UMUPFUMU RUTANGARWAMABOKO YAHUYE NA PASITORI RUTAYISIRE ATI"NUNYEMEZA UHITE UMBATIZA
Vložit
- čas přidán 7. 12. 2023
- Join this channel as a member to get access to exclusive videos:
/ @connectiontv.
Instagram: / connectiontv2023
Facebook: / connection-tv-10723680... - Zábava
Ababona ko kino kiganiro gikeneye part2, bampe like.
Uzatumire numuyislam.umuhuze naba bagabo nawe twumve uko bavuga imana
Ikiganiro cyiza rwose Mwakoze cyane @ConnectionTv Pastor Rutayisire Antoine Imana iguhe Umugisha.
hanyuma ibyo Rutangarwamaboko avuze birerekana rwose uko Abanyarwanda mu muco wacu kera bari bazi Imana y’Ukuri gusa nuko hajemwo kutamenya Isezerano rishya. kandi bigasobanura ukuri kubijyanye na karande zidukurikirana (real definition of generational curses) kubamenye Yesu Christo Kandi bamwizera tumenye uko twitandukanya n’umurage utadufitiye akamaro.niyo mpamvu dufite umurage muri Christo Yesu waje kutwikorera iyo imitwaro yose yaduhetamishaga. Mwami Mana Data warakoze kuduha agakiza gaturuka muri Yesu Christo
Amen.🙌🏽
Guma muri Kristo Yesu nshuti yange. Ntahandi twaherewe gukirizwa ni muri Yesu gusa
Pastor komera cyane ❤ turagukunda amaraso ya Yesu agutwikire
Burya ngo amaraso ya yeshu ARAKORA CANKE NI FAKE NEWS????
@@imandwamwaratsinze8823muraho ni amahoro,
Duhurire kuri Channel yitwa'
'Ubucakara bw'ibanga'
Hari ibihavugirwa bidakunze kuvugwa
Hhh arakora cyane pe. Iyo ubyizeye
@@imandwamwaratsinze8823 I believe you the only fake news ma men. Just believe in God and live you life
Nkunda ko Pastor Rutayisire adakora debat yigagaje ahubwo atega amatwi akiyoroshya kd ntajya impaka za ngo turwane! anointed man of God
Crane rwose
Olala! Hagati ya Doctor pastor Rutayisire na Rutangarwamaboko hari imbaraga zingana ariko zitandukanye.Umwe afite uko yizeye Imana undi na we afite uko ayizera ariko bidasenyera umugozi umwe.Umwe kandi kugira ngo ajye Ku ruhande rw'undi byasaba imbaraga za ba shebuja bita ko basa kandi batandukanye. Kwemera no Kwizera iby'umwe bisaba imbara z'abo bakorera.
Ariko njye nkunda Kristo Yesu kandi mpora ngerageza gukora ibyo anyifuzaho nubwo binanira ariko nzakomeza mpatirize kandi kubw'imbabazi z'Imana nzasoza neza urugendo rwa hano kw'isi, ndimo kwibaza kuki ubwenge n'ubushishozi Pastor Ritayisire agira abandi bashumba ubona atari ko biri, abandi ubona barwana no gutsimbarara ku madini yabo cyane ndetse bakagerageza kuzinura abayoboke babo andi madini bayita abanyabyaha n'abapagani rwimbi, ariko Umushumba Rutayisire yubatse ku Mana cyane kuruta kubuka kw'idini rye, ibi bigaragarira mubyo akora n'ibyo avuga. Yubaha buri wese atitaye ku myemerere itandukanye bafite
Pastor RUTAYISIRE Imana iguhaze uburame urambire kubona byiza RUTANGABWAMABOKO nawe ndamwikundira
Yesu Kristo niwe buzima. Niwe mucyo aho ageze umwijima urahunga.
