@@uwizeyenadine ubu se amafaranga yakomora Kuba waba warasigaye uri nyakamwe arahari? Byose biba ari ukurenzaho wa muntu we Hari ibikomere bidakira uko byagenda kose
Sha Maman Charlene arabeshye kuko ni umuntu, ari mu isi , Kandi agomba kubona Ko umugabo cyangwa umugore ni ingenzi mu mibereho ya muntu. Gusa rero ntajye yibeshya , iriya etage bamukodeshereje umugabo yananirwa ku.............,
Kwihangana kuratandukanye pe njye kubaho ntegereje Momo ntibyanyorohera no gutegereza ama euros ese ubu usabye inkunga ukikorera ntibyakunda ukajya wikoreramo ayushaka yose igihe cyose uyakeneye ariko niba wifitiye amahirwe Yesu akakwihera byose ni byiza pe
SABIN& MAMAN CHARLENE abarokore sukuvugako bari deprived from the GIFT OF HEAVEN. Iryankuru ni INGABIRANO twahawe na DATA urimwijuru. Sibishitani oyaa!!!!
Ariko murasetsa koko! Uyu munsi ni uko abyumva, ejo bihindutse nabyo nta kibazo ariko at the moment ni uko abona ibintu so ejo rero nibihinduka nta kibazo kirimo ahubwo kereka akoze ibibi!
Ariko nubundi kuba mama Charlene avugako atazashaka umugabo ntagitangaje kirimo kuko nubundi asanzwe amufite mwibanga ubundi umugore usa kuriya yabura umugabo gute erega mama Charlene azi ubwenge ntago ari umwasama wokwirwa avuga amabanga ye
NUMERO YA MAMA CHARLENE: +250783542668
Urakoze Sabin ndumufana wimbere
Imana izamfashe duhure
❤
Ababona ko Mama Charlène ari mwiza nampe like ❤❤❤
Ni icyucyi ❤️
Nimwizape
Yabayemubiryari??
Maman Charlene warisobanukiwe pe! Gusa kubyo guhindukira ntukabitindeho kuko ntabwo uba wumvise impande zombi kuko umugabo arakubabaza kandi ntatinye kukubwira ngo hindukira utekereza ko byoroshye guhindukira uhindukijwe nuhora agukomeretsa?ntagaciro ugira imbere ye ariko byagera kuriyo ngigo ukabona nibwo noneho yibutseko uhari kuko haribyo agukeneyeho atakwishoboza wenyine!
Ni mwiza cyaneeee
Very beautiful and natural
Nakunze ukwizera ufite rata uko Imana uyizeye Niko igukorera setu ❤❤❤❤❤
Rata umufungo womora ibikomere ❤❤❤
Yego chou ❤❤
Biterwa nicyagukomerekeje ncuti yange
Ikindi kitomorwa numufungo numurengwe😂
@@uwizeyenadine ubu se amafaranga yakomora Kuba waba warasigaye uri nyakamwe arahari? Byose biba ari ukurenzaho wa muntu we Hari ibikomere bidakira uko byagenda kose
@@user-vf6cb5ey8s uwakubwira ibikomere mfite wakumirwa arko iyo bivanze nubukene numva gupfa bindutira kubaho icecekere muvandi
Abaribakumbuye ibiganiro byokwi Isimbi Tv ndabasuhuje Mam Charlene ndamu❤❤❤❤
Maman charlen uri igitabo nsoma nkumva ntashaka ko page zacyo zahera nkumva nguma mfite inyota yo kugisoma buri munsi ndanyurwa n,inyigisho uduha ❤❤❤
Mubyeyi sinarinziko uganira neza gutya❤rata ubukene bwongera ibikomere
Rwose mama Charlene ndakwemeye warisobanukiwe turabyumva kimwe.Ubu se ntiwimereye neza udafite uwo mugabo bavuga .Ndagukunze pe
Erega burya iyo umuntu yakomerekejwe numugabo bya nyabyo urazinukwa abagabo bose, burya umugore uhita ashaka umugabo nyuma ya divorce nuko aba yararyohewe nurushako noneho bikamugora Kuba wenyine kuko akunda abagabo naho uwazinutswe biba byararangiye ntagutekereza umugabo rwose wanamutekereza ukumva iseseme irakwishe pe!
