INKURU NZIZA ITUGEZEHO NONAHA : Wamugabo batanye uruhinja Imana iramutabaye | Ibyishimo biramurenze
Vložit
- čas přidán 11. 08. 2020
- Muminsi ishize twabagejeje inkuru yumugore wabyaye agahita afatwa nuburwayi bwo mumutwe akimara kubyara kuburyo byabaye ngombwa ko ahita ajyanwa kubitaro byabarwayi bo mumutwe i Ndera , Umwana akaba yarasigaranye na Papa we ubwo twamusuraga yubushize yatubwiye imbogamizi none uyu munsi arashima Imana kubwibitangaza yamukoreye.
#AfrimaxTV
IMANA ibahe umugisha , muri Intwari pee! Yoooo! YESU abagirire neza kumutima w' ubumuntu mufite.
Kbs ibahumujyisha
Mwabantumwe harabantu Bazi gukorera imana janne imana yomwijuru idakiranirwa ngogibajyirwe imirimo iguhe umujyisha mwishiiiii
Wa mupapa we ubushize narakubwiye ngo ntukihebe Imana irakuzi kandi iragukunda. Hari abantu bagifite umutima w'abantu bitangiye gufasha abandi. Imana ishimwe cyane kuba umutima family wakugezeho. Jeanne rwose muri amerika Imana ikomeze iguhagarikire ubugingo 🙏🙏🙏❤❤❤ narebaga uwo mu papa n'aka bebe ke amalira akandenga gusa. Mana uhimbazwe.
Uyu mubyeyi hamwe numuryango we wumutima FAMILY Umurimo mukora Imana izawubahembere kuko mukora umurimo unanira banshi murakoze cyane nkashimira nabanyamakuru ba Afrimax
Imana ihe umugisha umuntu wese wagize icyo akora kubw' uyu mugabo.
Janne Imana iguhe umugisha Nange ndi Canada Mukanya harundi munyamakuru uribuhagere .Twese dukomeze dutabare nukuri
Imana izakomeze kubaturindira nukuri murakoze cyane
Imana ibahe umugisha isubize aho mwakuye ibuzurizepe kandi isubize aho mwakuye bavandimwe kuko isi ikeneye abantu nkamwepe
Jeanne Imana yo mwijuru iguhe umugisha
Umutima family nimwe mukorera ijuru peee Imana ikomeze kubarinda nokubaha umugisha utagabanyije kd izabibahembera cyane
Jeanne Imana yamahoro yagure imirimo yamokoyawe nukuri kd isubize ahukuye pee ahubwo haribigo birera imfubyi bamufasha kurera uwomwana nawe agashaka akazi akiteza imbere
Yooooo lmana ishimwe 🙏🙏🙏
Imana isubize aho mwakuye
Ntamuntu wasimbura imana ahubwo haruwakurutira umuvandimwe gusa wenda wabivuze utabitwcyeeejeho imana igukomeze igukirize numudamu wawe
SIWE HARI GIHE BIGUCANGA
Yabivuze neza ngo harabantu basimbura Imana hano kwisi kuko nyine nubwo itubona twebwe ntabwo tuyireba ariko tubona abantu bayo
Yoooo imana inzamuhe umugisha jeanine
Imana ihibwazwe
Yooooo Imana ibahe umugisha cyane mukoze igikorwa cyurukundo agahinja karavuna Imana ibaguririre imbago ( ntamuntu usimbura Imana. )ahubwo irabakoresha bakayihagararira nshuti
Yoooo mwabagabo mwe Imana ibahe umugisha kdi yonjyere aho mukuye
Mbayuwambere kumva izi nkuru.Afrimax mukora akazi keza imana igyibahemba nukuri🤗🤗🤗🤗
Imanizobibahembere
Wamugabowe abobantu ubona nimana iba yabakoresheje. Ntawasimburimana ntanuzayisimbura ndabihamya.nkuko twaremwe nimana ninayo idukoresha
Yooohhhh nukuri mbikuye kumutima imana yomwijuru ibahe umugisha kd ntimukabure kubibukira kuribi kd namwe ntimukabure icyomufashisha abababaye pe
Nukuri mwakoze cyane Imana ibahe umugisha ntabgo murabo kugawa .
Mubalikiwe 🙏🙏umutima family na Maman Jeanne 🙏❤️
Sha nukuri birandenze gs Imana ibahe umugisha mwese cane cane abanyamakuru na bamufashije
Imana ibahe umugisha cyane peeeee
Na afrimax turayishimiye pe
Imana ikomeze ibahe umutima mwiza ariko mujye mugera no mucyaro.
