Velikost videa: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Zobrazit ovladače přehrávání
Automatické přehrávání
Přehrát
Ejo nahavanye permis kandi byaranshimishije cyane. Mu gihe wize amategeko y'umuhanda neza, ukayubahiriza igihe cyose, ukaba wize imodoka neza, nta kabuza urayihavana. Ikindi kandi, abantu bakwiye kumenya ko ikoranabuhanga rije nk'igisubizo. Amahirwe masa.
Bishyira nkibisanzwe
Nonese Umuntu yabanza akihugura
Umuntu yakwihugrira he ko ziriya modoka nta auto ecole nzi izifite? Ndangira Aho wihuguriye?
@@gasutamopascal2546 Ntekereza ko wabanza ukihugura. Ntabwo ushobora gutsinda mu gihe utazi imodoka ndetse n'amategeko y'umuhanda.
@@ntakirutimanavalens4412 Jye nagiye muri auto ecole isanzwe. N'ubwo ibizamini bitandukanye, ariko iyo wamenye gutwara rwose usanga ari kimwe. Kandi iyo muhageze babanza kubereka ikibuga, bakaba imodoka mukimenyereza rimwe, mbere y'uko umuntu atangira ikizamini. Abapolisi barasobanura neza ku buryo utangira ikizamini nta mpungenge na mba. Ubwanjye narahakunze bitavugwa.
cyakoza ndaje nanjye nige kuyitwarathank you for this video we love you them
This is very interesting. Bravo Rwanda. Abatanga ruswa nabayihabwa birabarangiranye….Imiyoborere y’Igihugu irarushaho kugenda neza.
Mutubwire nibaharuryo twakwihugurira kukibuga hanyuma tukabona gukora.😊
Hafi y'iki Kibuga hari ikindi cya APAFORME DRIVING SCHOOL niho wihugurira , Gisa neza nk'iki cya RNP. Ikindi iyo ugiye gukora ikizamini umupolice akunyuza mu kibuga akakwereka inzira ucamo , ibyo mukabikora mugenda n'amaguru ndetse ukongera ukabikora utwaye imodoka agusobanurira. Ni ukuvuga ko mu kibuga ukora ikizamini inshuro ebyiri ariko iya kabiri niyo ibarwa nk'ikizamini kandi nibwo ugenda wenyine. Thanks
Ureke babavabdi bazitwimaga murakoze cyane ahubwo mufungure code
ibi bintu nibyiza arko haribyo mugomba gukosora mwakabije kugorana icyambere abafatanya bikorwa banyu bafasha muguhugura abazakora ikizamini barahenda cyane ibihumbi 30000 kwisaha imwe nibangahe mubanyarwanda babona ubwo bushobozi bwokwihugura byibura kugeza abimenye icya 2 igihe mwatangaga cyaragabanutse cyane bikabije parking iminota 2 kandi mwaratangaga 7 munite aha mubikosore pe hamwe no kuri t crossing iminota ibiri nimike muri make timing mwarayigabanyije cyane
None abo bahigura bakwigishiriza muri iki kibuga?
Thank you RNP murikugendana ni igihe pe
Murakoze cyane kubusobanuro muduhaye nonese ko turi gushaka code yuruhushya rwaburundu tukabura code kd twarabonye itangazo ritubwira ko mwafunguye
Nashimye uburyo mwakira abantu neza! Kdi mugatanga amahirwe kumakosa mato mato. Big up RNP
Police y'urwanda ishema ry'abanyarwanda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Abantu burikubona kode mwebwe biri kugenda ute kotwazibuze cyanee cg byarahagaze
Ndabona byose byoroshye (ibyo mutweretse A na B). Bonne chance kubitegura gukora.
Murakoze police Ariko harikibazo kdi gikomeye.Abaduhugura mubusanza barahemda cyane ibihumbi mirongitatu kwisaha.yavahe koko mudufashe.
