Karande mu kinyarwanda umenya idasobanuka neza ibaye ariyo Hérèditaire mu gifaransa abantu baba bagerageza gusiga ikibirukamo aho gusiga ikibirukankana kuko kuba twese turi abavandimwe buriya twaba duhuje kdi dusangiye za karande nta n'umwe uvuyemo.
Zab 23:1-6 [1]Zaburi ya Dawidi.Uwiteka ni we mwungeri wanjye sinzakena, (A Psalm of David.) The LORD is my shepherd; I shall not want. [2]Andyamisha mu cyanya cy'ubwatsi bubisi,Anjyana iruhande rw'amazi adasuma. He maketh me to lie down in green pastures: he leadeth me beside the still waters. [3]Asubiza intege mu bugingo bwanjye,Anyobora inzira yo gukiranuka ku bw'izina rye. He restoreth my soul: he leadeth me in the paths of righteousness for his name's sake. [4]Naho nanyura mu gikombe cy'igicucu cy'urupfu,Sinzatinya ikibi cyose kuko ndi kumwe nawe,Inshyimbo yawe n'inkoni yawe ni byo bimpumuriza. Yea, though I walk through the valley of the shadow of death, I will fear no evil: for thou art with me; thy rod and thy staff they comfort me. [5]Untunganiriza ameza mu maso y'abanzi banjye,Unsīze amavuta mu mutwe,Igikombe cyanjye kirasesekara. Thou preparest a table before me in the presence of mine enemies: thou anointest my head with oil; my cup runneth over. [6]Ni ukuri kugirirwa neza n'imbabazi,bizanyomaho iminsi yose nkiriho,Nanjye nzaba mu nzu y'Uwiteka iteka ryose. Surely goodness and mercy shall follow me all the days of my life: and I will dwell in the house of the LORD for ever.
Friendships go on the wayside after a divorce for two main reasons - fear and grief. Fear is the driving factor. Your friends fear the unknown. They do not know how to proceed. Many friends do not know how to support someone who is going through a divorce. Instead of communicating with you, they may disappear from your life because they do not want to do the wrong thing and end up making things worse. A divorce can be especially agonizing for your friends if they were also friends with your spouse. They do not want to choose sides, so they decide not to choose either side. Or maybe they do choose a side, and it is not yours. It is possible that your friend may think that you treated your spouse badly or you were in the wrong about a marital matter. In these cases, they may be siding with your spouse. It is also possible that you may lose friends because they were friends in your spouse’s network in the first place.
Urumva igitangaza kirimo ari ikihe? Abagabo 3 babi se ntibabaho? Ese nguhe urugero? Ubwo nta bantu 3 uzi bakwanga, cyangwa bakuryarya, cyangwa bakugirira ishyari, ariko ntibabikwereke kandi wowe ukabana nabo ubibona??? Ni wowe se uba uri mubi? Umuntu ni mugari muvandimwe, n'icumi bagera baba babi.
Ndi uwa mbere mwampaye like mw bantu mwe.
Umwaka mushya mwiza kuri twese Ni mubyishimo byinshi nanditse mvuga ngo warakoze kunyakira tukaganira tuganiriza abanyarwanda aho bari hose tudaheje n'ibihugu byabaturanyi harimo ababasha kutwumva ndavugango haracyari amahirwe n'ibyiringiro nimuze twubake dusane turame ndabakunda cyane
Merci.
