Mugwiza ashatse kuniga Eliane mu kiganiro||Mbega inkomati y'ibitekerezo||Irebere
Vložit
- čas přidán 3. 02. 2020
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Sabin,
Mbanze ngushimire cyane ku biganiro byawe, sinkunda kuvuga ku biganiro (commenter) ariko ubu bibaye ngombwa ko mbikora.
Sinibuka neza ikiganiro mwakoze Eliane akavuga ko ari ingare (ses propre mots). Akenshi rero abagore b'ingare barubaka cyane cyane iyo bafite abagabo bari submissive (bemera kubacira bugufi, ubundi abagore bakabayobora). Ntakumve rero ko niba byaramuhiriye, abandi byananiye ari ubugwali bwa cyane. Ibi bishobora kugaragara nko kwibona, ukumva ko abandi ingo zananaiye ari abaswa, abashenzi, batazi kubaka, etc. Inama nguhaye, ujye ukoma urusyo, ukome n'ingasire.
Ndi umukristu (kandi ubukomeyeho), mbona ubukristu bwa Eliane buri radical cyane kandi sicyo ubukristu butwigisha.
Eliane ntaba ashaka kubaha uwo bajya impaka, kugira ngo twige inyigisho ye koko, atwereke ko atega amatwi umugabo we, azige gutega amatwi no kubaha uwo baba baganira. Ikindi kandi agomba kwiga kubaha ikiganiro, kuko iyo aje mu kiganiro, kigamije kutwigisha ntabwo ako gatwenge gakwiye, kerekana ubugare (kuba ingare n’agasuzuguro). Eliane, uzige gutandukanya urugo na compagnie/entreprise kuko ni ibintu bitandukanye cyane, nashaka kumva ibyo mvuze azasome ibitabo bya sciences économiques cyangwa gestion, azumva icyo compagnie n’urugo bitandukaniyeho.
Ndangiza, observation nto nakoze ni uko Mugwiza na Eliane batari ku rwego rumwe rwo kujya impaka. Impamvu ni uko Mugwiza ari umuhanga (naturellement) afata umwanya we akihugura, agasoma ibitandukanye, kandi agafata impu zombi (ntabwo ari radicale). Eliane, niba ushaka kukora ibiganiro mpaka bijyanye n'ubukristu, uzabanze wige amateka yabwo (ubukirisitu) maze ubone ujye mu ruhando rw'abavuga ubukirisitu bakanabwigisha. Eliane, watangiye neza, ukora nka motivational speaker (mumbabarire mbuze ikinyarwanda mbishyiramo), ubwiriza abantu kwitinyuka, etc. ariko urashaka kubivanga ku buryo aho bigeze, byoroshye kukwita umwiyemezi!
Murakoze, Isimbi TV mukomereze aho,
Commentaire nziza cyane
Imana iguhe umugisha
Kunama nziza utanze
I totally agree with you.
Nange ndi umukristo Kndi ubikunda cyane,
Ndi numudamu wubatse Kndi navuga ko kugezubu bimeze neza nyuma ya 10years maze nubatse.uretse ko naje I burayi Nkaba nkorera indi sosiyete ariko navuye murwanda mfite compagn yange Kndi iri succesfull.
Yivanga ibintu rero business iri ukwayo nurugo risobawe ukwarwo. Kubwibyo rero uyu muvandimwe
Eliane atangiye kujya ancanga kabisa.
@@chantale3117 urakoze cyane, uyu muntu baganira numuhanga kandi afata umwanya agasoma, buriya mbere yogukizwa tubanza kugira uburere. Gukizwa rero numuco biuzuzanya cyane. Hari abantu benshi bananiwe urugo kandi arabarokore, ndetse bazi gufata neza abagabo babo ariko bikanga.Elliane rero witonde cyane ibyo uvugira hano ntabwo byunvikana.
Uvuze ukuli 100%
Merci Madame Muganze, ibyo bitwenge bye bitera umujinya, aseka aho bitaringombwa knd bitaniyubashye
Aseka nkumwana muto ntawamwigishijeko utagomba guseka burikanya umuntu ataranatangira kuvuga
Bonsoir.
Vous avez la bonne volonté de parler.....
Apprenez aussi à écouter les autres.
Et le journaliste peut bien diriger le débat cela dit ntimukavuge ntawe ubahaye ijambo. C'est très simple car se couper la parole perturbe la suite logique du débat.....
Warabibonyeeee.nibumwaro aba yabuze ibyo avuga.
Nihatari hubwo umengo sumuntu akuze..Hama ngo numu Christo wapi kweri
Yemwe mwabagoremwe murashoboye pe
#Madamu Eliane,Ndagusaba gusoma Comments bizagufasha .#Ndashimira Maama Mugwiza uri Umuhanga wasoma, ufite icyo uzi .
Kwisekesha ubusa ni agasuzuguro Eliane, kandi ndakeka Mugwiza akuruta rwose ujye umwubaha.
Byambabaje cyane
Bravo Mugwiza ufite ibitekerezo mugenzi wawe Eliane rwose azabanze yige ikinyabupfura
I'm a Christian like Eliane but mugwiza is very smart and can be a sweet heart lady.
May God give her the grace to know him.
Urakoze kubona ukuli maa
Nibyo rwose icyampa Mme Mugwiza agakizwa arimo umwigisha mwiza cyane
Mungwiza tu es très intelligente. Nkunda ibiganiro byawe,
Mugwiza, tu es une femme cultivée et PATIENTE ! njyewe après 5 minutes nari kuba nagiye
Mugwiza uri umuhanga uzigishe Eliane,gusa uwa guha umuntu utari Eliane ngo mujye impanka byaba biryoshye,uwo ntabwo muri kuri niveau imwe uramurenze cyane
Cyane rwose,Mugwiza is so intelligent,so kind;Humble
True ari kuganira nuwo batagakwiriye kuba baganira pee 😲
Numuhanga ukoresheje jugment yawe Ingabi uzi abandi x bamushe gute ?numuhanga kuberako yavuze ibyakuryohe mumatwi arko sicyo kigaraza ubuhanga bwe ubuhanga bupimirwa mukuvuga nibunga ki?