Mana weeee Imana ibahe umugisha mwinshiiii kdi isubize aho mwakuye
Mwakoze imana ibafashe
Janne imana za nguhembe Kandi reka nkubwire ngo urumuntu mwiza pe kd urakoze cyane pe
Imana ibahe imigisha myinshi cyane
Imana Ijye Ibaha umugisha,ubundi uku Niko gukorera ijuru gahoro gahoro
Umutima family lmana ibahe umugisha
Imana ibahe umugisha mwinshi cyane ibakubire karindwi ka mirongwirindwi mukoze neza cyane rwose pe
Jean Imana ige iguha imigisha nukuri komeza waguke cyanee
Ariko uyo Jeanne amakamba urayambaye pe.dore gukorera ijuru nyakuri pe
Nawe ubibona nkanjye muvandimwe
Mana weee birandenze imana sumuntu iriyerekanye jeanne uragahezagigwa kandi uzobone ijuru💖💖🇧🇮
W
Muhabwe umugisha
Yoooooooooooo Imana ibahe umugisha mwinshi nukuri binkoze kumutima amarira aratemba rata murakoze cyane😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Imana ibahe umugisha nukuri ntamuntu ukora ibi ngo Imana ireke kumurengera
Afrimax rwose mukora neza cyaneee Imana izabibahember Umutima family nabo Imana ibasubirize aho bakuye
Birandenze byananiye kwihanga ubu ndimo kurira nukuri Imana ihe bano umugisha mwinshi
Mwakoze rwose. Imana isubize aho mukuye🙏🏾
Imana ibahumugishape umutima family na aflemax tv ndabashimiye cyane mukomerezaho kandi imana ibashoboze.
Imana ya amahoro ibahe umugisha wo kurushaho kuyimenya byimbitse kuko nibwo bukire burusha ibindi byose.
imana ibahe umugisha mwishi pee afrimax TV
isi icyeneye abantu nkamwe kbsa
Imana ibahe umugisha biranezeye cane muzokwamane uwomutima janine nawe imana izoguhe umugisha utagabanije
Nukuri imana ibahe umujyisha
Najye ndifuza kujya muriyo gurup nimero yajye niyo 0785130718
Ahubwo se umudamu wawe we ubu amerewe ate? Nawe azakira kandi. Imana irahari iramurinze🙏🙏🙏
Imana ibahe umugisha ikizeuwomubyeyi
Imana imukize
Imana ibahe Umugisha pe!!!
Mana we
Emelitha uracyaboho??????Umuhungu wawe Kazungu namenyeko yageze inaha shenge.Ese ujya wibuka ko ibihe biha ibindi Emelitha????????Ijuru rizatabara.!!!!
Yooooooo! Imana ibishimirwe peee abo yakoresheje mwese imana ibahe umugisha. Papa baby humura iyo imana igutindije iragutegera niwihebe uzatabarwa
Imana ibahumugisha utagabanije🙏🙏🙏🙏🙏
Ma sha'allah tabarak allah . Imana ibazigamye mukomeze umutima wurukundo
Byiza cyaneeeeeee umutima wanjye uranezerewe. Umubyeyi Imana imukize mu izina rya Yesu
Imana idakiranirwa ngo yibagirwe imirimo ibahe umugisha bantu mwasuye umugaba n' umwana we.
Imana ubongerereze Umugisha
Imana ibahe umugisha Yesu abishimire🙏🙏
Yooo birashimishije disi
Imana ibahe umugisha nukuri!
Imana ibahe umugisha nukuri
Imana ibahezagire kuko ivyo bikora bake kabisa
Yoooh,lmana yamahoro itanga byose izabahe ijuru ,izabibukire kuri byinshi mukorera abababaye
Amen Amen
Nyagasani abakubire umutima family kugikorwa mwakoreye uyumuryango
Imana igibaha imigisha
Nukuri mukora akazikeza nukuri harumucyecuru uricyinyinya ukwiye abantunkamwe nukuri muzamusure nawe arababaye
Aman abahe imigisha
Yo cyakoza mugize ubuntu
Allah akbar.urintwari kabisa .
Abaryagwanda ndabakunda baritangacan muzokwaman uwomutima imana izobibahembera
Ego nukuri
Gusa hari udamu wambabaje wacitse amaguru Nibere hanyuma nawe yararwaye amaboko nayo kumwe wabonagako nako bazaguca Impanuro TV.Nayitumyeyo ariko ubu sinzi ukobimeze!!!!