Nakunze ko harimo ikinyabupfura no kubahana big up kuri Pasteur pe ❤
Nuko ari Intiti (Abanyabwenge babiri Baganiriye nabahanga pe
@@espoirnzabakiza1627 muraho ni amahoro,
Duhurire kuri Channel yitwa'
Ubucakara bw'ibanga
Hari ibihavugirwa bidakunze kuvugwa
Imana y'Urwanda ni Imana y'isi n'ijuru, ni Uhoraho, Ushoborabyose.
Yaduhaye urumuri ngo tuve mu mwijima n'ibyaha, Iduha Ijambo ryayo rirabdikwa rihumetswe n'Umwuka w'Imana, ngo twaguke mu bumana.
Hari abahisemo gufunga imitwe ngo batarenga umutaru, bamera nka wa mugaragu wahawe itarenta agacukura umwobo akayitaba...
Ubutaha uzashake ahantu hatari urusaku. Bizafasha kugenda neza kw'ikiganiro...cyari kiza
Mana yo mu ijuru urinde imitima yacu n'intekerezo zacu aha buri wese yumve Imana nyamana kd uduhe kutabyiganira mu nzira yagutse turi ikivunge ahubwo tubyiganire mu nzira ntoya kd ifunganye maze tuzabone ubwiza bwawe. Mu izina rya Yesu Amen🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Rutanga we uri rutanga uranagaswi!! Umuntu wakwigishije ibyo bintu ibyo yaraguhemukiye cyane!!!! Cyakora icyo mbona nuko ibyo bintu byawe bizashirana nawe!!!
Rutangarwamaboko ni umuhanga cyane. Gusa Imana kubera yihisha ntabwo yapfa kuyimenya itamwihishuriye. Ubundi ibyo Rutangarwamaboko avuga ni ukuri ariko gushingiye kubigirwamana. Umuntu wamenye Imana Rurema ntakintu nakimwe yiyambaza kitari Imana Rurema kandi abona ubwenge bwose bwo kumenya ibitamenyekana. Muzabaze Past Semajeri azabibasobanurira neza kuko se yari umupfumu
Imana ni imwe yaremye byose,,
Nta yesu mu Rwanda ntakwemera ibyahandi Imana y'i Rwanda ninziza 😍...
Mandwa nkuru Rutangarwamaboko ndagukeje wamfura we. Uwo mushumba Rutayisire ndamukeje cyane ariko azareke kwemera abazimu bahandi.
Nibyiza cyane kuriyonsangNya matsiko . Imana rurema niyo mana izindi mana zose zitaremye isi nijuru nizubusa.
Uyumugabo P Rutayisire yize neza icyomukundira ubona ibyakora nibyavuga habamo discipline KBS
Be blessed Pastor
GOD ‘S ON OUR SIDE 🙏🙏🙏
👇
Rutangarwamaboko Uzi kuvuga koko, icyampa ugahishurirwa Yesu Kristo maze izo mbaraga n'ubwo bwenge bwawe bigakorera Uwiteka.
Umunsi umwe abantu bazagaruka inyuma bumve ibi biganiro byawe ubwo uzaba waramaze kuvirwa n'umucyo!
Yesu kristu uwamukubwiye yari afite imbaraga niyo mpamvu byagucengeye kuko nawe ntiwamubonye iyo bakweretse uriya ukina film urabyemera
Uyumugabo akenye ubutumwa bwiza aho atahura ko yapfanye na Kristo azuranwa nawe gusaa numuhanga cyanee arko burya ubuhanga budahamya ibyo Kristo yakoze burya ni pfabusa gusa na shimye ko aziko Imana ituye mu muntu …Kristo nubuzima guy’s ababimenye byabahindukiye ubuzima buzima
Uwoyesu babigushizemwo ni colonisation mukunde ivyiwanyu
You man accept the name of Jesus Christ as your Lord and savior
Arakoze Pastor Rutayisire wemeye gusobanura iby'ukwemera kwe nk'uko Ijambo ry'Imana ribidusaba. Imana ikomeze imufashe, imurinde za kigusha.
