Mbega umubyeyi gito, Liza and Tina muri urugero rwiza rw,abavandimwe babanye neza, iri ni isomo rikomeye mu buzima, mubyeyi fata umwana wese nkuwawe, keep it up Bahavu Jeanette
Abambere mwese murebe mwandika kungirango abaza nyuma yacu bose babone comment basoma Barebe bishimye Timu yose ya Impanga TV Kubakunda byo ni ishingano kuri twe
ndatahije my sister ukuntu yabikoranye ubwenge burwiriy numutima mwiza wiwe God bless you sister ukuntu wagumije kumutima sister wawe l love you so much❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Nukuri this is a lesson to all people out there to have a sense of humanity,I love the fact that those girls loved each other,and that’s all we need.(i umuntu,urukundo nubumana)and this world will turn into paradise.Thanks to all impanga team for the amazing work👏👏👏👏
Eheee arko narumiwe koko isi dutuye we!!!!Imana idutabare kuko birakabije pe.Impanga series murakora cyane imigisha myinci kuri mwe
imigishamyin
Ndakunzee Tina gose Ni nakana keza bambeee gaseka neza ❤️💞💞 nayo story ubwayo ni 🔥🔥🔥🔥
Waaaooo nanjye ndazindutse noneho gusa nishimiye ibyo mudukinira kuko nibintu bibaho gusa nitunjya tureba binjye bitubera isomo
Akakana kazi gukina mwazanye, kanafite voice nziza cyane kari talented mbese
Bahavu Janet Umbera mushya muri munsi uri umwigisha mwiza kuri njye urugo rwawe ruzahoremo imigisha uri Umugore windashyikirwa Fleury washatse neza cyane
Uyumwana mushyashya akinaneza kbx
Cyane rwose akinaneza pe
Tina keep it up nukur urategur janet uw mukinnyi ni sawa
Mbega ishitani yumugorewe! Mbashije kumirwape!
Ahubwo abantu barihanganape
Dis mukinaneza ukuntu uyumugabo muri flim yubushize ariwe warimubi none ubu umugore niwekabutindi nukuri muradutegurira pe mukomeze turabakunda cyane
Mbega umubyeyi gito, Liza and Tina muri urugero rwiza rw,abavandimwe babanye neza, iri ni isomo rikomeye mu buzima, mubyeyi fata umwana wese nkuwawe, keep it up Bahavu Jeanette
Ibi bibaho cyane babyeyi mwihora abana ubusa fata umwana we se nkuwawe
Ababonye ko bakiniye kwa keza Jeanette mumpe like
Amasomo akomeye cane turiko duhabwa uwishimira uwumuntu ategura nkanje like
Nyina wundi ntaba ari nyoko kurererwa nundi mugore biragatsindwa by'iteka.
I always waiting your new video ndabakunda cyane mutwigisha byinshi bidufasha kubaho no kubana nabandi neza 👍👍👍😍😍😍
Yooo! isi niko yabaye abantu barikunda uyu mubyeyi ntampuhwe agira umwana wese numwana ntampamvu yokumubuza uburenganzira bwe
Nambar 1 from Nairobi
Mumpe like umundi tumenyane 😍
Burya uri Nairobi
@@ingabirefrancine374 yego
Tina Urumukobwa mwiza rwoseeee ❤️❤️❤️❤️ ba bubahwe 🥰🥰🥰
Ngize agahinda kuyumwana ukora akazi kuburetwa peee.mbega we😥 biduhe isomo pee
Imana ishimwe ko umukobwa we yakundaga yabyiyunvisemo ,bigatuma atakinwa nibyiza ma cherie ,ikimungu kive mubishimbo byiza
Abambere mwese murebe mwandika kungirango abaza nyuma yacu bose babone comment basoma Barebe bishimye Timu yose ya Impanga TV Kubakunda byo ni ishingano kuri twe
😂😂😂
Ako Kantu pe
Yego ko🤣🤣🤣
😆😆
Murakoze cyane kubwinyigisho mutugezaho
Cyakoze Impanga Nukuri Murategura Pe
Mutanga Isomo ryibintu Bibaho Mubuzima
Umwana twize hamwe. Bimeze bite?
