Part2 NOEMIE;NARINGIYE KWIYAHURAđABABYEYI BANJYE BAMAZE GUPFA NA DIVORCE YANZEđIMANA YARIYARABIMBWIY
VloĆŸit
- Äas pĆidĂĄn 25. 06. 2024
- URURABO NONO TV ni urubuga rwanjye nawe ngo tuganire kubuzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu numuryango ndetse no mubuzima busanzwe ndetse no gutanga ubuhamya no kuvuga kumbaraga z'Imana.Niba wifuza kuvugana natwe cg kudutera inkunga call or WhatsApp +250785839490 Mobile Money/+254743293263 Mpesa.Murakoze kudutera inkunga
Abajo tumenyane Kandi dukomeze gushyigikira uyu mubyeyi âïž
Mumushyigikire numwana mwiza
Munyamakuru gerageza ugabanye ibibazo urabaza cyane ugatuma testimony itagenda neza . Thank you
Cyakora mana,warakoze gutanga umugisha w'urubyarođđNanasabira umuntu wese ufite icyo kifuzo ko cyasubizwađđUbundi Imana iduhe kuyimenya kdi ijye ituba hafi ituganirize kuko kuba muri iyi si ntibyoroshye
Ihangane mama†gusa usenge Imana izaguhoza amarira niyo yonyine ibasha komora ibikomere gusa
Yoo Mana harigihe uhura nibintu pee..ariko Yesu abarikumwe nawe komera Yesu ni nyinshuu
Humura ibigeragezo nagasabune ko kutwoza.iyo bitaguhitanye bisiga bikwejeje .ahazaza hawe niheza cyane ko ugihumeka umwuka wabazima.ujye urushaho kwegera Imana bizaguhindurira ubuzimađđ»đđ»
Ijuru riratabara kandi hari igihe k' Imana n'Umuntu wayo komera nshuti yanjye, ntugatinye abica umubiri ahubwo dutinye abica ubugingođ°đ°đđđđ€
Sha nari kuzahapfira pee
Komera cyanee mw'Ijuru hari Imana ikiza ibikomere kdi irenganura abarenganađđ
Komera Imana niyo mugenga wa byose nyuma yibyo ubuzima burakomeza
Congratulations abantu 2150 subscribe rwose Imana ibirimo peeeee
Komera cyane mukkobwa wanjye Uwiteka niwe uzi ubuzima bwawe
Yoooooo ihangane mukobwa wanjye ububuhamya burandijije ndababaye cyanepe ariko IMANA irahari komera komera twetwabura icyodukora nicyotuvuga ariko IMANA yo suko bimeze numukozi wumuhanga kandi ubuhanga bwayo ibuha abana bayo vugango amena amenanannnnnnnnnnnnn
Imana ikomeze Ibazigame kandi Courage bizagenda neza mukwizeraâ€
Ucyakora uri mwiza pe
Yewe uzamubabarire kuko umuntu witesha umugore usa nkawe nawe ubwe yifitiye uburwayi
Hejuru ya byose hari Imana Nono
Uzabaho kandi neza
Ihangane cyanee mama â€â€â€â€
Imana izabarindaâ€â€â€â€â€
Komera imana izaguhanagira ayo warize bibiria ibivuga neza ahari umuntu yarara arira bwacua mu gitondo impundu zikavuga
Be strong
Ihangane ukomere uwo mugabo singobwa kukubona urira kuko nibyo bimushimisha ahubwo rwana urugamba rwo kwiha amahoro senga cyaneee utabaze Imana.
Pole shenge imbere nihezaâ€
Komera Nono. Turagukunda â€
Uri intwari Noemie,courage!đ
pole sana,
Yooo ihangane mama Imana irahari kubwawe
Imana niyonkuru đ
Komera ni ukuri!ubushake bwayo burasharira ariko igucisha mubikomeye kugirango ikugire ukomeye!kdi urugamba uriho uzarutsinda nyuma uzaduha ubuhamya burenze ubu
Yooo humura dear Imana igukomeze ibi bizagufasha gukira igikomere ndabizi ko wakomeretse pee ariko ibi bizagukiza.
Urakoze
Neza bimeze nkibyanjye neza usibyeko namurushaga gusenga antega iminsi n uburozi n abagambanyi ariko Imana irarunsimbutsa nubuendimuzima kubera Yesu wanjye
Neza neza nuko igice cyagatatu nibyo nzavuga ukuntu nararanaga nimbeba muburiri.Anyway wazamvugishe +250785839490
Urakoze kumpa numero yawe nzaguhamara
Nzaguhamagara
Nsagushaka tuyage nanjye umugabo nuko byari bimeze hahandi navuye murugo ntanumwenda mfite,ngeze murugo imiryango iranyanga ,ntibyoroshye pe!
Waduhamagara cg ukatwandikira kuri iriya nimero +250785839490
Pole sana
Uyo munyamakuru agerageze areke kukubaza byinshi akureke utubwire ubuhamya bwose nibyo byiza
Ndabona Imirimo ni ubwiza bw'Imana kuri None. Humura uzabaho wishimye
Murakoze muvandi
Imana izi byose izagufasha kd nubona ubushobozi uzafashe ntajye fite ikibazo komera nono
Komera cyane imana izabana nawe murugendo rusigaye
Yego
Imbere ni heza Noemie mwizaâ€
Komera mamađą
Aba Jo muze dushyigikire Nono pe
Ihangane ubuzima ntibworoshye ariko kubera Imana bizagenda neza
Pole chr
Umugabo uryamana numukozi wanyu yari mubi aragatsindwa
Nabanje gutekerezako Wenda nawe wamukoserezaga ariko numvisemo ibyo byabakozi ndumiwe
Birashoboka nawe yaitwaraga nabi mbere y'umugabo akamuburira ubushyake,abagabo ntabwo bakunda ubateshya umutwe.