Wawuuu 👏👏👋👋
Thank you RP❤ for this technology
Ewana very good kabisa .🎉
Birakomeye cyanee
Ntacyo Narenzaho usibye kuvuga ngo “: Respect!”
❤❤❤❤😮😮mudukorera show kbx
Very professional 👌👌
RWANDA NATIONAL POLICE,YOU ARE THE BEST.
So good kabisa, ubu buryo ndikubona bworoshye kurusha ubwari busanzweho.
Birasobanutse, ariko mushyireho izindi sites zikorerwaho ibizami by' ikoranabuhanga, ibibuga by' apaforme driving school byakoreshwa nabyo abantu bakahakorera ibizami , kuko byagabanyiriza ikibuga cya busanza ubwinshi bw' abahakorera, Kandi bikongera ahakorerwa ibizami bya permi. Murakoze cyane
Nonese kuri demarage biremewe gufata feri yurugendo kandi ubusanzwe byari ukuringaniza umuriro na amburiyaje?
Oya ufata ferii
Turabashimiye cyane mwatekereje kubanyarwanda police y'igihugu cyacu lmana I bahumugisha
Nibatubwire niba icyo kibuga mbere Yuko umuntu ahakorera ikizami hari amahugurwa ahakorera byarushaho kuba byiza
Yego rwose peee batubwire niba bikunda ko umuntu yahihugurura.
Apaforme irabafasha ibusanza
Bjr nonese ikizami cya moto ntademaraje bakora ?
Nkunze akantu kogupima abantu ko buziye kbs
Murakoze mutwereke namoto
Murakoze cyane🙏
Turabyishimiye cyaneBravo to RNP
Nukuri murakoze kubwiyi video ,twarakoze turashya kubera kutamenya ikibuga
Mukomere cyanee nonese wagiyeyo ibiciro nigute kuri B
@@SemucyoJeanPaul 150k byose hamwe, kandi harigihe ushya
Mukomere muduhe ibyo bikoresho bisabwa
Mbaye motar kbs😂
Ko ibizamini byabaye byinshiiii
Uko amanota avanwaho bitewe n' AMAKOSA akoze nabyo babiduhe
Ahubwo njye ndibariza, iki kibazo 'Uwaba ashaka kwihugura, ashaka kuzakorera muri iki kigo, mu mufasha iki?'
Ikibazo nuko batubeshya ngomuminsi14ngobababayi guhaye ndavugaperime iyowayitsindiye bagatuma utega ukajyakuyireba warangiza ukayibura. Nukuduteshigihegusa baduhobya bagiye baduhamagara bayirangije ntibatume dumfushubusa amafaranga😊
Uru surwanda ni America
Ndumva ar sawa
Ibintu nibyiza kuko biri kumurongo
Mutwereke category D1, munadusobanurire kubijyanye nibiciro ese naho nukwishyura bisanzwe cg nubunu ko mutigez mubivugaho???
Ibyiza rwose ark x aho kwitoreza ko hatameze nkaho mwakubaka nikibuga cyo kwitorezamo?kugira aho witoreje abarinaho ukorera thx
Aha nisawa rwose
Nonese mwatubwiye ibiciro byo gukorera Category C na D1
C ni 85,000 yose hamweNaho D1 ni 110,000 yose hamwe
Murakoze ❤❤❤🎉🎉
Apuuu Category A biroroshye
❤❤❤❤❤ murabambere
weeeeeeeee love rda
Mutwereke ikizami cya category C ❤
Ntaburyo umuntu yajya abanza akihugurira aho kukibuga
Ese iyobasanze urwaye nkamaso cg utumva neza bigenda bite mugihe urwaye amaso asanzwe akoresha linette ntibyemewe😮😮
Hari ibipimo byamaso bagenderaho iyo ijisho rimwe ripima 8/10 nibindi rifite 8/10 uba uri safeCg rimwe rifite 9/10 Irindi 7/10 cg se 6/10 na 10/10 nabwo uba uri safe ariko iyo ari munsi yibyo bipimo ntabwo ukora ikizami Niko mbizi🙏🏽
Nonese kobafunze imirongo hacyirikare bakongeye bakayifungur
Tubashimiye ikorana buhanga mwazamye nibyiza rwose birashimishije
Ibiciro bihagaze bite kurizo category x??
