Niyo urebye ku maso uyu mu mama afite ibyo ari kuvuga ukabona ko ataribyo. Nta kundi wa mugabo we ubutabera bwacu burakora kandi neza bazareba babakiranure
Uyu mudamu kombona yaba commando mu rugo iyo uwo mubana atangiye kuvuga ko utamuryoheteza nkabandi uzamenye koyonesheje iyo amaze kumenya ko hari abazi akazi aha mugabo iga kurarana casque ku mutwe no kuganira ukamenya uko akazi bagakora neza muburuli naho ubundi nudapfa uzafungwa
Mbega Umugabo ufite intimba arambabaje pee mbega aharyama biteye agahinda Imana umube hafii nawe ubwe ataziyambura ubuzima Kubera umubabaro nagahinda.
Iyubumuzi utagendeye kubyo avuga
Ikigaragara cyo uyu mugore ni we mubi cyaneee!Kdi uyu mugore ni indaya ya kabutindi!
Biragaragara pe
Sha izinsengero dusengeramo ziradukoraho uyumumama yinjiwemo nidini ryubugome
Mubyarana abana umunani koko mugashwana !Mwisubireho pe!
Uyu mugore akurikiranwe, ndabona atoroshye
Mbega umubyeyi weeee🙆♂️🙆♂️🙆♂️imana itabare ubundi umugore iyo yarebye hanze kidogo nibake bazirikana kubaha umugabo murugo💃💃💃
Ahaaaa wamenyeko arimpyisi akubyaje incuro umunani
Yoooo,
Ihangane wa mu papa we !
Imana ibagenderere ibubakemo ubumwe bahoranye! Ibi ni ibiki koko Mana ikunda umuryango utekanye.
Umugore yahuye numu hangamura😂😂 yumva ibya muzehe bidahura
Erega uko ubagabo bagenda bakura ubushake buragabanuka abagore uko bagenda bakura bukiyongera ubworero sinzi aho bizagarukira
Abapfubuzi ubwo bagezemo arumva ibya muzehe wapi
😂😂😂😂😂😂😂
Ni hatari
Uyu mugore numurara 😂😂 Ariko umugabo utagishoboye akabariro ntazubaka
biragaragara ko aka ka gore arakabandi
Ngo ndi impyisi😂😂😂😂😂😂😂😂😂mbega akaga we
Ikikigore byo gisa n’ikiraya kndi uyumupapa birabonekana ko cyamwifatiye.
ADEPR buriya niho asengera
Yoooo!!!manaweeee!!!tabarubwoko bwawe ubuwasanguyumugore arumurokore
Ibi binyoma utangaza wamugabo we, urabeshyera ubusa ariko ntawe Imana ihishira
Birababaje pe uyumugabo arababaje cyane,arenganurwe
Mbega umugore😮
Imana Itabare Ingo zitumvikana,kuki dukunda cyane iby'isi nkaho tutazabisiga?uyu mugore ndamugaye
❤
Uwaguhabarihubu wakigorewe baguhindure ukowagizuwo mushakakubaka ukabimuvutasa wacyohewe
Mbega umugore w umugome
Ngo babyay ntakaruhuko 😅😅😅😅😅😅
😂😂😂😂😂😂
Umugore yarakuroze aronga nuwo mwana wae papa pole kbc
Abagore baraha pe🤣🤣
Mbega isi tugezemo 😭😭😭
Ubunubukunguzi imyaka 20 abantu bababana nyumango divorce,
Pole mugabo
Uyu mugore rwose ararimanganya Imana izabimubaze
😢😢egoko abagore bubu
Ntago ubizi nshuti, umugore ararengana, uwo mu mama ava munda imwe namama ark uwo mugabo natwe umuryango twese, yaratuzonze
Uyumugore nibandi pe
Murahaze pe 😂😂😂 gusa Nyagasani abarengere
Ahubwo Vianey arambabaje 😂
umugore ibyo avaga arabeshya
Ibyingo bimenywa nimbeba kuko twese baucinyuma ariko iyo wabyaye bake urareba ugaceceka kuko bamwe bake ufite utangira upanga uko uzajya ubarera ugasa nuwumva ko uri wenyine kandi ukabyakira,gukimbirana kwinshi kuva kurubyaro
Bagabo barabona!
Uyu mudamu aravuga agaragura amaso nk’ucanye ku maso.
