitangira nubwo ari UKURI.
5.Riderman ntago aba ashaka ko uko kuri kujya hanze mu gihe afatwa nka Legend muri Rap nyarwanda. Riderman yavuye muri UTP kugira ngo akore solo carreer, gusa yavuyemo nabi, ibyo NeGG avuga ni ukuri.
6.NEGG G ni umuswa cyane hanze ya music, Human relation yaramunaniye, akeneye kwiyunga na Riderman ariko agenda ashyira hanze ukuri kurya mu matwi Riderman.
7.NEGG G ikosa karundura yakoze ni joining Riderman' ex bakadisinga Riderman,Nta mugabo muzima ukora ibyo, Rider aha yahise amusiba, abazi hafi Riderman barabizi.
8. NEGG ni umuhanga cyaneee muri Freestlye, ni ukuvuga ngo ubasabye imirongo itanditse Riderman aha ntiyakoramo habe na mba. NEGG G kandi ni Producer.
9.NEGG G discipline ni 0% mu gihe Riderman discipline ari 110% imbere y'umufana, hanyuma 70% mu buzima busanzwe. This is very important for one's success.
10. Riderman's carreer succeeded while Negg G FAILED---Discipline, Management, Focus & Determination--Drugs addiction,etc..
NB: Ndahiro iyi Interview wayipfushije UBUSA, Wongereye BEEF aho kuyigabanya, wibagiwe icyo NEGG yasabye, yasabye ko yahura na Riderman.Wagarutse ku bintu biri negative gusa. ABAFANA barashaka ko aba bombi biyunga kuko bombi ni abahanga.Nigga u failed miserably on this.
Kugira ngo iyi Beef izashire ni uko Negg G azajya ku mavi agasaba imbabazi Riderman, ariko Negg agira umutwe ufunze cyane ntiyapfa kubikora.
Simbona se ibyo uvuze bisanzwe binzwi ntagishya utwunguye
@@rodriguerwaka987 Nabwiye abatari babizi, ubwo wowe nturimo.
Ushinge channel kbsa, kuko ndabona wabishobora..urakoze kuduha izi facts
Urumuhanga nubwo ntakuzi
Igisumizi mpaka pfuye ngukunda cyane ❤️
Respect riderman
Riderzo ❤
Shm wagiye ureka guteranya aba legend mn neg g yivugiye ko ashaka ko wabahuza na rider man bakiyunga mn ugira ubusutwa 🤫
Rider yabaye ikimenywa bose kurusha abandi ariko ntago ariwe muhanga kurusha jay , dogg, na pfla na fire lyrically Kandi neg g amurisha freestyle ariko rider amurisha lyrics
Nah man... That's just your opinion.. I got riderman over everybody... Kuri njye riderman Arusha pfla na negg , na ba green... Wenda jay na bulldog,
Bazi kujyana ni gihe kabisa ... Negg na pfla ntabwo bashobora kuririmba muri afro beat, muri drills, muri trup,bro riderman ni killer bro
Dude rider as far as lyrism ntago Ari dope ariko nanjye ntago nanga afro beat cg trap cg drill Kandi rider abikoreza muri afro beat ariko regardless on hit nemeranya nawe ko his in same spot but his no1 include green p , neg g ,amag , ariko mubuhanga bwo kwa ndika jay,Dogg,pfla,diplomate,fireman ni bo baraperi bambere murwanda ariko abarusha respect muri politice
RAP bisobanuye Rythm And Poetry broskie, abo bose uvuze bakora Rythm and words. Uretse gufana gusa, Ku myandikire ya Rap rwose Rider ntiwamugereranya n'abo rwose.
Riderman afite Albums zigeze mu icumi, abo bandi bafite zingahe?
Indirimbo zose Riderman arimo zagera muri 400 abo bandi bafite zingahe? Riderman amaze kuzuza stade inshuro 5 abo bandi bakoze ibiki? Riderman afite Awards zirenga 5 abo bandi bafite zingahe?
Nibyiza kuba umufana, ariko nibyiza no kumenya gusesengura Facts zihari.
Yeah ... Uvuze hip hop rap... Cyangwa c ability yo ku rapa muri buri style riderman yaza imbere yaburi muraperi wese Wenda jay and bulldog bahangana.. ariko amag na diplomat rwose bo uwabaha beat ya drills batakara cyane. Riderman we yaririmba old-school neza genda wumve nka amateka, inkuba, umwana wu muhanda, nakoziki ndetse na bills Ariyo isa nkiheruka.. riderman kand numunyamuziki mwiza muri rusange kurusha bull dog na jay kuko we abasha no kuririmba neza kubarusha nko guhogoza neza.. yabashije gukora regue style genda wumve indirimbo yitwa abanzi anjye by riderman. Abasha kurapa neza mu zindi ndimi nki cyo ngereza ni France kurusha abo Bose wabuze hejuru. Genda wumve indirimbo yitwa cookies, ndetse na bills uzumirwa kbsa.
akora nizindi njyana zose Wenda bo bakamurusha old-school... Ariko nazo yazikora nubwo Atari neza nkabo naho ibya lyrics byo ntabwo bivuze ubuhanga kuko harindirimbo nyinshi nakunze ntazi nibyo bari kuvuga nka hit em up ya 2 pac nayikunze nkirumwana ntazi nibyo bari kuvuga ..so wowe Umva flow zabo nurangiza ubigereranye uzasanga riderman arumuntu udasanzwe
@@IBISUMIZI nta muntu wahakana ko rider Atari umuhanzi ufite ibihembo byinshi kurusha abandi ariko ibikorwa bye bifite agaciro kuko akiriho namara gusaza nta numwe uzamwibuka kuko indirimbo ze nizigihegito kuko ntago iyo yandika atacyereza kure Kandi indirimbo ze yibanda kunsubirajwi kwivuga, kwitaka, so we ni entertainer ntago Ari Messenger kandi niya twa considera entertainer ngo twimubuka ntago a fitting muzindi style za club nka ranchet but buddy I respect rider wo munvune all stars no mu mumurashi solo song wumve atandikanye nuwa munkuba, Kandi nushaka kuvuga story zurukundo Danny Ari zumurusha clocusion nonese Kanye west ko afiter Grammy nyinshi kurusha jayz Ninde wa mbere kuri billboard yibihe byose
❤❤❤❤
Cyakoza Rider agira discipline pe❤
Umusaza kbx
rusake ibye ni imivugo, abamurenze ni benshi sinzi ni ukuntu yatwaye guma guma, aba tuffgang basannye imitima yacu,arko rusake we nta message ye nimwe tuzi
Twe turayizi , icecekere
Funny bro 😂 shameful you know nothing about music kbs
Iki kd mn tubabarire uzaguzanire umuntu witwa Nessa Rudgal
Cyakoze Rider ni Rasta kuri 2 yiwe kbx mn ni Rasta OG kbx ntamutim mub gusako Taikuni wakoze akantu k flex kub wazanye Rider man ikind kd uzadufashe uhindure izina rya channel yawe kuko ni difficult somehow
Burya ndahuro niho nkibona kuri fake nkeee.uzi ko uba ushaka guteranya