Thank you
Police yup Rwanda Imbere cyane
❤
Ibi turabikunze ark mushyireho ishuri nabarimu babyize neza
Nukur nibyiza peee Rwanda yacu ni oyeee
Gusa Permis z´indundi ni nkongomani umuntu atumaho aryamye iwe mubanze muzihagarike, hanyuma mushyiremwo na SECOURISM...buriya iyo habaye impanuka benshi bapfa kuko babuze ubutabazi bw´ibanze...cg mumpe ikiraka nshinge ishule. murakoze
Merci bcp
Ko numva ibizami byiyongereye ubu SI hatari
Kubyiga nihano se cg hari imyitozo itangwa iyo umuntu afite ikizame vuba mutumare amatsiko
Mwiriwe nez,Abantu bakoze ikizamini ku buryo busanzwe baratsinda barishyura ,Mutanga iminsi 14 ngo uruhushya ruzaba rwabonetse haba barimo ibihe bibazo bituma umuntu amara 2mois arabona perme mwadufasha mukareba ikibazo kirimo.
Mufungure code nizo twabuze tuze dukore
Good
Twebwe baraduha code ariko kwishyura bikanga mwatubariza impamvu birikwanga
Moto bakoresha vitetsi zingahe
Ibyo ni Saw gose kuko gukora umupolisi akuri iruhande wagira nubwoba
Ndashimira police yu Rwanda uburyo bushya yazaniye Abanyarwanda bwo gukorera impushya zaburundu zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga.
We thanks our Police because new modern exams we hope that is good
Mwatubwira kuri category A hariya banyura mu kayira gafunganye kariya kayira gafite centimetero zingahe 🙏🏿
Ndabona icyo kibuga Ari cyiza kugikoreraho ikizami
Ibi nisawa murakoze cyane Reka nze nongereho B kuri F narimfiteThanks!
Mumbwire munyobore nshaka kongeraho category yikamyo rukururana bisabiki?
Driving
Nonese kwiyandikisha cq kwihugurwa bikorerwa hehe
😂😂kombona biteye ubwoba se kandi
Nonese ko mutaduteguriye ahanu hokwihugurira?
Porisi,oye oyeeee!!!
Ibibintu nibyiza
Iki gihugu Kiri kujya mbere Pe 🇷🇼🇷🇼🇷🇼
Irikoranabuhanga rizagera ibutare ryari ngotureke kugumya kurenganywa?
Police kabisa ku ikoranabuhanga mu bizamini .turabashimiye. mutuzanire na category E wenda tuzayibona
Muzatwereke na moto
Mutwereke nibya category A
Ese ikibazo cyuko umuntu atsinda muri system yareba agasanga yatsinzwe kiri guterwa niki Mudufashe biri kudutwara umwanya namatike tuza muri claiming
Mutwereke category A
Mwaramutse murakoze kumakuru meza muduhaye ariko mwatubwira kubihungurira byo bijyenda ngute
❤🎉🎉❤❤
Nonex demaraje umuntu azajya ayikorera kumodoka yatangiranye ikizami
Nabazaga niba ama site yo muri kigali azagumaho cyane cyane iya Gahanga?
Mwazadukoreye video niyingiyi hakoreshejwe Ikamyo driving license C , tukareba utwara ikamyo ukuntu ajyenda akora ikizami byadufasha cyane murakoze
1:36
Ibi bintu bike byari bikenewe😊😊
Ndanyurahe fasha
None c haruburyo umuntu ugihe kuhskorera yihuguriramo??
Amahirwe masa!