Wibereho mukobwa mwiza. Mumpe Like bakundwa banjye 🤲🏾🤲🏾🤲🏾 Ubikoze wese Imana imuhe umugisha n’ abiwe bose 🥰🥰🥰🥰
Yegorata Iyowasabye uwiteka ngo akubere umugabo birachoboka nanjye tubyumvakimwe ndakwikundira❤❤
Bakunzi bamama Charlene mpageze mubambere nukuri niba ukunda uyu mumama ntu nyureho utankandiye kwifoto nange nimushyigikire ibindi yesu aduhane umugisha❤❤❤❤❤
Wowe se ni urikundo!cg urishakira like.
Yego ndamukunda cyane arko natwa like mutundemeye ntabwo natwanga na twa subscribe twose nukuri nakwishima 😂😂😂
@@AkalizaQuee❤
Thank you ❤N
Icyampa Imana ikazaguhuza n'umugaho mwiza akakubera umugisha udasanzwe mugore mwiza ,Uwiteka azaguhe umuntu uzagushyigikira mumurimo yaguhaye
Abantu bishimiye ko mama Charlene agarutse mumpe like
Komera mumbye icyonkukundira uranyubaka cyane nanjye injyansaba Imana ngo ikomeze incire inzira injye mbona icyonihera umwana iyo nifitiye amafaranga imbyabagabo simbyitaho ahubwo ndushaho kwegera imana kuko niyo mugenga wambyose❤❤❤❤❤❤❤❤
Mbaye uwambere nabaho nanjye mundemere kuritwatuntu nanjye numve ukobimera ndavuga like 😂😂
Ni ukuri Mubyeyi gira ubwoba ejo baraba baguhararutse, aho kugura igitanda cya miliyoni,shora we kujya wirirwa utegereza ama Euro na momo z' abandi ahubwo nawe ujye woherereza abagowe please 🙏 Ejo isi🌍 iraba yaguharurutse, wubake inkoko n' amafi ugabanye gato
Izo sweeng rwose ngew ntanizo ngira iyaba Imana yanyiheraga umufungo ibindi rwose bitembere
Abakunzi b'ISIMBI TV n'abanyamuryango bayo! N'aba JO TWINS❤❤❤❤ mubanguke twumve Mama Charlene 👂👂
Nahageze! Yarisobanukiwe!
@@helenemarierobert8557 Baho shenge!!
Nanje nihondi iii kabisaaa🧎♀️🧎♀️🧎♀️🧎♀️👌👌👌🥰🥰,ndabona maman Charlène yarashishwe n'abagabo🥱🥱🥱🥱😂😂😂😂
@@Larose1988 Ikaze rwose shenge 🙏🙏
@@dorotheuwamaria5107 ,urakoze mwiza wanje🥰🥰🥰🥰❤️❤️❤️
Mama Charlene komeza inzira watangiye wicika intege,wahisemwo neza Nyagasani muri kumwe🙏
Heavenly Father I pray that you keep the person reading this alive, safe, healthy and financially blessed Amen🙏💙
Amen, I take in the name of Jesus ❤❤❤
Amen
❤❤❤
Amena
Mwambaye neza mubyeyi Imana ikwishimire❤❤❤
😅
Sabin & maman Charlène Hi! Ikiganiro ciza cane. Ndabakunda cane. From Burundi❤
Umuntu ugira igikomere cyumugabo numuntu umubura bari babanye neza rero umwanzuro yafashe awushoboye byaba Ari byiza
Mbaye uwambere kbs mumpe like
Sha Maman Charlene arabeshye kuko ni umuntu, ari mu isi , Kandi agomba kubona
Ko umugabo cyangwa umugore ni ingenzi mu mibereho ya muntu. Gusa rero ntajye yibeshya , iriya etage bamukodeshereje umugabo yananirwa ku.............,
Number 1🎉 mumpe utu likes
N'amahitamo si ikindi Imana ni urumuri umwanya uyihaye niho ikwira, nyamara ntiba yagabanutse cg ngo yiyongere, byashoboka cyane rwose ko yakubera umugabo umubyeyi n'ibindi ukeneye byose abaye aruko ubihisemo ukabyemeranya nayo nyuma y'inararibonye runaka , ariko wiyoroshye nibyo byiza hari abakiri mu nzira bataragera aho nabagenda gatebe gatoki , Imana ibana nabo. wiyoroheje wazagerayo neza nicyo twakifuriza.
