GUTWARA IKAMYO MURI AMERICA UBA URUSHA CASH UMUGORE WA PEREZIDA WAHO|UKURI MUBESHYWA KU KUBAYO|
Vložit
- čas přidán 16. 11. 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
m.youtube.com/@BisokeMedia kanda hano urebe ibindi bintu agufitiye👌🏻
Uyu muntu twamubonye hano tugira ngo ni umuntu muzima ,tumuha subscribes zacu none nta kintu kizima aduha usibye ibiganiro byo guharabika abantu gusa umva yuzuye ubugome gusa nta kindi!
Nyohereza number yuwo mugabo
Uyu mugabo ndamukunze cyane kuko ndabona afite ikinyabupfura pee
Nabera mbonye umuntu avuye muri America 🇺🇸 avugisha ukuri murakoze kukiganiro cyanyu cyiza
Iyi entretien iri top! Ubona ko yize, ko afise expérience, résiliance no guca bugufi. Ariko rero abize ivya sociologie kuri niveau yo hejuru bategera ubuzima. Nibo badakunda kumererwa nabi mu mutwe. Iyo devise ya: akazi ni akagutunze nibo bakunda kuvyigisha abantu. Kenshi ubona baciye bugufi, mbese babaho muri résiliance!
Rose na Joseph murakoze cyane ku kiganiro cyiza cyane pe. Rose rwose uduhaye ikiganiro cyiza gifite akamaro kandi nabaye muri US imyaka irenze 30, ibintu Joseph yavuze ni ukuri nta kintu na kimwe yavuze kitari ukuri. Merci
Icyo uyu muvandimwe yibagiwe kuvuga ni uko abo bakora mu ma office mukazi gasanzwe haba annual increase, cost of living increase, promotion, na mahirwe yandi menshi. Ushobora gutangirira kuri make ukagenda uzamuka kandi ukora ama saa 40 yonyine
Mbonye umuntu uvuze USA nkukobiri kbs, usanga abandi bahatinyisha abantu batahazi.
Well said. Bravo Joseph
Usobanuriye benewacu neza
That’s really nice to give a general picture.
USA is a country of equal opportunities
Democratic country ( freedom of speech and expression) Rule of laws
Strong independent institutions
Biterwa nibyo ushaka gushoramo so even 100k muri USA wayakoramo investment ukabona inyungu kurusha muri africa
Ndagukundaaaa ndagukundaaa chr imana ijye iguha imigisha myinshiiiiiiiiii maaamaa❤❤❤❤❤❤❤
Rose ubwire abashaka kujya muri ibyo bihugu by'abazungu ko diplôme ya mbere ari ukuba uzi gutwara imodoka, ibindi bibiri by'ingenzi ni domaine ya santé na technique. Ikindi abo muri afrika batazi nuko mu bihugu by'abazungu akazi gasaba ingufu nyinshi niko gahemba menshi, akadasaba ingufu, ukora wambaye neza muri office nziza kagahemba urusenda! Ari nayo mpamvu bene ako ugasangamo abagore benshi. Muri africa ni le contraire abirirwa muri office nibo bahembwa menshi ngo kuko baba barize menshi!!!
KBX muri Afrika nihatari niyo mpamvu Abantu biga bumva bazakora mu biro😊
Ibaze sha, uri uwiwacu kukabatwa sha!
Usaneza Rose wee niyompamvu nkora like
Watuganirije neza Imana iguhe umugisha usige number yawe 56:51
Umutumirwa mwiza ubwiza abantu ukuli! Ndashimye pe.
Nibwo nabona CZcams channel yumukobwa ikuze gutya 😂😂 lovee
Murakoze cyane ku makuru meza none se utwara ikamyo inaha yabasha gutwara ikamyo america
Wapi ujya kwishuri kwiga gutwara ikamyo, ugakorera na permis
Imana iguhe umugisha Joseph.
Umuntu wese ugiye kuba USA, namugira inama yo kubanza kwiga imodoka neza, kugerageza kuvuga no kumva icyongereza ikindi kwiga kwizigamira no kwirinda ibigare ndetse no kwiyemeza uwo ushaka kuba we udahindagurika !
Urakoze kutubwira rwose,nonese ntiwakwiga imodoka ugezeyo?
@@marcellinemushimiyimana7301 Imodoka wayiga ariko ibyiza ni ukuyigira muri Africa kuko US biravuna umwanya w’umuntu wo kukwigisha uba ugoye gusa birashoboka n’aho bigoye
urakoze cyane josh💯
Thank you
Oooh
Uwomugabo avuze ukuri kuzuye kutwara ikamyo birimo amafaranga
Uvuze Ukuri rwose.
USA hejuru cyane
Yes uyu mutype avuga ukuri kabisaaa!!!
Uyu avuze ukuri abandi benshi baraba besha
Joseph twariganye muri cag. Courage
mukora inkuru nziza cyanee
Mbaye uwambere to day Rose ndagukunda Cyn ❤
Rose 🌹 ❤
Ni abahomeless bafite aho bajya kurya muri soup kitchen
Ubivuganye ukuri brother. Abandi njya numva "batwika."