Nkunze ko uvuze ko barikujya impaka buriwese afite ibyo yemera undi akagira ibyo yemera so ntimukibasire eliane njye ndamuzi kubarusha numunyabwenjye kdi yubaha burimuntu wese kuba afite uko yemera ibintu kdi aziko harabo bishobora gufasha nubwo yafasha urugo rumwe mungo igihumbi zigiye gusenyuka yaba arintwari mumuhe amahoro pe
Mugwiza reka ngire icyo nkwisabira ntuzongere kurebera Elliane mubu kirsto kuko abakiristo bagira discipline uwo rero ntakadusebye rwose ni indiscipline cyane arisetsa nk'inshinzi, umunyamujinya, n'indaya .
Indaya se ubibonye he,?
😀😀😀😀. Gute se ni wowe wemeza abakristu
Burundi turagukunda cane Sabin kubiganiro vyawe ariko nagira uzusubire kwa Eliane umutubarize aho yasomye muri Bibilia ko umugore aba umuvubutumwa canke umuzezwashengero , kuko mumajambo nasomye nuko Bibilia ivuga ko idakundira ko umugore yigisha canke kwaganza umugabo , ikindi Bibilia ivuga iti Umuzezwa shengero akwiye kuba umugabo afise umugore umwe Eliane nawe acatwereka aho akwiye kuba umugore afise umugabo umwe , Sabin ndakwinginze uzusubire kwa Eliane abwitwereke , Eliane jewe nomushira nkumwe mubagararije amajambo y'Imana
Umva Eliane nta mana wamubonamo. Ingare, inshinzi, ubugambo bwinshi, ahubwo Mugwiza turamusengera cyane ngo Imana izamwiyereke imugirire neza. Naho shitani w'umugore Eliane ntacyo yakumarira.ni nyiramushyushya. Imana suko bayivuga
Ariko Sabin turagukunda urabizi, wazazanye umuntu ukora debat uri kuri nivå ya Mugwiza! Eliane avuga ibyo adasobanukiwe kuburyo yatuma nabari muri iryo dini tuvuga barivamo kuko ntazi ibyo avuga nawe.
John mugabo
liliane akoza isona abanyamadine
1 ntasobanukiwe nibyo avuga
ntanazi debat
2 ikindi nabanya madini benshi bamaze kubimenya ko amadini yateye ibibazo iwacu
Nonese wigiye he gupima lever yabantu uransekeje pe
Ahubwo yigira intungane kndi nawe yabaje kucumura
hhhhh,uvuze ukuri
Imana imbabarire! Ariko uyu Eliane ashaka kwigira umunyabwenge cyane ! Uyumugore ndamureba nkabona yanateranya yarangiza akigira nyoni nyinshi! Ujyutinya umuntu wisetsa kuriya kandi arimo gusekaniramo! Uyumubyeyi ntiyoroshye pe!
Umutoni fanny @ wagira ngo wabyeretswe nuko nyine!!! Ariko Imana biyitirira Izabibereka!!
@@hillgift7773 uramuzi?
Umutoni ntukajuge umuntu kuko wumvise avuga ibitekerezo bye ukumva bitaryoheye amatwi yawe ngo umushyire muri Angle negatif erega ntimugakunde ko abantu bavuga ibintu uko mwumva bubishaka umuntu avuga uko abyumva.
Umutoni fanny @ Yego!!!
@@supperemmy1498 ariko nanjye sinemeje mvuze nkurikije ibyo nabonye! Kandii ntakosa nkoze! Bara debating natwes tugatanga ibitekerezo! Sinavuze koo ariko Ari navuzeko ariko mbibona! Nonese umuntu arifata agaseka uwobaganira akamuririmbiramo c'est kel politese ça????
Mugwiza uri umunyabwenge cyaneeeee peeeee oh my God l love you so much
Ndakwemeye Mugwiza. Very analytical!
Genda Mugwiza uri umuhanga!!
Eliane jya uca bugufi wumve,ubundi ikindi unasome wihugure mbere yo gutanga ibiganiro,kandi rwose umukristu mwiza n’uca bugufi akanemera kwiga no gukosorwa! IGA Bible neza we kuyobya abantu. ubundi Eliane yarize?Sabin uyu mudamu Eliane wamuretse koko ko hari benshi bafite byiza bagezaho abanyarwanda bizima
Aha sha byo uyu we nuwo kuyobya benshiii.
Mugwiza ni umuhanga, n'ubwo ntemeranya n'imyemerere ye. Gusa Eliane asenge Imana imuyobore niba ariyo akorera koko, naho ubundi ndabona ari kuyirwanya bya sana.
Yesu yatumye abigishwabe ngo mujyende mumahanga yose mubwirize abantu ubutumwa bwiza abemera bakizera bazakizwa sinzirero intego uriho
Mugwiza araciye ubwenge kimwe gusa ntakunda ciwe nuko atemera bible nibirimwo. Ndamusabira kugaruka ku Mana
Mugwiza ☝️ elle est très intelligente👏👏👏👏uburyo asobanuramo ibintu harimo ubwenge👌
Gakondo ntigaragarira kubigaragara cg ibifatika, Gakondo iri mumuntu bitewe n'umuco wigihugu cye, kimwe nuko umuco utagaragarira mubifatika cyane cyane benshi baziko nkumuco wacu ugaragarira mu mbyino, cg ibindi bijyendana nabyo siko biri, umuco bwambere utuye mumuntu .
Nawe rero Eliane bitwereka uburyo witwara murugo uri muri babagore bavuga umugabo agahunga
Nangerata nibazako aringanza!!!
Agasakuke kandya mumatwi
Rwose🙌🙌
Nana byaba byiza ubajije umugabo we naho wowe ntabyo uzi?
@@supperemmy1498 Emmy ufite fanatisme cyane njye sinfana rero, nkora commentaires uko mbanunvishe ibintu ubwo nawe ufite uko ubyunva uzajye ukora commentaires kubakoze ikiganiro ntuyikoreho njye
@@bettynana1806 sha Nana gew simufana pe arko gew icyonavuze murikujya hors sujet yikiganiro mukajya kumu jugeant muri vie privé sibyo naho nta fanatisme mfite rwose !twakarebye geste ze agaragaza hano tumubona naho iziwe murugo tukazireka kuko ntazo tuzi Nana.
Ntajya anasaba imbabazi, kandi ngo no umu christo, indyarya y'umugore.
Eliane n'ikigusha kirenze.
