DORE UKO WABYARA UMUHUNGU

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 10. 02. 2022
  • Imenye mubyeyi tubategurira ibiganiro kubuzima n'imyororokere kuburyo buriwese ashobora kubikurikirana muburyo bworoshye binyuze kumbuga nkoranyambaga zacu, ndetse nibiganiro mbwirwa ruhame, dukoresha kandi uburyo bwo gusemura bwamarenga mugufasha abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga ndetse n,ubumuga bukomatanyije kutumva no kutabonakubona amakuru muburyo bworoshye.
    uramutse ugize ikibazo mugihe urimo ukurikirana ikiganiro ushobora kubaza bigakunda aho wifashisha Tel: +250783661396 iri no kuri Watsapp
    Cyangwa ukohereza ubutumwa kuri email: stephanemunyanziza@gmail.com
    gusa ikiruta byose wakwandika muruganiriro ruri hano hasi kuko turagusubiza ntakibazo.

Komentáře • 20

  • @uwerasarah4796
    @uwerasarah4796 Před 2 lety

    nukuri ibi biganiro biradufasha cyane kuko bituma twunguka ubumenyi bwinshi bwerekeranye nubuzima, Muganga watubwiye ahantu ukorera tukazaza mukadusobanurira kurushaho byumwihariko.

  • @urcshuyecampus2482
    @urcshuyecampus2482 Před 2 lety

    nukuri ibi biganiro biratwubaka cyane, Uyu muganga Imana ikomeze kumwongerera Impano
    turagukunda cyane.

  • @iradukundajeanpierre8282

    Iki kiganiro cyiradufashije cyane, njyewe ndifuzako ubutaha mwazadusobanurira uburyo kubundi mukuboneza urubyaro ndetse mukatubwira nuburyo bwiza umuntu yakoresha.

  • @bigirimanaisa6512
    @bigirimanaisa6512 Před 2 lety

    Muganga turakwemera cyane icyambwira ahantu mukorera ngo aba ariho tuzajya tuza, ubu mfite umudamu utwite inda yagatatu ariko nukuri ejobundi nagiye kwamuganga nsanga atwite umukobwa Kandi abana Bose dufite nabakobwa njyewe ndifuzako mwazansobanurira byumwihariko kugirango nzagerageze ndebe ko byibuze nabona umwana wumuhungu.

  • @irakizaelizabeth2773
    @irakizaelizabeth2773 Před 2 lety

    Nukuri iki kiganiro ni cyiza cyane Yaba abaganga Bose bakoraga nkawe igihugu cyatera imbere,
    Imana ikomeze kukongerera umutima wo gukorera igihugu, turagukunda cyane.

  • @mupenziisaac5745
    @mupenziisaac5745 Před 2 lety

    Iki kiganiro ni cyiza cyane njyewe ubu ngiye kugerageza kubishyira mubikorwa tuzakubwira uko byagenze.

  • @janezaemmy8701
    @janezaemmy8701 Před 2 lety

    Muganga njyewe umfashe unsobanurire uburyo bwiza njyewe numudamu wanjye twakoresha tuboneza urubyaro, cyangwa se uburyo butagira INGARUKA.

    • @Stephane8777
      @Stephane8777  Před 2 lety

      Mwakoresha agapira ko mumura Niko katagira INGARUKA Kandi kakurinda kugeza kumyaka cumi nibiri.

  • @jamesntihemuka8446
    @jamesntihemuka8446 Před 2 lety

    nukuri ibi birakora rwose, Muganga mujye mudutegurira ibindi biganiro nkibingibi kuko biradufasha cyane.

  • @munyanzizastephanelife864

    Nukuri byaribikwiye kuko abenshi ntago bajya bamenya uburyo bikorwamo gusa nabafite ikibazo cyubugumba buterwa nuko bakora imibonano batari mugihe cyuburumbuke nabo bagerageza ayamahirwe, Kandi wanabikoresha wirinda gusama inda itateguwe

  • @niyodusengaignace295
    @niyodusengaignace295 Před 2 lety

    Nukuri twishimiye iki kiganiro, Imenye Mubyeyi nimwe bambere mukudutegurira ibiganiro byiza,
    Nanjye mfite Sister akimara gukurikirana iki kiganiro yahise abikurikiza ubu yagiye muri Echograph asanga yasamye umuhungu.
    Turabashimira rero uburyo mukomeze kudufasha.

  • @Stephane8777
    @Stephane8777  Před 2 lety +1

    dore video mumaze iminsi mudusaba ko twayishyira kuri imenye mubyeyi dore ko mugihe abamaze kuyireba bose batwihera ubuhamya bwuko bagiye gupimisha inda muri echograph bagasasnga batwite umuhungu nkuko babyifuzaga abifuzaga umukobwa nabo byagenze neza
    tuzabazanira umuhamya mukiganiro cyubutaha.

  • @alivebobooofficialtv4010

    Right 👍👍

  • @uwinezajoseline9255
    @uwinezajoseline9255 Před 2 lety

    Nukuri iki kiganiro cyiratwubaka cyane, njyewe Muganga watubwiye aho ukorera tukazaza tukagusobanuza.
    Cyangwa ukaduha number yawe.