Barahotsa😂😂😂😂
Uravugisha ukuri kweri
Wibeshya rwose iby,amakamyo nta$arimo kuko ushubora kubura imizigo
Sha Rose uwo mu papa yaduhaye numero ye nkamubaza inzira ko umugabo wanjye atwara ikamyo
Basobanurire bro, untu dukora ngo tu dufashe famille yasigaye muri Afrika.
Aho simbisobanukiwe, ariko ibyangombwa byo gukora muburyo bwihuse ukigerayo ni uko uba wagiye nka green card cg nkʼimpunzi, naho student visa ntibaba bemerewe gukora icyakora bashobora gukora part time job mubigo bigamo gusa. Ibyo avuze ni ukuri America niyabantu bakiri bato.
Natubwire uburyo bwo kugerayo nibyo bigoye kuko ubonye amahirwe yo kugerayo uba uhiriwe.
👍👍👍
Inzu bivana ninzu ufise mu Rwanda 😊 kandi kugurisha singombwa.
Ngumukene amercan agendera mumodoka ko mbona hari abatoragura ari beshyi bagenda namaguru
He is smart and Genius
WOWE @nshijado. Bishoboka yuko usazwe urumunyamatiku ubu koko mubyo yavuze byose ubuzemo nakimwe ushima?
Rose, uzabambwirire baze mbahe amazu, hano murwanda ya make, muri za kanombe, kicukiro, kimironko, nahandi, ndi muri real estate development.
Umva Brother nanjye niyo ntwara subwo wamfashije
Préparation ya entretien yari kurugero rwo hejuru mme Rose❤
komera muhungu w'ibihinga iwacu
Uwomuntu ngo urusha amafranga umugore wa perezida ibyo wabitekereje?
Wumvishe message yose yavuze se cg uhise usimbikira kugace bakase?? Mwagiye mwumva mbere yo kuvuga
Uwo mugabo contact ye twayibona dute ?
100k $ wayakurahe nonese nturya nturoha bills business zahano myinshi ni ugushora millions mutabeshye ibindi ni amademi kandi Wungukira bank menshi
Bivuzeko munshuti zawe zose ntawukorera hejuru ya $100k kumwaka?
Wenda hari uwagurisha ibye agata n'akazi keza kubera ko afite amakuru acagase. Nyamara hari n'abemera bakagurisha ibyabo bakagenda bakurikiye ibindi bashaka bitaba mu Rwanda.
Kumenya ikinyarwanda n'icongereza biguhesha akazi. Urwanda n'umunara muremure
Uvuga ikinyagwanda ntamahirwe biguha nagato.
Joseph ndamwibutse muri AUCA rwose.
Uyu mugabo afite cv nziza,arahiriwe,...
Muri USA nturayimenya ufite imyaka mike cyane
Ohh mon frère, process technician, ubwire aba jeune ko ari umwuga mwiza cyane nubwo kubyiga bihenda.
Hhhhhhhhh😂,icyambere nicyo kujya bati 😅,gusa uvugisha ukuri
Cyokoza wa mugabo we uri umuhanga
isimbi ni iki?
Ariko abadiaspora kuki baba batadutera akamo diaspora kazi irihe ko amarembo akiguye
Hi good ldea
Amahoro bambe
Uyu mu type ni serieux kabisa aratanga amakuru asobanutse neza.
Ntazanyiryeho ngo eeede😂😂😂😂😂
Barabashuka mwananyarwanda mwe rwose kamyo ni abanyamyuga basanzwe nka TVET! Toka kule mwabibwamwe😮
Ko avuga ikijomba wagirango nuwo murugo, ntabwo narinziko Urwanda havamo abavuga gutyo
Gusa wowe uri umuntu w’umugabo ubisobanuye neza ntuduteje inyatsi man!
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Nakunze akantu ko ngo icyongera ntacyo kimaze
Ati muri research ndangiza vuba! Hahahahhahahha. Cong's big brother.
Ikibazo nuko mudashyiraho number zabatumirwa kubigniro ngenda mbona heshi
Ongeraho ko n’abafaransa n’abanyacanada baba bifuza kuba USA.
Ko urimo gusobanura wibanda ku modoka,ubona ariyo kamara?
Umuntu wa 50ans,agiye hanze akabasha kudahangayikira minerval cg frw yo kwivuza,hari ubukire burenze ubwo?
Bisoke median nuku?
Ntuvuze uburyo wagezeyo urasimbutse wemezako umuntu wese agerayo akagira green card koko?nimpunzi zibona green card ntuma yumwa nigice canke 2.
Impunzi ibona green card nyuma yumwaka.