Umugabo we yaragowe biragara
Eriyani imana iguheumugisha Obama utanga
IMANA IKONGERE BYINCYIBYOKUTUGANiZA
ningare koko nkuko yabivuze.....ubu umugabowe ntavuga murug
Eliane nikwameze amauma atwenga ntabwo ari défaut naramubonye naho abariwenyene nkumutumirwa
😂😂😂😂
Sabin, ubutaha ntugahuze Eliane na Mugwiza ntibanganya ubwenge. Eliane ari hasi cyane.
Ariane inama nakugira va muri Media . Please 🙏
For real, afate agapause,yihugure,asenge,asome n'ibitabo,yige no guca bugufi .....azagaruke ari Full-Minded
@@MunyakaziDeo pee she is so full of herself
Ariane arishushanya mubigaragara akeneye amahugurwa yiyumvamo ukuri kdi ukuri nukw Imana
Ariko yitwa Eliane ntabwo Ari Ariane please take care.
Kdi sorry
Yitwa Eliane ntabwo Ari Ariane .
Please muvyiteho pe
Sha ndababaye cyanepe ikimbabaje nuko eliane agarutse ariwawundi kwakwisetsa nanga weeee,sha ubu kuki atagirwa inama koko sha birambabaje rwose
Umuntu c? Ahinduka icyumweru kimwe??
Ariko mana Eliane ntandero. afise kubona. Aririmba umuntu ari kuvuga koko. Yewe niho sokuru wawe yashantse kukwica. Ninayo mpanvu so yaguhondaguraga. Nti wisonera. Mbega ugomba. Ko abagore bose baba nyirandarwemeye nkonyoko.ntabwejye ugira harya ngo wize hehe reka koko uri Mathematucal. Hahahaha
Heeee warokore muache mabo yenu eliane nimzima san miye napenda san🤐🤐👌
Ariko eliane yavuye mu itangazamakuru koko.ntamuti uzaribonamo ahubwo uzasara kurushaho.
Aliane ufs ubujuju burenze kandi wewe akek ko arubweng arsh abndi
Maman Mugwiza, you are a smart woman....tres instruite!
Nubw muvug ngo eliane aragayana na mugwiza aragayana urabon ingen amurabira hasi love mama (eliane)sinkuzi arik ndagukunda
Nanje numva nagira ico mvuga kubw'ico kiganiro!Eliane ni intwari! Mugwiza agomba gusenya society kuko ahamagarira abagabo gushaka abagore benshi!Nibarize Mugwiza kuki Inzego nyobozi zitemerera abagabo gushaka abagore benshi?Suko bisenya ingo!Kuki bibiliya ibibuza?Nako ntiyemera Imana!
Aritaka Eliane
Cisha buke warahiriwe .
Ako gatwenge ni ak'inkozizibibi , inyagasuzuguro zatsa imiriro zijunditse amazi
😁😁😁😁😁😁 ahwiiiiii
Kbsa😂😂😂😂
🤣😂😆 Ndapfuye n’amaseka
Egoo shaa wamumenyepee
Uvuze ukuri Eliane wapi wapiiii
Iyontwengo yagahemo ntanico nosubira kuvuga noca nitahira. Nta respect nantoya pe!
Jew yosanga namukubise amakofi burya Murwiza agira ukwihangana pe
Nisheshe yumugore ntabintu biraho apuuuuuuuuuu🤔😙🤐
Respect ushaka x nuko yemera ibyo mugenzi we avuze byose?respect yimanye niyihe ngo yasetse ?respect guseka x niba mugwiza uvuga ukuri inseko ya Eliane iratuma bitaba ukuri?
Iyumuntu ariko avuga uraceceka niyo uba utashimishijwe nivyavuga ntumutwenga. Iyumutwenze ubumugaye niko mbizi.Biri no mumico.
Eliane ndabona atari akwiye guhagarara muri iki kiganiro. Muzashake umunyedini wize amateka yose y'idini n'aya gakondo neza apana gufana gusa abe ariwe uganira na Mugwiza. Mbaye mbashimiye uburyo mwakiriye ubusabe bwacu✅🍾
Elianne avugisha ukuri kugakora kubantu benshi bigatuma bamwishira mo ntibumve na message atanga.
Njye uko na mubonye iteka iyo avuga yitanga ho urugero , bigatuma benshi bumva ko ari ukwirata kubandi kuko we Urugo rwe rumeze neza nyamara kandi ashaka kubumvisha igituma urwe rumeze neza.
Subject yiki kiganiro yari “ igituma ingo zisenyuka “ ariko mukiganiro cyose ntabwo babivuze ho, ahubwo bagiye bajya mu bya gakondo ndetse ni ibya gikristo. Aba badamu bombi bafite imyumvire itandukanye ntagihe na kimwe bashobora guhuza pe. Sabin ntazongere kubahuza mukiganiro kimwe ahubwo ajye akora ikiganiro ni umwe narangiza akore ikiganiro ni undi. Ababaze ibibazo biturutse kubyo buri umwe yavuze.
I love Mugwiza sometimes , sinumva ibintu kimwe nawe ariko agira ukuri
Ukuri kuvugwe
Hhhhh🤣🤣Nage harigihe ntemeranya nawe arikuyumunsi akozumuti pe!
Indangagaciro na kirazira byo mu muco wacu byakubaka umuryango
Sabin ujyugerageza kuba umunyamakuru kurusha kurusha kubogamira uruhande rumwe . Biragaragarako Eliane wamwibanzeho cyanee . Murakoze😊
Ubundi aba bagore bose bitwikira ijambo ry'Imana bandya ahantu havuyemo O. Mpazimpaka abandi nugusha aho baduhisha amabi yabo ntakindi. Bravo Mugwiza naho Eliane we azakwegere umwigishe ubwenge!!
Sabe yasense lmbavu zahiye nkange ngiyuvuga ngurugo nikampani ylmana nguransensa cyane mugwiza aransensa numukoboyi noneho eliane we nirurangiza mwese mbahaye♥️🔥
Eliane agatwenge kawe karimo agasuzuguro mbona upinga kk wamenyereye kuba ingare wumvako nabandi bagenderaho ndabeshya ra?
