IBYO WA MUHANUZI AVUZE NTA MUYOBOZI WABIKIRA😭BARIYERI YA 5-6 NI RURANGIZA😭INYANJA Y'URUPFU IZAMIRA

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 13. 06. 2024
  • #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
    Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
    USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
    Email:beulahministry2012@gmail.com
  • Zábava

Komentáře • 60

  • @imanizabayodiocles4890
    @imanizabayodiocles4890 Před 13 dny +3

    Muraho neza nshuti za Kristo Yesu, handitse ngo ntitugapinge ibihanurwa ahubwo tubigenzuze ibyanditswe,
    Kandi ngo abayoborwa n'Umwuka Wera nibo bana b'Imana, icyo Mwuka Wera akubujije kireka icyo ushidikanyeho muri ibi biganiro usenge Mwuka Wera azagusobanurira hamwe no gusoma Ijambo ry'Imana.❤❤

  • @kingstonontariotravailazed8141

    Icyacumi na maturo s’itegeko ntanubwo bijyana umuntu mw’ijuru igihe cy’amategeko cyararangiye ! Icyo lmana yishimira si amaturo ahubwo n’umutima uyubaha ! Icyo imana idusaba nugufasha abacyene imfubyi nabapfakazi🙏igihe cyamaturo cyarigihe cyabarewi kuko batagiraga gakondo yesu christ ntabwo arumurewi ibyabarewi byararangiye mubaze lmana 🙏

  • @user-lb5jj7gj4e
    @user-lb5jj7gj4e Před 12 dny

    Uzagere no munsengero birakenewe cyane

  • @user-sz7dm4yh9u
    @user-sz7dm4yh9u Před 13 dny +1

    Imana ibandindire

  • @truegospel197
    @truegospel197 Před 12 dny

    Tujye dusoma ibyanditswe byera
    1 Yh 5:11
    [11]Kandi uko guhamya ni uku: ni uko Imana yaduhaye ubugingo buhoraho, kandi ubwo bugingo bubonerwa mu Mwana wayo.
    Rom 6:23
    [23]kuko ibihembo by'ibyaha ari urupfu, ariko impano y'Imana ni ubugingo buhoraho muri Yesu Kristo Umwami wacu.
    Yh 3:36
    [36]uwizera uwo Mwana aba abonye ubugingo buhoraho, ariko utumvira uwo Mwana ntazabona ubugingo, ahubwo umujinya w'Imana uguma kuri we.

  • @ugiriwabomarieclaire9502

    Imana ibahe umugisha mwese. Ahubwo natwe twunvishe lmana idushoboze

  • @truegospel197
    @truegospel197 Před 12 dny

    MUREKE KUYOBYA ABANTU
    Yh 3:15
    [15]kugira ngo umwizera wese abone guhabwa ubugingo buhoraho.”
    Icyo gitabo cyubugingo umuntu ajyamo amasaaha antahe akongera akakivamo icyo gitabo nigitabo ki knd bible utubwirako uwizera kristo wese ahabwa ubugingo buhoraho

  • @user-ie7ec6yj2d
    @user-ie7ec6yj2d Před 12 dny

    Imana ibahe umugisha kd pamphile Imana ikoneze ikwagure murakoze kukubwira munshamake icyo umuntu akwiye gukora

  • @tuyisengeclaudine4787
    @tuyisengeclaudine4787 Před 12 dny

    Ariko ibintu uyu mwana w'Imana yadutumweho nibyo pe,kuko kubizera Yesu kristo bayoborwa n'umwuka wera kdi burya mbere yo gukora ikintu gishobora kuvamo icyaha umuntu abanza kumva ijwi rimwongorera kutagikora,muri kintu cyose waba urimo,uri mwishuri,uri gucuruza,muri choral,murugo,ndetse no mumyifatire hagati y'umuntu nundi no kurya arakwigisha,rero numvise impamvu kristo yavuze ko inzira ijya mu Ijuru iruhije kdi abayinyuramo ari bacye,Imana Idufashe pe.

  • @elieniyoyitungira8331
    @elieniyoyitungira8331 Před 13 dny

    Yuda Yari yizeye Yesu ariko icoyakoze catumye atakaza ubugongo rero icambere kwizera Yesu Kristo hanyuma kuraba ivyukora ntibitume Yesu akwihakana

  • @NyiranzirikiJeannedarc

    Yego disi zakayo amaze kurira igiti ngo arebe yesu amaze kubona yesu yaravuze ngo ibyo nambuye abantu ndabibasubiza kd nabakubire

  • @umutanganagodelieve2692

    Imana itwambike imbaraga

  • @ShantalUmukundwa
    @ShantalUmukundwa Před 12 dny

    Imana izahana beshi pe

  • @enfantdedieu4347
    @enfantdedieu4347 Před 13 dny +2

    Ndaseka iyo numvise ngo batanga amafranga y'umukeka mu ishyingirwa.
    Ubwo baseka padiri urihisha Missa y'uwapfuye.!!