Amen
Imana niyo nkuru rata❤
Ariko abanyafrika twabayedute ubundi murumva umugore uvyaye gatanu kuba deal zabagabobubu yarazivuyemo arigitangaza? Wahisemoneza maman . Courage
Subwo Koko Deal z'Abagabo Wazivamo kd Wibana ????????????? Sha Simbizi pe
Ndagukunda cynee mama❤❤❤
Neza caane Maman Darlene ndagushigiye imana nivyose❤❤
Umugore atagira umugabo aba ahiriwe
Aba atengamaye, abagabo bamwe Ni abadaimoni
Chapeau maman Charlene, tres intelligente og pausee
Kwihangana kuratandukanye pe njye kubaho ntegereje Momo ntibyanyorohera no gutegereza ama euros ese ubu usabye inkunga ukikorera ntibyakunda ukajya wikoreramo ayushaka yose igihe cyose uyakeneye ariko niba wifitiye amahirwe Yesu akakwihera byose ni byiza pe
Afite akageso KO gusabiriza kumva KO bamutunga caméra akabona cash
Mama Charlene uri INTORE cher ndagukunze cyane❤
Ndagukunda cyane mama❤
Yambaye neza pee❤
Ibitekerezo ufite ntago aribyo gusaza wenyine , imana izaguhe umugabo ukwitaho mu izina rya yesu.
Maman charllen wambaye neza mumpe twatuntu ababibonye
mama charl aravuga weeee ntamugabo mwarakurambana kuko abagabo balunda bamutima naho abavugagura ni mubeshyere Yesu ko ariwe mugabo wanyu ark sabazi .
Nanjye nta mugabo nifuza pe!ndagushyikiye nukuri!100/100,uwatwihera amacash afatika niyo dusonzeye naho abagabo wapi kweri Kandi ntabikomere pe!
Ibi n'ibikomere , nanjye ndabifite nuko mvuga, umugore yatumye mba mukuzimu kwo kwisi
Mpore
Pole
Pole bambe, rekana niyo ngegerakazi ye kukwica urubozo
Bakunzi ba Isimbi tv ndabinginze munyumve neza mbona hano abantu benshi bavugako umuntu wasenye atagira inama abandi ariko siko kuri kuko usenye wese siko aba yabigizemo uruhare rwose kuko njyewe nzi umuntu umugabowe yamukoreye ibibi byose bishoboka arihangana nyuma aza kumubeirako amwanga nubundi umugore anamba kurugo,byarangiye umugabo abonye yarakoze ibishoboka byose ngo umugore yijyane biranga birangira umugabo ariwe wijyanye .rero ntimugakomeretse abantu nukuri ndabasabye
Nukuri uwasenye afise ijambo ryakunaka pe.
Mubyeyi rero ndagukunda ariko kimwe nkugaya nuko wanze kubabarira umugabo kd yarasabye imbabazi erega umugabo ukenye ntakeya yaguha ariko ubu byahinduka
Maman Charlene abubatse biciye mu muco ntibakora ibishetani reka kubesha kuko aaciye mu muco bakana vyemeza imbere y'lmana abo ntukavuge ngo bakora ibishetani kuko lmana ivyo bakora birimewe niyaba remye
Uvuga ukuri nkagukunda mubyeyi
Mama Charlene ba bwire nange yambereye umugabo ngeze mu mwaka wa cyenda Kandi uwo mwami yarampeste ampekera na bana batanu niyongete ashimwe uwo mwami
Amen
Ndabakunda cyanee Sabin maman charlene Sabin ndukumbuye gafaranga nukuri pee
Me too
Ndakumbuye Gafaranga na Rose Tv show
Shaka icyo ukora mama.funguka mumutwe ukoreshe amaboko yawe .momo ni danger .muri dukeya ufite rebaho ushora niyozaba inyanya
Yeah aho kugura igitanda cya miliyoni yayashora
Igo rata Chou🤣🤣😀
money first🤗🤗
GENDA WITUBESHYA,
Mama charlenne gukundirako utirirwa utabaza nkabandi bagore ngo umugabo umugabo .umugabo umugabo ntiyaguha umunezero umunezero utagwq ni mama ubuzima butarimo umugabo burashoboka iyo wafashe yesu nkabyose byawe
N umugabo yesu ndamwemera
Yego rata igikomere cyambere nu bukene
SABIN& MAMAN CHARLENE abarokore sukuvugako bari deprived from the GIFT OF HEAVEN. Iryankuru ni INGABIRANO twahawe na DATA urimwijuru. Sibishitani oyaa!!!!