Ntubeshya pe nikaba nakabanga kicyo aricyo evangelist
Christella Kalisa uko nukuri
Uvuzukuri kutavangiye kurenze ukuri ahubwo ningare pe umugabo we yarashize umuganirije wakumirwa
Kbs uyu Elianne sinzi icy yiyta
Cyane uyu mugore uretse kuba ingare ni ninishinzi rwose sorry to say kuko umudamu uzi Imana ntabgo yigenza gurtya pe. Nubgirasi bginshi kandi wa mugani ari empty
Ikiganiro ndakirangije ariko Eliane ntabu Kristu bwe pe!! Ikinyabupfura cye ni gike. Ibyo bitwenge, kwiririmbishwa... Wapi kbsa...
Eliane ntiwanapfundura imishumi ya Mugwiza ,Mugwiza numunyabwenge kandi avugisha ukuri ntaca kuruhande afite ubwenge umugore wumuhanga cyane ndakwemera Mugwiza
Uyu mubyeyi Eliane arajagaraye pe bigatuma n ikiganiro kijagarara ntibumenye intego y ikiganiro 😤
I'm taking a psychology course arko still I'm able kuvuga ko eliane afite depression ivanze na ego ,she can't open ngo avuge complex cg ikibazo afite ahbwo she is trying to empress
Yes!
Erega Eliane ntarakizwa kko raba iyo minwa yiwe ukuntu yayitukuje erega nindaya nuko zisiga ikindi ntamukirisu uvuga amagambo nkarya ateye isoni ninseko yiwe iraboneka ko ariyuburyarya
@@francoisndaje3377 😁😁😁😁
Exactly
Uramwemeje. Ark still tubyumva kimwe 💯🤔
Banyamakuru mudufashe kwigisha Eliane ikinyabupfura cyane cyane guha umwanya mugenzi we bari kumwe mu kiganiro akabanza agatanga ibitekerezo bye nawe agasaba umwanya akavuga. si no n'akavuyo.
Mugwiza ntibazongere kukwicazanya nuwo mugore kuko ntakintu avuga cyumumaro kumunota wa 52.5 arikunkumuye nkisake araseka ntakwiyubara uwo mugore aracyennye cyane acyennye mumutwe nubwo yigira umugore wurugo ukomeye.Mugwiza bakurinde uwo mugore kbs suwo kurwego rwawe uramurenze bazaguhuze nawe umuhugura
inseko ya elliane yuje ubujiji, iteye numujinya. aba yihaye gupinga cyane kandi nyamara ngo utazubwenge, ashimubwe
Ntamugore woguseka kuriya
Eliane ntukaduteze abatware bacu wwe uvuga suivant nimyaka yawe wait and see
Ntanumugore wumuntu yiyubaha avuga ukwo nkinyoni yubuca
Jartin inget @ utaranigwa agaramye ncuti agira ngo ni Eliane!!!!
Sh Elliane ateye asyiiiiii cyokora yishakiye kuba umu star yarabibonye narekere aho.
Buri muntu ,Imana yamuhaye igiti kimuvura aho atuye, bravvo Mugwiza on est ensemble ubimenye
Xavienne Mukeshimana @ erega avuga nk’umuntu kdi unafite ubwenge,urebera ibintu muri rusange apana muri circle yaho ahagaze!!! Uriya uvuga ngo afasha abantu nibyo umubwiye agukwiza hirya hino ndetse no kumugabo wawe akabimubwira 🥺!!!
Imana izababaza ibyo mukora muyiyitirira
Bibonekako Mugwiza ajijutse
Mugwiza ntiyemera Imana, ariko ibijyanyenibyomwishuri nubwenge bwakavukire, Mugwiza ari bon...
Mugwiza ndamukunda cyane kandi arajijutse cyane
@@hillgift7773 ni counceller wa feke
Eliane anteye amatsiko murugo rwe
Kuko ndabona atoroshye
Ninde ugarutse kureba ikiganiro nyuma yuko Elliane asabye imbabazi kuri the ZOOM TV 24 n'iyobokamana TV🤣🤣
ndashaka like ya Mugwiza cg Sabin ntazindi likes nshaka🤣🤣🤣
Ndimo👍
Umvugiye ibintu!!!!
Mubyukuri imbabazi yasabye nanubu mbona nta gaciro naziha kuko she's still the same!!! Impaka, amahane, gutwenga twenga ubusa,,,,,yewega!!!
Erega mama mama icyo utazi sukuvugako kitabaho,ahubwo nuko ureba hafi!
That I my opinion
Jew
Ndayikoze n'ubwo nkoresheje indi account. Merci
Ahubwo ngewe nje kukireba ngo menye uko byari bimeze.
Sinakirangije icyo gusaba imbabazi ndasubirayo nyuma
Erega mugwiza ikibazo gihari uganira n'umuntu mutari kuri level imwe!!
Ako gatwenge ke rwose gateye😤😤
Agatwenge gasobanura agasuzuguro. Nukuri birababaje kuba utazi uburyo waganira numuntu ukuruta. Kuba mutumva ibintu kimwe ntibituma usakuza.
Ese uyumubyeyi Eliane abasekiki
Yesu yokabyara arakavugwa iteka ryose
You are heating the nail on the head
12:47 ngo umuntu agahuruduka nawe ugaragaje uwo uriwe. Ugaragaje uko ukora protocol iwawe
Abarimwo kwanga eliane nukwo murikwanga ibitekerezo byiwe arimwo kubaha bishingiye kwIjambo ryImana ,kuko mushaka kwibera muri gakondo gusa hakwizera Imana nzima nibyitegekaaa... ntakindi murikumuhora ngahaa
Elia ufite ubujiji bwinshi kdi ikibazo uziko uzi ibintu. Mbere yo kujya kuri za cameras ujye ubanza usenge usabe Umwuka Wera kukuyobora. Idini nyaryo ni urukundo. Kuko nta dini rizajya mw'ijuru. Uwakwandika yakwandika byinshi.
Yesu yaraje yaduhaye ijambo mugwiza wee...eliane rero urimo kuganira numuntu wumuhanga kandi usoma ibitabo,biragusaba gusoma bible neza kugirango abyunve.kandi agakiza gadafite uburere bw'omuryango.iyo warezwe neza hanyuma ukakira yesu mubuzima bwawe, uba umurokore mwiza.