Merci bcp
@@kawerachanceline4395 de rien
Oooooh nawe uyu mwaka 2024, uzawugiremo ibyiza byinshi 🙏🙏 Nyagasani azahaze kwifuza kwawe 🙏 kandi warakoze kutuganirira, hari byinshi byiza wadusangije, byadusindagiza, muri ubu buzima 🙏
@@dorotheuwamaria5107 twese cherie ndagukunda
UMUGORE UFITE IBITEKEREZO BIHAMYE, GUSA ICYO NAMUGIRAHO INAMA (nubwo numvise we atabitsimbarayeho cyane) NUKO UBUZIMA BUGOMBA GUKOMEZA, NTAMPAMVU YO GUTINYA GUSHAKA UNDIBMUGABO KUKO KUBA ABAMBERE BATAGUHIRIYE NTIBISOBANUYEKO BIZAKOMEZA GUTYO
Urakoze cyane
Ayiweeee ihangane mubyeyi ndumva atari urwumwe pee njye ndakumva cyane kuko ubwo buzima ndabuzi,gusa humura mw'ijuru hari Imana izatwomora hanyuma ituruhure
Merci beaucoup pour ton témoignage.
Bitume tumenya akababaro k’abana badahuje ababyeyi.
Uli courageuse.🙏🏿
Urakoze cyane
Yooooo, ma chere aline, ma meilleure amie, uracyari mwiza, intelligente, ndishimye ko wakiriye agakiza. Uwiteka akujye imbere, akunezeze kugeza utangaye. Ndakuziii, uri umwana mwizaaaa, imbere n'inyuma. Ndagunda. Narize, twakuze ntazi ko warufite ibibazo.... twisekeragaaa. Muri yesu byose birakunda. Sinzi uko nzakubona weeee. Ni bonde Mugema. ❤
Yoooo Nyagasani ajya yomora inguma Aline komera.
Courage Aline! Kandi Imana ishimwe ko wakomeye ukaba uri gukomeza abandi ❤
ibyo uvuze nukurip nanjye usanga umwana wanjye mubwirako agomba kumenya ubwenge kandi aracyari muto cyane nukuri birababaje duhohotera abanabacu tutabizi kubera ibikomere byacu
So intelligent woman you have in you! which can help many to heal from the brokenness keep the faith high
Ese iyo wandika Ikinyarwanda igitekerezo cyawe kikumvikana byari gutwara iki?
iyinkuru inkoze kumutima irasa niyanjye kuko nanjye nababajwe numugabo ahubwo mumuryango ntiwabyumva ahubwo umugabo aba ariwe bumva cyane
J'admire ton intelligence et ton courage Aline! Tiens bon Imana muri kumwe tout va bien aller🙏❤️❤️❤️
Aline🤗🫶🏽 nakurikiye inkuru yawe kuva kuya #1. Ndagushimira ko uvugira benshi. Naho ubundi, Imana Ikomeze kukurinda n’abana bawe, amin…
Urakoze cyane kandi nawe ihore ikurinda n'abawe
Très intelligente avugana ubwitonzi
Ndagushimiye
Komera Aline, God will do everything for you as long as you trust him.
Urakoze cyane
Sha aline komera Kandi komeza guhagarara wimye Hari Imana, Kandi siwowe wenyine,komera❤
Aline mubyeyi mwiza komera,ntabwo byoroshye ariko Imana izagutabara, izakunezeza .
Courage Aline. Ntihagire uwugutera amabuye kuko la vie est une prédestination
Aline mfasha nanjye nkeneye inama kuko ndarushye cyaneee cyaneeeee mfite inkuru yuzuyemo ibikomere gusa
Humura!
Uri mumama mwiza cyane YESU Agukomeze
Sha nkugiriye inama wasenga cyane lmana ikagucira uwo mugozi ukuzerereza. Icyangiro abadayimoni bagusize kikakuvaho
Urakoze gukomeza umuryango mugari
Much respect Aline
❤❤❤❤
Urumujyanama mwiza waburiwese
God bless you Aline.
Aline Shalom Shalom, Icyambere uri mwiza pee, ndavuga hejuru mbona, ibyimbere bizwi n'Imana.
Ariko icyuvuga nda kumva pee, gukira bisaba gufata icyemezo icyiza kandi gikomeye, ndetse harimo kongera kugerageza amahirwe yo kongera kubaka urugo.
Ndagushimiye cyane kubitekerezo
Mbaye uwa mbere ☝️ ka numve ikiganiro, iyo mbonye Aline Mwiza ntera agatebe!!!