Uyu mugabo arengunurwe
Yooo pole papa imyaka 20 nkweli
Uwiteka abarengere kuko satani niwe utera amakimbirane mungo😢😢😢😢😢
Mana tabara imiryango ikomeje gusenyuka kandi ndabona birigufata indi ntera, abantu bamaranye imyaka 20 kweri birababaje
Pasteri wabarokore ashobora kuba ariwe ubambwira ngo babyare ubutaruhuka ,kdi buriya mubyukuri iyo baba barabyaye abana bake bagendanye nubushobozi bwabo nukuri ntamakimbirane baba bafite ngaho noneho hajemo nabuzukuru
Mbegaaaa😢
Ngo numeicanyi yishe nde?
Ubundi uburenganzira bwo gukangara umugore nogucisha akanyafu kumwana bimaze kuvaho nibitaraza biraje gusa abayobozi turagowe Kandi hababaje abana bagumya kubona ayomahano uburenganzira aaaa nzabandora numwana wumunyarwanda
Ntabandi babyara bataruhuka nabarokore kuko ngo imana irabarerera,njya nibaza niba aribo imana izi boyine
Hhhhhhh mbegawe umugore
Umugore umushaka afite ikariso gusa agasubira iwabo atwaye inzu. Abagore bikigihe narumiwe. Basore mutarashaka muzabitekerezeho neza
Umugore Ari aha hhh
Yooo mbegahantu aryama mumasaka rwose narenganurwe pee
Ngo impeta ?waza umbwira ikise !Twarababaye iyi si iraturihije ariko Yesu ni karuhura
uyumugore acanye kumaso Imana iraturinde abagore ba vision nihatari
Ivugire kuko utazi ukuri sinakurenganya
Wabibonye nawe ukuntu azunguza amaso?!. 🤔🤭
Aba bagore nabo nabagome nkuyumugore numugome peee ninterahamwe ahubwo leta nirenganure uyumugabo
Ihangane papa
Ihangane wagize umugore windyarya
Mbega agahinda
Ntakundi abagabo ntakundi nukwihangana
ibyingo byabaye agatogo
Niyo urebye ku maso uyu mu mama afite ibyo ari kuvuga ukabona ko ataribyo. Nta kundi wa mugabo we ubutabera bwacu burakora kandi neza bazareba babakiranure
Ahubwo baranamufunga, ibyo kuba ari umugabo anarengana, arabirisha he, bataramuhata igiti
Uyumugore numutekamutwe Sinzi impamvu reta itita kuricyicyinturwosz
Gucana kumaso burya wanabikora ushaje pe
Umugore numucacanya
Bicare bacoce ibibazo byabo kuko abantu bajya kubyarana 8 haba harimpamvu nyinshi zokubakana
Uyumugore aragatsindwa
Mw'izina rya Yesu wamugabo wee Uwiteka akurengere uyu mugore atazatuma wiyahura cg cyikakwicisha
Uyu mudamu kombona yaba commando mu rugo iyo uwo mubana atangiye kuvuga ko utamuryoheteza nkabandi uzamenye koyonesheje iyo amaze kumenya ko hari abazi akazi aha mugabo iga kurarana casque ku mutwe no kuganira ukamenya uko akazi bagakora neza muburuli naho ubundi nudapfa uzafungwa
Ah abagore baragwira nimutabikurikirana mumaguru mashya azamwivugana da umugore utuka umugabo bamaranye imyaka 20 ngo ni pyisi yahuye nabamaraso mashya baramuvugurura hhhndavuga gucangirange none yarararutse gusa azicuza p ndabona uwo mugabo yari ntama
Uyu mugabo akwiye kururenganurwa
Uyumugabo arenganurwe abagore basigaye bahohotera abagabo
erega kuzana abagore mushatse mwabireka kbs
Ntago amunyazaneza
Ngo akiziritse kumuhoro karawuca ntakabuza umugore azamuhitana abagore ni intago dwa
Mbega umugore ??? Nakumiro ndabona arumuteka mutwe nimpamo.
Uwo numurengwe w’abagore sha
mwibaze ngo umugabo yategeye umwana moto avuye ku ishuli aje guhabwa irage⁉️yamuragaga inzu se yari agiye gupfa⁉️uyu mugore ahubwo ubanza anaroga bamwitondere kuko aka kantu ko kuvuga ngo bavanye umwana ku ishuli bagiye kumuha inzu hari ikibyihishe inyuma
Ariko umugore agukenesha ate urumugabo, wamujyanye ukuzimu nanabi cyane wowe ukigira mageragere ariko iyo ntumbi ikakuva mumaso, kuki bagabo mwisuzuguza.