Se demarage niriya twabonye ntago ari Jeep bakoresha ikindi nabonye demarage akora kuri feri
Ejo nahavanye permis kandi byaranshimishije cyane. Mu gihe wize amategeko y'umuhanda neza, ukayubahiriza igihe cyose, ukaba wize imodoka neza, nta kabuza urayihavana. Ikindi kandi, abantu bakwiye kumenya ko ikoranabuhanga rije nk'igisubizo. Amahirwe masa.
Bishyira nkibisanzwe
Nonese Umuntu yabanza akihugura
Umuntu yakwihugrira he ko ziriya modoka nta auto ecole nzi izifite? Ndangira Aho wihuguriye?
@@gasutamopascal2546 Ntekereza ko wabanza ukihugura. Ntabwo ushobora gutsinda mu gihe utazi imodoka ndetse n'amategeko y'umuhanda.
@@ntakirutimanavalens4412 Jye nagiye muri auto ecole isanzwe. N'ubwo ibizamini bitandukanye, ariko iyo wamenye gutwara rwose usanga ari kimwe. Kandi iyo muhageze babanza kubereka ikibuga, bakaba imodoka mukimenyereza rimwe, mbere y'uko umuntu atangira ikizamini. Abapolisi barasobanura neza ku buryo utangira ikizamini nta mpungenge na mba. Ubwanjye narahakunze bitavugwa.
cyakoza ndaje nanjye nige kuyitwara
thank you for this video we love you them
This is very interesting. Bravo Rwanda. Abatanga ruswa nabayihabwa birabarangiranye….
Imiyoborere y’Igihugu irarushaho kugenda neza.
Mutubwire nibaharuryo twakwihugurira kukibuga hanyuma tukabona gukora.😊
Hafi y'iki Kibuga hari ikindi cya APAFORME DRIVING SCHOOL niho wihugurira ,
Gisa neza nk'iki cya RNP.
Ikindi iyo ugiye gukora ikizamini umupolice akunyuza mu kibuga akakwereka inzira ucamo , ibyo mukabikora mugenda n'amaguru ndetse ukongera ukabikora utwaye imodoka agusobanurira.
Ni ukuvuga ko mu kibuga ukora ikizamini inshuro ebyiri ariko iya kabiri niyo ibarwa nk'ikizamini kandi nibwo ugenda wenyine.
Thanks
Ureke babavabdi bazitwimaga murakoze cyane ahubwo mufungure code
ibi bintu nibyiza arko haribyo mugomba gukosora mwakabije kugorana icyambere abafatanya bikorwa banyu bafasha muguhugura abazakora ikizamini barahenda cyane ibihumbi 30000 kwisaha imwe nibangahe mubanyarwanda babona ubwo bushobozi bwokwihugura byibura kugeza abimenye icya 2 igihe mwatangaga cyaragabanutse cyane bikabije parking iminota 2 kandi mwaratangaga 7 munite aha mubikosore pe hamwe no kuri t crossing iminota ibiri nimike muri make timing mwarayigabanyije cyane
None abo bahigura bakwigishiriza muri iki kibuga?
Thank you RNP murikugendana ni igihe pe
Murakoze cyane kubusobanuro muduhaye nonese ko turi gushaka code yuruhushya rwaburundu tukabura code kd twarabonye itangazo ritubwira ko mwafunguye
Nashimye uburyo mwakira abantu neza! Kdi mugatanga amahirwe kumakosa mato mato. Big up RNP
Police y'urwanda ishema ry'abanyarwanda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Abantu burikubona kode mwebwe biri kugenda ute kotwazibuze cyanee cg byarahagaze
Ndabona byose byoroshye (ibyo mutweretse A na B). Bonne chance kubitegura gukora.
Murakoze police Ariko harikibazo kdi gikomeye.Abaduhugura mubusanza barahemda cyane ibihumbi mirongitatu kwisaha.yavahe koko mudufashe.
