Nonex game we mbega story cyakoze nari naryohewe na story zanyu zo mu bwana umva mwaduhaye show🔥🔥🔥🔥mufite abavandimwe beza bisanzura umva ngo mpinga nu musazi nabonye noneho umurusha jermene weeee🤣🤣🤣🤣🤣agira story nyinshi nka mpinga🤗🤗🤗🤗arko disi ngwino asa na musazawe 👌👌👌umva much love jo twins rwose muba mwaduhaye sgow🔥🔥🔥🔥💞💞💞💞💞💞💞
yeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee kumbiiiiiiiiiiii muri bashiki ba Antoine 🥰🥰🥰🥰 kuntu mama wanyu muzi puuu nkayoberwa impamvu mbakunda
Sha show mwaduteguje murayiduhaye tuuuuu🥰 Germaine ni Mpinga ku kavuyo neza neza🤣🤣🤣 ntibatuma Antoine avuga weee mbega Famille Mukayirere ishimishije💋💋❣️❣️
Ahaho ndishimye cyaneeee abavandimwe bahuye ibyishimo byacu ndabakunda
Incwiiiii mbega ababyeyi babyaye neza we ! Muteye ishema bambi ❤
Ese ko numva muri benshi wee! Mbega umuryango mwiza! Mbega ko ababyeyi banyu bagakoze kandi gakomeye 😍Babyeyi mwibahwe 🙏🏽💕
Nonex game we mbega story cyakoze nari naryohewe na story zanyu zo mu bwana umva mwaduhaye show🔥🔥🔥🔥mufite abavandimwe beza bisanzura umva ngo mpinga nu musazi nabonye noneho umurusha jermene weeee🤣🤣🤣🤣🤣agira story nyinshi nka mpinga🤗🤗🤗🤗arko disi ngwino asa na musazawe 👌👌👌umva much love jo twins rwose muba mwaduhaye sgow🔥🔥🔥🔥💞💞💞💞💞💞💞
Nukuri murampemukiye cyane nisanze nasetse nibagirwako ndikumwe nabashyitsi😂😂😂😂😂 mbonye bose bandebera rimwe 😊😊
Harahirwa ababyeyi babibarutse❤❤❤❤❤❤❤maze muzakomeze mubabere imfura😘😘😘😘😘😘😘😘😘😘😘🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹
Mpise nkumbura abavandimwe twahuyee nukurara tuvuga kugeza mu gitondo😢😢❤❤❤
Nagira disi ngo nitwe twenyine bibaho,bucya turorera
Woow muribeza mwese pee😍😋 nimukave irubavu mutadusuye
Ubugali nagasosi kinyama yihene kwa Bimeri sha😂😂😂 ibyaturikaga tubitsinde lol! Gatagara hejuru cyane
❤❤ umva ka nicare nkore akazi ko kubareba ninshake sindye pe munkorera umunsi
Maze mbinga iyo arimubantu ntavuga cyane ark kangwino karavuga koko
🎉ndabakunda pe,muzaduhe amahirwe duhure mwadusazi mwe
Sha munkumbuje iyo migani narimfite igitabo yanditsemo myinshi nirirwaga nyisoma
Wauuuu, Great family Cyokoza mufte vibe’s nziza nukur uwa babyaye akwiye impundu nabakunze sana ❤️
yeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee kumbiiiiiiiiiiii muri bashiki ba Antoine 🥰🥰🥰🥰 kuntu mama wanyu muzi puuu nkayoberwa impamvu mbakunda
Ndabakunda cyane ❤❤ muzatubwire uburyo mwakoresheje kugirango mugabanye ibiro
Muduhaye utunota duke😭😭😭 turabakunda aba chou❤️❤️❤️
Imana izampe urubyaro rutubutse nkuru🙏Kandi bazakundane munteye ishyari,hahirwa abafite abavandimwe
Yooo humura natwe turi abavandimwe bawe❤
@@UwimanaLouise-dr9ronajye iwacu turi benshi turi 9 abahungu 2 gusa😅😅😅❤❤❤
@@UwimanaLouise-dr9rokandi natwe harimo impanga zabucura 😂😂😂
Ndikoniyumvira mama wanyu ukuntu acabakumbura ababonye 😘😘😘🇧🇮🇧🇮 sha Ngwino yarigirisha sha nagasazi nako🏊
Mpinga abavandimwe bawe mumeze kimwe but they are humble iLike it
Harahiye sasa reka nicare hamwe😂❤❤❤❤ Ngwi ndumva twaritiranwaga😂 nanjye shn nari Kidumbari😂😂😂 niba nawe warananutse ngewe ndacyari kidumbari🤣
Akabeba nanjy narakariye sha😂😂😂
Mpinga ndakwikundira nukuri ugira utuntu twutublage twiza ❤
Vyaryoshe kweli🤣🤣🤣ewana iyi family ni hejuru cane😍
I can’t wait ❤
Shaa nanjye ababyeyi babibarutse nababaniye 😘😘
Imana ibahe imigisha❤❤
Ayiweeee nkubu nari ndi hehe we😢😢
Beza ba Muzee Joseph ndabahobeyeeeee❤❤❤❤❤❤
Mwaransize sha ariko nange ndaje tuuuu
Mukomeze mugire ibyishimo 🙏🙏🙏 NGWINO Love you 👍
Shn Ange yazatubabariye akaza😂😂
Mbegaaaa urugambo ndabikunze ndabakunda sanaaa ♥️♥️♥️♥️👌
Mpinga nanjye uzanshakire sogokuru naramubuze😂😂😂😂😂
Uyo Brother wanyu Nimwiza
Restez bénis. Imana ihabwe icyubahiro nukuri mwagiriwe ubuntu budasanzwe. Harya Antoine niwe wavuze ngo:
« Ni te amo se? »🤣 mbashimiye ibyishimo mudusangiza. Imana ikomeze ibabe hafi
Shahu mpinga mukundira koyakoze umunwaaa Hhhhh
Nyiramacibiri😂😂😂😂😂😂😂😂
Imana ikomeze kubarajyira kuko family yanyu iteye ubwuzu❤
Nuko mbyara mbazwe nanjye narikuzabyara abana nka5 koko nkumvukuntu mbaye👌 hagataho🥰
😂😂😂😂❤❤❤
Wawoooooo maman pas imbere cyan
Kumbi urumuvandimwe
Wimpanga ndabakunda cyan
dutere udusonga bugali 😂😂♥️♥️
Cyakoze mwantwaye umutima setu😂😂😂 ndikubakunda birenze
Ahubwo se ko ndeba Antoine ariwe muto muri mwe!!