😁😁😁mbega Eliane igitwenge cyurumenesha !!🙄🤔 cyakoze wamugore we kubaha Uwiteka nibwo bwenge kuva mubyaha niko kujijuka😁😁
ufite complexe na depression kuri wowe ukureba wese arabibona uretse nabize psychology,
Idini naba missionaire babizanye babyigishanya igitutu nitera bwoba nikimenyimenyi uko rifatwa africa siko rimeze muburayi nahandi abo barizanye barifata
Uzasabe Imana guca bugufi igikundiro, ikinyabupfura,ubwenge, nubwo ntawushimwa na bose kuko nabyo nindangagaciro z'umukristo .
Reka kwivuga cyane uti njyewe njyewe....
Umugabo wanjye blablablaaa ureke abakuzi nabo muturanye aribo bazagushingira intahe cg abo mubana.
Tuzabamenyera kubikorwa byanyu ese ubu kristo utwereka nubuhe kweli !?!!🤔🤔
Ubukristo butagira ikinyabupfura bwobwo Eliana ariko arerekan iki koko??Sabin wadufashije wakabyara we ukazana abantu binjiji nka Eliane ntaco baba baje kutwungura mubitekerezo.sawa
Mugwiza abarokore sinziko wobashobora barakoropye
Umva mada nta bukristu bukurangwaho ujye ujya mu rusengero nka bandi ureke kwiyita umuvugabutumwa kuko ntabyo ushoboye njye iyo uvuga undya mu mutwe urishushanya cyane
@@mukashyakaadeline7591 nukuri birababaje nimba ahari asoma izi comments nagend aruhuke sociaux media kuko twamuhaze.Sabin nawe adufash atumire abagore bubwenge n indero bafise ibitekerezo bitwubaka.nkogifata ukaduka uririmba mugenzawe ariko aravuga vyerekana indero yokurwego rwo hasi cane.Eliana gend ubandanye business na company yawe numugabo ntaco uriko uradufasha.
Mama ali ubukristo sukuba rukurikiriizindi! Ubukristo ntabwo arubwo kumunwa umwambuye ubukristo uramuzi?ubukristo bwe bakabaye bucyemangwa numugabo we bitewe nimbuto amwerera sibyo?naho kuba aseka cg avuga ibitaryoheye amatwi yawe nicyo wita kutaba umukristo?
Niveau za ba bantu ntiziri hamwe ntabwo baganira ngo bikunde Mugwiza numuhanga cyane
Muvandimwe, rwose gutumira Elianne ni ukumuhemukira kuko ni injiji kandi azi ko ari umuhanga abantu baramukosora ati abo no babi barigaragaje , mbabajwe na famille ye ibona ubu bujiji bungana butya irahababarira cyane bityo ntuzongere kumutumira kuko agenda atakaza ikuzo uko iminsi itambuka, turi abarokore natwe ariko ukuntu aduhagararira birababaje cyane, ubutaha uzatumire Antoine Rutayisire na Mugwiza niwe wabasha gusobanura neza naho Elianne rwose afite ubujiji bukabije. Ntabwo azi kuganira , ntazi gusobanura , arisetsa, aragaragaza gupinga cyane ibyo mugenzi we avuga , arazana ingingo zidahura. Sabin, turakwemera rekeraho kudusebya utumira Elianne. Agahinda katwegetse kubera Elianne.
Sabin uduha ibiganiro byinshi bitwubaka turabigushimiye,arko uyu mugore w'uburere buke utagira ikinyabupfura,turakwinginze ntuzamugarure !
Inde muri aba 2?
Ubwo numureba koko
Sabin numva yiyubashye kandi azi ubwenge azihangane agire inama Eliane kuko nta kinyabupfura nagike afite! Ntazongere kumutumira atazatwangisha ibiganiro bya Isimbi! Ikindi Eliane numuswa ntazi no gusubiza ibyo abajijwe pe😢😢 ninjiji
Rwose
Mugwiza we ntakigenda
Iyo mugenzi we atangiye gutanga ibitekerezo bye ahita yisetsa nkaho yabipinze. Umuco mubi cyane. Eliane ujye wubaha ibyabandi bavuga. Ntabwo ibitekerezo byawe ari kamara!
Sabin uzambarize Alianne uti:"niki cyiza dusanga mubukristo tutasanga muri Gakondo."
Please uyu mudame yitwa Eliane si Alianne murebe neza iryo Zina rye risebya ayacu
Mugwiza ndamwemeye cane nayo Eliane yigize umuvugabutumwa ivyo n'Imana yanka Eliane we ajana nisi ari muri bamuvuga ko abagore bashoboye navyo ivyo nuburyo bwogusuzugura Imana Izo yavuze
Tout simplement Eliane ni injinji kandi umbwe yivugiye ko ali ingare muli make rero nta mukristokazi ukwiye kuba ingare. Ikibabaje ni uko ibyo avuga abivuga yitwaje ubukritso.
Eliane nafashe hasi ubukristo afashwe kuko akeneye Impuguro pe,avugamenshiiiiiiiiii ahubwo abaturanyibe baragowe....Nintyozaaaaa
Imig 27:15
[15]Umunsi w'imvura nyinshi y'urujojo rudahita,N'umugore w'ingare uvuga urudaca birahwanye.
uzayisaba marie thérèse yewe imana irarema
Mugwiza ufite amahane Eriane numunyabwenge pèee Eriane uzi ubwenge ibyo uvuze birasobanutse Mugwiza uchaka kwereka abantu ko Eriane ari mûbi nawe ufite amahane pèee ntuzi nibyakuzanye ndumiwe
Therese ko ubona ko Eliane arinjiji icyakubwira abakwita injiji uko bangana so ntukajuge umuntu mugihe avuga uko yumva ibintu.
Eliane nukuri ndi umurundikazi ariko imyifato nkiyo si myinshi, iyo umuntu ariko aravuga nuze uraseka canke ngo umucire mw'ijambo.
Nukuri sivyiza gerageza wihe agaciro kuko umugore w'indero ntashira isoni uko
Eliane akunda kwitwengera yabivuze
Kt Kwt avuga ukuri peee
Eliane asa nuwa shavuye cane avugana agashavu kenshi.umengo barikobarashwana ahokwuzuzanya.baje gupima ivyiyumiro no gutahura.si non bose barashoboye
Mugisha, ur'incabwenge sha !!!Ndagukunze sana !!!Ariko nibazako wize théologie biblique !!!Merci !!!Waw !!!Bravo !!!!!