Wawuuu 👏👏👋👋
Thank you RP❤ for this technology
Ewana very good kabisa .🎉
Birakomeye cyanee
Ntacyo Narenzaho usibye kuvuga ngo “: Respect!”
❤❤❤❤😮😮mudukorera show kbx
Very professional 👌👌
RWANDA NATIONAL POLICE,YOU ARE THE BEST.
So good kabisa, ubu buryo ndikubona bworoshye kurusha ubwari busanzweho.
Birasobanutse, ariko mushyireho izindi sites zikorerwaho ibizami by' ikoranabuhanga, ibibuga by' apaforme driving school byakoreshwa nabyo abantu bakahakorera ibizami , kuko byagabanyiriza ikibuga cya busanza ubwinshi bw' abahakorera, Kandi bikongera ahakorerwa ibizami bya permi. Murakoze cyane
Nonese kuri demarage biremewe gufata feri yurugendo kandi ubusanzwe byari ukuringaniza umuriro na amburiyaje?
Oya ufata ferii
Turabashimiye cyane mwatekereje kubanyarwanda police y'igihugu cyacu lmana I bahumugisha
Nibatubwire niba icyo kibuga mbere Yuko umuntu ahakorera ikizami hari amahugurwa ahakorera byarushaho kuba byiza
Yego rwose peee batubwire niba bikunda ko umuntu yahihugurura.
Apaforme irabafasha ibusanza
Bjr nonese ikizami cya moto ntademaraje bakora ?
Nkunze akantu kogupima abantu ko buziye kbs
Murakoze mutwereke namoto
Murakoze cyane🙏
Turabyishimiye cyane
Bravo to RNP
Nukuri murakoze kubwiyi video ,twarakoze turashya kubera kutamenya ikibuga
Mukomere cyanee nonese wagiyeyo ibiciro nigute kuri B
@@SemucyoJeanPaul 150k byose hamwe, kandi harigihe ushya
Mukomere muduhe ibyo bikoresho bisabwa
Mbaye motar kbs😂
Ko ibizamini byabaye byinshiiii
Uko amanota avanwaho bitewe n' AMAKOSA akoze nabyo babiduhe
Ahubwo njye ndibariza, iki kibazo 'Uwaba ashaka kwihugura, ashaka kuzakorera muri iki kigo, mu mufasha iki?'
Ikibazo nuko batubeshya ngomuminsi14ngobababayi guhaye ndavugaperime iyowayitsindiye bagatuma utega ukajyakuyireba warangiza ukayibura. Nukuduteshigihegusa baduhobya bagiye baduhamagara bayirangije ntibatume dumfushubusa amafaranga😊
Uru surwanda ni America
Ndumva ar sawa
Ibintu nibyiza kuko biri kumurongo
Mutwereke category D1, munadusobanurire kubijyanye nibiciro ese naho nukwishyura bisanzwe cg nubunu ko mutigez mubivugaho???
Ibyiza rwose ark x aho kwitoreza ko hatameze nkaho mwakubaka nikibuga cyo kwitorezamo?kugira aho witoreje abarinaho ukorera thx
Aha nisawa rwose
Nonese mwatubwiye ibiciro byo gukorera Category C na D1
C ni 85,000 yose hamwe
Naho D1 ni 110,000 yose hamwe
Murakoze ❤❤❤🎉🎉
Apuuu Category A biroroshye
❤❤❤❤❤ murabambere
weeeeeeeee love rda
Mutwereke ikizami cya category C ❤
Ntaburyo umuntu yajya abanza akihugurira aho kukibuga
Ese iyobasanze urwaye nkamaso cg utumva neza bigenda bite mugihe urwaye amaso asanzwe akoresha linette ntibyemewe😮😮
Hari ibipimo byamaso bagenderaho iyo ijisho rimwe ripima 8/10 nibindi rifite 8/10 uba uri safe
Cg rimwe rifite 9/10 Irindi 7/10 cg se 6/10 na 10/10 nabwo uba uri safe ariko iyo ari munsi yibyo bipimo ntabwo ukora ikizami Niko mbizi🙏🏽
Nonese kobafunze imirongo hacyirikare bakongeye bakayifungur
Tubashimiye ikorana buhanga mwazamye nibyiza rwose birashimishije
Ibiciro bihagaze bite kurizo category x??