Manaweee muranyemeje pe
Wahhhhhhh ndabakunze cyaneeee
Arikoweeee uziko amenyo mbanayanitse kugeza icyiganiro cyirangiye
Mpinga nuwo muburasirazuba yikwiba abandi bana😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Mbega abavandimwe weee , Jo muragowe tuzajya tubabishyuza😂😂😂 ariko nkumbuye Mama wanyu Sha yampaye show kiriya kiganiro sinjya nkimenyera😂😂😂
Sha show mwaduteguje murayiduhaye tuuuuu🥰 Germaine ni Mpinga ku kavuyo neza neza🤣🤣🤣 ntibatuma Antoine avuga weee mbega Famille Mukayirere ishimishije💋💋❣️❣️
Nakunze ukuntu muvugira rimwe nk'abafaransa !!!
Muribeza ncuti z'abega❤❤❤❤❤
Ariko ababyeyi babavyaye Barahezagiwe muri famille zinza biboneka ko mukundana nabakunze
I love 💕 you 💘💘💘💘🤎💜💙💚 improve like that It is cute❤❤❤
Watching 5/5 😂 .. cyaze dore umuryango🤭 . Bang after bang 🔥🔥. Harahiye
Wooooow❤ muri beza
Yewe nimuze hano hahiye 😂😂😂😂😂🔥🔥🔥🔥🔥🥳🥳🥳🥳🥳
antoine unyara inyuma yishuri 🤣
Louise namukunze bya hatari, namubonye kuri Jo twins ark nishyizemo ko ari umuntu mwiza
Since day One ❤️ #JoTwins hejuru
waw ndabakunda nukuri♥️♥️♥️♥️♥️
Hhhhhh Antoine Sha mwakoze cyaneee Jo
Mugubwe neza
Game yaburijwemo😅 live long guys ❤
Ndabakunda cyane mama
Famille yabasazi murashimishije nabakunze😂
Ninde wokutaba uwambere ❤❤❤
Mwakoze cyane kutuzanira abavandimwe banyu
Ariko rero nuko iminsi yabaye mibi naho ubundi kubyara abana benshi byari umuti kbsa,ibaze nkubu mwese mwateranye mukikije ababyeyi bumva bamerewe bate Koko?noneho ukuntu mwese muri beza birashimishije.
Musaza wanyu ndamuzi yari umwana mwiza akorera ku bitaro iwacu
Nice to see you all
Skylar disi😂😍😍😍
Izo mbeba muvuga zikizungu numvise Afande Kabare avuga ko reta ya Habyara Ari commande yatanze hanze mubazungu zo kuvura bwaki zitwa"Sumbiliki"
Mbonye Skyla disi weeeee💝💝💝💝
Ngo antoine arihe mpise nseka
Wooow. Muri beza nukuri
❤❤❤ muri beza
Ndabakunda gusa ,nibyo navuga akakanya gusa kdi muri beza pe
Sha mwambwiye aho muri nkaza kubasuhiza ndabakunda wallah
Ngwino please vidéo iwawe
Ariko namwe ko muri benshi nkatwe ra😂😂 I love twi❤❤
Josette ati" izina ry' akagari c ndakayobora"😅😅😅😅😅
Ndabakunda birenze❤❤❤❤❤❤
Murakoze twari tubakumbuye❤
Ndabakunda ❤
Mukumbuje my siblings kbsaaa 😅❤
Abawacu kanzenze ndaba suhuje👏
Antoine yakocyerezaga amabya y'ihene shaaa niyo aturika iyo uyokeje kdi araryoha weeeee hhhhhhh
💞ndabakunda bikandenga 💖💞
Ako kantu kimodoka ushyizemo kuko uyifite sibyiza utazamuta munzira yego ni blague ariko byumvikana nabi
Rekantere agasonga bugari kuko harashya🔥
Lundi nahuye numwe kuri nyirangarama ariko sinzi ngo nuwuhe?ariko nitwiza mwabantu mweee!!😍😍👌👌
imbere cyane
Ndakunze ikiganiro murikumwe nabenewanyu. Muzongere pe.
My fam❤️❤️❤️
Basuhuze cyanee
cyokoze antony aritonda😊
Nyiramacibiri 😂😂❤️
My dear friends ntimukatunomfeshe😢😢😢😢 muduhe part 2 ya 3 hours❤❤❤
Umwiza Ni Germen cyanee❤❤❤❤
Icwiiiiii mbega ababyeyi bagize umugisha kurubyaro Imana nibihere kurama peeeeeee ❤
Ahaho kbs ndabakunda cyan muxantumire my crush ndabakunda
Ndimunzira ntumusoze ikiganiro ntarahagera