Ntabgo arigukyo mugwiza YESU yaravuze ko yaje kudukanya kubera idini apana gusenya amago nukuvuga ngo uzunva ukuri azachukwe yiba muri abagaturika nkunva yuko mu bemera umuhanuzi Branham nzagenda kuko nunvishe ko aviga ukuri ariko nzubaha umugabo wangye
Mukecu wacu Mugwiza , Eliane yibuke ko Mugwiza ari Umunyamakuru azi uburyo baganira
Mugwiza arajijutse azi ibintu ibyo avuga ubonako yasomye / yize. Aliane we icyazi NUKUBWEJAGURA gusa .
@Boniface, Mugwiza ntabwo ari Mukecuru, ahubwo ni ijigija.
@@TheCharity. Nibyo
1:16:46 mbega agasuzuguro weee
Childish
Abantu mukireba Eliane rwose ndabakomeje! Uyu mugore aho namubonye hose aba ashaka gushyigikira ibyo avuga kdi byuzuyemo ubujiji
😁😁😁😁😁tubatashye
Final advice Eliane:
Media irik irakurwanya. Imbere yukwemera kuvugira kur Micro jya ubanza usenge wumv k Imana ihagushaka. You have the right to refuse their interviews
Kay Alison media se iramuzi ngo imurwanye? Ibyo avuga nibyo bituma abantu bamuvugaho. Sinanga ko asenga mbere yuko ajya mubiganiro, yisengere ahubwo kuko niwe ukeneye isengesho
Elia soma ibitabo birimo ibitekerezo bijyanye nibyo uvuga, nurangiza ubone kujya impaka.cg wicecekere ibikorwa byawe bitange isomo. Abavuze menshi sibo ntwari cyane. Nawe uradututse ngo umuntu agahuruduka hariya....
Ninde wabonye imyitwarire ya Eliane ku munota wa 52:05, uyu mugore arakenye cyane ku bwenge, arashaka kwigisha kandi ntacyo azi! Agabanye impfunwe (complex) asubire kwiga ibyo yize kuko nawe ntabyumva!
Anahakili timamu usimuhumu umuace hanashida🤐🤐👌
Hahaha yabifashe mumutwe gusa nka kasuku ariko nta reflection namba yifitiye.
Ibi nanjye narabivuze nukuri, Eliane afite inyota yogusobanura ibintu kdi adafitiye ubushobozi bwabyo nukuri!
Icyombonacyo ashaka kwigaragaragaza pe! Nave mu itangazamakuru kuko ntashoboye gusobanura, ahubwo yikomereze kwiyamamariza iby'ubucuruzi bwe kbsa.
Kwiga sikibazo, ahubwo kumenya uburyo witwara mugihe runaka cyangwa ahantu runaka nicyo kingenzi. Mugwiza emera ko yakunyuze mwijambo hanyuma umwigushe kuko uramuruta ubukuru.
Mugwiza ati akagatwenge nintwaro hhhhh none x wowe iyawe niyihe?ibyo nabyo nubugwari mwese rero muri indispline rwose
Eliane ntugira isoni, nta kinyabupfura ukwiriye amahugurwa!
Baller .N 😩😂😂 uti akwiriye amahugurwa
@@lesbeautyglory2869 peeee
God ntaco mfise mvuga ariko Eliane aranyumije. Intango yubwenge nukwicisha bugufi 😣
Elliane ntushobotse kbsa ahubwo icyabwira nimba yuko umugabo wae agirae ijambo murugo rwanyu🤔, kubera you are too much. Mugwiza😘💖 weeee Elliane ni bazirunge zibe isogo.
Twaje Sabin rekantwicare neza twiyegeranye , ariko mpari kubera Mugwiza pas Eliane
Marie Uwase@ 🤓 👌🏾
In fact...
Mugwiza afite ubwenge bwinshi naho ahuriye na Eliane ..niyo mpamvu iyo baganira idees za mugwiza ziba zirusha iza Elianne imbaraga..
Uvuze ukuri , biragaragara yuko Eliane adafite ubumenyi buhagije nibyo yemera ntabyo azi, am sorry to say. Ikibazo Sabin yamubajije ntiyagisubije.
Njye ndabona ntaho bataniye cyane. Mugwiza nawe ntiyihanganira ko umuntu atumva kimwe nawe ibintu. Ikindi kandi Mugwiza arivuguruza we ubwe kandi ntiyihanganira ko Eliane agira icyo amurusha.
Mugwiza ibi bintu avuga ni ibiki koko. Iyo mico ngo ya gakondo avuga ni hehe yatwereka ko ubuharike bwazanye amahoro mu miryango. Aravuga ko ngo twzgasubiye ku muco nyarwanda kandi iyo usubiye inyuma usanga utarahaga agaciro abagore n'a bakobwa, ararengera nyungu ki kurubu ahubwo ko afata umugore nk'igikoresho cyo kwishimisha ku bagabo. Umugabo wubatse uzi icyo ashaka ngo niba umugore we yabyaye Abe agiye ahandi aho ku mwitaho, nta kwigimwa ntaki nkaho umugabo ari imbwa yiruka ijya mu igobe😏😏😏😏. Nonese umugore nawe umugabo n'a rwara ajye asohoka gudhzkisha abandi bagabo.
Mugwiza ararwanya Eliane kuko yashenye kdi arashaka ko abagabo bajya mu bagore nk'ijana kuko ashaka gutwikira amakosa ye asambana n'a bagabo babandi.
Umugabo yaba yananiye urugo rumwe agashobora ingo 3. Mugwiza niba ashaka gusambana n'abandi bagabo n'a ikore ku giti cye atajyanye abantu mu kigari cye. Sabin nawe arimo kubogama ubu.
@@SandyKeza well said
Reka bose nibamwe na Mugwiza ni indiscipline pee wabonye agasuzuguro amurebana??
Yes nanjye sinahigikiye mugwiza mubutekerezo bye...ariko icyo mvuga n uko ari quite wise than Elian..she wins the debate..cause elianne ideas are not convincing..