Thank you
Police yup Rwanda Imbere cyane
❤
Ibi turabikunze ark mushyireho ishuri nabarimu babyize neza
Nukur nibyiza peee Rwanda yacu ni oyeee
Gusa Permis z´indundi ni nkongomani umuntu atumaho aryamye iwe mubanze muzihagarike, hanyuma mushyiremwo na SECOURISM...buriya iyo habaye impanuka benshi bapfa kuko babuze ubutabazi bw´ibanze...cg mumpe ikiraka nshinge ishule. murakoze
Merci bcp
Ko numva ibizami byiyongereye ubu SI hatari
Kubyiga nihano se cg hari imyitozo itangwa iyo umuntu afite ikizame vuba mutumare amatsiko
Mwiriwe nez,Abantu bakoze ikizamini ku buryo busanzwe baratsinda barishyura ,Mutanga iminsi 14 ngo uruhushya ruzaba rwabonetse haba barimo ibihe bibazo bituma umuntu amara 2mois arabona perme mwadufasha mukareba ikibazo kirimo.
Mufungure code nizo twabuze tuze dukore
Good
Twebwe baraduha code ariko kwishyura bikanga mwatubariza impamvu birikwanga
Moto bakoresha vitetsi zingahe
Ibyo ni Saw gose kuko gukora umupolisi akuri iruhande wagira nubwoba
Ndashimira police yu Rwanda uburyo bushya yazaniye Abanyarwanda bwo gukorera impushya zaburundu zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga.
We thanks our Police because new modern exams we hope that is good
Mwatubwira kuri category A hariya banyura mu kayira gafunganye kariya kayira gafite centimetero zingahe 🙏🏿
Ndabona icyo kibuga Ari cyiza kugikoreraho ikizami
Ibi nisawa murakoze cyane
Reka nze nongereho B kuri F narimfite
Thanks!
Mumbwire munyobore nshaka kongeraho category yikamyo rukururana bisabiki?
Driving
Nonese kwiyandikisha cq kwihugurwa bikorerwa hehe
😂😂kombona biteye ubwoba se kandi
Nonese ko mutaduteguriye ahanu hokwihugurira?
Porisi,oye oyeeee!!!
Ibibintu nibyiza
Iki gihugu Kiri kujya mbere Pe 🇷🇼🇷🇼🇷🇼
Irikoranabuhanga rizagera ibutare ryari ngotureke kugumya kurenganywa?
Police kabisa ku ikoranabuhanga mu bizamini .turabashimiye. mutuzanire na category E wenda tuzayibona
Muzatwereke na moto
Mutwereke nibya category A
Ese ikibazo cyuko umuntu atsinda muri system yareba agasanga yatsinzwe kiri guterwa niki
Mudufashe biri kudutwara umwanya namatike tuza muri claiming
Mutwereke category A
Mwaramutse murakoze kumakuru meza muduhaye ariko mwatubwira kubihungurira byo bijyenda ngute
❤🎉🎉❤❤
Nonex demaraje umuntu azajya ayikorera kumodoka yatangiranye ikizami
Nabazaga niba ama site yo muri kigali azagumaho cyane cyane iya Gahanga?
Mwazadukoreye video niyingiyi hakoreshejwe Ikamyo driving license C , tukareba utwara ikamyo ukuntu ajyenda akora ikizami byadufasha cyane murakoze
1:36
Ibi bintu bike byari bikenewe😊😊
Ndanyurahe fasha
None c haruburyo umuntu ugihe kuhskorera yihuguriramo??
Amahirwe masa!
Se demarage niriya twabonye ntago ari Jeep bakoresha ikindi nabonye demarage akora kuri feri