Uyu mugore ninjajwa ahubwo ntakabanyura yari yaragowe…
M Charlene nkukunda mubara yose 🥰 ❤️ Komera k,umugabo wawe witwa YESU azakubera byose wifuza🙏🙏 wakoze Sabin kutuzanira m Charlene afite amagambo y ubwenge Imana ibakomeze muribyose 🙏🙏
Mama Charlene uranyishe Burundu gusa nukuri uhugira Neza urumuhanga.
Oya sha Mama Charlene ugomba gusha
❤❤
❤❤❤❤
Yego nukuri ibyo mama Charlene avuga nukuri kuzuye lmana uko uyifashe Niko ikubera Yesu ni byose kumufite lmana izi icyo umugabo amarira umugore iyo yemeye ko ubura umugabo ikora ibyo yagombaga gukora byose .😅
❤❤❤
Care zihabwa abahabara baba bagezweho
Maman Charlene vakuri social media kuko ivyo vyingo zibana nabi twavutse bimeze uko mugihe Satan agikora ingo zimwe zisambuka izindi zubakwe kubera lmana, rero vuga ivya Yesu kristo, umuntu niyatinya Yesu kristo ntabwo azosambana, umugabo canke umugore asambana aba yatewe n'umwami wiyi isi kuko wewe nta sinziriye, ikindi ikitwemezako wewe wavanye numu gabo ari lmana igushigikiye, lmana ivyo ntavyo ntavyo yoshigikira, iyaravye iruhande irihoza umwana wayo Yesu kristo agiye gupfa rubi, none niwewe yokubwira ngo sambura biracitse, bamureka kubeshera lmana, reka dukizwe neza ntampanuro zingo wewe wahanura, ikindi nimba uziko lmana ishoboye ntabwo yagusambuza ahubwo yakwubakira kuko lmana wayihamagaye ntiyananirwa noguhindura umugabo wawe, rero lmana yihojeje yihojeje iba ishaka kuraba vyukuri ko uri umusirikare wa Yesu kristo, subira murugo kuko nabana bawe ndaziko wifuza ko Charlene Yutaka, none bimugoye nkawe uzomubwira sambura? Reka dukizwe neza, Yesu kristo araza vuba, uwo azosanga yihanganye gushitsa kwihero azohabwa igitsibo, Yesu kristo natabare isi kuko vyose bibananiye babita kuri yesu, kandi Yesu kristo yavuze ni Se winfuvyi kandi n'Umugabo waba pfakazi none haraho yavuzeko ari umugabo wabahujanye? Tureke kubeshera lmana dukizwe neza
😂😂😂😂😂😂 M cha uri mfura peeee❤❤❤❤❤❤
Uravuga ukuri
❤❤❤❤❤❤❤
Ndamukunda
Ibyo uvuga nukuri, ko umuntu akomereka se kandi afite umugabo, utamufite ukabona umufungo rata biba byakemutse,umugabo siwe uvura igikomere kivurwa nokuba ufite amahoro no kubona ibyo wihera abana, njye ikintu kinkomeretsa mubuzima nukubura icyo mpa abana banjye.
❤❤❤❤❤❤
Ese Mada ibyakunaniye ubyigishabandi guteeee 😂😂😂😂😂😂😂😂
Ntivyamunaniye ahubwo yarananijwe gusa uyuba umunyabwenge warikwiga gusumvya kujajinga kuko muvyamunaniye nyene nivyo yagunduye nyuma ataco akigarura ubu natwe aba yajekubitubwira kugirango ahoyananiriwe twe ntitunanigwe naho kuvugako kuba vyaramunaniye atobitubwira burya umugore areze abana 5 mumuji wa Kigali akaba amaze 15ans ariwenyene ubwo ntambaraga wumvamwo???nuko mutihigihe ngo mutekereze mupfa kuvuga vuba uyu ndamuri hafi nomugirincuti kuko muriwe harimwo imbaraga zidasanzwe kbx nomwegera nkamukurako vyinshi kuko ni inarabibonye
@christella5092 umwishuye neza pe!
Ubwirwaniki ko byamunaniye se yakunze utabibona gushoboka ntibivuzeko uwo mwubakanye agushobokeye niba warahiriwe ntuzajombe abananiwe
@@christella5092thank you, umusubije neza kbsa
Abantu twabuze imbura bugirire pe,ariko iciza nuko wavyumvirije😂😂😂😂😂😂😂😂
Wewe warasaze kabsaaaaa
Freedom. No price
Oh my goodness .ikgl,haribibazo🫢🫢🫢
Ntaho bitari
Mama Charlene ndagukunda mu marangi yose
Rata guma wirerere abana ntuzabazanemo undi mwana badahuje se batanu nabo rwose imana igume ibarindire mubuntu bwayo
Sukox Abamama bumve❤❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Reka twicare twige😂😂
Birakaze pe!