@@naomieumwiza nisawa Ntakibazo
Wowe se Umeze Ute??
Ambaaaaaa, Umanika agati wicaye......, Imana ikure ishyari mu mitima yabanyarwanda Bose.
Iyi episode iduhe isomo. Abansi bacu nibatangura kutwiyegereza, tuzamenye ko atari guhinduka ariko nyabina bidutume kubatinya no kwitubara cane kubera bazoba bahiga agahanga kacu
Mbaye uwanyuma mumpe izo like kk ntako nagize
Uragushonnye mada
Murakoze cyane nukuri muratwigisha tukanyurwa muduhe nizindi nyinchi turabakunda cyane Imana ibahe umugisha
Wow finally my answer is here twice a week oyeeeeeee❤️❤️🥰
ndatahije my sister ukuntu yabikoranye ubwenge burwiriy numutima mwiza wiwe God bless you sister ukuntu wagumije kumutima sister wawe l love you so much❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mwagize neza turabakunda❤️gusa njyewe nzajya mbishyuza impanga series
Mukinnye neza pee bakobwa beza naho Nyoko weee aragatsindwa ni Mana.arakababara araziza umwana iki koko
Unomusi notification inshiye kare murabe mundemere bavandi
Iri ni isomo rikomeye,impanga kumutima
I like the little angel the way she loves her sister Keep that heart ur so amazing much love baby girl
Akina neza uyu mukobwa mushasha😍
Umuntu ntazazira uko yavutse nimba uko tuvuga nkabantu ngo ntibyemewe Ariko ntampanvu 😭😭😭😭😭🙏🙏🙏❤️❤️❤️
Namba barabahaye indaro😏 narinziko nuwambere🙈 lmana ikomeze kubitaho kunyigisho muduha buri munsi 😘😘🇧🇮🇧🇮
Mukomerezaho rwose impanga family😍 episode 2 mu cyumweru ni sawa...
Mukore share cyane tuzakomeza tubahe nizindi
Urucira muka so rugahitana nyoko...anyway thank u janet and Fleury iyi film irigisha canee
Turabakunda cyane nukr ntimukadutindire
Ariko Mana we ibi mukina bibaho Cyane gusa bitera ubwoba wee
Ndazindutse today nkunda ko mutadutenguha❤️
Njye ndera 2 ariko unabatwaye narira nkagahinja pe nabafashe bababaye ndabatunganya numva ubantwaye napfa pe
Imana yabampaye narabuze urubyaro baje ingororera umuhungu mwiza numugisha kurinjye
Film nziza cyaneeee ndabakunda mukomerezaho rwoseeeww
Inabi ntiyiganwa koko
Mbega abakobwa beza bakundana gusa ababyeyi bameze nguyumugore ntabwo bakwiyepe nabandi bigireho kuko gushyira urwango mubana uku sibyiza ubuyariyihe kuyekubera umutima mubi
Ndabakunda muratwigisha.
ese ububuzima buzarangira ryari niba harababaho uku??Imana ibarengere 😭😭 mbega agahinda weeee, impanga turabakunda kdi amasomo muduha aratwubaka, Imana ibahe umugisha🙏
Kitoko yaririmbye ukuri Koko🙆 nyinawundi ntabari Mama😭😭😭
Nukuri nkunda inyigisho zanyu ziratunyura , I love flery & janet my name sake
Wow twice in a week
Blessings Impanga family
Murakoze cane ku nyigisho mu tanga. Imana ikomeze kubitaho
Wawoooooo Isomo rikomeye👌❤️❣️
Ubuzima bwajye 😭 Imana igibabarira ababyeyi nkaba kbs, baratwanga ark turanga tugakura.
