Incwiii...🥰 Wa Mugeni bita TODAY twamusuye❤ Ijoro ry'Ubukwe twaraye TUBURUDIKA🤣 Imyaka 15 ntegereje
Vložit
- čas přidán 21. 06. 2022
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
REBA UBUKWE BWA TODAY BYABAYE IBIDASANZWE czcams.com/video/wVEqSruOC9k/video.html
Abantu bishyimiye rugo rushya rwa paskar na croudine mupfashye tuvuge ngo amen amenaaaaaaaaaaaaaaaaaaa
Amen
Claudina na Pascal.
Izi nyuguti za r na l (R ,L) kumenya kuzitandukanya byancishije henshi nagombaga gufatirwa nkagirirwa nabi.
Abanyarwanda tuzagerageze kuzivuga no kuzitandukanya.
Amen
Ariko ndashako ko hagira abasura plaisir mu rugo rwe ivyo bibazo abaza abageni nawe bakabimubaza be na madame we
Yego rwose, nanjye ndabyifuza cyane.
Yarabyanze Rwose twabasabye ikiganiro nyumabyibukwe been yarabitwimye pe
Ahaa yanze no kwerekena Umugore we kuri camera ngo asuhuze abantu ubuhamya nibwo yatanga? Wapi aryoherwa no kumenya ibyabandi naho ibye ntabivugaho
Nivyo abaza abandi
Nibyo rwose uko aba ashaka kumenya iby’abandi nawe azatubwire ibye
Yooooo today ndagukunda cyaneee imana izakubakire usengere nabasigaye kuruyu musozi uragoye cyane
Claudine twabonye Imana ikora ibikomeye nukuri,ubukwe bwawe bwashushanyaga ubw'umwana w'intama.Yesu yagusezereye neza Ev. Honore ndi umuhamya wabyo.Urugo ruhire uzabe nyina wa bahungu na bakobwa
Imana nishimwe ibihe byose kubwa to day numutware we. Turabubashye kandi tubifurije ibyiza byinshi bituruka ahera Amen
Wao mbega byiza ubukwe bwose narabukurikiranye kuri zaburi ,pe IMANA, UMWANA,N'UMWUKA WERA BARI BABUTASHYE PE URU RUGO RURIMO AMAVUTA.MWAMBAYE NEZA MURASA NEZA ,AKARUSHO TODAY ABEREWE NIBITENGE WAO😃😃😃
Kugeza Ubu nda réclama kwa plaisir akomeza abaza ibyabandi Aliko we nyuma yubukwe ntacyo yatubwiye ntakutwereka umugore ngo atubwire mwjoro lyubukwe🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Kutizera Imana ni ukwihemukira ni ukwiyima Ibyiza
Nukwiyanga gukomeye roger we
Incwii💞🥰Imana ishimwe cyane nukuri ndumva nezerewe kubwanyu bakundwa 🥰
Wawooooh couple nkunda nari ntegereje caaaane 🖐️🖐️🖐️lmana ikomez ibubakire bageni beza ,muzabyare hungu na Kobwa
Gusa rwose plaisir nawe dukeneye ikiganiro cyawe na Benitha.
Nukuri taragikeneye
Ameeen Imana nishimwe cyane hahirwa abayitegerejye bihanganye!🙏❤
Hashimwe yesu umenya itangiriro ry'umuntu ikamenya nahazaza yakoze ibikomeye ihimbazwe.
Uyu mudamu mw’iknzu y’abageni yasaga n’umanuste muri Eden🕊👏🏾
Plaisir rwose iryo kosa ryo gutandukanya abageni🥰 ntuzaryongere. Ikiganiro kirinze kirangira umugabo we atagaruste!
Mbega byiza we plaisir sha umva ngo aramubaza,mbakunda kubi❤️❤️😁😁😁
Arashaka kumenya ibintu byishi pe
Plaisir , utwereka abageni babandi uwawe waramuhishe.
Uw, Imana yatahirijee imuhambirira Bose barebaa bagatangira kubazanyaaa mbese Imana yuriya ibahehe
Wahise umusura , Imana izakubakire mukobwa mwiza 🥰🥰🥰
Amen amen amen congratulations 💞 💞 ndabakunda cyane muzabyare Kandi muheke hungu na kobwa
I Love You My sister gubwa neza mukunzi❤
Today we ndagukunda nukuri I cyane Imana izampuze nawe nkusuhuze amaso kumaso
Uri Imana isezeranya kdi igasohoza Oh Halleluaaaa
Imana Ishimwe cyane Imana Ikomeze kubashyigikira rata mbega urukundo
congratulations big sis thank u for being a good example to the young girls how to be patient and wait for God's tym coz it's the best 🇺🇬
Imana ihabwe icyubahiro iteka kubwa today najye ndamukunda,ariko Plaisir asetsa cyane😄😄😄nonese ko uheje Pascal ntabwo azabona iki kiganiro🤭
Muzagire urugo rihire🥰🥰🥰🥰🌹🌹🌹
Buriya se kuki amuheje?sinumva impamvu rwose !
Icyo nkundira YESU nago avugishwa ahubwo avuga Ari no kuri terre anakora yego mugeni wa YESU Plaisir nabe abaretseho gato byibuze nkukwezi gushire gusa nanone twabakumbura ☺️☺️
Imana ishiiiiimwe yakoze ibirenze 🙌🙌🙌🙌 Ndagukunda cyane cloudine ur my role model for every thing urugo rwawe ruzakomeze kuba ijuru rito ikirutibyo uzabone ubugingo
Waaw! nejejwe niki kaganiro rwose IMANA ibahe umugisha @Zaburi nshya
Ndagukuuuuunda cyane Claudine mwiza!🌺💝
Mbifurije urugo ruhire rwuzuyemo ineza y, Imana.
