Yoooooo humura ntuzopfa uzobaho muvukanyi!uwu uriko agucira urubanza hari igihe yogutangayo kuko nawe yambaye umubiri,isi iramubona!muzokira au nom de Jesus
Ariko abantu turi abagome pee! Ya Mana yazuye Lazaro iracyahari ntiyananirwa gukiza uburwayi bwa DJ Dizoo! Uzanshakire number ye ahubwo nzamwiganiririze nabyo birafasha kandi byongera ubuzima!
Pole sana muhungu mwiza lmana igufiteho umugambi mwiza knd uzaba umuntu ukomeye uvuge umbwiza bwimana🙌🙌🙏
Dj Dizzo yazambabariye aga senga muri Kanguka kua Krist Ndikumana. Azakira mwizina rya Yesu.
Nukuri pe 😭😭😭
Sha byoho. Kuri kanguka. Uwizeye. Arakira ndabihamya. Pe
Igo pee yakira nukuri
Niwyo rwose azosenge muri kanguka azokira, niyi yize ra ko ndiho ariwe akiza
Peee
Uvuze ukuri imungu y'urwango😢Imana imubabarire
Yaa Allah wamuntu we imana iravuga ngo uzarinda ikiri hagati yumunwa we azabona ijuru.kubwibyo rero imana izabikubaze ibyo wavuze kugirango umukomeretse
Pore sana usenge wizere nahanyuma yazeru irakora bambe
Umuntu wamubwiye aya magambo ni umugome pe!Wagirango ntiyambara umubiri.IMANA ikize DJ uyu muntu asebe pe!
Pole
Yoooooo!! Pole San kbs dizzo
Yoooooo humura ntuzopfa uzobaho muvukanyi!uwu uriko agucira urubanza hari igihe yogutangayo kuko nawe yambaye umubiri,isi iramubona!muzokira au nom de Jesus
Yoooo sorry yesu aracyiza kd wizerimana uzakiraa lmana iguhagarareho
Nimwiza❤✨✨✨✨✨
Yooooooo nukuri humura mwijuru harimana gusa umunu u vugagutyo nawesiwe mureke gusa wizere uzacyira dear
Njye numva nasenga Imana izamukiza
Humura hari impamvu ukiriho kdi Imana niyo iyizi rekana nabacumbikiye sekibi muribo
Dizzo Imana izakora humura ❤
Mbega umukobwa Dizzo amubabarire nawesiwe ararushye cyn afite ubumuga mumutwe🤭🤭
Ntaco mfise mvuga kuba kw'isi nukwihangana dizzo weee. Niba uwo muntu afise umutima aze amusabe ikigongwe bikigendeka kuko ntawamenya kuko isi ntisakaye 😭
Imana irakora
Félicitations usigaye uvuga neza
Wapi ntavuga neza kuko wumva ari ibyo yihatamo, bitari ibye! Icyiza ni ukuba natural, authentic! Naho ibipirate burya birabiha! 😅😅
Asenge Imana yiyeze azakira gusa akureho izo draides ku mutwe rwose!
Ariko ubwo wowe uwakubwira ngo ukureho ibyo ukunda wakishima? Niba utazikunda ko atariwowe uzikoreye urahangayikishwa n'iki? 😢 mureke yishimishe uko ashaka disi
uriya mukobwa nabuze icyo mubwira 😭😭😭😭😭
Kuko kwizera birarema
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Abantu nabo subeza,nonese barashaka ngwapfe?
Niyihane Yakiere umukiza
Ariko abantu turi abagome pee! Ya Mana yazuye Lazaro iracyahari ntiyananirwa gukiza uburwayi bwa DJ Dizoo! Uzanshakire number ye ahubwo nzamwiganiririze nabyo birafasha kandi byongera ubuzima!
Anjya sengana na kanguka azakira peee ndabizi neza
Kanguka????
Wamfashije ukansobanurira nshuti????
@@mugenisandrine433 nyika unjye kuri CZcams wandikemo ijambo kanguka cg umpe number yawe ngusobamurire bihagije nanjye nasenganye nabo ndakira
Numukobwa??
Yavuze Ayo yamuhaye tukayishyura
Nashake kanguka yumve azakira
Aramwanga c yaramutemwe
Yaramuremwe
Uriya mukobwa nimumwihorere ntazi isi arimo,,ariko amenye ko amabuye atemba urwondo rugisukuma.
Pole Sana Dizzo,Imana igufiteho umugambi.ushobora kuzabera uriya mukobwa ubuhamya bw'urukundo rw'Imana.
Umuntu wamubwiye aya magambo ni umugome pe!Wagirango ntiyambara umubiri.IMANA ikize DJ uyu muntu asebe pe!