Ndabakunda mwese.
Rutayisire na Rutangarwamaboko murakoze cyane mudusobanuriye Ibijyanye nuburyo dukwiye kwizera Imana.
Icyo nkuyemo nuko nambere Yuko abazungu bza murwanda (missionaires) Imana yahozeho yahoranye nabanyarwanda.Imana ishimwe koyahoranye natwe.
Pasiter mushimiye ko yagaragaje ubumuntu koko numushumba wi torero arabikwiye yavura imitima nakomeze inzira yatangiye ndacyike indege yesu aramukomeje kd Rutangarwamaboko nawe arasobanutse kuko akomeye kubyo yamenye ariko uwamuhintura umushumba witorero yahintura benshi kuko asobanutse ababagabo bombi IMANA YAMAHORO ibahe umugisha cyane
Komera k'Umwami wacu Mushumba Yesu akurimbere💪🙏🙏
Umwe mubigisha because different military gihugu coach a antoine rutayisire❤❤❤
Nibyiza rwose icyi cyiganiro kiri hagati y'Umupfumu na Pastor, harimo amasosmo menshi Imana ibahe umugisha cyane. Gusa nanone ikintu kiranga ko wakiriye Kristo koko urangwa no kugira amahoro mu mutima kandi ukikorera umusaraba wawe Imana ikaba ariyo igucira inzira rero ahandi hatari amahoro rwose ibyo ni ibinyoma.
❤Muganga Rutangarwamaboko, ndabashimiye cyane kudusobanurira I Rwanda ahariho. Kuko byanyemeje ko Imana y 'i Rwanda (umutima), bivuze ko Imana iba mumutima waburi muntu. Cyangwa mu mitima y abantu Bose Kandi aho bari hose. Uko numvise rero "Imana y'Irwanda, ar Imana yo mu ijuru, n abemera Imana, ariyo Mana y'IRwanda. Bintera ishema nk'umunyarwandakazi kuko twamenye Imana ny Amana kuva kera. Ntabwo rero twigeze dusenga ibigirwamana.
Uwiteka akugoteshe imbaraga z'ijuru Pastor, mwuka wera akugote.
Mwakoze kuduha ababantu ariko
Ndakurahiye Yesu ni muzima kd niwe rembo ritugeza mwijuru
Ibyubupfumu bisenga abapfu
Kweli ntaho byazatugeza
Kuko aho gusenga umupfu nasenga Yesu wapfuye akazuka ibyo mwikora byose ndunva uzi Yesu kd waramwunvise nuko ubihakana
Kd Yesu azaza aruko ubutumwa bwunvikanye hose
None wowe waramwunvise nuko ubihakana ugakurikira Ibyawe
😢😢😢😓😓 mbega agahinda icyama uko uvuga ibyo uzi wakavuze Yesu ukanamwakira buaryoha
Pastor Antoine he is anointed Man with knowledge and God's wisdom!
Pastor wange rwose Imana ikomeze igushyigikire kugeza iteka ryose Amen .
Ikiganiro cyiza cyane kirimo ubwenge nubupfura ureke bamwe bajya babomborekana mu matiku adafashe! Muri abahanga iki kiganiro ni kiza cyane!muzongere muganire
Imana yaremye ijuru n’isi, Imana imwe Rurema, Uwiteka Mana Nyiringabo, Alpha na Omega, iturengere cyane. Nzanumirwa.
Yesu niwe uruta abandibose. Naho ibyarutangarwamabako byo nuko atahuye na yesu ngo amubohore ingoyi zakarande . Twebwe ubu ducometse muri yesu kuruta abapfuye ngonuko dufitanye isoko ,iyumuntu yapfuye ntanakimwe yadufasha ibye biba byararangiye pe .
Ako kantu ko gucomeka muri YESU niko kanshimishije✍🏻✍🏻
Uko niko kuri
Oyaa ncuti yanjye , uwo yesu suwiwacu Nuwabayahudi
Kandi twebwe turi abanyarwanda icyo nacyo uzajye ukibuka byibuze!