Komera aline, humura kdi gira imbaraga. Ubalikiiiwe sanaaaa Zaidi, much lv from Kenya Mombasa exactly cost # pichou Paul.
Ma Aline Cherie courage uri intwali pe ariko rwose kuba warahise jambo udasaza ngo akubere umugabo windahemuka courage
Komera Aline kandi komeza ubeho,good inspiration message
Urakoze cyane twese tubeho🙏🏾
Gerard wadufasha ukaduha contact y'uwo mu maman niba bishoboka
Uraho neza ni zero karindwi icyenda zero kane icyenda zero kabiri gatatu gatatu urakoze
Imana gusa niyo itabara mubyeyi mwiza.
ibaze ukuntu uri mwiza
Nanjye ubwo buzima mbubayemo nshuti,abana banjye bara mbabaza cyane
Ihangane muvandimwe byose ni igeno rya Nyagasani. Ntukababare
Naragukunze wa mubyeyi we Uzi ubwenge inama zawe ningirakamaro nukuri Gerard yakoze kukugarura
Ibikomere ninkibyajye pe urankomeje kuko ntibintu bitubabaza cyane undemwemo kwirerera abana
Gushaka 3 cyane iyo mwabanye ikibazo kiba kiri kuriweho impa ni 3 kukuroga icyangiro 2.karande ziwanyu z ikubuza gushaka 3.ariweho kibazo muburyo butandukanye
Karande ikubuza gushaka warangiza ukabyara abana 4 se? Ntekereza ko kubyara waba umugisha uruta gushaka nko gushaka gusa.
Aba bantu bavuga bage banagaruka batange ubuhamya bw'ingaruka zo kuba barimennye inda ku karubanda cg n'inyungu babikuyemo
Aba yivura ibikomere sukwimena inda ndumva Aline yavuze neza cyane birigugasha abandi bahuye nicyo gikomere
Iyo niyo nzira yambere nziza yo Gukira ibikomere biramufasha kandi bigafasha Nabandi woe wibwira ko ntacyo bimaze rero menya hari benshi byubatse,
Gerard rwose nanjye uzandemere unshyigikire nzamuke
Ikikiganiro menzankibonye nkererewe ariko nasanze ukowabyaye nanje nuko mbarera njenyine ihangane nanje ndihanganye pe😂
Jai 45ans ntabwo nkuze ariko nagize impano yo kuganira nabakuze mbasha gutembera icyo mbona Aline ahura nikibazo we atasobanukiwe ibyo mbona biva mumuco nya rda mutamenya imisengere ya kera mubijyanye imico gusenga bya kera nyabingi ibitambo ntaho byagiye birakukirana gushaka 3 ni kenshi iyo wumva ngo umukobwa mwiza yaheze kwi shyiga cg arabenga cg umusore 43 ans aracyari iwabo cyane ko abakurambere babikoranaga ubujiji
Iyo ni karande kbs
Kuko ntihubaka ubwiza ariko n' lmana ikomeza urugo bigatuma habamwo kwihanganirana kubitagenze neza.
Karande mu kinyarwanda umenya idasobanuka neza ibaye ariyo Hérèditaire mu gifaransa abantu baba bagerageza gusiga ikibirukamo aho gusiga ikibirukankana kuko kuba twese turi abavandimwe buriya twaba duhuje kdi dusangiye za karande nta n'umwe uvuyemo.
Uyumumanimwizanukwavuganeza
Urakoze cyane
Komera ubeho ubereho nabandi Aline mwiza
Twese,! Urakoze cyane!