  • @mireilleiyamuremye2680

    Nukuri adusubize cyane igice cyambere nicyakabiri ubu ntitwirirwe dusaba imbabazi ku mihigo ni cyacumu ngo twisubiriho twamaze gucibwaho iteka ? Nadufashe atubwire

  • @marygasaro5811
    @marygasaro5811 Před 13 dny +1

    Ko udasubije Pampille, ku kibazo k'imirimo ya kubajije izahesha abantu ijuru , kandi tuziko imirimo myiza izaherekeza abera.

  • @uzabakirihojonas6214
    @uzabakirihojonas6214 Před 13 dny

    Nibyo kwihana ni byo byambere biranga umukristo
    Aho uvuze urabeshye ntufate igitabo cy'ubugingo ngo ukigereranye n'ibitabo byo mw'isi iyo wanditswe mugitabo cy'ubugingo ntabwo Imana igusiba igitabo cy'ubugingo ucyandikwamo rimwe ukigeramo Koko uri umwana w'ubugingo buhoraho .

  • @astherie3138
    @astherie3138 Před 13 dny

    Mwiriwe muvandi, njye murububutumwa ndikugira urujijo Bibiriya iravugango ,Yesu niwe nziranukuri nubugingo nta wujya kwa Data atari Yesu ubajyanye none njyendikubona imirimo ariyonzira nshoborakuba ndikubyumvanabi icyo mpamyako umurimo wose ukozwe hanze ya Yesu ntacyo umaze kuko uzashya,nshuti murikwitiranya Itorero ni dini nibyo birikucanga mwidini bemere webo gukora ibyobasha ka pe

  • @enfantdedieu4347
    @enfantdedieu4347 Před 13 dny

    Urakoze kuvuga kuri urya mugani ( kuko buri gihe nibazaga ukuntu urya mugabo yinjiye nta mwenda w'ubukwe!!
    Ariko rero ndabona noneho kurokoka bikomeye cyane ,benshi ndumva twibeshya ubugingo !!

  • @enfantdedieu4347
    @enfantdedieu4347 Před 13 dny

    Nanjye aha mpagize ikibazo!!
    Kurenga barrieres zose ,imirimo ikandimbuza !!

  • @user-xc5gg8qk9o
    @user-xc5gg8qk9o Před 13 dny +1

    Maze bigera naho Yesu arwaza nabanyabyaha 1yohana 5:16-18 none hano wagira ngo Imana ntibabarira , ubuse Yesu Yaba yarapfiriye iki?
    Ahubwo ndabona uyu yatuma kwizera kwabantu gutentebuka agatuma bakizwa bahagaritse imitima,

  • @uzabakirihojonas6214
    @uzabakirihojonas6214 Před 13 dny

    Yego kwihana ibyaha nibyo biranga umugenzi uri murugendo
    Iyo warangije kwandikwa mugitabo cy'ubugingo ntabwo Imana ivusiba ntabwo Imana yibeshya ngw'izasibye

  • @nyirambarushimanaclementin9723

    ndabona mushoje ubu butumwa mubwire rero asubize ibibazo biri muri comment

  • @JEANBOSCOMUKIZA
    @JEANBOSCOMUKIZA Před 13 dny

    Murakoze kubwu'ubu butumwa. Mfite ikibazo ku bijyanye n'imirimo mwavuzeho musoza. Koko se imirimo ibaye ituma umuntu ava mu gitabo cy'ubugingo, cya gisambo Kristo yahaye ubugingo nta mirimo gifite, ntihaba hajemo kunyuranya? mudufashe gusobanukirwa. murakoze

  • @user-oz4ff6jc5g
    @user-oz4ff6jc5g Před 12 dny

    Icyo mwamwenya umuntu wese ukora ibyaha ni yihane azarimbuka

  • @elieniyoyitungira8331
    @elieniyoyitungira8331 Před 13 dny

    Ubugingo tubuhabwa nugupfira muri Yesu hanyuma tukicuza canke tukigaya ivyaha akarorero cagisambo cizeye Yesu conkera cemera kokizize ivyo cakoze nukuvuga yarizeye yongera arigaya

  • @Devote-qy7nk
    @Devote-qy7nk Před 13 dny

    Iyi niyo bridal shower ureke izindi. Imana itubabarire ni ukuri

  • @mugiranezafeolonie7801

    Mwakoze kudusangiza Aya makuru hari byinshi twakoreshwaga n'abatuyobeje

  • @precioushappy8302
    @precioushappy8302 Před 12 dny

    Yebabawee

  • @abbygroete2366
    @abbygroete2366 Před 13 dny

    Ko wifuguruje.
    Wavuze ko umuntu ashobora kuba ari mu gitabo Cy'Ubugingo sa tatu ,nimugoroba akakivamo,none ut I Imana yandika umuntu mu gitabo
    Cy'Ubungingo iyo nta bariyeri nimwe izamunsinda.