Pasteur Mungu ni Imana mu giswayiri naho mu kinyarwanda ni Imana
Icyo gitabo cyanyu ngo ni bibiriya yawe ibyo ni bitekererezo bya babazungu twirirwa dusingiza IMANA zabazungu tuzazireka
Iyobokamana Yesu Kristo yasize rigaragarira kurushaho, aribyo kwaguka, mu bwuzuzanye bw' ibiri mu nyadiko y' Abefeso 3 :20 n' ibiri mu nyadiko y' Abafilipi 4 :8 . Ndabashimiye !
Pst Antoine Rutayisire agira ikinyabufura cyo murwego rwohejuru iyaba ba Pst bose bameze nkawe
Rutanga Rwamaboko urumuhanga pe komerezaho pastor Rutayisire turagukunda cyane urumunyakuri kbx
Imana y'Umwami wacu Yesu aduhe kumumenya.Nsanze dukwiye kumenya ibyo twemera.Murakoze kubw'iki kiganiro
umupfumu mukuru rutabga ndagukunda nkabur uko mbigenza❤❤❤❤❤❤🎉
Canoni Pastor Dr Antoine Rutayisire rwose niyo utasubiza ikicecekera imbuto zituruka k'Uwiteka tuba twazibonye! naho uwo wundi we kabone nubwo yaba azi gusobanura iby'ubupfumu bwe nawe duhita tubona uwo akorera!! rwose Pastor imbuto zawe nziza zirakuranga!!
Izo mbuto ubonye kurumwe ntuzibone kuwundi ni izihe? That is sentimental judgment.
Kuba Rutangarwamaboko se utamuzi bituma wimvako aruwashitani
Rutanga rw'amaboko , reka umucyo witwa kristo uzakumurikire , kdi ubu bushakashatsi wakoze ku bakurambere , uzacukumbure n'ubwa yesu kristo uzarushaho guhumuka . kdi ndapfumuye , ndabona uzaba umukozi w'Imana ukomeye .
Pastor Antoine Rutayisire yabaga aba Pastor Bose bakakwemeye baka kwihiraho neza ,urwanda twahindura benshi uri umuhanga ufite ubwenge buva ku Mana pe.binyongereye kugukunda cyane cyaneeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee
❤ Pasteur Antoine murakoze ibyo muvuga n ukiri Kandi birasobanuye. Ariko se mwibagiwe ko "Yesu ariwe nzira n'ukuri n'ubugingo. Kandi ngo ntawuyja Kwa Data ntamujyanye" Ariko nashatse kuvuga ko itamenywa Yesu ngo Abe ariwe ugukiza ibyaha Kandi niwe watumenyesha Imana. Kandi ngo Imana yahishe abanyabwenge yiyereka abacirirotse. Niyo mpamvu ubwenge bwabanyabwenge batabihawe nawe.....
Rutanga urumuhanga mubigaragara nange ndagukunda❤
Gahorane Imana!🙏
Rutangarwamaboko, Mama yanze kubwira Papa, ubwo umukurambere natabaza ninde
Que le Sang de Jésus couvre Notre Pasteur Rutayisire.