Manaa abantu babayeho nkaba imana ibarengere cyane
Uyumwana ndamukunze udashigikira amafuti yanyina
Arko Mana weeeeeeeee mbega 😭😭😭 gsa thx Fleury & Bahavu mukomeze muterimbere muribyose 🙏🙏
Tina muzakomeze kumuzana🥰🥰
Kabyare mugabo mwiza ,oya ntambabazi nukuri oyaaaaa rwose nagende nububyeyi mubi Kandi nukuri buri mubyeyi wese yarererwa ariko ibaze twese dukora nkibi Kandi twarabyaye weee mbega
World🌍 is not easy at all
Wawww imana ishimwe rwoseee
Really loves the storyy ....Imanga team u will always be number one ❤❤
Ngayo nguko,
Niko isi dutuye imeze😫
Icyakora igihano umuhaye cyirakwiye pe umwana ninkundi
Twishimiye kubakurikira mujye mukomeza mutugezeho firime nziza zijyanye niyisi dutuyeho zirushaho kutwubaka murakoze
Ba Tina bubahweee 🥰🥰🥰
Ni Mukuru wawe rata 😭😭😭😭🥰🥰
Mugerageze iyi flim muyikurikiranye ninziza ark ntikurikirana
Mbaye nkibona agiye gutegura icyayi muringe hazamo ko agiye kumuroga bihita biba koko, uburyarya bwabamukase babantu ndabuzi kdi ndabwanga
Uyu mwana wuyumumama azi ubwenge nabandi turebereho nintwari yakunze mukuri atitaye kumabwire yanyina
Mwakoze kudutebukira kuduha indi series
Impanga series nayo muyizane 😂
Iyi movie ninziza kbs
Great jobs bahavu and Fleury you make us Proud of you
Sha uyumukobwa ndamwemeye
Bono babyeyi noneho bahinduye uwari umugome ubushize niwe wacishije make today.
Yego dis impanga barategura
Twishimiyekubakurikira Tinaurinwari❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Ndumugabo wawe nakwirukana gatsindwe ,urasaba imbabazi ziki? Umwana ni innocent
Umuntu akora casting and writing mwiza movie yubahweeee gose
Usanase Bahavu janet Tina na Liza turabakeneye pee mumpanga hose bishoboka bazazamuka neza kandi cyane byumwihariko Tina nemeye
Impanga ndababaye rwose mbega bibiiiii
This is a true love people needs for sure
abantu babaye inyamanswa
Ndarize nukuri
Ayiweeee Rosa weeee urumukinnyi mwiza pe
nukur firim zany ziranyuzuza peeee🇧🇮💓
I really love this movie isi dutuye 1 thank y’all 😘❤️
Mbega umutima mubi 😢😢😢
Egoko kirozi 🤣🤣🤣 nanga abarozi njy nuguhita mutumura Ako nimigeri myinshi
Nukuri this is a lesson to all people out there to have a sense of humanity,I love the fact that those girls loved each other,and that’s all we need.(i umuntu,urukundo nubumana)and this world will turn into paradise.Thanks to all impanga team for the amazing work👏👏👏👏
!
Tubyerekane dushima kuko barikuduha episode 2 mucyumweru wowuuuuu twashimye ntimwatwumviye ubusa
Nn diane kwadakina tumukumbuye
Ubanza asigaye ari boss
tina ururugero rwiza nukuri ndagukunda❤❤🙏
Mbega umubyeyi jyito ntago uruwo gukumburwa
Uyu mubyeyi ko ambabaje Kare ntaho ndageza ,akomana Liza mukobwa mwiza komera kibondo
Uwabonyeko umugore ntacyo apfana n,umugabo uretse abana n,urukundo ampe like
Ubonako Liza ujya gusa nka bahavu nabwire
Ni murumunawe nubundi
Barasa pe
Isi dutuye ? 😭😭😭😭😭 Mwakoze cyane
Mana weeee none Mama Tina yamenye gukira afite amahane,😂😂😂😂 nubwambere mubonye akira gutya peeee
Ababyeyi babi nkaba Imana ijye ibagenderera pe
Ndabakunda cyane
Mbeg umugore mubi akwiye gupf
Ohhh God we love u more