Uyu mudamu turamukunda cyane ni mwiza
Ark usa neza wa mugani wa Gerard pe kand turagukunda
Urimwiza gusa❤❤❤❤
Urakoze cyane
Yemwe surwumwe narinziko arinjye warushye njyenyine koko ntawe bitabera 😂😂😂😂😂
Amvugiye ibintu abantu baguha akato nawe ugasigara wibaza ikosa bikagucanga
Komera cyane, Nyagasani agukomereze umuryango 🙌
Aline komera cyane imana niyo yomora ibikomere byose
Manayange iyisi iragoye gusa ntakundi
Komera mama Imana isumba byose irahari kd irakora🙏
Ihangane mama twese turabizi birababaza ariko ntacyo bitwaye abana gasita abana bakundana
Madame mwiza ihangane twese turarushe. Nanj ivyo vyaranshikiye ndarushe mumutima kk umuryango wanj wanj waciye umvako ahukundemesha. Ndi umurundi kazi
Zab 23:1-6
[1]Zaburi ya Dawidi.Uwiteka ni we mwungeri wanjye sinzakena,
(A Psalm of David.) The LORD is my shepherd; I shall not want.
[2]Andyamisha mu cyanya cy'ubwatsi bubisi,Anjyana iruhande rw'amazi adasuma.
He maketh me to lie down in green pastures: he leadeth me beside the still waters.
[3]Asubiza intege mu bugingo bwanjye,Anyobora inzira yo gukiranuka ku bw'izina rye.
He restoreth my soul: he leadeth me in the paths of righteousness for his name's sake.
[4]Naho nanyura mu gikombe cy'igicucu cy'urupfu,Sinzatinya ikibi cyose kuko ndi kumwe nawe,Inshyimbo yawe n'inkoni yawe ni byo bimpumuriza.
Yea, though I walk through the valley of the shadow of death, I will fear no evil: for thou art with me; thy rod and thy staff they comfort me.
[5]Untunganiriza ameza mu maso y'abanzi banjye,Unsīze amavuta mu mutwe,Igikombe cyanjye kirasesekara.
Thou preparest a table before me in the presence of mine enemies: thou anointest my head with oil; my cup runneth over.
[6]Ni ukuri kugirirwa neza n'imbabazi,bizanyomaho iminsi yose nkiriho,Nanjye nzaba mu nzu y'Uwiteka iteka ryose.
Surely goodness and mercy shall follow me all the days of my life: and I will dwell in the house of the LORD for ever.
Uyu mudam nimwiza pe
Ni mwiza pe!!! Ubwiza buramuzengurutse 👍
Ukuntu uri mwiza disi
Friendships go on the wayside after a divorce for two main reasons - fear and grief. Fear is the driving factor. Your friends fear the unknown. They do not know how to proceed. Many friends do not know how to support someone who is going through a divorce. Instead of communicating with you, they may disappear from your life because they do not want to do the wrong thing and end up making things worse.
A divorce can be especially agonizing for your friends if they were also friends with your spouse. They do not want to choose sides, so they decide not to choose either side.
Or maybe they do choose a side, and it is not yours. It is possible that your friend may think that you treated your spouse badly or you were in the wrong about a marital matter. In these cases, they may be siding with your spouse. It is also possible that you may lose friends because they were friends in your spouse’s network in the first place.
Sad truth
Aline uri umunyakuri abari gusenya bibwira ko bagiye mumunezero bakagombye kumva iyingigisho wawe rwose.
Urakoze cyane gushima
Jye kuva nabaho sindashaka cg mbane numugabo numva mbifitiye amatsiko kdi numva nzaruhuka aruko nshatse kuko ndarushye nariyanze kdi suko ndi mubi pe nibaza impamvu nkayibura niba aruko mbyibushye cg nkennye rwose sinzi aho nzakura umugabo
Ntukiyange kuko ntabwo wiremye , hari misiyo Imana igufiteho kdi ukomere ntakitagira iherezp
Ngo iki???
Arko nkubwo muramutuka mushingiye kuko gsa ubamba is ntakurura bantu mwe tuge twitondera kubleming umuntu aline komera nukuri pe imana irahari niyo mucamanza utabera kdi aromora
Ariko ibyoo biterwa Niki,?? Koko,tashatse urubuga twajya duhuriraho.tuka ganira ,Wenda hari abo byakomeza.nanjye ndibura pee
Biterwa n'iki? / Satani ari mu isi kdi arakora ntabwo yaje gukina
Ariko buriya abagabo bateye bate koko😂 murabona ukuntu aline arimwiza kweri ubukoko umugore umuruta asa ate? Ahaaaa
Three devorces explain it all, that you are for the streats.
