NTA Pantecoste IGIHARI mu RWANDA Barababeshya/DORE UKO Byagenze/ADEPR Yahinduriwe MURI Chatholic
Vložit
- čas přidán 28. 05. 2024
- #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp.com/LEMFjAjn9tI...
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Idini gatulika pana itorero kuko itorero ni irya kristo
Imana igukomeze
Imana iguhezagire caane kuri ubwo bushishozi utugiriye mwenedata. Nahari buri wese guhitamwo, Yesu ashoboze abantu yaremye 🙏
❤❤
Uko niko kuri pe
Abaroma 14:5-6
5 Umuntu umwe yubaha umunsi umwe kuwurutisha iyindi, naho undi akubaha iminsi yose akayihwanya. Umuntu wese namenye adashidikanya mu mutima we.
6 Urobanura umunsi awurobanura ku bw'Umwami wacu, urya arya ku bw'Umwami kuko ashima Imana, kandi utarya yanga kurya ku bw'Umwami na we agashima Imana.
Komuvuga, muti twasezeranye isezerano n, urupfu Kandi twemeranije n'ikuzimu ; muticago nicasendanisha kigahita mu gihugu , Muti ntikizodushikako ; Muti kuko twironkeye ubuhungiro mubinyoma tukaba tunyegeye munsi yubugunge . Yesaya 28:15
ADPER yabaye❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤nka efurahimu❤❤❤❤wivanze Nandi mahanga❤❤❤
IZAYI NDAGIZEYE ni hatari !! ESE BURIYA NTIYAVUYE IWABO ARI GATUMWA ? BURIYA MUZASHAKE MOVIE YITWA THE DEPARTED
Kristo niwe mwami w'isabato y'ukuri, ese byaba bimaze iki nduhutse ku isabato ariko ndushye ku mutima? Kristo ari hano ku isi yigishaga akomeza amategeko ndetse anayasohoza ariko benshi ntibabimenye ahubwo aho gukurikira ibya Kristo baguma mu mategeko ya Mose. Niba Kristo yarakijije umuntu ku isabato kandi amategeko ararabyemeraga ubwo si icyaha yari kuba akoze ukurikije amategeko? Luka 6:6-11
Niba dushaka gukiranuka nyabyo dukwiye kumva imvugo ya Kristo tukareka kwinangira imitima.
Akenshi na kenshi Kristo yigishaga ku mategeko agira ati" Ntimwumvise ko handitswe ntugakore iki n'iki, ati ariko jye ndabwiye ngo ..." Si uko yabaga atesheje agaciro ibyari byaranditswe ahubwo yabaga abiha indi shusho itaduha umudendezo kubya Kamere ahubwo iduha umudendezo muri we kuko amategeko yose ariwe asohoreramo kdi mu mategeko nta kiruhuko cyarimo ariko tubasha kukibona muri we.
Nibyo ibyinshi wavuze ku idini gatulika ariko isabato ntituyemeranyaho ugendeye kuri Bibiliya. Imana yo mu ijuru iduhe gusobanukirwa ibyayo kdi iduhe kwizera Kristo wenyine.
Sinunvase wemeye umwuka wubuhanuzi? Ibitabo bya Ellen g white
Uyu mudive se avuye he?
😅😊😊
Yewega ni akumiro😢😢😢