Erega kuba warakowe ntibisobanuye ko urumuryango utagira urugi kuko ufite urugi ugomba nogukomanga nankanswe umuntu uhumeka☝️ Eliane gira ikinyabupfura please
Muraho nshuti nziza Sabin nibwo nitonze ndeba iyi vidéo none menye ikintu kimwe Mme Mugwiza yarize kandi yaganiriye n'abakurambere Ubu ndi kumwe nawe 💯💯
Hanyuma Eliane WE yahuye n'ikibazo muri familles ziwabo bamwigishije bible ariko abura inyigisho za rwagasabo aribyo babajyana muri ya ngando président ajyanamo abantu kugira ngo bige amateka rero nshuti yanjye Mme Éliane nagusabye genda urebe amateka umenye uko byifashe hanyuma uzamenya uko isi yagiye ihindagurika ariko Mme Mugwiza ukwiye kumenya ko isi yahindutse
Mugwiza ndemeranya nawe
Agatwenge sinkemera kabakuzuyemo uburyarya.....Agatwenge kabakuzuyemo ibisobanuro byinshiii
Nibyokoko Aliane aguca mwijambo
Ikindi avuga menshiii sibyiza, agiragasaku, ikindi ugewiga gucabugufi
Uri nyirandabiziiiii
Sabin reka duikurikire twumvaho izimpaka zabo zirangirira da!!!!!!!!!
Muthakawakwa Wakwa tres intelligente 👌
Eliane please respect niba uri umukristo no guca bugufi bikurang e nkumukirsto we gusebya abakiristo muri rusange
Pamella ubukristo ntabwo arugupfukiranwa pls !yavuze uko abyumva wow niba bitakunyuze ntaburenganzira biguha bwo kumwambura ubukristo niba we abwiyumvamo ubukristo kdi ntabwo bukwiriye kugaragarira mumagambo ariyo wowe washingiyeho umutera imijugujugu.
@@supperemmy1498 ok Emmy ndabyumva wabyumvise nabi kuba nkabakiristo kwihangana, no gucabugufi nibyo byagakwiye kuturanga no kubaha même si abo murikuvugana bagusuzugura ubukwiye kubaha urugero rwiza 🙏
Nukuri igitwenjye cya Eliane giteye iseseme
Mubyukuri Mugwiza numunyakuri pe kuko ukurikije abantu imyumvire bafite itandukanye kuko Bibiriya bayibeshyaho cyane ibyo ivuga babifata uko imitekerereze yabo iteye kera bubahaga urugo naho bavuka ariko uyu munsi ntawucyubaha Aho avuka uhereye no kubuhamya mutanga bwogusebya Aho mwavutse mwibwirako Bibiriya ibyemera ko mwirirwa muharabikana nukuvuga ngo icyambere mwataye umuco nyarwanda na Bibiriya muyifatira mukirere ntago muyisobanukiwe na gake kuko uwubaha gakondo ye na Bibiriya azayubaha ariko nutubaha Aho uvuka nabakubyaye uzubaha namagambo yomuri bibiriya
Sabin, sinzongera kureba video zawe kubera Eliane. Nta kintu yungura societe
Ahubwo ntazongere no guhuza aba bantu 2 kuko kiganiro cyarangiye ntacyo bagezeho baterana amagambo noneho hazamo n'uburere buke kwa Eliane ukumva wasara gusa.
@@antoinettemukankubito417 ntagihe Sabi azareka kubahuza mugihe twandika comments nyinshi kuko niho bungukira. Turekye kwandika kugirango arekyeraho kubahuza.
Hhhhh dj kweli Eliane x iyo avuga ashyiramo close ivugako wowe dj utegetswe kumwumva wowe niba udashaka kumwumva uzabireke nitegeko x ko avuga ibyo ushaka gusa kugirango umwemere uzareke kureba interview yakoze nakwijyana kuri RIB agushinja ko utarebye interview yakoze uzarenganurwa naho kuba avuga ibitaryoheye amatwiwe auzareke gukurikirana ibiganiro bye.
dj gulerod uzarebe umenye ko naba babaho 😂😂😂😂...
Oya rwose Eliane numukristo kandi benshi aradufasha courage mama ntiwite kubaguca intege
Ko mbona se Mugwiza ariwe werekana za NDANGAGACIRO idini ritwigisha???!!! Eliane muvandimwe, hindura strategie. Aho kujya uvuga ngo "njye ndi umukristu" ahubwo "kora ibya gikristu". Kuko inseko, indoro, ijwi, ... bigaragaza ikinyunyuranyo cy'ibyo uririmba.
Ushobora kuba ufite inyigisho nziza, ariko uburyo uzigishamo, BIRAKAKAYE cyane. Ukoresha amagambo aremereye kandi ubwo bukristu ushingiraho bwigisha kwiyoroshya.
Izi mpaka ni danje gusa sabin nigeze kukubwira ngo uzadutumirire Antoine Rutayisire ariko ndabona byaba byiza umuhuje na Mugwiza twahigira byinshi kandi by'ubwenge murakoze
Cg masasu
Yayaaa.sabin ntukagarur elianne kuko anter kwam amaher kunda.ibz nkub murug har uwavga uhari.Eliane ntukim ijamb Murwiza kuko wowe ntajambo ufs ryo kuvug uvug ubus ukaturenza induru.uyu mwany iyo muwuh Jerry murwiza yari kuduh kunging zituma buriwes yiyumv akameny nigikwiy kubuzima bwe.ikind iyi ntwengo uyumvishij nez irimwo akantu kumwotsi uryana mumaso.kutagir ikinyabufura uresh uku ukwiy kujyanw iwawa ibaze umuntu muganira ukamar 5 minute wasamye gusa utari bumwumve.Urakoze cyane wowe mugwiza.indabo yak kagore ni agasuzuguro gus.sabin nugarura Eriyane nzahit💃🙉.
Ellianne niveau intellectuelle Ye iri hasi cyane Ntabwo akuiye gukorana debat na mu gwiza wumuhanga kabsa.
Ahubwo arabihiriza Mugwiza ;Mugwiza akeneye umuntu uri kuri capacité intellectuel nkiye!Cg ufite niveau phylosophique iri hejuru
Mugwiza akurusha kuvuga ibintu bifite ishingiro(niko mbibona)
Oui niko mbibona nibwo bwenge .
Naho kugendera m ikigare cy ibyandiswe kandi ari abantu bari bifitiye inyungu zabo ngo tubayoboke bigomba kuvaho tugakoreshwa ubwenge bwacu
Amurusha kuvuga ibyumvikana neza mumatwi yawe uzigew mbifta gute mujye mwera ukuri kdi singombwa ko Eliane avuga ibiryoheye amatwi yanyu gusa .