Rutangarwamaboko uzamuduhurize na mpyisi tuzamenya byinshi
Much appreciation for bringing these two great men together, ikiganiro cyiza cyane even though cyabereye muri chantier
😢 Pastor sibyiza urumukozi w'Imana ntuzasubire kwarutanga rwamaboko kuko umucyo numwijima ntibihura jya uhura nabakozi b'Imana ndetse nabapagane ariko intego ari ukubabwira Yesu umufumu ngo nubwo mwangiye gufumura ndababayep😢
Hoya yabivuze kuba bicaranye twe dukurikiye twigiramo byinshi kuko na paster harubwo yakwigisha ibi akatubwira ibibi byabyo
Kd yavuze neza ko atava kwa Yesu ngo ajye kuragura
Aravuga ukwemera kwe nundi ukwe
Bityo rero twe tubyunva hari icyo dukuramo
Rero ntago pastor yakoze ubusa hubwo agumye ahezagirwe
Njye sinumva impamvu atasubira kwicarana nawe!!! Kuko niba Imana twizera ifite imbaraga zisuma iza abapfumu kandi tukaba tugendana nayo kuki watinya umupfumu?!?! Pasteur R impamvu yicarana nabo ibyo abizi neza kandi akomeze ku Mana Azi neza ko uyu mupfumu ntazo yamutwara.
Dr pasteur Rutayisire ati abazimu s ,Imana n ibindi bisa n ibyo s Imana hejuru y ibyo hari Imana nyakuri .
uwizera uwo Mwana aba abonye ubugingo buhoraho, ariko utumvira uwo Mwana ntazabona ubugingo, ahubwo umujinya w'Imana uguma kuri we.
(Yohana 3:36)
Yesu niwe nzira ,ukuri n'ubugingo.
Amahoro y'Imana abane Namwe,
Muzampe Amahirwe yokubavugisha Nyakubahwa Rutanga Rwamaboko.
Ntamana y'i Rwanda gusa ibaho. Imana yaremye ijuru n'isi. Isi yose ni iy'Imana. Bityo rero ntamana y'abanyarwanda gusa ibaho. Umuco nimwiza ariko Uwiteka Ari hejuru yimico yose hirya no hino ku isi.
Ese uretse urukundo Rw,Imana ! Ninde uba agihumeka Reka Yesu aze atware itorero ! Ubundi imandwa zizisobanura!
Hahahaha!!😅😅😅😅
Nibyo rwose kdi Yesu azaza kdi ntazatinda uko yabisezeranye azaza🎉
IMANDWA ZIZISOBANURA MU BIKI KO IMANDWA ZOSE Z’UKURI ZOSE ZIZINJIRA MU BWAMI BW’IMANA N’INKA ZABO.
😂😅 Ukuri kurakiza, kurabohora!
Wowe uvuze yesu nubona akanya uzansubize, njya ngira ibibazo by'amatsiko!
1. Ese ni irihe dini rizajya mu ijuru ku munsi mwita uw'imperuka?
2. Ese abasokuruza bacu ba mbere ya 1900 ivanjiri itaraza mu Rwanda Bose bazabarizwa mu kihe gice ku munsi w'imperuka?
3. Ese ubukoroni bwatuzaniye Imana ya Israel babizanye badukunze?
Rutangarwamaboko azi Imana iyaba yamenyaga na satani umuahukanyi woshya abantu kutumvira Imana, byamufasha gusobanukirwa Imana neza. Ni UMUHANGA CYANE URIYA MUPFUMU AZI IBINTU BYINSHI KANDI BISOBANUTSE. AZAMERA NKA PAWULO WAHINDUTSE INTUMWA YA YESU KRISTO
Rutangarwamaboko uribanziriza ukanikurikira ufite byishi byo kutwigisha ,utazi iyo ava ntamenya iyo ajya ariko ufite byishi byuzuye ibyigwa mwishuri nibyubuzima bwa bakurambere (wasesenguye ubihuza nibyabashaka kudutanya bagashaka kutwigisha ibyo twari dusanganwe) Imana twarayihoranye
Imana twarayihoranye
Najyaga mupinga ariko ni umuhanga. Ibintu ari kuvuga yabikoreye research
Ariko Csnon urarengeje mu gukuranuka. Nne nuwo musazi nukuri wagiye kumeumviriza urabeko womugarura😊?? Mana yanje yarazimiye yarasaze yuzuye abazimu. Imbaraga z,imana zimugote in Jesus Christ name.