  • @KimasaJulius-cf9rj
    @KimasaJulius-cf9rj Před 13 dny

    Inama nagira uyu muvandimwe nawe naze mu muryango mugari waba Beulah yige kuko twaratangiranye kuva kuri part 1 numvishe afite byinshi akwiye kwiga akamenya kandi ntahandi wabikura ataraha, ngewe ndi Diacone ndakwacyiriye wiyumvemo ikaze

  • @NyiranzirikiJeannedarc

    Arko abantu mutinya ukuri wakuba lmana ute? kubaha abakuyobora byarakunaniye bibiliya ivugako icyo tuzahambira mu isi nicyo tuzahambura mu isi no mu ijuru kizahamburwa. Niba wariyemeje kujya murusengero batura nutabikora bizakubera icyaha icyakoze nabona bayobye bakakwaka ibirenze ishimwe ni cyacumi nushaka uzayabime pe

  • @KimasaJulius-cf9rj
    @KimasaJulius-cf9rj Před 13 dny

    Umuntu yandikwa mugitabo cyubugingo kuko yakoreweho umuhango wera uboneka muri Yohana 3, ntabwo tubiheshwa nimirimo twakoze cg gucyiranuka

  • @user-xc5gg8qk9o
    @user-xc5gg8qk9o Před 13 dny

    Nubundi igitabo cyabaglatiya kirakugonga ntabwo dukizwa ni imirimo twakoze ahubwo dukizwa kubwubuntu no kwizera.

  • @user-sf9wm2jt2p
    @user-sf9wm2jt2p Před 13 dny

    Murihangana hari amagambo yanshitse agiye ni afite

  • @user-oz4ff6jc5g
    @user-oz4ff6jc5g Před 12 dny

    Ariko mumenye yuko amayerekwa yose ko adatagwa n,Imana na satani arayatanga ibyo amvuga nukubigenzuza Ijambo ry,Imana nonese mubona ariya mayerekwa yikibeho beshi nibatizera kandi arikinyoma I ibyamvuga mubigenzuze Ijambo Kandi umwuka wera azadusobanurira

  • @amaremboyijurutv
    @amaremboyijurutv Před 13 dny +1

    Yesu ashimwe mfite ikibazo ubwire nonese ko avuzengo umuntu udamfite imirimo ntazatambuka tubarize niba umwana avutse agapfa atarakora imirimo none uwo mwana ntazajya mwijuru ikindi nonese cya gisambo kihannye ku musaraba cyari cyarakoze iyihe mirimo ko yesu yahise agiha ijuru umva udukure murujijo kuko ndumva abagisha bavanga abantu pe kuko nziko kwizera yesu nku mwami nu mukiza bihagije gukizwa urubanza rwiteka rwose ndabizi udufashe kuko tukwizera nkumuntu utuzanira abigisha bazima murakoze unsubize rwose

  • @kirikustyle8140
    @kirikustyle8140 Před 12 dny

    Nanjye byancanze none se buriya cya gisambo ku musaraba Ko Yesu yamubwiye Ko barabana muri paradizo yajyanye iyihe mirimo?
    Ibindi niba icyacumi atari itegeko ni gute kizabuza bantu kubabarirwa niba atabashije kubona ubwishyu?
    Mudufashe dusobanukirwe

  • @user-sf9wm2jt2p
    @user-sf9wm2jt2p Před 13 dny

    Mwiriwe icyiganiro mwakoze cyanteye ubwoba pe none kamwe ko music ko umuntu agiye ko hari nuwuganiriza ntakubwire ikibazo agiye uzamuyobora ute

  • @user-mc7te6ho9i
    @user-mc7te6ho9i Před 13 dny +1

    Mumbarize iki kibazo: umuntu yakiriye agakiza agahita apfa nta mirimo yari yakora kandi yihannye rwose yarimbuka?