Nubundi iyo ntumbi utayikuye imbere, izashyirwa ikujyanye mageragere cg ikwice. Otherwise ikuruge.
Byiza kuyitanga Aho gutagangarira mubyawe wa mugabowe, ubu Koko ntago ubona ingero zabagabo bahamye ibyo basigaye bakorera iyo myanda yabagore bananiranye
@@Jahson2024sigaho ntukorwe, inzigo y'abana ntiyazayikira, ko yishe nyina, ahubwo batandukana mu mategeko umwe ukwe undi ukwe, ariko abana bagakomeza kugira ababyeyi bombi...
@@Jahson2024wambwawe urumva kwica aricyo gisubizo gihamye gatumbe amabya😢
@@Liliane3 garama Aho ngo uzatwara ibyo umugabo yaruhiye ubijyane mubaguhenesha neza, ark ntuzabyizere kuko ushobora kwisavnga umutwe watandukanye nigihimba wa mbwakazi we
Eeeeh ko warakaye cyane wana
Uyu mugore arabeshya
Uyu mugore ibyo yigira iminsi izabirangiza Koko inyatsi urayicirira uyu sumugore ni Inyatsi Kurayamaso nubinanirwa bazakurangiza.
Ngondimpyisi hhhh
Imboga ziburabana.ikigoryi wasangayagihahiraga atarinkimbungerezi zimwenazimwe muyiminsi
Nyamara reta izarebe kucyo abagore bise urengazira nimba aricyo gituma abagore bamwe tacyimenya umuco nazacyirazira
Ni ya minsi pahuro yavuze
Ibigaragara iki kigore nikiraya cyamaze gusogongera imboro nyishi
Ubuse wamugabo we uyumugore wamujyanagahe ikigali Kandi wariwamucitse
Uyumugore imana izamuhana ndabyizeye neza imana izabikemura kdi neza
yooooooo
Twizere ko iby'urugo babihaye umurongo. Sinon ntabwo ari amahoro rwose. Inzego zibishinzwe ntizikazarire n'ubwo guhubuka nabyo Atari byo
Ubwo nyina ajyana nabana be muburaya
Uyumugore nakasamutwe
Ego wa mugore we wasaze.
Uyu mugore nibandi to ndebera uburyo acanye kumaso
Toka wa ndaya we
Egokooo
Biragaragara ko uyu mugore afite abapfubuzi basengana. Biteye isoni kuba yarashishikarije n'abana kukwihakana gutyo. Wa mugabo we urarengana biragaragara ariko rero ubwo bose bakwihakanye genda wishakire duke tw'amasaziro.
Ariko c kuki bitarangizwa koko, inkiko nazo zikora nabi p iki nikirego kihutirwa bakagobye guhita baca urubanza nibura bitarenze amezi 6bikabije kuko urumva nikibazo kimaze igihe.
Uyumugore nininja
Nzabambarirwada
Uyumugore azakubiza icyuya kbx
Uyumugore niyoroshe
Ubu uko uyu mugore avugura ku mutsi ntimubona aho bipfira!!! Ubu ubwo umugabo atatse mbese birangiriye aha. Komera mugabo we.
Ikikigore nikiraya gifite abagabo bagisambanya
Aba nibabandi bicana harikindi se gisigaye ahaaa ese uyu mugabo baba bamufunjyira iki? Bagasiga uyu mugore
Ariko umugore agukenesha ate urumugabo, wamujyanye ukuzimu nanabi cyane wowe ukigira mageragere ariko iyo ntumbi ikakuva mumaso, kuki bagabo mwisuzuguza.
Nubundi iyo ntumbi utayikuye imbere, izashyirwa ikujyanye mageragere cg ikwice. Otherwise ikuruge.
Byiza kuyitanga Aho gutagangarira mubyawe wa mugabowe, ubu Koko ntago ubona ingero zabagabo bahamye ibyo basigaye bakorera iyo myanda yabagore bananiranye
Kandi nkubu aho wakabwejaguriye ngo waca imitwe abantu... ?wanasanga ni nkoko utayibagira....mugabo kubera ubuzina wahinduye hano kuri youtube uakaba wakamejejw ngo waca imitwe abantu...ntarupfu rukemura ibibazo shaà 0ĺ
@@mugwanashakamadiba8726 zana uwo wawe nkwereke uko bawucamo kabiri, cg wibagiwe ko ino Ari Rwanda mu biyaga bigali