Cyakoze urikeza😂😂😂😂😂
Uziko ivyo urikuvuga arukuriii ??? Harabagore batazi uko bafata aabagabo😂😂😂bazashakishe groupe yitwa Twungurane ubwenge bazajijukaaa🎉🎉🎉🎉
Hari Nabagabo Batazi uko bafata Abagore Nyabu
Uri mwiza kabsaaa house,nu mubiri wawe ni mwiza
Abataronka care muze tumenyane😂😂😂😂😂😂😂😂
Twarashize pe 😂😂😂😂
Ni umugabo uyimwishyurira urabizi neza?
Hari ibitaringobwa kuvugira kuri camera nyabuna ababyeyi babanyarwandakazi babyaye
Wavugako mutazaba nibyo pe . Ariko buriya haruwo muzahura uwawe yenda uwo warufite ntiyaruwawe da .
Mama Charlene uzatwigishe uko bafunga igitambaro
Ariko uyu mu mama ndamwikundira
Ubundi abagore bose bajyiye bumva ibiganiro bya mama chalilene nanumwe wasenya kuko harimo inyijyisho nyinshi haba kubagabo cg kubagote
Hhhhh
Harya we byamugendekeye bite ?ahubwo age yigisha gusenya kuko nibyo yashoboye 🤷♀️
Hanyumase we bivamukanwa koyasenye kwatabyibwiye
Uburiye umubyuzi mukwe ntakwaba atagize kandi utabusya abwita ubumera
Keretse ambereye madamu yabiryoshya nkanyurwa
Imyanzuro wafashe waribeshye imera abagabo
Ntubeshe maman uvuze vyo. Abo bagere bivugisha ivyo,ngo imigongo ni binding. Il faut ko baza bagira sport
Mugane abahamya ba Yehova bigisha Biblia kubuntu.
Izo nyigisho utanga utekerezako lmana yagushyizemo zizarangiriraho gusa utazishyize mubikorwa ?wapi ahubwo nzakubona ugaruka ushima lmana ngo noneho nabonye uwo ntishakiye nashakiwe n lmana
Ariko murasetsa koko! Uyu munsi ni uko abyumva, ejo bihindutse nabyo nta kibazo ariko at the moment ni uko abona ibintu so ejo rero nibihinduka nta kibazo kirimo ahubwo kereka akoze ibibi!
Ariko aramutse ahinduye ibyo yavuze aba agaragaye nkumubeshyi.kd kubeshya ni icyaha.niyompamvu kuvuga byoroha.yavuzeko imisatsi myinshi Ari igihuru yabivuze muburyo bwo kubigaya ariko ubu nawe igihuru aragifite.yewe Imana ijye itubabarira pe
@@helenemarierobert8557 yego nyine nanjye sinagaye ibyo avuga nibyo pe .usome neza navuzengo bizaba byiza cyane ubwo ibyavuga haruzaba Ari kubihabwa nawe .ariko Uzi umugabo yabikorera ukuntu byaba Ari byiza cyane we .tekereza kuba uzibintu ibyigisha abandi wowe ntaho ubishyira mubikorwa .so njye rero nashimishwa nokumva obyatugiraho inama haruri kuva ubwo buryohe aduha .sinamuvuze nabi rwose pe wabifasha nabi pe
Mwiriwe neza bavandimwe dukunda ariko Sabin wari watwicishije irungu 😢uziko narindi kujya kuri CZcams burikanya ngo ndebe ko washyizeho ikiganiro 😂
Nanjye ntyoo😂😂
Nari natangiye kugira ubwoba ko harikibazo Sabin yagize😢
Ahubwo abafise abagabo nibo mbon bafise umushiha.
Maman Charlène uri intwari
Aliko ukwiliye kumenya izina ryiyo Mana atali imana mukanwa.
Ariko nubundi kuba mama Charlene avugako atazashaka umugabo ntagitangaje kirimo kuko nubundi asanzwe amufite mwibanga ubundi umugore usa kuriya yabura umugabo gute erega mama Charlene azi ubwenge ntago ari umwasama wokwirwa avuga amabanga ye
Arihisha cane sha iriya etage se abannze ayakura kwa Sabin?