@@byamungubabisha6950 kuburyo wajya kumukozi oya bagombaga gutandukana rwose uyu azabona undi mugabo umuha agaciro
Komera đą
Pore sana dear đą
Uri muri Yesu byose ubinyuramo
Noemi wanjyeđ
1.7k subscribersđ„° congratulations wa
Humura ntajoro ridacya. Wowe komeza w'ikomeze ku Mana ntizagutererana.
Zaburi 23: iyi zaburi ikubere isengesho rya buri munsi.
Ihangane mama kubwo kubura ababyeyi banyu disi barimfura gusa
Abanyarwanda baca umugani mu kirundi:" Umukondo w'intibire ntubuza umukobwa kugorwa". Ihangane mama uzishurwa igihe nikigera.
Humura iyantabaye izagutabara ukomere kuri Yesu ntateyereza â€â€â€
Wowe byagenze gute?+250785839490 bigushoboye wazamvugishije rata?
Yooooooooopole
pore ncuti đđŸ
Imana ntabwo yaguha byose ntabwo yaguha ubwiza bumeze gutyo ngo iguhe n'uburyohe icyo mwapfaga n'umugabo ubwo urabishye njye niko mbyanzuye.
Hanyuma kumusindiraho no kubyara hanze no mubakozi no kumusoho.yabaye umugabo mbwa rwose.
Ohhh nono pore shenge imana yonyine izakomore warakomeretse kibondo wahuye nibikomeye đąđđđ
Ntabwo biba byoroshye
Uwiteka agukomeze
Impamvu umugabo wa Nono yahoraga amukubita anamwirukana buriya buriya ntiyanyaraga yari abishye kuko abagore beza cyane akenshi baba babishye
None c ubwo bihuriye he no gukubitwa?? Inkoni zakemukemuriraga ikibazo? Nta mpamvu n'imwe yo gukubitwa
Ese ubu uwo azingera kubona undi mugore mwiza nkuyu Koko ?
Numubyeyi kbs twese yatubereye umubyeyi iyo MANA
Nono ngaho humura dore igihe cyawe niki trust me ntabwo unzi sinangombwako wamenya .... ahubwo mfasha wumve ibi ngaho ahubwo senga cyane ufungure imigisha yawe dore igihe cyokukwigisha kuwiteka wakinyuzemo ....arko nimana yibuka yamarira knd nimana yibuka isengesho uko ryaba rimeze byose none rero ngaho subira muri bwabutayu subira muri byabihe byogusenga maze winjire mumasezerano yawe dore abakuvuze nabi barahindukiye arko uzamenye ubwenge kuko nimana yakwereste umuntu icyaricyo trust me senga ufunguraa amarembo yimigisha yawe knd humura uwiteka ari muruhande rwawe ndeste nutubyaro rwaweeee knd dore yaguhaye gutuza humura komera komera subira hahandi
Amena Amena
Yooooo
Ariko kuki abagore bo mu Rwanda bahora baririra kuri za camera đž? Ariko ubundi amarira n'ibicurane bahora bashoreza babikurahe? Babyihingamo mpaka bikaza. Ariko niba babanza kubyitoza ngo barebe ko biza simbizi!
Ariko c abagore mwese bo mu Rwanda muhorana ibibazo
Ubwo wowe uri mugabo kdi ntuba mu Rwanda ubwo ushatse kutubwira ko ntabibazo waba warigeze gucamwo?cg kubamwo?aho waba uri hose ntabwo uragera mu ijuru gabanya kwiyumva wamuntu wee.iyisi niko iteye ibibazo iyo byaramutse kuza ntaho wabihungira, na yobu yageragejwe cyane kdi suko yari umunyamakosa cg yabaga mu Rwanda. Ahubwo u Rwanda rwacu narwo urureke.
Yari irresponsible đąMbega umugabo mubi
Gusa uno mugore ntago azi kubara inkuru niyo mpamvu uyu umubaza ari kumubaza koko ahita yirukansa inkuru ukunva ahise ayisoza
Sha wihangane rwose biteye agahinda kubona umukobga mwiza nkawe aruha akokagene ihangane shenge
Manawe mbega inkuru ibabaje umuntu utarasenya ntiyabyumva gusenya nicyocyintu nabonyecyibahomwisi gusa nuko hahitahaza uyumugabo utajyudusiga noneho hakazamo nokubura ababyeyi warahuritse muvandimwe wange
Cyakora mana,warakoze gutanga umugisha w'urubyarođđNanasabira umuntu wese ufite icyo kifuzo ko cyasubizwađđUbundi Imana iduhe kuyimenya kdi ijye ituba hafi ituganirize kuko kuba muri iyi si ntibyoroshye
Ihangane shikama Uwiteka arakuzi kandi imigambi ye ni myiza yiteguye kukugirira neza