Ikindi pasteur Rutayisire abisobanuye neza ati, idini batuzaniye si irya Yesu yasize. Abyubahirwe❤
Arko mwagiye mukunda abantu b'abahanga kweli
Rutangarwamaboko ni umuhanga pe, sinzi impamvu numva ibyo avuga ari ukuri!!!!kdi arabyumva koko ,
Coup de Chapeau kdi courage
None se ko nawe utazi impamvu wumva ibyo avuga ari ukuri tugufashe iki?
Ukuri umuntu akwiyumvamo, ntawuzakubwira ukuri,
Umuntu uzaza akubwira ko ibyo agiye kukubwira ko ari ukuri , uzamwirukanire Kure.
Muraho ni amahoro,
Duhurire kuri Channel yitwa'
UBUCAKARA BW'IBANGA'
hari ibihavugirwa bidakunze kuvugwa
winsetsa. ntacyo azi. nibyo azi ni ubushwi gusa
Unva aba bagabo Bose nabanyabwejye peh kand Bax ibyo bavuga ik kiganiro kirarenz ibaz k nae muhuza wamagambo wananiwe kukiyobora bakabyikorera nuko barenz ababyunv bo barabiz❤❤❤❤
Uyu ni umu star !!.Umupfumu wo muri digital times!!!
Uranejeje pasit ubisobanuye neza cyane Imana yo mwijuru ikomeze igushyigikire
Pasteur Rutayisirr Imana irushirizho kukwegera kk naw wegera abantu Bose ufacaguye🙏🙏🙏
Gusa ubuhamya nakwihera Rutangarwamaboko nuko data na sokuru na sokuruza bali abapfumu bakomeye aliko jyewe nabonye Yesu ali hejuru ya bapfumu bose ndumugabo wo kubihamya
Murakoze cyane kudutegurira lcyi kiganiro kijijura benshi nagirango mbaze rutangarwamaboko ni ukubera iki kukiriyo bacana umuriro
Yeweee NDI NKIKABAHIZI kandi nanjye ndi umubanda
Ahubwo mumpuze na Rutangarwamaboko ubanza Duhuje ubunde andage Kbsa
Ngaho kizwa, Yesu aragukunda yagukiza. Amen.
Uzahuze RUTANGARWAMABOKO na Muzehe MPYISI!
Ubundi tugeze aho Eliya yahanganye nabahanuzi babayali Kandi pastor yabivuzengo harabantuyasengeye barakira nanjyendimo nawe haraboyasengeye barakira ubwo rekaturebe abazakira byiteka Kandi ikindi Imana ntiyemera amacakubiri ariko yemera guyandukana
Ibi ni byiza cyane kuko bifasha abantu bikabarinda gukurikira Ibyo batazi . Ikindi KD kuba Pstr Rutayisire na Rutangarwamaboko bombi barize hari icyo bisobanura kumyumvire bahindurira ababumva/ababakurikira
Kuva kera satani yamye yigana Imana niyo mpamvu Rutangarwamaboko avuga ibyo shebuja yakoze kuva kera. Rero Pastor ntiwahindura imitekeereze yumuntu nkuyu
Vyiza cane. Aba bantu ni incabwenge. 🙏🙏🙏 Ibisigaye Imana nyen amahoro niyo iri ihejuru.
Sha kuva ABA pasteur bariguhura nabapfumu ibyacu birakaze
Ese UBU uyu Munyamakuru ntabwo yumva urwo rusaku kwer😳🙂God bless you Pastor 👌🙏
Ibyo rutangarwamaboko aravuga ukuri Imana Yabanye na Banyatwanda kuva kera nubu Imana Ibana nabanyatwanda ninabo bayizi kurenza bose baba mubuzima
Rutanga rwamaboko ibyo avuga ni 💯 agahigu kadafite umuco karacika nusoma na Bible neza izakubwira ko musubire muri gakondo yanyu abazungu batuzanira ibyo nibyiza ariko bashaka gufata ibyacu bishe umuco ese kobari bazi imana nigiki batubibyemo kitari ukumara
Aba bagabo baganiriye neza cyane rwose
Amahoro meza atangwa na Yesu kdi uwo Mwami Yesu
Nibyoo Imana n imwe rukumbi😎
Uyu mugabo Rutangarwamaboko ndamukunda,ni umunyabwenge cyane,uwampa guhura nawe kbs!