Sha nukuri Imana yari ihari pe! kandi yaraguhembye uko bikwiye n'Imana izirikana nanjye narayishimye kubwawe
Imana yarakoze nukuri ukwiye kwishima
Niba ntibeshye Munezero ndamwibutse muruvumera ngitangira urugendo rwagakiza muri 2000 mucyumba cyaho Niba ariwe ndamuzi yarafite amaso y'umwuka .niba nanubu bigikomeje IMANA ishimwe.
Wawwwww, byiza cyane muraberewe rwose👌
Today mukunda cyane
Amen.isaha y,Imana ikorera kugihe nishimwe murasa neza pe!
Just like her personality she is such blessing to her hubby 😂
Esiteri we Komera Komera nuko Imana ijya ibigenzereza abitondeye isezerano ryImana.Nihabwe icyubahiro
Imana Iragahezagirwa
Plaisir, pasterin yakubeshye ariko sicyane kuko Njyewe yari yarasajije. yaje ahantu avuga Imana neza atuma nongera kuyikunda bintera nawe kumukunda mita nifuza ko yambera umugore. Gusa impamvu navuze ngo ntiyakubeshye cyane nuko ntabyo nari naramubwiye ko mukunda . Ahubwo kuki atagiye mumwuka uwomunsi ngwamenye ko namukunze,ahubwo akajya mumwuka abona abanyabyaha ?
Imana ishimwe bageni beza yesu akomeze abubakire ishimwe nkowahabaye mana ❤️❤️
Urugo ruhire bana b'Imana mugire ibyona n'ibyonona.Ndabakunda
Wawww nice couple kbsa.
Mbifurije urugo ruhire.
Muri beza cyane
Washubijemwo ivyizigiro Claudine umukobwa yihanganye Iman iramwubakira kwel
Today weee! You inspire a girl like me IMANA iguhe umugisha mwishiiii
Imana nimana kd izahoraho urugo rwiza nshuti nziza imana iture murugo rwanyu
inincwii muraberewe rwose
Woo nice muzahirwe nkr
Plasir nawe aturimo umwenda
Ntajambo Imana ivuga ngorihere ni Iyokwizerwa🙏🙏🙏🙏
Imana iyo yavuze irasohoza !!!amen 🙏🙏
Amen amen 🙏🙏🙏🙏💖💖💖🙏 thx u my God for do day girl
Ariko mubasura kare weee munjye mubareka babanze baruhuke
Kutizera Imana ni ukwihemukira.
Yesu nashimwe ahabwe icubahiro 🥰🥰
ATI nuko muragenda muraryama nyine🤣🤣🤣plaisir wabaza numuntu akarimurori
Irindizina ni Mugeni
Congratulations 👏 uzagire urugo ruhire mutumishi
Ameneeee Imana irahebuje
Ariko se Praisi,iyo ubaz abantu uko ibyabo byagenze kandi waranze kutuzanira umugeni ni ukubera iki?
Imana wakoreye Yara guhebye nukuri nakumenye2016ariko sinigeze mbona wiyandurisha ikibi ,guhera uyu munsi imana wakoreye nyikurikiye ndize byose kuko nihutishaga ibindacyenewe,
Yesu akomeje kuba inkingi n'urufatoro by'urugo rwanyu zaburi nshya muduhe link yiyo ndirimbo reka amashimwe yacu akugereho.Imana ibahe umugisha
Urugo ruhire Bageni beza!
Murakunditse
Umwana w'Umwami sha ararindwa! Amen!
Imana Ishimwe cyaneee,
Umutumishi wacu plaisir arasa neza👍
Ndabakunda ukuntu mudushikiriza ibiganiro vyiza
Mana Warakoze kuko wigaragaje!
Uzisuzumishe neza urebe niba umutwe udaturuka ku maso ,ujye unkwa namazi menshi.
Imana ihembe neza kdi urugo ruhire
Murasa neza bageni bacu
🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Wawu imana iyivuze irasohoza
Mwaryibagiye
Félicitations bageni beza
Nanjye ibyo ndi mo nzabisohokamo nta mwotsi unutseho!
Wawuuu uramfashije nta barabara ritagira dodani
Ni uwitondera isezerano ry'lmana kweli si urivamo
Zaburinshya yubahwe yatumye nkumenya
IMANA Ishimwe.
Wooow aberewe kubiii today
Ariko plaisir koko nkubu arashakako claudine amubwira iki koko mbega we uziko isoni zinyishe 🤭
Nabasigaye mureme
Ariko today nkunda ukuntu Uzi ubwenge!!
Ikibazo cya Plaisir cy'ijoro ry'ubukwe nifuje abamusura nawe bakamubaza icyo kibuzo narabibuze habe no kwerekana umugeni we.gusa umenya uwari kwibeshya akamusura we atararuhuka ntibari kubyumva kimwe.
Ngo baragiye bararyamye?
Ntajambo imana ivuga ngo rihere yashimwe imana isezeranya igasohoza himye imana kubwawe binyemeza neza ko nanjye ibyo yabwiye bizasohora imana nihabwe icyubahiro kubyo yakoze ko ijya inyuranya ibihe
😁😁😁😁
Amiiiiiiiiiiiinaamiiiiiiiiiiiina amiiiiiiiiiiiina amiiiiiiiiiiiina amiiiiiiiiiiiina amiiiiiiiiiiiina God
Imirimo y,Imana yerekaniwe murimwe
Leka amashimwe yacu akugereho tulilimbe ko wakoze ibiruta ibyo twasabye