@admin hari uturirimbo twahora tuvuzwa mu biganiro mwacisha kuri City Radio, hariho akavuga Adam na Eva n'utundi twinshi...udufise amazina yatwo umfashe uyampe ndaturondere kuri youtube nimba turiko. Umusaza yagiye tukimukeneye , ariko Imana ishimirwe ivyo yamukoresheje. Twizere kyzomubona mu gitondo c'umuzuko.
Ni umurongo ushimishije, n'ubwo benshi bafite ubwoba y'uko batashobora kuzakora nk'ibyo yakoze. Ariko uko ni ugutekereza kwa muntu muri kamere ye mbi. Nizeye Kristo Yesu ko ibye bikorwa uko abishaka.
Mwakoze cyane! Iki cyigisho kiraryoshye
Amen turanerewe kubwibi byigisho byiza mwaduteguriye
Amen, twaragukundaga
Nejejwe byimazeyo nuko mwagiye mugirana ibiganiro na mzé wacu mukabibika, mwarakoze kuko amagambo yuyu musaza arakenewe kurita ndetse gutunga ibyisi yose
Rwose turanezerewe cyane kubw'ibi byigisho. Pastor Ezira Mpyisi azahora mu mitima yacu kandi nzagera ikirenge mucye kugeza ubwo tuzahurira mu ijuru Yesu agarutse.
@admin hari uturirimbo twahora tuvuzwa mu biganiro mwacisha kuri City Radio, hariho akavuga Adam na Eva n'utundi twinshi...udufise amazina yatwo umfashe uyampe ndaturondere kuri youtube nimba turiko.
Umusaza yagiye tukimukeneye , ariko Imana ishimirwe ivyo yamukoresheje. Twizere kyzomubona mu gitondo c'umuzuko.
Yesu ashimwe cyane!
Ndabaza,
Ese mwaba mugiye kudukusanyiriza ibiganiro byose Pastor w'abashishikariye kumenya Ukuri yasize yigishije?
Munsubize!
Nibyo ,niko bigiye gukorwa ,ejo nejobundi muzajya mubona ibiganiro
Ni umurongo ushimishije, n'ubwo benshi bafite ubwoba y'uko batashobora kuzakora nk'ibyo yakoze.
Ariko uko ni ugutekereza kwa muntu muri kamere ye mbi.
Nizeye Kristo Yesu ko ibye bikorwa uko abishaka.
❤@@ntambukaperes526
Mukomeze mudufashe mubyigisho byose muherekera kugeza muri iki gihe turimo
@@pastorezrampyisiofficial8159muzaba mungiriye neza cyane