  • @IranezerejeEvodie
    @IranezerejeEvodie Před 11 dny

    Nagomba kubaz mbega nkabanyeshur bagir ivyo vint iyo bakoze igikoran bakiyemez ivyogukoresh clôture hakab abatang amakam bamaz kuyasenger abarongozi bakayagurish kubakor examen hm ayomaher bakayashir muyo bazokoresh. Ivy navyo nicaha?

  • @NyiranzirikiJeannedarc

    Nidukora icyaha tumaze kumenya ukuri ntihaba hakiri igitambo kibyaha! Munsobanurire iri jambo ese ubwo ntibishatse kuvugako nidukora ibyaha nkana tukica amategeko y'lmana ntambabazi zihari.

  • @user-xc5gg8qk9o
    @user-xc5gg8qk9o Před 13 dny

    Ndumva ari danger ariko mwibuke ngo azayobya ni ntore niba bishoboka.

  • @annuarittenyirabaributsa6758

    Nukuri mwarakoze kutugezaho ubu butumwa gusa turabasabye azagaruke aje gusubiza ibibazo twabajije
    Ikindi nihehe umuntu yakura agatabo kumurinzi? Ukavuga kenshi nkumva nifuje kugasoma pamphile uzamfashe unsobanurire murakoze cyane

    • @user-nr6qh7hr3e
      @user-nr6qh7hr3e Před 11 dny

      Wareba hejuru muri ziriya nyuguti Nini ukandeho urazibona Numero ze umubaze

  • @ngogajeandedieu6640
    @ngogajeandedieu6640 Před 13 dny

    😢😢😢😢😢

  • @ugiriwabomarieclaire9502

    Yewe Ndunva bitoroshye.

  • @sarahirankunda1662
    @sarahirankunda1662 Před 12 dny

    Nanjye ndunva bidasobanutse neza muri Ezechiel handitsemoko umunyabyaha nareka inzirambi ze ibyakera ntibizibukwa ko azabaho. None aphuye ataragira imirimo ihagije? Bizagenda gute?

  • @patricianiyonsaba9321
    @patricianiyonsaba9321 Před 13 dny

    Ese umuntu urya bimugoye (aciye inshuro) nawe urubanza rw'icyacumi ruramureba ko uvuga ngo abatarabitanze babishake babitange ?

  • @user-sf9wm2jt2p
    @user-sf9wm2jt2p Před 13 dny

    Kabiri ibintu byatuwe bige bigenzwa bite

  • @dieuestgddieuestgd4479

    None se niba ari umuhanuzi wibinyoma ahubwo nigombwa kwirirwa bajya muri détails ngo yahanuye amarangamutima!!!

  • @christella5092
    @christella5092 Před 13 dny

    Gusa ikibazo uyumuntu afise nuko yerekana ko harivyaha birahirwa nibidaharirwa narumiwe

  • @JEANBOSCOMUKIZA
    @JEANBOSCOMUKIZA Před 13 dny

    Mwadufasha kumenya imirimo yakozwe na cya gisambo cyo kumusaraba.? Umuntu wihannye agahita apfa nta mirimo koko nta Juru abona?

  • @user-xc5gg8qk9o
    @user-xc5gg8qk9o Před 13 dny

    Eeee, ngo arishyura ukubye 4 ???????????????

  • @urimubenshivianney5065

    None Imirimo yakwambutsa ningahe? Itakwambutsa yo ningahe? Mudusobanurire

  • @user-pq9bz5hy8b
    @user-pq9bz5hy8b Před 11 dny

    Ko numva Hafi yabose barimburwa nicyacumi nimihigo niba Imana itababarira umuntu,? Ubu se tuzemera iki ? Cg tureke iki? Ko abizera biducanze? Bamwe ngo urababarirwa abandi ngo ntubabarirwa,ubwo se utibuka umubare Imana ko tuziko Ari inyembabazi nigute itakubabarira????

  • @NyiranzirikiJeannedarc

    None se akubwiye ngo ica wamwumvira? Oya ahubwo yesu kristo yatubwiye ko tuzabamenyera kumbuto zabo umwuka nubwenge lmana yaguhaye kd ugenzuje ijambo ry'lmana ubundi numara kumenya ukuri bireke

  • @mugiranezafeolonie7801

    Nsoje numvise ibi bice byose ariko natsinzwe pe none se uwahera ubu agakiranuka ntibyamufasha kuzahabwa ubu bugingo?

  • @JacquelineNiyongira-fx6el

    Yemwe ndumva bitoroshye! Gusa icyo nakwisabira abantu baza bavuga ko batumwe n"Imana ni ukuvga ibyo batumwe bakareka logic zabo cg uko babyumva. Uwavuga uko abyumva nabyo akavuga ko atari ibyo yatumwe.