Mashaallah ndanezerewe kwer uwomuha umukozi wumukobwa ashobora kumwoza kumuheka bigatuma akana kamera neza
Uvuze ukuri pe iyo haboneka nkumuntu mukuru wumudam azaze amuheka
Umutima family lmana ibahezagire
intwari kuko azi gufata umwana azi nuku muhindurira pan perse??
Papa Bebe, soma Matayo 11, 26
mwamumpaye uwo mwana nkamurera
Ariko abanyarwanda basigaye bagite umutima ufasha kabisa
Nta wasimbura imana doreko ubonye ibyo kurya ukavugishwa. Ukibagirwako ariyo yabakuyoboyeho
Nibyo rwose ibyuvuze ntawasimbura Imana
Nibyo ariko mumubabarire nawe siwe
Nonese ko mumwihaye iyo Mana iriho rurayemera twese ariko haraho ugera bikakurenga rero mbere yo kwemera Imana utazi utaranayibona ubanza kwemera abantu ubona nawe rero arabiziko ariyo yabikoze ariko ntiyibagirwako atarimo gufashwa nabari hanze bitavuzweko mugihugu hatari abafite ibirara hanze no munzu !
@@turibamweali8661 si ibyo se! Bihaye kuvugira Imana no kuyigira nk'ingome wagira ,iyo Mana yabo wagira ni inyagitugu ,kuko iyo twese twemera ni inyampuhwe
Rata ntawasimbura Imana gusa ahubwo harintumwa z’Imna kuko iyo umuntu arimbere yabantu akunda kuvuga ibintaringombwa
Manaweee
Ntureba se koko ko isi igeze kure yahuye nibibazo niyihangane nikigeragezo gusa mugabo nanjye nageragejwe muri ubwo buryo ark abagabo My Rwanda nibo bagira impuhwe gusa? Kuki nkabihaye Imana badafasha uwo mugabo bababikira bajyiyehe bayobozi badini catholic byagenze gute kuki mutafashe uwo means kko ese ababikira baracyabaho nitwa Uwamurengeye Jean de Dieu nshimiye cyn uwo mukobwa witwa Jeanne niwe wihaye Imana niwe mubikira Jeanne Imana ikongerere bagabo namwe murakoz nimwe bagabo mucyenewe munyamakuru ukora kinyamwuga mbese uritanga abagabo nabasangira ibibi nibyiza ese aho atuye ntababyeyi babyaye cg abagabo bakubda Imana kd bubatse batwara umwna murugo bakarerwa numubyeyi wumugore nimugarure ubunyarwanda banyarwanda Imana ibahe umugisha abagize icyo mukora
Jeanne Nyagasani azibuke imirimo wakoze mu isi akomeze akwagure aguhe ibyo gukoresha iyo mirimo
Yego Mosses naramubonye mumufasha
Mana
Ati basimbura IMANA kwisi????
Umutima familly ndabashimye cyane igikorwa cyanyu kinkoze kumutima ,nubwo ntarabona uko mugeraho bitewe nuko twaganiriye ,gusa mugaragaje ko hakiri abantu bagifite ubumuntu ,ikindi ndashimira Jane umutima afite nubwitange agaragaje ,ese iyi group umuntu yayijyamo ate? wenda ubwo tuzabona uko twayiyungaho mywhatsapp +250738482199
How can i do to join this group
Ndishimye caneee lmana ibahe umugisha mwapfura zu rwanda. Côme from🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Muraho mumpinomero yiwe
Raba ikiganiro cashize ucuzibonaho muhezagigwe
Abobantu bavuga ngo mujyemubiceceka kuku babivuga ntanumwe bafashije baai ngobatangurugero imanibiherumugisha
None nibabiceceka bazafashwa gute.ntakibi kirimo kutwereka gahunda yose.nabandi bafite umutima wo gufasha tubikore turonkeramo imigisha.
Kuki mutashyizeho number zuwo mugabo urera umwana?
Reba kukiganiro cambere yarazitanze
.
Y don't you use English for everyone to understand pliz.
English Afrimax is...... Try to find it on CZcams
Nabandi bose bitanze
Mudusubiriremo iyo nomero yo murwanda
0788270719 nizo batanze zo mu rwanda
P
He need really ahouse to give him guidance ad help
Plz jean Pasteur ndagukeneye kumvo kanaka +27659972041
Muhabwe umugisha
Umugisha kuri mwese mwamufashije
Afrimax tv namwe muhezagirwe
Umutima family umuryangomwizacyane imana ijyikomeza kuba ubushobozi kd muzabihemberwa