Rutayisire mukunze kurushaho ni pastor udatsimbaraye kumadini.ni umuhanga cyane
Nakunze ukuntu bano bagabo bahana umwanya umwanya umuntu agasobanukirwa neza ibyo basobanura respect 🤝💯
Pastor Rutayisire uri umuhanga kubona wemera kwicarana nabo mudasangiye kwemera mukaganira, iyaba za njiji zigira abayahudi zakwigiragaho!!
😍
Iki kiganiro sinagihomba rwose kuko bose ndabemera nubwo uyu mupfumu asa nkuko yishakiye ariko numunyarwanda nkanjye Imana ibahe umugisha
Pastor wacu ndabona yabangamiwe
ikiganiro kiza cyane Rwose ibi nibyo Turabasavye Muzongere kubahuza
Respect to these two guys ibintu byabo barabisobanukiwe kbs
Imana ibahe umugisha,kuva mu byaha niko kujijuka.naho ubundi nta mahoro y'umunyabyaha. y'umunyabyaha.a
Ariko jye ndumva Rutangarwamaboko ari we usobanura neza ibyo yemera kurusha Rutayisire.
Cyane arasobanura neza rwose
Ikiganiro cyiza cyane. Mwakoze guhuza aba bagabo bombi nabahanga cyane.
Impamvu abamisiyoneri baje bavuga Mungu si uko batandukanyije Imana y'abanyarwanda n'Imana baje bigisha.
Bavugaga Mungu kubera baje baturutse mu bihugu by'i Burasirazuba bw'u Rwanda aho bavugaga igiswahili kandi Mungu mu giswahili ni Imana.
Mushumba Rutayisire. Imbere cyane 🔴💖💥
Rutanga uramponda sinoga,Imana si umuntu ngo inegurizwe izuru,igihe nicyo ntangaho umugabo ,iki kiganiro kizambera umuvabo ko Imana/ Yesu uhakana ko ashobora byose.
Rutangawe guma ibumoso nabawe na Mushumba agumeiburyo nabe
Kndi mubyukuri Imana y ukuri iyo uyizeye ntinanirwa murugendo mwagendanye arko izindi Mana zirananirwa iyo bitari murugendo rwashyizweho n Imana imwe rukumbi
Ndakwemera Pr nukuri, ndagukunda
God bless you Pastor Antoine Rutayasire🙏🏿❤️ You're truly annointed! God bless you so much🙌🏿
Antoine Rutayisire is Good pastor to whom I admire
Ugize ngwiki???!😅
Antoine Rutayisire ni Umushumba mwiza, umpimbara !
He has knowledge from God
Rutanga we urarushye pe! Icyampa ukamurikirwa numucyo wa Christo
sobuja n'umwe,muri hamwe.
Birababaje Antoine.
Rutanga ntajijishe abanyarwanda. Imana yi Rwanda niyo mw'ijuru biratandukanye. Abapfumu bakoresha imbaraga z'abantu bapfuye... kandi bibiliya itubwira ko uwapfuye imirimo ye iba irangiye kandi nta byiringiro aba agifite
Uzahuze rutayisire, rutangagwamaboko na Dr Rusa Bagirisha
Abanya Rwanda twifuza 2 genius ppl with no offending I love both 2
Respect to the two. They are knowledgeable and professional.
Mbigiyeho byinshi
Muzongere mubatumire baganire bigire imbere dukomeze twige.
A very good talk of the 2 respected historical Rwanda elders
Mukomeze muduhe ubweng
Imana yaremye ijuru nisi nibirimo byose yiyo Mana nemera