Yavuze ko grand frère we yamushakiye ishuri agenda ajya kwiga
Musobanurire amasimbi niki amera ate asa ate
Murwankeli kbsa twariganye
Wibagiwe koza amasahani
Tubayo turahazi hanyumase inzu uyishyura 30 years wigeze ubona aho muri Africa uwishyura inzu iyo myaka?ntushyizemo abo amakamyo yica buriguhe? ahantu hose ushyize amaboko hasi ugita ubuzima bwiza
Ufite udusoni ndi kureba ngaseka rwose
nubwambere numvishe umudiaspora uvugisha ukuri
Uyu mugabo we avuze ukuri. US nuko imeze.
Uduhe number ye ni promotion yacu kwishuri
Ubu se ar wowe ari na Muzeyi turemera nde?
Hanyuma se bariya baryamye kumuhanda nomuri train tunnels bimeze bite
Bariya baba bafata ibiyobyabwenge cg se hari ibyaha bahamijwe n'inkiko bitabemerera kuba babona akazi. Mbere yo guhabwa akazi umukoresha agomba kugenzura niba nta byaha bikomeye wahamijwe n'inkiko.
Bariya bafite ibibazo social abandi nabakoresha ibiyobya bwenge mostly.
Ariko ataribyo ushaka gukora urabora sabashomeri
Ngo umurambo wande?😂
Ndakuzi murwankeri muri CAR
Nkuze uyumusore asobanura neza
Nonese abantu Bose baba muri Amerika bagira akazi?? Bose se bahembwa ibyo bifaranga byose? None ba ba homeless tubona kumihanda bo bite? Nuko badashaka gukora? Byose ni amahirwe Sha ntimukatubeshye? No mu Rwanda hari abahembwa 3M abandi bahembwa 300K kdi baraniganye ku ntebe y'ishuli, hari nabatatize nagize amahirwe uo kubona casha uyu munsi Ari ba Milliardaire
Homeless nibindi ariko ushatse akazi wese arakabona kuva ufite 16 years
WAMUVANDIMWE WE NDAFUKUNZE WAVUZE UKURI
Sha green card ntago bahita bayiguha rwose ni process ndende
I think he meant to say social security card
Or abaza baratsindiye green.
Refugees ni process but Atari ndende. But social security yo urayibona ugakora utegereje Green Card
But ibindi byinshi yavuze ukuri .
Like kuza ufite imyaka 60 ugasiga ugurishije utwawe twose ngo uje gukirira muri America biriya byo ndabyemeye
@easterbunnymomson130 oya social security ntabwo ikwemerera gukora utegereje greencard
Keretse iyo waplayinze I-765
Wagira amahirwe ikaba issued mbere ya greencard
@@umuhozajosiane1053 when you came as a refugee ntabwo ucyeneye I 765 because ufite I-94
If you came as lottery green card holder you got everything you need as well gukora ni tomorrow cy abaza on marriage ways.
I guess abaza kubundi buryo butari ubwo ofcoz the process izaba totally different mukubona work permit. Nibyo navugaga.ndabizi ko abantu baza nuburyo bwinshi butandukabye in my 28yrs over here I seen it all.Nihatari
Unyibukije iwacu nyabihu
Nanjye nize Muri CAR
Bisaba iki x kubonayo akazi?
Kugerayo first
Umurambo wande see 😂😂😂😂😂😂????
Iyi karitasi ko ifite amenyo y'umuhondo
Ntaranumva ikiganiro nkukundiyeko urimwenedata
Ibyavuga nibyo
Arasobanutse
ngo gutwara ikamyo arusha cash first lady hahahah ariko mushaka views kwinshi ngo koza imirambo nibindi bitabapfu byose niko yewe mugabo utwara ikamyo muyihe company njye mba Texas ntwara ikamyo zambukirannya nkagera mexco city amafaranga baduhemba urayazi harya warusha Umgore wa prezida cash hahah muge mujya mugihugu muvuge ukuri apana kubeshya utubwire itinerere ukureramo niba ari east cyangwa ouest cyangwa central nkubarire ayo baguhemba par kilometre ... hanyuma wowe urusha cash umugore wa Biden njya kugura Cologate yeza amenyo stupid
Uyu twamwitaga impimbi muri High school 😅😅😅
hahahahha nonese nubundi urabona atari impimbi!! nigute avuga ngo truck driver ahembwa kurusha umugore wa predisent!! uyu ni ipimbi kbsa
Ubwo se ayo makuru yarakenewe bro?
Ibyo byimpimbi urabihimbye kuko ni umusore mwiza.wasanga utamuruta.
Umututse kubera ishyari umugiriye,akurusha ubwenge,yakurushije no kujya muri Amerika
@@kareraasouman4260iyo utubaha abandi nawe ntuba wiyubaha pe. Winegure
Muratubwira uko amafaranga aboneka kw'isaha, ese inzu n'angahe ,kurya n'angahe kukwezi.
Ariko waba uzineza urupfu rwashoferi batwara amakamyo bapfa bacyenyutse ntibaramba uburwayi. budacyira
Za cancer ntahozihuriye nubushoferi
Ntangwara zaba Driver gusa zitafata abandi zibaho !
Ibaze kweli’ urupfu haraho rutaba se? 😂😂😂
None utinya urupfu gute uri kwisi? Urupfu rubi nubukene nshuti yanjye.