Velikost videa: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Zobrazit ovladače přehrávání
Automatické přehrávání
Přehrát
Murakoze cyane Mama Queen
❤❤❤nikose mubye nkwitende urimfura urumubyeyi mama urwagasabo mbabajwe nuko natinze kukumenya Basi murwanda sinkakubure imana igukomereze amaboko urakabure icyago murakoze❤❤❤❤
Njye aretse kuca inyuma namuheka
Umugore wanjye byara munaniye
Love u so much❤❤❤❤❤❤❤
Ahaaa
Wa mubyeyi we, icecekere byihorere!
Ahora abwira arananiwe umutwe uramurya ka nuko abayabihaze numva najye ntasatima
Love you ❤❤
Uri umuhanga Cyane!kandi useka neza Icyo gitwenge cyawe ndagikunda
Ariko se wowe ibibintu uvuze umugore wabikora ni umwe Bibiliya ivuga ko ari uw'ubwenge kdi yubaka urugo,abagore benshi bisenyera ho nk'ihene kuko abubu baba bashaka guhangana n'abagabo,Ingo zo muriyiminsi satani azifiteho misiyo.
Komereza aho kuko uratwubakira pe
Njye nikonteye
Uri umuhanga
Muvandi ntawandushije gukunda umuryango w’umugabo ariko narabakunze baranyanga mbatakazaho ibyange byose baranga baranyanga rero ibyuvuga nukuri ariko abantu muriyi minsi bararuhije iyuvuga ngo tujye tubasengera tubashishwe kubihanganira ntakindi
Wowe wakoze ibyo wagombaga gukora , ikiba gisigaye ni ukubana nabyo kdi ibyo bibaho.
None ko numva Uzi ibintu byinshi wowe byapfiriye he?Burya umubumbyi arira mu rujyo koko!Urubaka izabandi urwawe byaranze.Uyu mugabo yivanye amata mu kanwa
Harabagabo naho wokoriki badashima canke ntibabone nakimwe ukora
Kuki abagabo badagaza abagore Babo Hanze
Kwandagaza uwo mwashakanye hanze nikosa ubikora wese nawe aba yaravangiwe, kuko murugo ntantungane ahubwo haba uwabizambije kurusha undi.
Ihangane niba uwawe yarabikoze ark si abagabo bose, kdi turi kwiga ntabwo turi mu bushinjabyaha. Ndagukomeje
Murakoze cyane Mama Queen
❤❤❤nikose mubye nkwitende urimfura urumubyeyi mama urwagasabo mbabajwe nuko natinze kukumenya Basi murwanda sinkakubure imana igukomereze amaboko urakabure icyago murakoze❤❤❤❤
Njye aretse kuca inyuma namuheka
Umugore wanjye byara munaniye
Love u so much❤❤❤❤❤❤❤
Ahaaa
Wa mubyeyi we, icecekere byihorere!
Ahora abwira arananiwe umutwe uramurya ka nuko abayabihaze numva najye ntasatima
Love you ❤❤
Uri umuhanga Cyane!kandi useka neza Icyo gitwenge cyawe ndagikunda
Ariko se wowe ibibintu uvuze umugore wabikora ni umwe Bibiliya ivuga ko ari uw'ubwenge kdi yubaka urugo,abagore benshi bisenyera ho nk'ihene kuko abubu baba bashaka guhangana n'abagabo,
Ingo zo muriyiminsi satani azifiteho misiyo.
Komereza aho kuko uratwubakira pe
Njye nikonteye
Uri umuhanga
Muvandi ntawandushije gukunda umuryango w’umugabo ariko narabakunze baranyanga mbatakazaho ibyange byose baranga baranyanga rero ibyuvuga nukuri ariko abantu muriyi minsi bararuhije iyuvuga ngo tujye tubasengera tubashishwe kubihanganira ntakindi
Wowe wakoze ibyo wagombaga gukora , ikiba gisigaye ni ukubana nabyo kdi ibyo bibaho.
None ko numva Uzi ibintu byinshi wowe byapfiriye he?Burya umubumbyi arira mu rujyo koko!Urubaka izabandi urwawe byaranze.Uyu mugabo yivanye amata mu kanwa
Harabagabo naho wokoriki badashima canke ntibabone nakimwe ukora
Kuki abagabo badagaza abagore Babo Hanze
Kwandagaza uwo mwashakanye hanze nikosa ubikora wese nawe aba yaravangiwe, kuko murugo ntantungane ahubwo haba uwabizambije kurusha undi.
Ihangane niba uwawe yarabikoze ark si abagabo bose, kdi turi kwiga ntabwo turi mu bushinjabyaha. Ndagukomeje