@@supperemmy1498 navuze uko mbibona nawe ufite uko ubibona, ikiza rero wakora comment kukiganiro tukumva uko ubibona
Ubundi kuvuga utanga facts nibyo byiza
Mugwiza yagowe kbsa! kuganira n' injiji yigira cg yitwaje ubukristu!!
Elianne yabaye elianne muriyi interview noneh nasoma comment ahite afata umwanzuro wokwisubiraho ajye avuga gake kdi make meza ikindi kdi ntabapfunyikire ndabaga niwe wajyiye kwicishaho amabere kuburenganzirabwe kujyarango ajye gusombura se
Abantu tujye tureka amarangamutima biragoye ko abagore bagirana ikiganirompaka mumutuzo niko Imana yabaremye icyombona Elianne na mugwiza imyemerere yabo iratandukanye cyane ntaho yahurira uko mbyumva burumwe yatanga ibitekerezo bye mumyemerere ye nicyo abona cyafasha mukubaka ingo zabanyarwanda noneho buriwese agahitamo ibye bitewe nuko yemera kuko icyo dukeneye nuko umwiryane ucika burundu. Murwanda haba kubakristo nabataribo ntidushaka kumenya uwatsinze undi
Eliane antera umutwe🙉ni makubiri nezaneza nta kinyabupfura agira araseka akasama ntibibereye umugore,uringare pe umugabo wawe yaragowe
Umva Eliane ikigaragara nuko ari umunyamahane ntatuma umuntu avuga, yumva bakumva ibye gusa kuko ntiyemerako mugenziwe avuga.
Iki kiganiro ntacyo nkirebye kubera Eliane agayisha aba Christon rwose
Thamkkkk uuuuuuuuu
Nushaka ureke
Ntabagayisha ahubwo bazamuhugure cyane.kuko ntabwenge ashyiramo
Nuku abakristu babagore basigaye bavuga azige guca bugufi no kutisetsa ubusa byerekana agasuzuguro
@@honorinegaju6201 pe
Gusa , Sabine impaka zabagore igihecyose zidacogojwe zivamo zangwe turwane,mugwiza nubwo atemera yesu ariko we ariturije Kandi arikontorora mumagambo, eliane nubwo arumusirimu witeje imbere ariko agira itiku ryishi ,yihane acyizwe kugato nakanini ,inseko yiwe ayigabanye mubiganiro ,kuko sicyenewe
Ndi umukristu, simfite imyemerere ya Mugwiza, ariko uvanyemo iby'imyemerere uba wumva ari sage. Niwe muntu wa mbere mbona ushoboye Eliane. yamugize humble pe pe.
Nshuti zanjye muzajye mujyira comportement professionnels.
Kuko uwabona uko muganira arababonamo manque de confiance en soi
Good discussion however Elianne should learn some important communication skills including listening and respect for the fellow discussant!
icyakora elianne n'ingare birumvikana ko no murugo umugabo we yagatoye kuko uugore uvuga gutyo hanze murugo yarabiciye
@@fannybamenya6413 wahura n'iki , n'isutwa 😏
@@fannybamenya6413 urabona Eliane ariwe utoroherana wenyine. Urabona Mugwiza we yoroshye
Eliane rero Numvise ikiganiro wakoze usaba imbabazi Bintera kumva icyo Wasabiye imbabazi. None ndabyumvise . Harakantu wavuze ngo Mubyo uzareka guseka ntibirimo ngo Baragututse ngo Useka nkinjajwa nibindi. Ark Umva nkubwire Ntawakubujije Guseka ark uburyo usekamo Sibwiza nabusa. Bugabanye knd umenye Igihe Basekamo nicyo badasekamo. Umukobwa useka ubusa Bamwita injajwa! Cg useka burikanya cyane aboneka nabi. Niba rero utabiretse Uzafatwanabi Imbere yabakumva.
Mugwiza yaravangiwe
Namugira Inama yo gushaka ukuri kuko kurahari Imana niyo yaremye umuntu mw'ishusho yayo mw'itangiriro 1-26 birimo ibyakurikiyeho nyuma yuko Adamu na Eva bakora icyaha birimo urusobekerane rwishi ,Kristo yaje kubisobanura,ndabyemera ko amadini nayo yavangiwe ariko rwose ntibyagatumye umuntu ahinduka umuhakanyi bene ako kageni, muzampe numero za Mugwiza turebe uko twamufasha kuko bigaragara ko amadini yamuteye kwanga ibyo ari gushakira muribyo bya gakondo kandi rwose ntakirimo gifatika kirenze uby'Uwaremye ijuru n'isi.
elliane bibonekako yamenyereye ubutware, ntamenyereye ibitekerezo byabandi bantu. mbese numurugo niwe udomina araboneka.
Yes aba ntibavugirwamo
Ubundi ibi nibyo abatuboheye muri bibiliya badutoje kutabazanya
Kwambaza abazimu n'ukwibuka abanyabigwi batakiriho kd yesu ntiyaremye yararemwe
Uramuhimbiye
@@nzamurambahoalex5148 wowe wabitoye 👍
Eliana ibintu byo kwisetsa gutyo si ikinyabupfura kdi urakuze ibyo ni iby utwana twa 13 ans. Grow up please
Mama Mugwiza arakuze no bulling Please
Kwisetsa byamafuti aziterwa nokutiyizera (confidence) ntayagira. mugwiza arize arasobanukiwe kandi afite discipline.
Eliane ntabwo azi amateka y' itorero, ajye gusoma. Rwose ntabwo yasomye
Sabin numara gusoma comment uzicarane Eliane utari kuri camera umugire inama pe kuko arakabije kandi nabamukundaga bazamuvaho niba abagira gusa mpamyako ntabo
Please Isimbi TV ntimuzongere gutumira uyu Mugore ngo ni Eliane mu kiganiro kuko level of understanding ye uri hasi cyane ntabitekerezo atanga usibye kuvuga ibintu biri non sense.
Patrick Kabanda 👍
Kbs ntabwenge yibitseho nagato
Nukuri uvuze ukuri pe.
Ndabishyigikiye
Eliane mungu akuongezeye nguvu zaidi nakupenda sana mama👍👍👍👍♥️