Beautiful Aline 😍 inama zawe ziranyubatse
Nukuri nanjye nabuze uburyo navuga ngo nduhuke ndiho ntariho meze nkigishushungwe maze kwiyanga nta byishimo nzi pee
Ihangane mama🥰
@@claudineniyonsenga9277 sinzi igihe nzishima pe uwazaza kwa gerald nkareba
UZAHAMAGAZE GERARD AZAGUHE MICRO UBUNDI NAKUBWIRA IKI UYASUKE HASI
Reka ntacyo mpfite cyokuvuga ibyambere na rabibonye gusa
Uyu mu byeyi yihangane rwose
Turahuje pe nanjye sinkunda maquillage nyinshi
Uraho neza urakoze
Duhe numero twungurane ibitekerezo
Aline ndagukunda mubyeyi
Afite igikundiro, yuje ubwiza bw'Imana 👍
Uri mwiza kwel
GeRaRd kuki udashaka nabagabo baba ngomugirane ikihaniro esubwo umugore wananiranywe nabagabo 3 ubwose nimwiza
Ntago yavuze KO ari mwiza yavuze KO atagize amahitamo meza urebye ibindi biganiro bye wamenya impamvu yabyo
UMUGABO WAZA KWIMENA INDE WAMUKULAHE AHAHAHAHAHAHAHAHAAHA
Nigute kko nakwinjira mumuryango wa Aline, kuko mbayeho ntabayeho, nkeneye umuntu wangirinama cg Gerard nzaguhe inkuru yanjye
Niba ufite ikibazo kigukomereye ni byiza gushaka ubufasha. Hari abantu benshi biteguye kugutega amatwi.
Mpise ndeba niba uri umugore, apuu, ariko se narebaga iki ?? Ko nta mugabo wagira ubugoryi nk'ubu
Uvuzukuri kbc
Gérard akoresha
Nagageze
Ese abana nab'umugore gusa ?
Mwiriwe neza nifuza ko mwompa numéro mukoresha kuri WhatsApp
💖💖💖💖
Komera cynee
Abagabo 3 ????abana 3 batandukanye ba Se???bose babi?????tuvugishe ukuli!!!!!!!
Ukuhe kuri ushaka kumva, urumva abagabo batatu babi ari igitangaza muri iyi si yacu yuzuye zazindi Jolly yavuze?
Vuga uziga muvandi utaranirwa agaramye avuga ko ijuru riri hafi
Ntukajye uvuga utabanje gutekereza
Urumva igitangaza kirimo ari ikihe? Abagabo 3 babi se ntibabaho? Ese nguhe urugero? Ubwo nta bantu 3 uzi bakwanga, cyangwa bakuryarya, cyangwa bakugirira ishyari, ariko ntibabikwereke kandi wowe ukabana nabo ubibona??? Ni wowe se uba uri mubi? Umuntu ni mugari muvandimwe, n'icumi bagera baba babi.
@@zeno_derrick8709 ndumva nanjye ntazi impamvu atabyumva. Nawe ubwe abo azi babi ntiyababara.
Na 5 bakubera babi!
Duhe nimero ye nawe tumubyaze umusaruro hano umuntu ahakura Abagore baryoshye
Ariko disi wifitemo nubugome,ubu urabona aricyo akeneye mubuzima
Kabyaze umusaruro Sekibi wa nkunguzi we😢😢😢 Ari mushiki wawe bibaheho warogotwa uku? Ipuuuuuuu uzopfa wangara
Sha urumugo me
Uri ikibi Gehanama iraguregereje
Uteye isesemi gusa
Ubwo se uvuze iki